Nk’uko twari twabasezeranije kubagezaho imbonankubone igiterane kiri kubera muri Kaminuza y’u Rwanda mu Karere ka Huye, ubu concert yacyo iratangiye.
Umuyobozi wa gahunda akaba amaze kwibutsa abahateraniye mu intego y’igiterane ko ari ijmabo ry’Imana ryibutsa abantu ko uzabasha guhagarara imbere y’Imana ari umuntu utariyandurishije ibizira.
Tubibutse ko muri iki gitaramo cy’indirimbo n’ijambo ry’Imana hari Chorale zitandukanye zo muri iyi kaminuza, korali Ishimwe yaturutse mu Karere ka Karongi (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
LIVE: Igiterane cy’ivugabutumwa muri Kaminuza y’u Rwanda i Huye
27 April 2014, by Ubwanditsi -
Ntimukiganyire iby’ejo, Yesu niwe ubigena
7 September 2015, by Umumararungu Claire‘’Ni cyo gitumye mbabwira nti: ntimukiganyire ngo mutekereze ubugingo muti ‘Tuzarya iki?’ Cyangwa muti ‘Tuzanywa iki?’ Ntimwiganyire ngo mutekereze iby’umubiri wanyu ngo ‘Tuzambara iki?’ Mbese ubugingo ntiburuta ibyokurya, umubiri nturuta imyambaro?’’ Matayo 6:25
Ejo hacu ntituhazi, icyakora umuntu abasha kumenya ibyashize n’ibyo arimo muri ako kanya ariko ntiyamenya ibiri bumubeho mumasaha akurikiyeho, bivuze ko ibyo byo biba bizwi n’Imana.
Abantu bose bahangayikishwa n’ibizabatunga ejo hazaza, (...) -
yahindutse mushya nyuma yo guhura n’Umwami agaca ingoyi zari zimuboshye..
10 December 2012, by UbwanditsiAli yakuriye mu gihugu cya Alijeriya akurira kwa Nyirakuru aho akaba ari naho yabaga ubwo intambara yo guharanira ubwigenge bwa Alijeriya yabaga. Icyo gihe ariko ababyeyi be bakaba bariberaga mu Bufaransa.
Mu kwezi kw’Ukuboza 1965 nibwo Ali yagarutse mu muryango we mu Bufaransa, ari naho nk’uko abivuga nta kintu kiza na gito yaba yibuka cyamunejeje kuva akigera aho ababyeyi be babaga, kuko kuri we ubwo buzima bushya bwarangwaga n’ umubabaro n’ubusharire bukabije kuri we. Ubwo nyine biba (...) -
Ikirusha ibindi kuba kiza ni ukwegera Imana
27 August 2015, by Innocent KubwimanaAriko jyeweho kwegera Imana ni ko kwiza kuri jye, Umwami Uwiteka ni we ngize ubuhungiro, Kugira ngo namamaze imirimo wakoze yose. Zaburi 73:28
Mu bantu bafite ubunararibonye bw’ubuzima ntekereza ko ubuhamya bwe buri mu bice byinshi Dawidi arimo. Iyo avuze ngo naho Data na mama banta Uwiteka yantarura, aba yibutse ukuntu Se yamwohereje mu ntama akajya kuba mu ishyamba, bakuru be bibereye mu rugo, akajugunywa iyo kandi ari umuhererezi wari ukwiye kwitabwaho n’ababyeyi kurusha abandi.
Dawidi (...) -
Yesu ntajya ahinduka, imwe mu mpamvu yo ku mugirira icyizere
31 August 2015, by Innocent KubwimanaUbuzima bwo mu si burangwa n’impinduka za hato na hato, ndetse iyo usomye Bibiliya usanga Umubwiriza avuga ko byose byahozeho, muyandi magambo no kubona ikintu gishya biragoye.
Ibintu byose biriho ku isi birahinduka, bimwe birasaza, ibindi bigapfa, ibindi bigata agaciro, yewe na za mana bakora bakazisenga,zikajya zibashuka ko zibareba kandi nazo zitamenya uhise, zikabashuka ko zibumva zitazi iyo biva niyo bijya nazo zirasaza bakazana izindi, mbese zirasimbuzwa. Idahinduka ni imwe yo mu (...) -
Imana reba/-Humura Imana irakureba-Igice cya kabiri/ Dr. Fidèle Masengo
27 October 2015, by Innocent KubwimanaAhimba Uwiteka wavuganye na we izina ati “Uri Imana ireba.” Ati “Mbese Indeba nayiboneye na hano?” Itangiriro 16:13
Mu nyigisho nabagejejeho ejo navugaga ukuntu Imana ireba mpereye ku buzima bwa Hagari. Nayisoje mbasezeranya kuyikomeza ariko ngaragaza impamvu zigaragaza ko Imana ikureba nawe.
Dore amwe mu masomo nize kuri kiriya cyanditswe kivuga ngo ‘Imana ireba.’’ 1. Bimwe mu biranga Imana ni ukumenya buri wese na buri kintu cyose (Omniscience). Mbese ibishwi bibiri ntibabigura ikuta rimwe? (...) -
Muka Nebukadineza yigishijwe iki ? Felicite Nzohabonayo
21 November 2013, by Felicite NzohabonayoYESAYA 48 : 17 « Uwiteka umucunguzi wawe, Uwera wa Isirayeli aravuga ati : ni jyewe Uwiteka Imana yawe ikwigisha ibikugirira umumaro, ikakujya imbere mu nzira ukwiye kunyuramo. »
Njya ntekereza cyane ku rugo rwa Nebukadineza, ibintu bitangiye guhinduka mu rugo, uko umugore byamugendekeye.
NEBUKADINEZA NI NDE ?
Yabaye umwami w’i Babuloni kuva mu myaka 626 – 605 imbere y’ivuka rya Yesu. Yari umwami ukomeye cyane, agatera amahanga menshi, akayatsinda, aba icyamamare murumva namwe ko umufasha we (...) -
Iyo Yesu ategetse! Ernest
20 February 2016, by Ernest RutagungiraIYO YESU ATEGETSE! Ndabasuhuje mu izina rya Yesu amahoro y’Imana abe muri mwe, nitwa Ernest RUTAGUNGIRA, Imana iguhe umugisha kuko wemeye gufata umwanya ugasoma iri jambo. Dusome: Luka 5: 4-7 Arangije kuvuga abwira Simoni ati “Igira imuhengeri, mujugunye inshundura murobe.” Simoni aramusubiza ati “Databuja, twakesheje ijoro dukora cyane, nyamara nta cyo twafashe. Ariko kuko ubivuze reka nzijugunye.” Babikoze bafata ifi nyinshi cyane, ndetse inshundura zabo zenda gucika. Barembuza bagenzi babo (...)
-
Urahirwa kuko Yesu yaguhaye indorerwamo abakera batigeze.
12 October 2013, by Ernest RutagungiraAriko amaso yanyu arahirwa kuko abona, n’amatwi yanyu kuko yumva. Ndababwira ukuri, yuko abahanuzi benshi n’abakiranutsi bifuzaga kureba ibyo mureba ntibabibone, no kumva ibyo mwumva ntibabyumve. (Matayo 14:16-17).
Ubwo yari hamwe n’abigishwa be ndetse n’abandi bantu benshi bamushagaye, nibwo yabahishuriye amahirwe adasanzwe bafite nyamara batari basobanukiwe, Yesu mukuyabasobanurira yabaciriye ndetse abasobanurira umugani w’umubibyi wabibye imbuto, zimwe zikagwa mu nzira, izindi zigwa ku (...) -
Iyuzuze n’ Imana ubone kugira amahoro. Ernest Rutagungira
15 January 2014, by Ernest RutagungiraYesu amaze kuvukira i Betelehemu mu gihugu cy’i Yudaya ku ngoma y’Umwami Herode, haza abanyabwenge baturutse iburasirazuba bajya i Yerusalemu, barabaza bati “Umwami w’Abayuda wavutse ari hehe? Ko twabonye inyenyeri ye turi iburasirazuba, none tukaba tuje kumuramya.” Umwami Herode abyumvise ahagarikana umutima n’ab’i Yerusalemu bose, ateranya abatambyi bakuru n’abanditsi bose b’ubwo bwoko, ababaza aho Kristo azavukira aho ari ho. (Matayo2:1-4).
Ubusanzwe mu mateka y’abami, nta mwami wima ingoma undi (...)
0 | ... | 880 | 890 | 900 | 910 | 920 | 930 | 940 | 950 | 960 | ... | 1230