“Namwe mwubakwe nk’ amabuye mazima kugira ngo mube inzu y’ Umwuka n’ ubwoko bw’ abatambyi bwera bwo gutamba ibitambo by’ Umwuka bishimwa kubwa Yesu Kristo-1Petero 2:4-5
1.Imana ifite umugambi mwiza wo kutwubaka mu mwuka no mu buzima busanzwe.
Murabizi ko iyo bubaka babanza gutegura aho bazubaka bagasiza ikibanza, natwe hari ibyo Satani yari yarubatse bigomba kubanza gusenywa; ibyo ni ingeso za kamere(Abagalatiya 5:19-21). Kugira umuntu akire kamere y’ umubiri agire imbaraga z’ Umwuka n’ imbuto (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Kubakwa n’Imana. Pasteur Desire Habyarimana
4 July 2013, by Pastor Desire Habyarimana -
Imana ibasha gukora ibiruta cyane ibyo usaba ! Alice Rugerindinda
10 July 2015, by Alice Rugerindinda“ Akira ishimwe Mana yanjye , kuko wakoze ibyo ntakekaga, ibyo kwizera kwanjye kutashyikiraga, n’umutima wanjye ntubitekereze”
“ Nuko ibasha gukora ibiruta cyane ibyo dusaba ndetse n’ibyo twibwira byose nk’uko imbaraga zayo ziri zidukoreramo, icyubahiro kibe icyayo mu itorero no muri Kristo Yesu kugeza iteka ryose n’ibihe bidashira. Amen” Abefeso 3:20
Iri jambo riramfashije cyane murino minsi. Ndimo kwibaza ku Mana ibasha gukora ibirenze cyane ibyo nibwira ndetse n’ibyo nsengera , nkumva n’Imana (...) -
Muri Repuburika iharanira Democratie ya Congo hatangijwe ibitaramo.
11 May 2012Kuri uyu wa kane ushize tariki 10 /05 muri Repubulika iharanira Democratie ya Congo hatangijwe ibitaramo byo kubohoka no kugirana ubusabane n’Imana. Ibi bitaramo bikaba bibimburira igiterane mbaturamugabo kizaba tariki 13 /05 cyiswe COMPAGNE D’EVANGELISATION NYIMBO ZA WOKOVU SAISON 2 cyateguwe n’umucuranzi uririmba indirimbo zihimbaza Imana FRERE Manu uzwi nk’umunyamakuru akaba kandi n’umuhanzi nyarwanda kizitabirwa n’abahanzi ndetse n’imwe mu makorari akunzwe mu ntara y’Iburengerazuba (...)
-
Imana yankuye mu rupfu nawe yagukiza - Dr Bishop Richardson
22 April 2013, by UbwanditsiUhereye ku wa 18-21 Mata 2013 mu Itorero rya ‘‘Christ Gospel Fellowship Church’’ riherereye Kimironko; hari umuvugabutumwa mpuzamahanga uturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika witwa Dr Bishop Michael Richardson; mu buhamya bwe avuga ko yari yarakebanye umubiri wose (Paralysé) incuro enye arwaye n’impyiko ndetse zaraboze; ariko Imana iramukiza; ati “Imana yankuye mu rupfu.”
Dr Bishop Michael Richardson mu buhamya bwe; avuga ko yari asanzwe afite umuganga we wari usanzwe umukurikirana amuvura; (...) -
Guhemukira aba bantu ni ukwiteranya n’Imana Alice
5 February 2016, by Alice Rugerindinda« Ntihakagire umupfakazi cyangwa imfubyi mubabaza. Nugira icyo ubababaza na gato bakantakira,sinzabura kumva gutaka kwabo, uburakari bwanjye bukagurumana nkabicisha inkota, abagore banyu namwe bakaba abapfakazi, abana banyu bakaba imfubyi » Kuva 22 :22-23
Nk’uko natangiye mbivuga, guhemukira uwitwa imfubyi cyangwa umupfakazi, ni ukwiteranya n’Imana. Tekereza nawe aho Imana ivuga ngo nubikorera umwe muri bo agatakira Imana , ngo uburakari bwayo buzakumanukira ikwice maze umugore wawe nawe (...) -
Umurimo w’ Ivugabutumwa muri Mozambique urakataje
5 February 2013, by UbwanditsiNkuko twabitangarijwe n’ ubuyobozi bw’ Itorero rya Pentecote ry’ ububyutse rikorera muri Mozambique (IGREJA PENTECOSTAL DE REAVIVAMENTO EM MOCAMBIQUE mururimi rw’ Igiportugal rukoreshwa muricyo gihugu) Iri torero rimaze imyaka 6 rikaba umubare munini w’abarigize ari abene igihugu.
Uyu murimo w’ Imana ntiworohera abawukora bitewe n’ impamvu zitandukanye aha twavuga nko kubura amikoro kandi abafite inyota y’ ubutumwa bwiza ari benshi. Cyane ko iki gihugu ari igihugu gifite ibice byinshi (...) -
Imana yagutabaye ikakurinda irashaka ko uyibuka
1 January 2016, by Ernest RutagungiraMu mateka ya buri wese iyo havuzwe gutabarwa abyumva ndetse akabishyikira bivuye ku buzima yanyuzemo bwari bumukomereye yabuze uwamurengera nyamara akaza kubona gutabarwa guturutse ahantu atatekereza, uyu munsi rero Imana irashaka ko wibuka ndetse ukazirikana ko ari yo yabikoze.
Iyo dusomye ijambo ry’Imana( kuva 14:1-31) ritubwira inkuru z’uko Imana yatabaye ubwoko bwayo bw’Abisirayeli burenga ibihumbi magana atandatu hatabariwemo abagore n’abana kongeraho abandi banyamahanga bari (...) -
Dutumbire Yesu wenyine!
28 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaDutumbire Yesu wenyine! (Abaheburayo 12:2a)
Indirimbo ya 388 mu gushimisha Imana iravuga ngo: Ntumbira Yesu uzaba nka we. Bose bazamenya ko ubana na we, bareke ubugome bitabe Yesu.
Kuki Bibiliya ivuga ngo dutumbire Yesu wenyine? Ni uko akwiriye kuba uwa mbere wenyine muri byose. Yesu yaravuze ati “Ukundishe Uwiteka Imana yawe umutima wawe wose, n’ubugingo bwawe bwose n’ubwenge bwawe bwose” Mayato 22:37. Ikintu cyose ukunda kuruta uko ukunda Imana kiba ari ikigirwamana (Ikintu cyose wumva ko (...) -
Imana ikora ibikomeye! Nyuma y’ imyaka 14 twarabuze urubyaro twabonye umwana
5 December 2015, by Alice RugerindindaChorus: “Akira ishimwe, Mana yanjye, kuko wakoze ibyo ntakekagaaaa, ibyo kwizera kwanjye kutashyikiraga, numutima wanjye ntibitekerezeeee”
Iri jambo ryarantangaje: “Nuko ibasha gukora ibiruta cyane ibyo dusaba, ndetse n’ibyo twibwira byose nk’uko imbaraga zayo ziri zidukoreramo….”. Abefeso 3:20
Imana ibasha gukora ibirenze kure ibyo twasaba ndetse n’ibyo twakwibwira byose ibigirishije ububasha bwayo bukorera muri twe. Imana ishimwe Umuntu umwe yaratubwiye ngo ntayindi Bibiliya izandikwa, ahubwo (...) -
Intahe :"Nararirimbiye Imana igihe kirekire muri Korare ariko ntakijijwe nyuma ndakizwa!
30 January 2013, by UbwanditsiHar’ intahe nyinshi ariko iyi niyo natoye ngo ibe urufatiro rw’ inyigisho yacu muri kino gice ca mbere.
Umuntu umwe yashinze intahe avuga ati: » Navukiye m’ umuryango w’ abantu bubaha Imana, nkura numva inkuru z’ ivya Yesu kuva nkiri muto. Narigishijwe gusega, kuja mu ngoro y’ Imana, gutanga imperezwa, n’ ibigira cumi. Bibiliya narayisoma neza, kandi ngakora ibikorwa vy’ Imana nkukw’ abandi babikora.
Nararirimbiye Imana igihe kirekire, ndiga ndaheza amashure, ndakorera Leta, ndarongorera mw’ (...)
0 | ... | 900 | 910 | 920 | 930 | 940 | 950 | 960 | 970 | 980 | ... | 1230