RWANDA, SHIMA IMANA! IZABA KU CYUMWERU 01/09/2013
Abayobozi bakuru b’Amatorero ya Gikristo babinyujije mu nama yabahuje, bemeje ko hategurwa ku ncuro ya kabiri igiterane ngarukamwaka cyiswe “Rwanda, Shima Imana!”
Nk’uko byasobanuwe n’ubuyobozi bw’Umuryango Rwanda Purpose Driven Ministries/P.E.A.C.E Plan uhuriwemo n’amatorero ya Gikristo mu Rwanda kandi akaba ari na wo uhuza ibikorwa bya “Rwanda, Shima Imana!” icyi gikorwa kigamije:
• Kurema no kubungabunga umuco wo gushima Imana ku byo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU
19 July 2013, by Ubwanditsi -
Igihe kizaza , ubwo abari mu bituro bose bazumva ijwi rye bakavamo!
16 December 2013, by Alice Rugerindinda“Ntimutangazwe n’ibyo, kuko igihe kizaza ubwo abari mu bituro bose bazumva ijwi rye bakavamo, abakoze ibyiza, bakazukira ubugingo, naho abakoze ibibi bakazukira gucirwaho iteka.” Matayo 5:28-29
Maze iminsi njya gushyingura abantu bitabye Imana,kandi yo mpageze nibaza ibintu byinshi cyane, ndetse akenshi iyo mpari, mba numva ntahanye umugambi mwiza wo gushyira ibintu ku murongo, kugirango umunsi nanjye byangezeho, niba bishoboka nzagende neza nk’umuntu witiriwe izina ry’Imana.
Abantu bamwe (...) -
Ni uwuhe musaruro w’umunsi wa Saint Valentin ?
12 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNi uwuhe musaruro w’umunsi wa Saint Valentin ?
Iyo uvuze umunsi wa Saint Valentin n’ibijyana na wo, si igishya ku batuye isi ndetse no mu Rwanda by’umwihariko. Hari ababona ko kwizihiza uyu munsi rimwe mu mwaka bumva bidahagije ahubwo ko wajya wizihizwa inshuro zirenze imwe buri mwaka bitewe n’uko aba bawufata n’ibyo bita byiza bawukoraho.
Ku rundi ruhanze ariko, hari n’abandi batunga agatoki uyu munsi nk’intandaro y’isenyuka ry’ingo zitari nke, ubusinzi bukabije bitandukanye n’indi minsi isanzwe (...) -
Mbese wari uzi ko ushobora kunesha ibitekerezo bipfuye?
9 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaMbese wari uzi ko ushobora kunesha ibitekerezo bipfuye? Intambwe ya mbere ni uguhanga amaso yawe ku kuri ukavuga uti: “Aho nerekeza ni habi, ndashaka guhinduka.” Niba koko ubishaka, uranabishobora kuko Bibiliya itubwira ko uri mushya muri Kristo. (reba 2 Abakorinto 5:17).
Intambwe ya kabiri ni ugushakisha ikikudindiza.
Menya inzitizi ufite
Ese wigeze utekereza ko nta kintu cyiza kizakubaho? Byanashoboka ko wavuze amagambo nk’aya ngo: “Ubwo nta cyiza ntegereje ko kimbaho, ntacyo bizantwara (...) -
Abayoborwa n’Umwuka wera nibo bana b’Imana
28 July 2015, by Innocent Kubwimana‘’Aransubiza ati ijambo ry’Uwiteka atumye kuri Zerubabeli ngiri ati si ku bw’amaboko kandi si kubw’imbaraga. Ahubwo ni kubw’Umwuka wanjye. Niko Uwiteka Nyiringabo avuga. ( Zakariya4:6)
Aya magambo Imana yavuze hejuru agaragaza neza ko muby’Umwuka atari mbaraga z’umubiri zibikoresha umuntu.
Ubaye waragize nk’amahirwe umunsi umwe ukamera nka Elisa agendera mu gicucu cya Eliya, cyangwa se nka Yosuwa agendera mu gicucu cya Mose, ushobora kugera aho utekereza wa muntu nkaho ariwe kitegererezo, aha (...) -
Mwirinde hadutse umwuka w’ ubusambanyi udasanzwe! Felicite Nzohabonayo
10 November 2013, by UbwanditsiARIKW’ IYO TWIMENYE UKO TURI, NTIDUTSINDWA N’URUBANZA ( Bibiriya y’ikirundi.) 1 ab’Ikorinto 11: 31 ARIKO TWAKWISUZUMA NTITWAGIBWAHO N’URUBANZA. ( Bibiriya y’ikinyarwanda.) 1 ab’Ikorinto 11: 31
Mu mutima w’umuntu habamwo imyanda myinshi kandi y’ubwoko bwinshi twagereranya n’ikimoteri cyangwa na “immondices”. Turasoma Abagalatiya 5: 19 - 21 Dore imirimo ya kamere iragaragara ni iyi: gusambana no gukora ibiteye isoni n’iby’isoni nke, no gusenga ibishushanyo no kuroga no kwangana no gutongana n’ishyari (...) -
AMABANGA AHINDURA UMUNTU KUBA UWO KWIFUZWA II (Secrets that transform you to become a social man)
21 August 2013, by UbwanditsiIyi ni inyigisho ya kabiri itwigisha bimwe mu bidutera ubwigunge kandi bidakwiye kuko twaremewe kubana n’abandi mu mahoro. Mu nyigisho ishize twari twarebye imwe mu mpamvu zitera umuntu kuba atakwifuzwa, bigatuma abantu bamuhunga, iya mbere yari Gushaka Iteka kuba uw’imbere “KWIBONEKEZA”
Turongera tugerageze kwinjira gato mu muntu nyamuntu, mu mutima imbere, mu biba mu muntu imbere bishobora gutuma adashobora kubana n’abandi, bitewe n’imyitwarire ye ihera mu mutima no mu myumvire ipfuye. Kuko (...) -
Uwiteka areba inzira zawe, kandi ibyawe ntago abyirengagiza.
16 October 2013, by UbwanditsiYewe Yakobo Isirayeli, ni iki gituma wiganyira ukavuga uti “Uwiteka ntareba inzira zanjye, kandi ibyanjye Imana yanjye irabyirengagiza”? Mbese ntiwari wabimenya? Ese nturabyumva? Imana ihoraho, Uwiteka Umuremyi w’impera z’isi ntirambirwa, ntiruha. Ubwenge bwayo ntiburondoreka. Ni yo iha intege abarambiwe, kandi utibashije imwongeramo imbaraga. Abasore b’imigenda bazacogora baruhe, n’abasore bazagwa rwose. Ariko abategereza Uwiteka bazasubizwamo intege nshya, bazatumbagira mu kirere bagurukishe (...)
-
Ese ujya wibaza impamvu ituma abapasiteri bata insengero zabo?
12 July 2012, by UbwanditsiDore icy’ubushakashatsi bwerekanye ku bapasiteri muri iyi minsi Ni byiza ko ibi nabyo mubimenya,mugasobanukirwa impamvu nyamukuru itera abakozi bImana cyane cyane abashumba b’amatorero kureka inshingano bahamagariwe.Ubushakashatsi bwakozwe muri iyi minsi bwerekana ibintu birimo gutuma insengero zimwe zibura abashumba bazo,izindi zigakingwa, birashoboka ko iwanyu bitarahagera ariko dusenge cyane kuko har’aho birimo kuba.
Amakuru dukesha Life line for pastors avuga ko abapasiteri benshi muri (...) -
Menya ubuhamya bw’ Umuvugabutumwa Gakumba ubana n’ ubumuga bwo kutabona
27 August 2013, by UbwanditsiNitwa Gakumba Simon, navutse mu w’1955, mvukira mu karere ka Karongi. Kuva mvutse nta kintu nigeze ndebesha amaso yanjye. Mvuka nta mpundu zavuze kuko navutse mpumye, ahubwo abantu baravuze ngo nimuze murebe ikintu cyavutse kwa Nzaramba.
Nakuze ndi umunyamubabaro, maze imyaka 24 nakira Yesu ankuraho umutwaro. Mama yambwiye ko atigeze arya yicaye (yahoraga anteruye), kuko amaso yahoraga andya. Abantu bazaga kuvumba iwacu, bakavuga ko Imana ari ingome kuko yanyimye amaso. Ibyo byangiyemo, (...)
0 | ... | 600 | 610 | 620 | 630 | 640 | 650 | 660 | 670 | 680 | ... | 1230