Iki ni ikibazo kimaze iminsi kibazwa n’imbaga y’abantu batari bake, nyuma y’aho mu bihugu hirya no hino ku isi cyane cyane ibyiganjemo abayoboke b’idini ya Isilamu abakristo barushaho kwicwa bazira imyemerere yabo. Kuri iki bamwe bakomeza kwibaza impamvu ibi birushaho gukaza umurego. Ese byaba ari uko isi irushaho kugwiza umwijima ikaba idashoboye kwihanganira umucyo uyizamo? Wenda nabyo birashoboka. Ese byaba ari kimwe mu byerekana ko Yesu agiye kugaruka. Ibi byose birashoboka.
Urubuga (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Wumva wakomeza guhamya Kristo nubwo byagusaba gupfa?
13 October 2015, by Innocent Kubwimana -
Igihe cy’Imana n’igihe cy’abantu
26 August 2015, by UbwanditsiAbami 4:1-7, amagambo ari hano ni ay’umugore w’umupfakazi. Inkuru y’uyu mupfakazi igaragaza ko yari ageze mu bihe bigoye by’umubabaro n’agahinda, gupfakara, gukena, kumunyaga abana be.
Kugira ngo bafate icyemezo cyo kumunyaga abana be 2 b’abahungu, inkuru yari yarasakaye muri rubanda, amagambo y’abantu, gusekwa ari byinshi. Ariko, yikomeje k’Uwiteka!!
Yumvise gusenga kwe, ndetse n’uk’umugaragu wayo Elisa, aramutabara, amurinda agahinda gasaze no gukorwa n’isoni. Rubanda rwari rutegereje guseka. (...) -
Waba warigeze wibaza impamvu ibyo ushaka gukora ataribyo ukora!
23 February 2014, by Alice RugerindindaNdavuga nti ” Muyoborwe n’Umwuka” , kuko aribwo mutazakora ibyo kamere irarikira kuko kamere irarikira ibyo Umwuka yanga, kandi Umwuka yifuza ibyo kamere yanga kuko ibyo bihabanye, nicyo gituma ibyo mushaka gukora ataribyo mukora. Abagalatiya 5:16-17
(So I say, let the Holy Spirit guide your lives. Then you won’t be doing what your sinful nature craves. The sinful nature wants to do evil, which is just the opposite of what the Spirit wants. And the Spirit gives us the desires that are the (...) -
Kugira uruhare mu kubohoka bishyingiye ku kwizera Yesu
22 April 2016, by Isabelle GahongayireMariko 10 : 46-52 Nuko bagera i Yeriko. Akivana i Yeriko n’abigishwa be n’abantu benshi, asanga umwana wa Timayo witwaga Barutimayo, umusezi w’impumyi yicaye i ruhande rw’inzira. Yumvise ko Yesu w’i Nazareti ari we uje, aherako arataka cyane ati “Yesu mwene Dawidi, mbabarira !Soma ibikurikira.
Umuhungu wa Timayo yari yaratawe i ruhande rw’inzira igana i Yeriko ntabwo yari afite icyizere cyo kuzatabarwa n’abaturanyi cyangwa se abo babanaga. Ntabwo tuzi neza umubare w’abamuherezaga amafaranga ubwo (...) -
Imana yankirije uburwayi mu mubatizo Faina Mukansanga
22 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNyuma ya genocide yakorewe abatutsi muri mata 1994 umuryango wanjye wari umaze kurangira naje kurwara uburwayi bw’ ijosi bwatewe no no kumara igihe kinini mu bwihisho nagize uburibwe budasanze ndetse n’umuriro mwishi.
Abaganga bagerageje kumvura imiti ishoboka biranga mbana nabwo umwaka n’igice. Uwambonaga wese yagiraga impuhwe akamvuza navujwe n’abavandimwe, inshuti, abazungu, abahinde.
1995 nigaga secondaire hari igihe ninjiraga mu kizami abayobozi nkabona barantahanye kuko nahitaga ngira (...) -
Menya byinshi kuri filime yakinwe ku buzima bwa Yesu
7 October 2013, by UbwanditsiJesus cyangwa se Yesu cyangwa se Film ya Yesu, ni film yamenyekanye cyane ku buryo umuntu wese wemera Yesu yayibonye, ndetse benshi bakaba baramumeye kubera iyi film.
Mu rwego rwo kumenya byinshi kuri iyi film yakozwe mu mwaka w’1979, Filomzacu.com yabakoreye ubushakashatsi kuri iyi film n’ibintu bitangaje yakoze mu mateka ya Gikirisitu.
Iyi film Yesu cyangwa se Film ya Yesu, ni film yakozwe mu mwaka w’1979, ivuga ku buzima bwa Yesu ishingiye kubutumwa bwa Luka muri Bibiliya. Yayobowe na (...) -
Ibyo twahawe byose ni ku bwa Yesu no ku bwawe. Pasteur Desire Habyarimana
7 July 2013, by Pastor Desire Habyarimana“Ariko kugira ngo tutababera igisitaza, jya ku nyanja ujugunyemo ururobo, ifi uri bubaze gufata uyende, uyasamure urasangamo sitateri uyijyane uyibahe ku bwanjye no ku bwawe” (Matayo 17:27).
Biragaragara ko Petero yari mu kibazo cyo kubura umusoro ariko kuko Yesu atabura uko abigenza amwereka uko akivamo umusoro ukaboneka.
Birashoboka ko nawe Yesu hari ibibazo yagukuyemo bikomeye ntiwari kuhikura iyo atagutabara. Yesu sinzi imigisha yaguhaye uko ingana ariko nagirango nkwibutse ko ibyo (...) -
Kuko ari nta yindi mana ibasha gukiza bene aka kageni!
15 August 2012, by Alice Rugerindinda“ Ni cyo cyatumye nca iteka, kugirango umuntu wese wo mu moko yose y’indimi zitari zimwe uzavuga nabi Imana ya Saduraka na Meshaki na Abedenego, azatemagurwe kandi urugo rwe ruzahinduke nk’icyavu, kuko ari nta yindi mana ibasha gukiza bene aka kageni” Daniel 3: 29
Imana ishimwe cyaneeee. Aya magambo yavuzwe n’Umwami Nebukadinezari nyuma yo kujugunya mu itanura ry’umuriro ugurumana abantu b’Imana aribo Saduraka, Meshaki na Abedenego, akabona ntacyo babaye. Mu kimbo cyo kubona bahiye, ngo yabonye (...) -
Iyo wahagurukijwe no gushaka Yesu arakwiyereka. Edith Umugiraneza
7 January 2014, by UbwanditsiYesu amaze kuvukira I Betelehemu mu gihugu cya Yudaya, umwami Herode abyumvise ahagarika umutima. Atuma abanyabwenge ati ; " Nimugende musobanuze iby’ uwo mwana neza. Nimumubona muze mumbwire nanjye njye kumuramya". (Matayo 2:1-12) Bibiliya itubwira ko abanyabwenge bayobowe n’ inyenyeri bageze aho Yesu ari baranezerwa cyane, barapfukama, baramuramya. Maze bahambura n’ imitwaro yabo, bamutura amaturo y’ izahabu n’ icyome n’ishangi. Yesu ni umucyo ni urumuri amurikira abari mu mwijima. Umucyo we, (...)
-
Ntukabwire umunyamubabaro uti “Komeza imbere!” - Kay Warren
17 March 2014, by Simeon NgezahayoMu gihe habura iminsi mike ngo umwaka ushire umwana wabo Matthew Warren yiyahuye, Kay Warren yagaragaje amarangamutima akubiyemo ibyo yanyuzemo ubwo yari mu gahinda k’umwana we. Pastor Rick Warren uyoboye itorero Saddleback Church, ari na we mutware wa Kay aravuga yuko ubu butumwa bwagirira umumaro umuntu uri mu bihe nk’ibyo barimo icyo gihe. Kuri uyu wa Gatanu, Pastor Rick yanditse ku rubuga rwe rwa Facebook ati "Birababaza kuba umuntu ababaye cyane, ariko nta we ubyitayeho.” Mu masaha 24 (...)
0 | ... | 860 | 870 | 880 | 890 | 900 | 910 | 920 | 930 | 940 | ... | 1230