Jewe ndi umurundikazi nitwa Thérèse Nahimana, ndubatse mfise abana. Ndakijijwe nkunda cane Yesu kuko yankunze, akankiza ntarabaho (mu myaka 2000 iheze niho yabikoze)
Narakize ingwara nyinshi zananiye abaganga. Murizo novuga nka diabète; nayigwaye kumara imyaka 12 nitera umuti witwa « insuline »; umuntu awitera mu rushinge.
Maze kwiga no gutahura ibanga ryo kwizera ivyo Yesu yadukoreye naciye menya ko ntarwaye; ko haheze imyaka 2000 narakize ingwara zose kubwo gushishagurwa kwa Yesu; nca (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
UBuhamya: Imana yankijije Diyabete nyimaranye imyaka myinshi. Thérèse Nahimana
10 September 2013, by Ubwanditsi -
Ibanga ryo kunesha ubwoba (Igice cya 1) - Yvan Castanou
12 May 2016, by Isabelle Gahongayire“Ubwoba ni imwe mu ntwaro Satani akoresha kugira ngo abuze abana b’Imana kuba mu mugambi Imana yabashyiriyeho. Ubwoba ni imwe mu mpamvu ituma abantu badatera imbere: Ubwoba bwo kuneshwa, ubwoba bwo gutanga ikiguzi, ubwoba bwo gutanga, kurwara, kugwa mu cyaha, gutinya Satani, gutinya kunengwa, gutinya amakimbirane, gutinya ubukene cyangwa se ubukire...”
Amoko y’ubwoba:
Hariho ubwoko bubiri bw’ubwoba: ubwoba bwo guhānwa (soma guhaanwa) n’ubwoba bwo kuneshwa. Gutinya guhānwa bitera umuntu kutagira (...) -
Kurenza amaso ibicantege bihesha umutima wizeye kunesha
24 July 2015, by Umumararungu ClaireIyo wacitse intege wihebye, biragoye ko imirimo y’Imana ikoreka muri wowe, Imana idusaba kudacika intege mu ngorane duhura nazo kubera ko yasezeranye kuzajya itabara mu bihe bikomeye.
Ndashaka kubahereza urugero rumwe rw’umuntu witangiye ubuhamya rw’ukuntu yagumanye imbaraga ze.
‘’Icyo gihe nari maze imyaka 40, twari tukiri i Kadeshi y’i Baruneyi, Mose umugaragu w’Uwiteka antuma kujya gutata igihugu. Bukeye muhamiriza ibyo nari nabonye n’umutima utabeshya Yosuwa 14:7
Aba bagabo bari babwiye uyu (...) -
Imana ikomeje gukoresha umukozi w’ Imana Kazura Jules n’ umuryango we muri Senegal
3 February 2014, by Pastor Kazura JulesNkuko Ijambo ry’Imana ribidusaba aho rigira riti ” Muzirikane abanyururu nkaho mufunganywe nabo. Mwibuke n’abagirirwa nabi, muzirikane ko namwe mufite umubiri” Abah 13:3, natwe Imana yadukinguriye amarembo muri gereza iri hafi yaho dutuye (Thies), buri wa kabiri wa buri cyumweru tujya gusura abagororwa bahafungiwe, tukagenda mu byiciro bitatu, aho ab’igitsina gore bajya mu ruhande rufungiyemo abagore n’abakobwa, naho abagabo n’abasore tukicamo ibice bibiri, bamwe bakajya kuganiza abagabo bakuru (...)
-
Kuki abantu benshi basenga basakuza?
9 August 2013, by Simeon Ngezahayo“Nimusenga ntimukamere nk’indyarya, kuko bakunda gusenga bahagaze mu masinagogi no mu nzira ngo abantu babarebe. Ndababwira ukuri yuko bamaze kugororerwa ingororano zabo. Wehoho nusenga ujye winjira mu nzu ubanze ukinge urugi, uhereko usenge So mwihereranye. Ni uko So ureba ibyiherereye azakugororera” Matayo 6:5-6.
Aya ni amagambo ya Yesu, ubwo yigishaga abantu gusenga. Gusenga si ugusakuza, kuko hari igihe biba bitari ngombwa ngo abantu mudafutanye gahunda bumve ibyo usaba. Abantu basengera (...) -
Wari uzi ko itorero naryo ari umuryango wawe?
24 August 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIyo urebye uko abagize umuryango bari bakwiye kubana nuko buri wese yari akwiye kuba afite icyo yungukira ku wundi nawe bagenzi be bakamwungukiraho, akahabonera ibyo twakwita ibikenerwa-shingiro cyane cyane mu buzima busanzwe. Aha twavuga gukundwa, kwitabwaho ahabwa ibyo akeneye mu buzima bwa buri munsi kugira ngo yumve aguwe neza. Ibi kandi bituma akomeza kuwisangamo no kuwukunda uretse ko tutakwirengagiza ko mu muryango mwiza umuntu yahakura n’ubufasha mu byo kwizera.
Ibi rero nibyo byari (...) -
Sobanukirwa neza n’ ubutware bwa Yesu! Pastor Desire
21 April 2014, by Pastor Desire Habyarimana“Nahawe ubutware bwose mw’ ijuru no mu isi” (Matayo 28:18)
Abahanuzi bose beretswe Yesu mbere y’ uko avuka bose bavuga ubutware bwe ariko bigeze kuri Yesaya (9:5-6), aravuga ngo duhawe umwana w’ umuhungu, ubutware buzaba ku bitugu bye, azitwa igitangaza, umujyanama, Imana ikomeye, Data wa twese Uhoraho, umwami w’ amahoro….
Umuhanuzi wa nyuma Yohana we yaravuze ngo njye sinkwiye no gupfundura udushumi tw’ inkweto ze; agiye kuvuka Imana yabyeretse abanyabwenge bava ku mpera y’isi baza gushaka aho (...) -
Kwatura ibyaha no kubabarirwa bisobanuye iki?
26 August 2012, by Pastor Desire HabyarimanaNiwatuza akanwa kawe yuko Yesu ari Umwami, ukizera mu mutima wawe yuko Imana yamuzuye uzakizwa, kuko umutima ari wo umuntu yizeza akabarwaho gukiranuka, kandi akanwa akaba ari ko yatuza agakizwa Abaroma 10:9-10
Bamwe bavuga ko uramutse uguye mu cyaha ushobora gushaka umuntu w’ inkoramutima ukamwaturira utiriwe ujya gushaka Pastor wawe cyangwa Padiri. Abandi iyo baguye mu cyaha nk’ ubusambanyi bahita basengerana hagati yabo bakumva ko barababariwe. Abandi bavuga ko iyo utaturiye mu ruhame (...) -
Nakora nte iteraniro n’ Umwana wanjye? Edouard Kowalski
27 August 2015, by Kiyange Adda-DarleneUbuzima bw’umwuka bw’umwana wanjye bugomba gukura vuba bishoboka. Turemwa kuva tukiri mu nda, umubiri, umwuka n’ubugingo. Noneho niba umubiri ugaragaza ibyo ukeneye kuva umwana akivuka, Ibyanditswe bitwibutsa ibindi bikenewe mu buryo bw’umwuka. Biravuga ngo : « …Umuntu ntatungwa n’umutsima gusa, ahubwo atungwa n’amagambo yose ava mu kanwa k’Imana. » (Matayo 4 :4)
Mu gihe indangagaciro z’umuryango zigenda zibura, ni byiza kwibuka ko niba Imana yarahaye ababyeyi guha ubuzima bw’umubiri abana babo (...) -
Nihe wavana ubushobozi bwo gukora ibyo Imana iguhamagariye?
15 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaSoma: 2Abami 2,8-14 Yesu yemereye abamwizera ubushobozi agira ati:’‘Icyakora abamwemeye bosebakizera izina rye yabaye ubushobozi bwo kuba abana b’Imana (Yohana 1, 12)’’.kandi unyizera azakora imirimo iruta iyo nakoze (Yohana14,12). Ijambo Ubushobozi, rivuga nanone imbaraga cangwa ububasha.
Amazina yaba bagabo bavugwa muri iyi nkuru ajya gusa ariko ntasobanura kimwe
Eliya : Imana yanjye ni uwiteka. Elisa : Imana yanjye ni agakiza. Ugutandukana kwabo Eliya yagerageje kumubwira gusigara Girugali (...)
0 | ... | 840 | 850 | 860 | 870 | 880 | 890 | 900 | 910 | 920 | ... | 1230