Nitwa Alex nkaba ndi umusangwabutaka wo mu gihugu cya Canada. Ntuye mu mu gace katujwemo abatwa bo mu gihugu cya Canada gaherereye hagati mu ishyamba rya Boreale muri Quebec. Natangiye kunywa ibiyobyabwenge nkiri muto cyane, ngereranyije nari mfite nk’imyaka 11.
Nyuma naje kuzamuka mu ntera yo kunywa ibyo biyobyabwenge noneho ntangira no kujya nywa na marijuana, ibi bikaba byarabaye nka nyuma y’imyaka ibiri cyangwa se itatu ntangiye kunywa ibyo biyobyabwenge.
Naje kuvumbura ko nari (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Ubuhamya: Nangaga abakristo urunuka,ariko Umwami yatashye iwanjye abihindura amateka
30 December 2012, by Ubwanditsi -
Wari uzi icyo umunyorogoto usobanura muri Biblia?
13 September 2015, by Kiyange Adda-DarleneZab 22: 7, Ariko jyeweho ndi umunyorogoto sindi umuntu, ndi ruvumwa mu bantu nsuzugurwa na bose.
Aya ni amagambo Dawidi yavuze, ariko abahanga mu bya bibiliya bavuga ko ari ubuhanuzi bwerekeza kuri Kristo. Kandi koko, urebye ku murongo wa 2 muri icyo gice, uhasanga amagambo Yesu yavugiye ku musaraba ati : Mana yanjye Mana yanjye ni iki kikundekesheje?, aya magambo agaragaza ko iyi zaburi ari iya Yesu.
Tugarutse ku murongo wa 7, aravuga ati jyeweho ndi umunyorogoto. Umunyorogoto ni (...) -
Tumenye kubera abandi umugisha! - Kenneth et Gloria Copeland
11 July 2013, by Isabelle Gahongayire“Aho mwaba muri hose nuwo waba uri wese, Imana irifuza kutubona tumerewe neza, tunesha ibitugwanya.”
Abakunda ko ntsinda nk’uko bikwiriye ni bavuze impundu bishime, iteka bavuge bati “Uwiteka ahimbazwe, wishimire amahoro y’umugaragu we! Zaburi 35 : 27
Niba umuco cyangwa idini byaradutoje ko Imana ikunda ko dukena tukababara, uyu munsi hari inkuru nziza; Bibiliya iravuga iti: Imana yishimira gutunganirwa kwacu, irashaka ko dukira!
Ntabwo ari ubukire bw’amafaranga gusa, ahubwo ni ubukire mu (...) -
Ikibazo Cyugarije Isi - Simeon Ngezahayo
25 April 2013, by Simeon NgezahayoHashize iminsi hariho impaka ku kibazo cyugarije isi: “Abagabo bashakana bahuje ibitsina!” byatangiriye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, biturutse ku cyifuzo cya bamwe mu baturage bo muri icyo gihugu. Iki cyifuzo cyaje kujyanwa muri Senat y’Amerika, kugira ngo amategeko yemeze niba bishoboka cyangwa bidashoboka. Mu minsi ishize ubwo Senat y’Amerika iherutse guterana, 53% bemeje ko iri tegeko rikwiriye gusinywa mu gihe 47% babyanze.
“Umwera uturutse ibukuru ukwira hose!” Ibindi bihugu byo ku isi (...) -
Ntukwiye gusigara mu nzira kandi wari ugiye gusingira isezerano ryawe.
10 May 2016, by Ernest RutagungiraYesu ashimwe nitwa Ernest RUTAGUNGIRA, mbifurije amahoro ava ku mana. Dusome ijambo ry’Imana dusanga mu gitabo cyo kubara 32: 5-14 Bati "Niba tukugiriyeho umugisha, abagaragu bawe duhabwe icyo gihugu ho gakondo, ntutwambutse Yorodani."..........7 Ni iki gitumye mukura umutima w’Abisirayeli mugatuma badashaka kwambuka ngo bajye mu gihugu Uwiteka yabahaye? ..... 14Namwe none musubiye mu kigwi cya ba so, muri urubyaro rw’abanyabyaha ngo mugwize umujinya w’Uwiteka mutume urushaho kugurumanira (...)
-
Uburyo bwakoreshejwe na benshi mu kurinda ururimi rwabo. Ange Victor UWIMANA
13 January 2014, by Ange Victor UWIMANAUTUYUNGURUZO DUTATU TWA SOCRATE Umwe mu banyabwenge babayeho yitegereje ingaruka ziterwa no kutitondera ibyo umuntu avuga, maze atanga inama agira ati, “Utabumbuye akanwa ke agafata ururimi rwe, niwe urinda ubugingo bwe amakuba.”(Imigani 21:23) Nyuma ye, undi mugabo w’umuhanga yagaragaje uburyo bushobora gufasha umuntu kwirinda kuvuga ibintu bidakwiriye, byatuma mugenzi we abangamirwa cyangwa akorwa n’isoni.
Socrate ni umufilozofe w’Umugiriki wabayeho ahagana muri 400 mbere y’ivuka rya Yesu (...) -
Chorale Gilgal yataramiye abatuye umurenge wa Gahanga
23 December 2013, by UbwanditsiKuri iki Cyumweru taliki ya 22/12/2013, mu murenge wa Gahanga mu Itorero ry’ADEPR Gatare habereye igiterane cya Chorale Gilgal ikorera umurimo w’ Imana muri CEP-KIST/KHI.
Saa moya n’igice za mu gitondo Chorale yari ihasesekaye ku rusengero, isanga Abakristo n’abaturage bo muri uyu murenge bayitegerezanije urugwiro. Iteraniro ryahise ritangira saa mbili zuzuye. Indirimbo zinogeye amatwi n’imitima iyi Chorale Gilgal yagejeje ku bari bateraniye aho zafashije iteraniro cyane. Hakurikiraho (...) -
Kigali: Insengero zirara zisakuza zishobora gufungwa
21 November 2012, by UbwanditsiIgihe ntarengwa ni impera z’ukwezi kwa 12 uyu mwaka, ngo insengero zigera kuri 60 niba zidashyizemo ibikoresho bituma urusaku rudasohoka (Sound proof) zishobora no gufungwa nk’uko ibihano biri mu itegeko bibivuga.
Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 20 Ugushyingo, Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Fidel Ndayisaba ndetse n’umuvugizi wa Police y’u Rwanda Chief Supt Theos Badege batangaje ko gusenga nijoro bitabujijwe, ariko kubangamira abandi uteza urusaku mu gihe usenga bitemewe.
Ibi ngo ni nyuma (...) -
Byose abikora neza. Ev. KIYANGE Adda-Darlene.
11 November 2013, by Kiyange Adda-DarleneMariko 7 :37, Baratangara cyane bikabije, baravuga bati : « Byose abikoze neza : azibura ibipfamatwi kandi akavugisha ibiragi. »
Umuryango wari ufite ikibazo cy’umuntu wabo wari ufite ubumuga bwo kutumva ndetse no kudedemanga. Bamaze kumenya ko Yesu ari aho hafi, baramuzana ngo Yesu amukoreho. Bigaragara ko bari bizeye ko namukoraho arahita akira, ariko igitangaje ntabwo Yesu yabikoze nkuko babitekerezaga ngo amushyireho ikiganza, ahubwo yakoze ibitandukanye. Yamujyanye ku ruhande (...) -
Yasomaga Bibiliya akayisanisha n’amoko kubera ibikomere - ADEPR
10 April 2014, by UbwanditsiMu mahugurwa y’isanamitima, ubumwe n’ubwiyunge yahurijwemo abavugabutumwa b’ubushake 25 bo muri ADEPR baturutse hirya no hino mu gihugu kugira ngo bafashwe kunoza ubutumwa batanga, umwe muri bo yabohotse avuga ko iyo yasomaga Bibiliya yafataga umurongo uvuga ibibi akawusanisha n’umuhutu, umututsi akamushyira ku bikorwa byiza kuko yabiterwaga n’ibikomere yatewe na Jenoside yakorewe Abatutsi.
Muri aya mahugurwa y’iminsi ibiri, hatangiwemo ubuhamya bw’ubuzima buri wese yanyuzemo mu gihe cya Jenoside (...)
0 | ... | 520 | 530 | 540 | 550 | 560 | 570 | 580 | 590 | 600 | ... | 1230