Hari inkuru y’umuntu numvise, ubifate nk’inkuru gusa nubwo bishobora kubaho, uwo muntu ngo yamaze igihe kinini yitegereza ibikorwa mu isi, maze ashaka akazi arakabura, arasonza cyane, akajya yitegereza uko abantu babaho, maze umunsi umwe haza kuza umunyamakuru wari mu bushakashatsi bwo kumenya ibyo abantu batekereza kubirebana n’ejo habo hazaza, niko kubaza wa mugabo ati “ uwakugira nk’umuyobozi mukuru w’agace utuyemo wabanza ugakora iki? Wa mugabo ahubukira hejuru n’inzara yose yari amaranye (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Aho uri uhari hari impamvu (igice cya kabiri)
11 May 2013, by Pastor Kazura Jules -
Iyo wemeye gusangira n’abandi duke ufite, Yesu aratubura/Ev.Adda
11 December 2015, by Innocent KubwimanaAba bantu banteye impuhwe kuko uyu munsi ari uwa gatatu turi kumwe, none bakaba badafite ibyo kurya. Nimbasezerera ngo basubire iwabo biriwe ubusa, baragwira isari mu nzira kuko bamwe ari aba kure.” Mariko 8:2-4
Abantu bakunze kumva ubutumwa bwiza, barakomeza bategera Yesu amatwi, umunsi urahita, ibiri, uwa gatatu intumwa ziti ‘’mwigisha, basezerere bagende kuko uyu munsi ari uwa gatatu batarya.’’
Intumwa zari zamaze gufata umwanzuro w’uko bataha. Ariko Yesu abarebye ngo abagirira impuhwe, (...) -
Dufite umwenda wo guhora dushima Imana
19 July 2015, by Innocent KubwimanaUrumva umeze ute uyu munsi? Urishimye? Urababaye? Urarwaye cyangwa urarwaje? Uri wenyine? Urihebye? Uri mu kaga, mu ngorane? Urakennye cyangwa waronse ibyo ukeneye byose umerewe neza ?
Kimwe muri ibi bibazo umuntu abikubajije ntiwabura aho wibona bitewe n’ibyo uri kunyuramo. Byaba ibikubabaza cyangwa ibigushimisha Imana yadusabye umwenda uhoraho wo kuyishima. Mbese duhorana umwenda wo gushima Imana kadni dusabwa kubikora umwanya ku wundi.
Imana ishaka ko tuyishima muri byose, mu byago no (...) -
Twirinde abahanuzi b’ibinyoma
8 October 2015, by Innocent KubwimanaMaze ijambo ry’Uwiteka rinzaho riti “Mwana w’umuntu, uhanurire abahanuzi ba Isirayeli bahanura, kandi ubwire abajya bahanura ibyo bibwira mu mitima yabo ubwabo uti ‘Nimwumve ijambo ry’Uwiteka. Uku ni ko Umwami Uwiteka avuga ngo: Bazabona ishyano ba bahanuzi b’abapfapfa, bakurikiza ibyo bibwira kandi ari nta cyo beretswe.’ Yewe Isirayeli we, abahanuzi bawe bameze nk’ingunzu zo mu kidaturwa.
Ntimurakazamuka ngo mujye mu byuho byo mu rugo rw’inzu ya Isirayeli, habe no kubiziba ngo mubone uko (...) -
Impamvu kureba pornography bigayisha ubutumwa bwiza (Igice cya 1) – Tim Challies
12 August 2013, by UbwanditsiNta kintu kibabaza Imana nko gusenya ibyo iha agaciro kurusha ibindi. Pornography yakwiriye hirya no hino muri iki gihe. Abantu benshi yabatwaye roho, cyane cyane igitsina gabo. Urubyiruko rureba pornography mbere y’uko runamenya icyo ari cyo cyangwa ngo ruyisobanukirwe.
Urubyiruko rwinshi rw’abasore rumenya ibijyanye n’imibonano mpuzabitsina binyuze mu kureba pornography no kwambara ubusa. Ikibabaje, ibi biragwiriye no mu bakobwa.
Abakristo bamwe bihisha mu kibaba kivuga ngo “Iyi ni (...) -
Gukemura amakimbirane mu bubatse ingo (igice cya mbere)
20 March 2014, by UbwanditsiAmakimbirane n’ iki?
Abantu bavuga ko hari amakimbirane iyo hari ukutemeranwa ku bitekerezo cyangwa ku bintu runaka, bigatuma umubano w’ abantu uburamo umudendezo n’ ubwizansure.
Ibishobora kuba inkomoko y’ amakimbirane mu bashakanye.
Uburere buri wese yahawe;
Ubuzima umuntu yanyuzemo, bwiza cyangwa bubi;
Ibikomere umuntu yahuye na byo mu buzima bitakize;
Kutumvikana mu gucunga umutungo w’ urugo;
Ibyo umwe aha agaciro ariko undi akabona ntacyo bimaze;
Kutumvikana ku mirerere y’ (...) -
"Imana yambohoye mu mbaraga z’imyuka mibi, impindurira amateka" - Purcherie Mukankima
27 November 2013, by Simeon NgezahayoNitwa Purcherie Mukankima, navukiye i Gitarama mu karere ka Kamonyi, mu murenge wa Rukoma. Navukiye mu muryango w’abapagani, aho baterekeraga bakanabandwa. Data yari afite abagore babiri, twari dufite umuryango munini ariko udafite amahoro. Mu nda ya mama ngo nta muhungu wavutsemo wagombaga kubaho, ku buryo bafpuye tugasigarana kamwe, abakobwa natwe tugomba kubaho nabi, ubu nkubwira jyewe na bakuru banjye twese turi abafpakazi.
Koko nta mahoro y’umunyabyaha, ni ko Uwiteka avuga. Nari umwana (...) -
Twazuranwe na Kristo
27 May 2013, by Ubwanditsi“Ujye wibuka Yesu Kristo wakomotse mu rubyaro rwa Dawidi, akazuka mu bapfuye nkuko ubutumwa nahawe buvuga”.(2 Timoteyo 2 : 8)
Urwo ni urufunguzo rwo kugira ngo tugume mu migisha y’Imana. Iyo dutewe n’ibibazo n’ibigeragezo, twibuke Yesu Kristo wazutse mu bapfuye!
Twibuke ko ubwo Yesu yazutse, natwe twazukanye na we. Ubwo yavaga i kuzimu, akanesha satani, abari muri Kristo nabo bavuye i kuzimu baneshya satani. Iyo tunyuze mu bihe bikomeye, abana b’Imana dukwiye guhora twibuka ibyo. Iyo satani (...) -
Nyuma yo guturuka I Gisenyi ajya I kigali n’amaguru ndetse akerekanwa na Fiance we yambaye Bote ubu afite ishimwe rikomeye.
24 July 2012, by UbwanditsiNitwa MWIRAGIYE Francois navutse mu mwaka wa 1975, mvukira muri KIBIRIRA ku Gisenyi ubu habaye akarere ka NGORORERO. Navutse mu muryango ukennye gusa ubwo buzima twese twari twarabwemeye kuko ntayandi mahitamo twari dufite. Mu mwaka wa 1994 nahungiye Kongo ngera i Mugunga mpaba igihe gito, ubuzima bw’ impunzi namwe murabwumva abantu barapfaga buri munsi ariko Imana irandinda, nyuma naje gufata icyemezo ngaruka mu Rwanda, Mu guhunguka naje n’amaguru ngera iwacu,gusa mpagera nenda gupfa bitewe (...)
-
Icyo Alexis DUSABE avuga ku itariki ya 21/12/2012(imperuka y’isi)
20 December 2012, by UbwanditsiBiratangaje cyane ko isi yose izi inkuru ivuga kurangira kw’isi, ibi byavuzwe n’ubuhanuzi bw’aba maya.
Ibinyamakuru byose (radios, internet, newspapers...) byakwirarikwije iyo nkuru bituma isakara vuba kandi hose(ibyo binyereka imbaraga zitangaje za media)
Ndetse bamwe benshi cyangwa bacye bakaba barabifashe nk’ukuri bigatuma bateza, bagurisha utwabo ngo bitegure iyo mperuka y’ibihe? Maze iminsi nanjye mbitekerezaho bikantera kwibaza byinshi ubu rero nibyo ngira ngo dusangire Dore ko nawe (...)
0 | ... | 610 | 620 | 630 | 640 | 650 | 660 | 670 | 680 | 690 | ... | 1230