Imibabaro ya Yobu.
Yobu yari umuntu mwiza kandi w’umunyakuri. Yatinyaga Imana kandi akanga ibibi (Jobu 1 :1) , ariko ibyo ntibyabujije ko anyuzwa mu mibabaro mu buryo butagereranywa. Yobu kandi yari umuntu w’umutunzi ( abahungu 7, abakobwa 3, intama, ingamiya, inka,indogobe z’ingore, amapfizi n’abagaragu.(Job 1 :3) Umubabaro mwinshi Yobu yagize wari uturutse ku mushinjacyaha mukuru satani , satani amaze kujyana ibirego bye ati mumpe jye nze mbikugaragarize. Imana ibyemera igira ngo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Ibyiza bizanwa no kunyuzwa mu mibabaro (igice cya 2)
3 August 2013, by Ubwanditsi -
Mu biterane byaberaga muri ADEPR Gatenga abagera kuri 50 bakiriye Yesu nk’ Umukiza.
15 July 2012, by UbwanditsiKuva kuwa 2 taliki ya 10 kugeza ku cyumweru tariki ya15/07/2012 mu itorero ry’ ADEPR Gatenga habayeho inyigisho za Bibiliya zari zirimo gutangwa na Pastor Desire Habyarimana.
Uwo mwigisha yatanze inyigisho ku gitabo cya Rusi uhereye ku gice cya 1 ukageza ku gice cya 4.Insanganyamatsiko yagiraga iti:”dukwiye kumaramaza mu gakiza kacu.”
Aha, Pastor Desire yavuze ko Naomi, umugabo n’abana bagize inzara bagasuhukira i Mowabu ahantu hatagiraga umugisha (Naomi yagezeyo apfusha umugabo n’abana (...) -
Ubuhamya: Navukanye umutima i buryo ariko Yesu aracyambeshejeho
25 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNitwa Ndimurwango Isaac.Kunyita gutyo ni uko navutse Papa ari mumanza,gusa abandi bana tuvukana bafite amazina meza. Ubu nshima Imana ko ntakiri mu rwango ahubwo ndi mu rukundo rwa Yesu. Nagize umugisha wo gukizwa nkiri muto mu mwaka wa 1987 cyane no mu muryango wacu harimo benshi bakijijwe bituma nanjye ngira uwo mugisha.
Data yitwa Ntanama Jean naho mama yitwa Renilda; navutse mbona mama ari umusazi kandi yabimaranye imyaka 35 yiruka mu gasozi arara mu mazi, yagerageje kwiyahura mu kivu (...) -
Mu giterane cyaberaga Rusizi abarenga 150 bakijijwe
21 October 2013, by UbwanditsiKuri iki cyumweru taliki ya 20/11/2013, ku itorero ry’ADEPR Gihundwe habereye igiterane kidasanzwe kirimo kuramya Imana no guhimbaza. IKi giterane cyitabiriwe bikomeye, kuko urusengero rwari rwuzuye abantu bahagaze.
Abashyitsi muri iki giterane bari itsinda riyobora kuramya no guhimbaza mu mujyi wa Kigali, bavuye mu maparuwasi atandukanye. Hari kandi Dominic Nic ukunzwe na benshi mu gihugu cy’u Rwanda no hanze yacyo. Hari kandi na Pasteur Desire Habyarimana na madame we, ari na bo bari (...) -
Yesu Kristo arabohora - Darien Donelson
23 May 2013, by Simeon NgezahayoNakunze kunywa ikiyobyabwenge cyitwa cannabis, ntekereza ko kiruhura mu mutwe. Ibyo nakoraga byose, sinari kubasha kureka kunywa marijuana (ikiyobyabwenge). Igihe cyarageze nisanga ntakibashije kureka icyo kiyobyabwenge. Ntekereza ko ubusore bwanjye bwose nabupfushije ubusa nkora ibyo bitagira umumaro.
Numvaga nshaka gukora uko nshaka, no kubaho nigenga ngo nikomereze ubuzima nari naramenyereye. Amafaranga yanjye yose nayamariraga muri ibyo biyobyabwenge, kandi nta munsi w’ubusa ntabaga (...) -
Imana yambereye Papa nari narabuze nkiri muto
16 July 2015, by UbwanditsiNitwa Deborah mfite mama na basaza banjye babiri. Papa yapfuye ku munsi navukiyeho, ubwo nari maze kugira imyaka 7 basaza banjye nabo bava murugo barigendera.
Mama wanjye yahoranaga umunaniro, akenshi sinajyaga mubona afata igihe cyo kuruhuka ahubwo yabaga ahirimbana ashakisha ngo abone ibyo kudutunga. Nubwo byari bimeze gutyo ariko mama yari yarakiriye Yesu nk’umwami n’umukiza mbere yuko mvuka birumvikana ko nasanze mama ari umukristo, ubwo byabaye ngombwa ko njya murusengero buri cyumweru (...) -
Twazuranywe na Kristo - Kenneth et Gloria Copeland
13 July 2013, by Isabelle Gahongayire“Ujye wibuka Yesu Kristo wakomotse mu rubyaro rwa Dawidi, akazuka mu bapfuye nkuko ubutumwa nahawe buvuga”(2 Timoteyo 2 : 8).
Urwo ni urufunguzo rwo kugira ngo tugume mu migisha y’Imana. Iyo dutewe n’ibibazo n’ibigeragezo, twibuke Yesu Kristo wazutse mu bapfuye!
Twibuke ko ubwo Yesu yazutse, natwe twazuranywe na we. Ubwo yavaga ikuzimu, akanesha Satani, abari muri Kristo na bo bavuye ikuzimu banesha Satani. Iyo tunyuze mu bihe bikomeye, abana b’Imana dukwiriye guhora twibuka ibyo. Iyo Satani (...) -
Turi kumwe na Yesu, umubisha wacu ni nde?
23 September 2015, by Innocent KubwimanaTuzi ko kubakunda Imana byose bifataniriza hamwe kutuzanira ibyiza, ibi ni intumwa Pawulo wabihamyaga kandi yararimo gutotezwa. Nk’uko byanditswe ngo“Turicwa umunsi ukira bakuduhora, Twahwanijwe n’intama z’imbagwa.”Abaroma 8.36
Nubwo ibinaniza ari byinshi mu nzira, nubwo dutotezwa, bikagaragara ko mu nzira ducamo bisa nkaho ntakiza kiyirimo, ntabswo dukwiye gucogora kuko muri byose turushaho kunesherezwa n’uwadukunze Yesu Kristo.
Bibiliya iravuga ngo ‘’None ubwo bimeze bityo tuvuge iki? Ubwo (...) -
Imana yankuye ku cyavu, inyicazanya n’ibikomangoma!
22 July 2013, by Simeon NgezahayoNitwa Twagirayezu Emmanuel, navutse mu mwaka w’1982, mvukira mu cyahoze ari Intara ya Gikongoro, ubu ni mu Karere ka Nyamagabe. Imana yampinduriye amateka, kuko namenye ubwenge ntazi mama cyangwa data. Ibi byatumye nyura mu buzima bubi, sinabasha kwiga kuko ntagiraga shinge na rugero. Ariko Imana yari inzi!
Ndi kwa nyogokuru, Imana yanciriye inzira niga amashuri 6 abanza. N’ubwo nari umunyamibabaro, ariko nari umuhanga. Ndangije ayo mashuri, nagiye gushaka akazi mu kigo cya gisirikare. Ubwo (...) -
Imana yishimira gukora ibintu bishya buri gihe.
9 May 2016, by Isabelle GahongayireIMANA NI IMANA Y’IBISHYA!
Hari igihe tuba mu bishaje byo mu mwuka. Ukabona abakozi b’Imana bashaka gukomeza kugendera ku dusigarira tw’amavuta y’Imana bahoranye kera, ntibipfuze kwinjira mu bundi bwiza. Ibintu bishya Bizana iterambere!
Urwego rushya rujyana n’ubumenyi bushya. Iyo tuvuze ubumenyi dushobora kumva n’amahishurirwa. Daniyeli yaravuze ngo mu bihe by’imperuka: Daniyeli 12 : 4 Nuko Daniyeli, bumba igitabo ugifatanishe ikimenyetso kugeza igihe cy’imperuka, benshi bazajarajara hirya no (...)
0 | ... | 320 | 330 | 340 | 350 | 360 | 370 | 380 | 390 | 400 | ... | 1230