Mu buhamya bwa Colonel Ndayinginge Nathan bw’ ubushize yasoje atubwira ko ari mwalimu w’ Itorero akabifatanya n’akazi gasanzwe ka Gisirikare. Twagize amatsiko bituma tumwegera tugira icyo tumubaza uko yahamagawe ari umusirikare mukuru? Adusubiza muri aya magambo:
1.Ikibazo: Umuhamagaro wo kuba umuvugabutumwa mwawiyumvisemo gute?
Igisubizo: Maze kwakira agakiza haciye igihe, hari ibimenyetso natanguye kubona mu nzozi. Hamwe nabona mpagaze imbere y’ishengero rinini ndiko ndavuga nsemerera (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Burya n’abasirikare bakuru nabo bakijijwe bakorera Imana. Colonel Nathan Ndayinginge.
24 July 2012, by Ubwanditsi -
Kubabarira biragoye ariko ni itegeko ku mukristo!
9 May 2016, by Alice Rugerindinda“Kuko nimubabarira abantu ibyaha byabo, na So wo mu ijuru azabababarira namwe, ariko nimutabababarira abantu, na So na we ntazabababarira ibyaha byanyu” Matayo 6: 14-15
Igishimishije muri aya magambo ni uko Imana itadusaba gukora ibirenze ibyo dushoboye, kandi Paulo yaranditse ngo ashobozwa byose na Kristo umuha imbaraga! Imana ishimwe.
Ikintu cyatuma Imana itakubabarira , ntekereza ko atari ikintu cyoroshye, cyane ko ducumura buri munsi, dukenera imbabazi z’Imana buri munsi.
Kubabarira (...) -
Ubuhamya:Imana niyo yonyine ibasha guhindura amateka y’umuntu
18 August 2015, by Pastor Desire HabyarimanaPasiteri Nkurunziza Fiacre abarizwa mu ‘‘Rusengero rwa Yesu Kirisitu rw’Abera b’Imana bo mu minsi ya nyuma’’. Uyu mu pasitoro yavuze ubuhamya bw’ubuzima bwe ari naho yemereje ko Imana yonyine ari yo ibasha guhindura imibereho n’amateka y’umuntu.
Ubuhamya bwa Pasiteri Nkurunziza bukubiyemo ibyo yanyuzemo mbere yo gukizwa ndetse n’ibyo abona muri iki gihe yamaze kwakira agakiza.
Nkurunziza yavuze ko yamenye ubwenge asanga se afite abagore babiri. Kubera ko se atabitagaho bituma ajya gushaka akazi (...) -
Wabasha kuba pasiteri mwiza utari umugabo mwiza? - Jarod Moore
16 May 2013, by Simeon NgezahayoWibuke ko umupasiteri ubwiriza ubutumwa bwiza atagomba kubushyiraho umugayo yanga gukunda umugore we nk’uko Kristo akunda itorero.
Aya magambo aranshishikaje. Ni amagambo abapasiteri bose n’abayobozi b’amatorero bagomba kumva. Mu murimo w’Imana habamo ikigeragezo (ku bwanjye), kubona umuntu afata igihe cyo kwigisha abandi ariko ntabashe kwigisha abo mu rugo rwe. Nidufata igihe cyacu cyose tukagishyira mu itorero twirengagije inshingano zacu mu ngo, bishobora kutubera icyaha. Wibuke ko kugira (...) -
Wari uzi ko ikinezeza Yesu ari ukubana n’ abantu? Pastor Desire Habyarimana
27 March 2014, by Pastor Desire HabyarimanaIbinezeza byanjye byari ukubana n’ abantu (Imigani 8:31b) Yesu biramunezeza kubana natwe akunda umunyabyaha icyo yanga ni ibyaha byacu ariko nibyo yapfiriye. Kandi Imana iyo iturebeye mu maraso y’ umwana wayo itwita abakiranutsi.
Yesu yambaye ishusho y’ abantu, kandi avuka bamwise Emanueli, Imana iri kumwe natwe cyangwa se Imana mu bantu. Iyo Yesu yigishaga yaravugaga ngo nimuguma muri njye ijambo ryanjye rikaguma muri mwe, musabe icyo mushaka. Kandi ko ari we muzabibu w’ ukuri Data ari (...) -
“Nabyaye maze imyaka 17 narabuze urubyaro ".
6 October 2011, by UbwanditsiUbu ni ubuhamya bw’umudamu witwa Kayitesi Immacule usengera mu itorero rya ADEPR Bibare akaba atuye I ndera. Muri ubu buhamya Kayitesi atangira avuga ko yashakanye n’ umugabo witwa Kaberanya Paulo mu mwaka wa 1991 i Bujumbura mu Burundi. Kayitesi avuga ko icyo gihe atari yakakiriye Yesu nk’ Umwami n’ umukiza w’ ubugingo bwe..
Kayitesi akomeza avuga ko we n’umugabo bategereje umwana bagaheba ndetse ngo bagatangira a kwivuza mu bitaro byose bikomeye byo mu Burundi, nyamara ngo ibi byabaye ubusa. (...) -
Uko uri kose, icyo uricyo cyose, aho uri hose wakagiriye abandi umumaro. Kagambirwa Claudine
3 April 2014, by Claudine KAGAMBIRWAIyo umuntu avuze kugirira abandi umumaro abenshi bumva ibintu cg amafaranga, ariko nawe ubwawe uri uw’agaciro ku buryo hari icyo wamarira abandi hatagendewe ku bintu n’ubwo nabyo ari ingenzi. Bibiliya ibivuga neza ngo ariko mwebweho muri ubwoko bwatoranijwe, abatambyi b’ubwami kugira ishyanga ryera n’abantu Imana yaronse, kugira ngo mwamamaze ishimwe ry’Iyabahamagaye, ikabakura mu mwijima ikabageza mu mucyo wayo w’itangaza (1Petero 2:9).
Mwene data Imana yagushyize aho uri kugira ngo uhabyaze (...) -
Imbaraga zitera abantu kubeshya Pastor Desire
19 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIsi igendera ku kinyoma kuko Satani ari we se w’ibinyoma byose. Mu by’ukuri iyo umuntu ari umunyabinyoma murumva uwo aba akorera ikibabaje n’abakristo benshi barabeshya utuntu duto duto nta n’inyungu turi bubazanire ex: Kuri telephone, kubeshya abana, mu kazi wakererewe ugasinya ko wahageze kare, abacuruzi bakijijwe bakakubesha ayo baranguye atari byo, abana babeshya ababyeyi babo, abubakanye hagati yabo bakabaho ubuzima butarimo ukuri n’ibindi.
Tugiye kurebera hamwe icyo Bibiliya ivuga ku (...) -
Wowe wumva ukwiye iki ? Dore igikwiye umuntu wese!
22 February 2016, by Innocent KubwimanaNimumwegere ni we Buye rizima ryanzwe n’abantu, ariko ku Mana ryaratoranijwe riba iry’igiciro cyinshi, namwe mwubakwe nk’amabuye mazima kugira duhinduke inzu y’Umwuka, n’ubwoko bw’abatambyi bwera bwo gutamba ibitambo by’Umwuka bishimwa n’Imana ku bwa Yesu Kristo.2 Petero 2:4-5
Mu iyubaka ry’iyo nyumba bayubakishije amabuye yatunganirijwe mu nganzo, nta nyundo cyangwa intorezo cyangwa ikindi kintu cyose cy’icyuma cyumvikanye muri iryo yubaka. 1 Abami6:7
Aya magambo yose yaba ayo Petero yanditse (...) -
Iyo nzira y’ubutayu Imana izayibyaza ishimwe!
16 April 2012, by Innocent Kubwimana‘’Ariko izi nzira nyuramo, nimara kungerageza nzavamo meze nk’izahabu’’ Yobu23:10
Yesu yuzuzwa umwuka Wera, ava kuri Yorodani ajyanwa mu butayu, amarayo iminsi mirongo ine ageragezwa n’Umwanzi. Muri iyo minsi ntiyagira icyo arya, nuko arasonza. (Luka 4:1-2)
Kugira ngo Yesu yamamare kuri uru rwego hari aho yaciye, hari umwambaro yambaye usuguritse, hari amazina yiswe, hari inzira yanyuzemo ikomeye itakwihanganirwa nubonetse wese, arageragezwa bihagije.
Muri iki gihe ushobora guhura n’umuntu ati (...)
0 | ... | 890 | 900 | 910 | 920 | 930 | 940 | 950 | 960 | 970 | ... | 1230