Nk’uko mwari mumaze iminsi mubitangarizwa, igitaramo cy’agakiza.org cyari gitegerejwe na benshi cyabaye kuri iki cyumweru taliki ya 8 Ukuboza 2013. Iki gitaramo cyabereye kuri ADEPR Kicukiro-Shell cyari biteganyijwe gutangira saa saba z’amanywa, ariko ntibyakunda bitewe na gahunda zindi zaberaga muri urwo rusengero zatinze bigatuma gitangira saa cyenda n’igice (3:30pm). N’ubwo imvura yaguye ari nyinshi mu masaha yo gutangira, abantu bitabiriye ari benshi cyane. Aha twavuga nka Groupe Urumuri (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Igitaramo cy’agakiza.org gisize imyumvire ya benshi ihindutse ku birebana n’ Ubwami bw’ Imana.
9 December 2013, by Ubwanditsi -
Yitaye ku gusenga kw’abatagira shinge na rugero
5 July 2016, by Alice Rugerindinda“Yitaye ku gusenga kw’abatagira shinge na rugero adasuzuguye gusenga kwabo” Zaburi 102:18
Ubusanzwe iyo umuntu adafite shinge na rugero, ntagira umuvugira, ntagira umwumva, ntagira umwitaho, ariko Imana yo, uwo nguwo imwitaho! Imana ishimwe. Maze iminsi ntekereza uburyo Imana yitaye ku gusenga kwanjye mu minsi yatambutse nkumva ntakwiriye guceceka.
Igihe Data yari amaze kwitaba Imana, nari mfite imyaka 19, ariko ngiye kwibona, nibona ndikumwe na mama udafite icyo akora cyamuha amafaranga (...) -
Imana ikeneye urubyiruko mu murimo wayo/Ev. Ernest RUTAGUNGIRA
26 February 2016, by Ernest RutagungiraUrubyiruko ni bamwe mu bantu barangwaho imbaraga z’umubiri nyinshi, ubushake, kwitanga, kumvira vuba, bakaba kandi bashobora kugaragarwaho kandi guhakana vuba, gusuzugura, amayeri menshi, ubucakura n’ibindi, akaba kandi ari nabo bagize igice kinini cy’umubare w’abatuye isi, bityo rero niyo mpamvu iyo ugenzuye ibikorwa byinshi bihurirwamo n’abantu benshi, yaba ari ibyiza cyangwa ibibi usanga ntakabuza naho higanjemo urubyiruko hafi 80%. Ibi rero bikaba biri mu bituma abigisha inyigisho za (...)
-
Kibungo hasengewe abavugabutumwa bakorera umurimo w’ Imana muri Bataillon ya 55
26 November 2012, by JOST UwaseMu Rurembo rwa Kibungo Itorero rya ADEPR, kuri icyi cyumweru taliki ya 25Ugushyingo, 2012 habaye umuhango ukomeye wo gushyiraho no gusengera abavugabutumwa bwiza mu murimo w’Imana ukorerwa muri Bataillon ya 55 ikorera mu Karere ka Kirehe na Ngoma, Intara y’Iburasirazuba.
Umurimo w’Imana muri iyo Bataillon ya 55 wari usanzwe ukorwa mu buryo busanzwe aho abavugabutumwa b’ubushake bakoraga umurimo w’Imana wo kubwiriza ubutumwa bwiza muri bagenzi babo b’Abasirikare kimwe no mu matorero basengeramo , (...) -
Kuva mu mibabaro ujya mu migisha. PATRICE MARTORANO
8 April 2016, by Kiyange Adda-Darlene"…Kandi nyina yamwise Yabesi kuko yavuze ati : « Namubyaranye agahinda » (…) Yabesi atakambira Imana ya Israel ati : Icyampa ukampa umugisha (…) Nuko Imana imuha ibyo yasabye.." 1 Ngoma 4.9-10
Kubyara kose kuzana umubabaro ariko kuvuka kwa Yabesi ko gusobanura « Umubabaro » utabashaga kwihanganirwa kugeza ubwo nyina yamwitiriye umubababro kugira ngo nyina atazibagirwa uko gutwita no kubyarana agahinda. Ntibyoroshye kwitwa iryo zina ! Cyane ko muri icyo gihe, izina (...) -
Urashaka kubona mu maso h’Imana? - Brad Lomenick
23 April 2013, by Simeon NgezahayoIyo usomye ibyanditswe byera wumva urushijeho kugirira Imana inyota. Mose yashakaga Imana buri munsi. Yobu yayinambyeho mu bihe bigoye cyane. Esiteri yayiringiye mu gihe byashoboraga kumuhitanira ubuzima. Dawidi yakurikiye Imana, ayishakisha umutima we wose nk’uko tubisoma muri Zaburi. Abahanuzi bahoraga bifuza kumva ijwi ry’Ishoborabyose, n’intumwa ziyikurikira zinezerewe kugeza ku gupfa.
Aba bagabo n’abagore bari abayobozi bakomeye, nyamara ab’iki gihe nta gaciro babiha. Benshi bishyiriraho (...) -
Yesu abasha komora ibikomere byo mu mutima wawe.
18 February 2014, by Ernest RutagungiraMu buzima dusimburanwaho n’ibihe bitandukanye, harimo ibyiza ndetse n’ibibi, mu bibi hari ibishegesha umutima ndetse bigatuma uhorana umubabaro no kwiheba bidashira. N’ubwo ibi bibaho, ntawe ubimenyera, ariko hejuru y’ubukana bwabyo hari ibyiringiro k’uwizeye Yesu kuko yishyizeho intimba zacu ati “Mwese abarushye n’abaremerewe, nimuze munsange ndabaruhura. Mwemere kuba abagaragu banjye munyigireho, kuko ndi umugwaneza kandi noroheje mu mutima, namwe muzabona uburuhukiro mu mitima yanyu, kuko (...)
-
Nacuruzaga agataro, Imana iranzamura !
5 November 2013, by UbwanditsiNitwa Uwamungu Chantal, navukiye mu muryango w’abakene cyane. Navukiye mu muryango w’abana 10, batanu barapfa dusigara turi batanu. Narize ngera mu mwaka wa gatanu w’amashuri abanza, mpita mpagarara kubera ubuzima bubi twabagaho iwacu.
Kuva icyo gihe natangiranye no kwikorera agataro ncuruza isombe, dodo, ipapayi n’indi myaka itadukanye. Ubwo buzima nabumazemo imyaka itandatu, nkirirwa nzenguruka umujyi wa Kigali, Police idufata ikadukubita.
Iyo natahaga, nabaga narushye (namwe mutekereze (...) -
IBITOTSI BYO MUBURYO BW’UMWUKA N’INGARUKA ZABYO!
21 June 2016, by Simeon NgezahayoUbundi ibitotsi biri uburyo bubiri: Ibitotsi by’umubiri n’Ibitotsi byo mu mwuka. Ibitotsi by’umubiri Bibiliya ibivugaho iki?
Ibi bitotsi ni impano y’Imana kandi ibiha abo ikunda “Biruhiriza ubusa kuzinduka kare, Mugatinda cyane kuruhuka, Mukarya umutsima w’umuruho. Ni ko aha uwo akunda ibitotsi. ” Zab.127:2
Dawidi yaravuze ngo:”Nzajya ndyama nsinzire niziguye, kuko ari wowe wenyine Uwiteka umpa kuba amahoro” Zab.4:9
“Nuryama ntuzagira ubwoba, Ni koko uzaryama kandi ibitotsi byawe bizakugwa neza.” (...) -
Ikimoteri cyo muri kamere: kwirema ibice, kwitandukanya. Igice cya 4
25 March 2013, by Felicite Nzohabonayo1Abikorinto 11: 18 – 19:” Irya mbere, iyo muteranye mw’iteraniro, numva yuko mwiremamo ibice, kandi kandi ibyo ndabyemera ho hato. Kuko na none ibice bikwiriye kuba muri mwe, ngo abemewe bagaragarizwe ukwabo.”
Muri iki gice cya kane turakomeza kurebera hamwe indi myanda iba mu muntu. Iyo myanda ihagaze kuri sentiments ziba mu muntu zijyanye n’ igice aba aherereyemo mu mutima cyangwa mu bikorwa. Mw’isi biroroshye kubona habaho amashyaka, ubwoko, intara, imiryango, ubutunzi, ubukene. Umuntu aba (...)
0 | ... | 490 | 500 | 510 | 520 | 530 | 540 | 550 | 560 | 570 | ... | 1230