Watekereza iki ku muntu ufite ibikoresho byiza byo mu nzu, ariko akabitungira mu nzu y’ umusaka? Mbese ntibyagaragara ari ubupfu? Ariko ibyo birasa n’ ukuntu abantu bamwe bitwara. Bita kuri kamere yabo, ariko bakirengagiza umubiri wabo.
Ntagushidikanya ko usobanukiwe ko kamere yawe ari kimwe mu bice bikugize. Ikindi gice n’ umubiri wawe. Kandi nubwo kwita kuri kamere yawe no kuyiteza imbere ari iby’ igiciro cyane ariko ukwiye kumenya uko ukwiye gutegeka umubiri wawe.
Abayoboke b’amadini (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Wari uzi ko Bibiriya itwigisha uko twafata imibiri yacu? Pastor Desire
13 January 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
Ibyo benshi bemeranywaho mu biranga umugore cyangwa umugabo mwiza
22 July 2015, by Innocent KubwimanaHari impaka zikunda kubaho cyane iyo abantu bavuga ku bijyanye n’ukwiye kuvamo umugabo mwiza cyangwa se umugore mwiza, uzubaka urugo rugakomera. Bamwe bavuga ubutunzi, abandi bakemeza ko bwonyine budahagije, ariko reka turebe bimwe mu byo abantu bagarukaho cyane abakristo.
1. Umugabo cyangwa umugore ukunda Imana kandi akayiha umwanya
2. Umuntu ufite urukundo, mu bintu bigoye mu buzima kandi byo kwitondera ni igihe byagusaba kubana n’umuntu wumva utaramwakira ngo umugirire urukundo. Nta (...) -
Umushumba agomba kuba umugabo w’ umugore umwe
23 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUmushumba agomba kuba umugabo w’ umugore umwe (1 Timoteyo 3:2)
Muri 1 Timoteyo 3:2, mu kigiriki haravuga ngo: “Kuba umugabo ufite umuntu umwe w’ igitsina gore.” Mu matora ya perezida yo muri Amerika, Gary Hart yari akunzwe n’abaturage benshi. Yari umuntu uberewe, wize, kandi ukunzwe na rubanda. Yari afite impano yo kuvuga no kwemeza abantu. Byabonekaga ko abasha kuba perezida. Ariko abantu babonye ko atari umwizerwa ku mugore we, ako kanya bahita bamukuraho icyizere. Yahise ava mu biyamamaza. (...) -
Dufite ubutware bwo gutegeka imisozi y’ibibazo iri imbere yacu igatabwa kure
28 July 2015, by Innocent KubwimanaMu buzima busanzwe umuntu afite ubushobozi kandi bwo ku rwego rwo hejuru bwo kwihanganira kubaho mu bihe bikomeye haba mu ndwara, imibabaro y’uburyo butari bumwe, nubwo ibi bigenda bitandukana ku bantu bitewe n’amateka ya buri muntu.
Iyo ubanye nabyo cyane ugera igihe utanatekereza ko hari Imana yagira icyo ikora ahubwo ukabigira abaturanyi beza mukabana, satani akakwibagiza ko Yesu ashobora kuguhindurira ukabivamo aho kuba imbata yabyo.
Nta mpamvu ihari yo gufata ibintu bikubangamiye ngo (...) -
Igisha abana bawe gusenga - Marcia McQuitty
28 May 2013, by Simeon NgezahayoKwigisha abana gusenga bituma bumva bafite umumaro imbere y’Imana.
Mu kinyamakuru gisohoka buri munsi, umwana w’umuhungu w’imyaka 7 yabajije Dr. Billy Graham ikibazo gikurikira: “Imana yumva gusenga kwanjye, cyangwa yumva gusenga kw’ababyeyi banjye?” Iki kibazo kitwibutsa ko abana Imana yaduhaye dukwiriye kubigisha gusenga, tukabigisha neza iby’umwuka, tubyitayeho kandi mu bwenge.
KUKI abana batarajya mu ishuri n’abiga ari ngombwa kubigisha gusenga?
Yesu yigishije neza abigishwa be ko abana ari (...) -
Mu giterane cy’amasengesho y’iminsi 40, uyu munsi abasaga 100 biyeguriye Imana!
21 November 2013, by UbwanditsiMu giterane cy’amasengesho y’iminsi 40, uyu munsi abasaga 100 biyeguriye Imana!
Ku cyicaro cy’itorero ry’ADEPR Nyarugenge hatangiye amasengesho y’iminsi 40 kuva taliki ya 12/11/2013. Ku munsi wayo wa cyenda habaye igiterane gisanzwe kiba buri wa gatatu, ariko ku mugoroba hagakomeza amasengesho uko bisanzwe.
Muri aya masengesho, Pasteur Desire Habyarimana nk’umwigisha w’ijambo ry’Imana yatanze inyigisho ivuga ku kwigishwa n’Imana mu buryo butandukanye ukazavamo uri Umukristo mwiza (2 Abakorinto (...) -
Imana yankijije uruzerero n’ubusinzi - Francois
2 September 2013, by UbwanditsiKu myaka 20, nari nari umusinzi. Nagombaga kunywa inzoga kenshi, ku buryo byageze aho nkenera kujya nywa icupa ry’inzoga mu gitondo kugira ngo mbashe kubyuka. Ibisindisha byari byarantwaye umutima n’ubwo nta wabashaga kubibona. Naravugaga kandi nkatekereza bisanzwe. Nabayeho mu ruzerero, nkajya mva mu mujyi umwe njya mu wundi nk’uko amarangamutima yanjye yambwiraga. Iyo numvaga mpaze kuba mu mujyi umwe, nafataga imodoka ya mbere nta cyerekezo mfite.
Mu ntangiriro z’Ukuboza 1979, nafashe (...) -
Umukristo bisobanura iki?
21 July 2015, by Ange Victor UWIMANAIgisubizo: Igisobanuro dukura mu nkoranyamagambo cyenda gusa n’umuntu ufite ukwemera muri Yesu ko ari Kristo cyangwa akaba uri mu itorero rishingira inyigisho zaryo kuri Yesu." Usanga ari intangiriro nziza, ariko rero kimwe n’ibindi bisobanuro dusoma mu nkoranyamagambo, ubona ihinnye itagaragaza ukuri dusoma muri Bibiliya ku gisobanuro cy’Umukristo.
Ijambo "umukristo" rikoreshwa ubugira gatatu mu isezerano rishya (Ibyakozwe n’Intumwa 11:26;26:28;1 Petero 4:16). Abantu ba mbere bakurikiye Yesu (...) -
Ruth Graham, umugore w’umutima nk’uwo dusanga mu migani 31
28 February 2013, by UbwanditsiBakundwa muri Kristo, hashize igihe nshaka gusangira namwe aka gace gato k’igitabo Billy Graham yanditse avuga ku buzima bwe, aho atwereka uburyo umugore we Ruth Graham ateye. Nakozweho cyane n’uwo mugore, n’urukundo akunda umugabo we n’uburyo amushigikira. Ntavuze byinshi, nabandikiye amagambo make aho Billy Ghaham avuga ku mugore we.
AGACE K’IGITABO CA BILLY GRAHAM CITWA "UWO NDIWE" Uburyo twari tuguwe neza kuri ubwo butaka twariho ntabwo ariko byakomeje tugeze hagati y’umugabane. Hoteli (...) -
Sobanukirwa Ubuhanuzi bwa Daniyeli .Ange Victor UWIMANA
16 April 2014, by Ange Victor UWIMANAUbwami butazasimburwa iteka ryose
‘Maze ubwami n’ubutware n’icyubahiro cy’ubwami bwose buri munsi y’ijuru, bizahabwe ubwoko b’abera b’Isumbabyose. Ubwami bwayo ni ubwami buzahoraho iteka, kandi ubutware bwose buzajya buyikorera buyumvire.’ (Dan.7:27)
Ikinyajana cya 20 cyaranzwe n’intambara nyinshi, zirimo ubugome n’ubwicanyi ndengakamere bwahitanye za miliyoni z’abantu; ni nacyo cyabayemo jenoside nyinshi zizwi mu mateka y’isi ugereranije n’ibindi binyejana.
Ijambo “Jenoside” ryakoreshejwe bwa (...)
0 | ... | 850 | 860 | 870 | 880 | 890 | 900 | 910 | 920 | 930 | ... | 1230