Gutandukana kw’abashakanye bimaze kuba nk’ibintu bisanzwe dore ko ujya kumva ukumva ngo ba runaka bari bamaze imyaka 20 cyangwa 3 bashakanye batandukanye.
Nyamara hambere ibi byagaragara mu bihugu byateye imbere ndetse Abanyarwanda babifataga nk’umuco w’abazungu, ku buryo n’iyo habagaho ubwumvikane bucye hagati y’abashakanye byagumaga mu rugo ntibigere hanze ngo batiteze rubanda.
Kuri iki cyumweru tariki 4 Nzeri, ubwo Umushumba w’Itorero ry’Isanamitima (Evangelical Restoration Church) (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Ijambo ry’Imana rivuga iki ku gutandukana kw’abashakanye ?
2 May 2014, by Ubwanditsi -
Ndimurwango Isaac ahamya ko yabonye ibyo mu ijuru
14 August 2012, by UbwanditsiUbushije twabagejejeho ubuhamya bw’uyu mukozi w’ Imana, aho yavugaga ko yavukanye umutima iburyo ariko akaba atarapfuye nyuma yo kumara imyaka myinshi arwaye umwijima, umutima, impyiko, ibihaha, yarabaye palalise uruhande rwose kuko kenshi yabaga mu rupfu akamara muri koma icyumweru cyangwa kirenga, Yesu yaje kumukiza burundu.
Akaba noneho yadutangarije ko muri ubwo burwayi bwe Imana yigeze kumutembereza ikamwereka ibyo mu ijuru. Mu magambo ye yagize ati: Nabonye abamalaika baje barantwara (...) -
Ibikomeza umubano mwiza w’ abashakanye (igice cya mbere).
6 October 2015, by Pastor Desire Habyarimana1.Kuganira no gusabana.
Kuganira kw’ abashakanye ni ikintu cy’ ingenzi.Bigomba kuranga ubuzima bwabo bw’ igihe cyose. Kuganira kw’abashakanye gushingiye ku mucyo wo kubwizanya ukuri, bituma bamenyana kurushaho, bakuzuzanya mu miterere yabo itanndukanye.
Kuganira bibashisha abashakanye kubona ahabasha guturuka inzitizi mu mumibanire yabo bakazikumira kandi hanavutse ikibazo bagafatanyiriza hamwe kugishakira igisubizo.
Ingingo zifasha abashakanye kuganira gusabana:
Kwitoza kuganira kuri (...) -
Mwirinde mu rugendo!
23 May 2016, by Pastor Desire HabyarimanaEfeso 5:15-17 Nuko mwirinde cyane uko mugenda mutagenda nk’ abatagira ubwenge, ahubwo mugende nk’ abanyabwenge, mucunguze uburyo umwete kuko iminsi ari mibi.
Intego y’ iri jambo: Mwirinde murugendo. Abantu beshi bari murugendo rujya mw’ ijuru, nabatajya mw’ ijuru barajya iwabo h’ iteka kuko mw’ isi twese turi abagenzi tuzayivamo ahubwo ikibazo uru rugendo turimo turugendamo dute?
Yesu yaravuze ko ariwe nzira n’ ukuri n’ ubugingo kandi birumvikana niwe nzira abazayigendamo mukuri bazabona ubugingo (...) -
Ibaruwa y’urukundo
14 June 2016, by Simeon NgezahayoMwana wanjye,
Narakurondoye ndakumenya, ndakuzi (Zaburi 139.1).
Nzi imyicarire yawe n’imihagurukire yawe (Zaburi 139.2).
Nzi imigendere yawe n’imiryamire yawe.
Nzi inzira zawe zose (Zaburi 139.3).
Ndetse n’imisatsi yo ku mutwe wawe irabazwe yose (Matayo 10.29-31).
Nakuremye mu ishusho yanjye (Itangiriro 1.27).
Muri jye uriho, ufite ubugingo (Ibyakozwe n’intumwa 17.28).
Nakumenye ntarakurema mu nda ya nyoko (Yeremiya 1.4-5).
Nagutoranije uhereye kera (Abefeso 1.11-12). Ntabwo uri (...) -
Korare Itabaza y’i Butare yataramiye abanya Kigali
25 March 2012, by UbwanditsiKuri uyu wa Gatandatu taliki 24-25/03/2012 mu itorero rya ADEPR Gahanga habereye igiterane cyari kiyobowe na Korare Itabaza yo mw’itorero rya ADEPR ururembo rwa Butare hamwe na Korare Yakini ikorera umurimo w’ Imana muri ADEPR Kicukiro. Hari kandi n’abakozi b’ Imana batandukanye barimo Pasteur Ngamije Viateur.
Kubera indirimbo nziza z’ aya ma Korare byatumye abantu benshi bitabira icyo giterane buzura urusengero kandi koko izi korare zikundwa n’abantu benshi.
Nyuma Pastor Ngamije Viateur (...) -
Yesu ni nde ?
30 August 2012, by Emmanuel KANAMUGIRE1.Yesu ni umwana w’Imana n’umwami yatoranije.
Yabanje kubaho kandi ni we Imana yifashishije mu iremwa ry’ibiriho byose. « mbere ne mbere hariho Jambo,Jambo uwo yahoranye n’Imana kandi Jambo yari Imana. Uwo yahoranye n’Imana mbere na mbere .Ibintu byose ni we wabiremye, ndetse mu byaremwe byose nta na kimwe kitaremwe na we. » Yohana 1,1 +3.
« Yari mu isi ndetse ni we wayiremye nyamara ab’isi ntibamumenya.Yaje mu bye, ariko abe ntibamwemera.Icyakora abamwemeye bose bakizera izina rye yabahaye (...) -
Umu Pasitori wawe ni nde? ( who is your Pastor?)
27 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaUmurimo w’umupasiteri ni umurimo wo kuyobora intama, ni umurimo wo kumenya ubuzima bwazo, ni umurimo wo kumenya aho aziragira. Umupasteri agereranywa n’umwungeri w’intama. Ariko turareba umupasiteri n’umuganga (docteur). Mu bihugu byateye imbere, buri muryango wose uba ufite dogiteri (family doctor). Ushatse wamwita personal doctor (umuganga wanjye ku giti cyanjye).
Uyu muganga inshuro nyinshi aba azi uko ubuzima bw’umuryango abereye dogiteri buba bumeze. Aba afite icyo bita mu cyongereza (...) -
Ese koko ijuru ni iry’abaswa n’abakene gusa?
24 April 2012, by Ernest RutagungiraIyo ukurikiranye ibiganiro bitandukamye usangana bamwe mu bayoboke b’amadini ,usanga hari bamwe muri bo bavuga ngo nta mukire uzakandagira mu bwami bw’Imana, abandi nabo bakavuga ko ijambo ry’Imana rizwi ndetse rigasobanukirwa n’abaswa cyangwa injiji mu by’ubumenyi busanzwe, aha rero tukaba tugiye kurebera hamwe icyo bibiliya ibivugaho n’ukuri nyako ku bivugwa. Ese izi mvugo zavuye he?
• Aha mbere havugwa cyane ni aho usanga Yesu yavuze ngo ku mutunzi biragoye kwinjira mu bwami bw’Imana ngo (...) -
INTAMBARA Y’UMWUKA WERA N’IMYUKA IYOBYA
14 May 2016, by Ernest Rutagungira…Nuko mbona mu kanwa ka cya kiyoka no mu kanwa ka ya nyamaswa, no mu kanwa ka wa muhanuzi w’ibinyoma, havamwo imyuka itatu mibi isa n’ibikeri, kuko ari yo myuka y’abadayimoni, ikora ibitangaza igasanga Abami bo mu isi yose, ngo ibahururize kujya mu ntambara yo ku munsi ukomeye w’Imana Ishoborabyose ( Ibyahishuwe 16:13-14)
….Ubwo azaza azatsinda ab’isi, abemeze iby’icyaha n’ibyo gukiranuka n’iby’amateka, iby’icyaha, kuko batanyizeye, n’ibyo gukiranuka kuko njya kwa Data, kandi namwe muzaba mutakimbona, (...)
0 | ... | 870 | 880 | 890 | 900 | 910 | 920 | 930 | 940 | 950 | ... | 1230