Gusenga ni ukuganira n’Imana mukagirana ubusabane ukavugisha Imana ukayishimira ukayitaka ukayigenera umwanya mu buzima bwawe bwa buri munsi uko urushaho gutindana n’Imana no kuyiha umwanya wawe nayo igenda irushaho kukwitaho no kukuba hafi bityo ugahabwa ibyo abandi badasenga batapfa.
Kimwe mu bintu Imana itanga biturutse kukuyiha umwanya mu masengesho yawe bwite aguturutseho ni ‘’Amahoro yo mu mutima ‘’, (Yohana 14:27) aya mahoro nta muntu numwe wayaguha ushobora kuba utunze ibya mirenge ariko (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Gusenga si ahantu, gusenga ni ubuzima Issa Noël KALINIJABO
12 May 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
ADEPR: Ikibazo mu buyobozi cyafashe indi sura
17 September 2012, by UbwanditsiNyuma y’aho Ikigo cy’Igihugu cy’Imiyoborere, RGB mu magambo ahinnye y’Icyongereza kigaragarije ko kitazemeza abavugizi bakuru b’Itorero ADEPR, ni ukuvuga Past Usabwimana Samuel ku mwanya w’Umuyobozi akaba n’Umuvugizi w’Umuryango w’Amatorero ya Pantekoti mu Rwanda ndetse n’umwungirije Past Come Rutegamihigo, ubuyobozi bw’iri torero bwagaragaje ko butanejejwe n’iki cyemezo, busaba ko cyasubirwaho kuko kitakurikije amategeko.
Mu ibaruwa(dufitiye kopi) yo kuwa 16 Nzeri 2012 Inama y’ubuyobozi ya ADEPR (...) -
Sobanukirwa ibintu 4 Yabesi yasabye Imana ( Igice cya 1)
4 February 2016, by Pastor Desire Habyarimana" Ibintu 4 Yabesi yasabye Imana» 1 Ngoma 4:10"
Yabesi yari afite igikomere cy’uko yavukanye agahinda, bamwita Gahinda. Urumva ko iyo yahuraga n’abandi bamukinaga ku mubyimba. Hari ubwo ugira ikigeragezo, abantu bose bakabimenya cyangwa imibereho yawe ikaba izwi n’abantu bose nawe ukumva nta kizagukura muri ako gahinda k’ibyakubayeho.
Abantu benshi bafite ibikomere by’ibyababayeho, kuko mu buzima baba barabaye ba Yabesi (cyangwa ba Gahinda), ibikomere bitewe n’uko babuze ibyo bari bafitiye (...) -
Gira guhitamo kwiza kuko umugisha n’umuvumo biri imbere yawe.
9 August 2012, by Ernest RutagungiraNk’uko bisobanurwa na bamwe mu banditsi batandukanye bagiye bandika inkoranyamagambo nka oxforddictionaries cyangwa macmillandictionary, iyo havuzwe umugisha bisobanuka nk’ibikorwa byo guhirwa ndetse no kurindwa n’Imana (God’s favor and protection), bikaba binyuranye cyane n’umuvumo, kuko wo usobanurwa nka bimwe mu biba ku bantu bisa nk’ibihano bihoraho cyangwa ibintu bibi bidasanzwe bigera ku bantu cyangwa ku kintu. Ku rundi ruhande Bibiliya nayo ikaba hari icyo yavuze ku umuvumo ndetse (...)
-
Urubuga rw’ivugabutumwa, www.agakiza.org rwashyizwe ku mugaragaro
30 December 2012, by UbwanditsiKuva kuri uyu wa Gatandatu tariki 29 Ukuboza kugeza kuri iki Cyumweru, kuri Paroisse ya Kicukiro Shell y’itorero rya ADEPR haberaga igiterane kigamije kumurika ku mugaragaro urubuga rw’ivugabutumwa www.agakiza.org.
Nk’uko byasobanuwe na Pasiteri Désire Habyarimana washinze akaba anayobora uru rubuga, agakiza.org rwashinzwe nyuma yo kubona ko ikoranabuhanga rya internet rikoreshwa muri byinshi byiza n’ibibi, ariko ko rishobora kuba umuyoboro wo gutambutsa ubutumwa busana imitima.
Pasiteri (...) -
Guha agaciro agakiza twahawe n’Imana
12 November 2015, by Innocent Kubwimana" 1 Abami 21:1-3: Kandi hariho umugabo witwaga Naboti w’i Yezereli, yari afite uruzabibu i Yezereli hafi y’i Bwami kwa Ahabu umwami w’i Samariya......: Naboti abwira Ahabu ati "Biragatsindwa n’Uwiteka kuguha gakondo ya basogokuruza banjye."
Iyi ni inkuru dusanzwe tuzi, y’uyu mugabo Naboti wari ufite uruzabibu, cyangwa se umurima hafi y’i Bwami. Umwami rero nyir’igihugu cyose, yaje kwifuza wa murima, rwa ruzabibu rwa Naboti, amubwira ko aribumuhe amafranga yose akeneye kuri rwo cyangwa akaba (...) -
Dukwiye kugira ihishurirwa mu nzira ijya mw’ ijuru. Pastor Desire
20 December 2015, by Pastor Desire Habyarimana1Abakorinto 15:3 Muzi ko nabanje kubaha ibyo nanjye nahawe kumenya, yuko Kristo yapfiriye ibyaha byacu nk’ uko byari byaranditswe.
Abantu bakeneye ihishurirwa mu nzira ijya mw’ ijuru kuko ibi Paulo yigisha yahamije ko atabyigishijwe n’ umuntu ahubwo yabihishuriwe biva mw’ ijuru. Iyo urebye , ubona ko yatangiye bimukomereye avuga ati nshaka gukora icyiza ikibi nanga kikaba aricyo nkora kugeza ubwo avuga ngo mbonye ishyano umubiri untera gukora ibyaha nzawukizwa n’iki? Aza guhishurirwa ko Imana (...) -
Ubuhamya: Kubakunda Imana byose bifatanyiriza hamwe kutuzanira ibyiza.
9 November 2012, by Kiyange Adda-DarleneUbu buhamya bukora ku marangamutima ndetse byatuma n’amarira ashoka mu maso. Imana Irakomeye !!
N’ ubuhamya bwa mwene Data ESTHER wari wariyeguriye Imana mu buryo budasubirwaho ari n’umuririmbyi ; ababyeyi be bari abayobozi b’itorero rya gikristo. Yari umukobwa ufite ubuhamya bwiza watinyaga Imana, ndetse ntiyari yarigeze akubagana mu byaha by’ubusambanyi. Umugoroba umwe, habayeho igitaramo cya korari ku rusengero rwabo. Icyo gitaramo cyagejeje mu masaha ya saa munani z’igitondo, noneho bose (...) -
Abana be bishwe kuko bagwingiye! Alice Rugerindinda
12 January 2014, by Alice Rugerindinda, Ubwanditsi“Induru yumvikaniye I Rama yo kurira no kuboroga kwinshi,Rasheli aririra abana be , yanga guhozwa kuko batakiriho” Matayo 2: 18 Kubazi izi nkuru, iki cyari igihe umwami Herode yashakaga kwica Umwami Yesu akiri uruhinja. Yohereje abajya kwica abana bose bagejeje imyaka ibiri n’abatarayigeza kugirango na Yesu apfiremo. Bageze kwa Rasheli, nubwo abana be bari barengeje imyaka ibiri, ariko mu gihagararo, uko bameze ngo basaga n’abana b’imyaka ibiri cyangwa munsi yaho, mu yandi magambo (...)
-
Mugire umwete wo kubana n’abantu bose amahoro!
8 July 2013, by Ubwanditsi“Mugire umwete wo kubana n’abantu bose amahoro n’uwo kwezwa, kuko utejejwe atazareba Umwami Imana” Abaheburayo 12:14.
Imana ishaka ko tubana n’abantu bose amahoro. Imana ni iy’amahoro. Yesaya yahanuye ko Yesu azitwa “Umwami w’amahoro!” (Yesaya 9:6). Amahoro abantu bari barabuze ku zindi ngoma, bagomba kuyabona ku ngoma ya Yesu. Ni cyo gituma umuntu utabana n’abandi amahoro aba agomye, bituma adashobora kuzabona Imana.
Ijambo ‘amahoro’ riri mu magambo aboneka muri Bibiliya incuro nyinshi, kuko (...)
0 | ... | 560 | 570 | 580 | 590 | 600 | 610 | 620 | 630 | 640 | ... | 1230