Iyo ugenda mu mijyi minini ya Senegali hari ubwo utekereza ko hari abarasta benshi. Cyane cyane nka Dakar, abakihagera bwa mbere benshi barikanga kuko ubona abantu benshi baboshye umusatsi ukagira ngo niba Rasta kuko bafite byinshi bahuriyeho urebeye inyuma. Abo bagabo ndetse n’abana bitwa ba Bayefali (Baye fall), ni muri bo haboneka abanywa ibiyobyabwenge byinshi kuruta mu bandi bayisilamu. Bayefall barimo gusabiriza
Abo ba Baye Fall babaho ubuzima bwabo bigana umuntu witwaga shehe Ibra (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Abasilamu bitwa Bay Fall bo muri Senegal ni bantu ki?
26 February 2013, by Pastor Kazura Jules -
None se mu nzira ijya muri Egiputa urayikoramo iki?
4 November 2012, by Alice Rugerindinda« Mbese si wowe wizaniye ibyo, kuko wimuye Uwiteka imana yawe, ubwo yakuyoboraga inzira ? None se mu nzira ijya muri Egiputa urayikoramo iki ? Urashaka se kunywa amazi ya Nili ? Cyangwa se mu nzira ijya muri Ashuri yo urayikoramo iki ? Urashaka se kujya kunywa amazi ya rwa ruzi ? » Yeremiya 2 :17-18
Hari indi bibiliya byanditse muri aya magambo « Ibyo nimwe mwabyikururiye , mwarabyikururiye mwimura Uhoraho Imana yanyu, mwaramwimuye kandi ariwe wabayoboraga. Mbese kuki mujya mu misiri (...) -
Yahaye abanzi b’Uwiteka urwitwazo runini rwo kumutuka!
11 October 2013, by Alice Rugerindinda“Ariko kuko wahaye abanzi b’Uwiteka urwitwazo runini rwo kumutuka ku bw’icyo wakoze icyo, umwana uzavuka ntazabura gupfa” 2 samuel 12 : 14
Biragatsindwa n’Uwiteka ko nakora ikintu gituma abantu batuka Imana!
Izi nkuru ni ibyabaye kuri Dawidi Umwami w’abisirayeli. Twese tuzi amateka ye n’ibintu by’ubutwari yakoze igihe yicaga Goliathi. Tuzi ukuntu Imana yategetse Samuel kujya kumwimikisha amavuta kuko yari imwishimiye , kugeza n’aho Imana ubwayo ivuga ngo yiboneye umuntu ufite umutima umeze (...) -
Ese Adam na Eva bazize gusambana cyangwa kurya ku rubuto rw’igiti gisanzwe?
4 May 2012, by Ernest RutagungiraUbuzima bwa Adam na Eva mu ngobyi ya Eden bujya butera impaka mu bantu, bamwe bakavuga ko bayikuwemo n’Imana ibahoye kutayumvira bakarya ku giti cy’ubwenge bumenyesha icyiza n’ikibi, abandi nabo bakemeza ko Imana yabirukanye koko ariko impamvu bazize ntibayivugeho rumwe bo bakavuga ko bazize icyaha cyo gusambana.
Ijambo ry’Imana mu gitabo cy’itangiriro 2:15- hagira hati “Uwiteka Imana ijyana wa muntu imushyira muri iyo ngobyi ya Edeni, ngo ahingire ibirimo ayirinde,Uwiteka Imana iramutegeka iti: (...) -
Kuki Imana yemera ko tugeragezwa?
21 July 2015, by UbwanditsiUbundi iki ni kimwe mu bibazo abakristo benshi bibaza iyo bahuye n’ibibagerageza bitari bimwe bakibaza impamvu Imana ibyemera kandi bayikorera.
1 Samuel 16:18, Havuga Dawidi uko Imana yamunyujije mu bigeragezo bikomeye ariko akabikuramo indangagaciro zikomeye.
Hagira hati ‘’Umuhungu umwe aramusubiza ati “Nabonye umuhungu wa Yesayi w’i Betelehemu. Ni umucuranzi w’umuhanga, ni umugabo w’imbaraga n’intwari kandi ni umurwanyi, aritonda mu byo avuga, ni umuntu w’igikundiro kandi Uwiteka ari kumwe na (...) -
Dukwiye gusaba Imana ikaduteza intambwe mu mwuka
31 January 2016, by Innocent KubwimanaKugira ngo mumenye, menye n’imbaraga zo kuzuka kwe no gufatanya imibabaro ye, no kujya nshushanywa no gupfa kwe ngo ahari ngere k’umuzuko w’abapfuye ( Abafilipi 3 :10,11)
Imana iteganyiriza abantu bayo bayikorera ibintu byinshi kandi bitandukanye ndetse ibyinshi tubisanga mu ijambo ry’Imana, ariko iyo witegereje uburyo abantu bagenda babigeraho usanga bitoroshye ko umuntu agera kure atabanje guca muri byinshi kandi bimugoye ndetse bikanamurwanya. Niyo mpamvu biba bigusaba kuba maso cyane (...) -
Kuki abantu benshi bavuga ko amasezerano y’ Imana atinda? Pastor Desire
4 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaKuki abantu benshi bavuga ko amasezerano y’ Imana atinda?
“Nuko Umwami abwira Hamani ati: “Huta wende imyambaro n’ ifarasi uko uvuze, ubigenze utyo Moridikayi Umuyuda wicara ku irembo ry’ ibwami ntihagire ikintu kibura muri byo byose” - Esiteri 6:10-11.
Dukurikije iyi nkuru dusomye Moridikayi yari yarakoze ibyiza ariko hashira igihe ntiyahita agororerwa ariko ikindi gihe biribukwa aragororerwa wakwibaza uti: “Kuki nkora ibyiza kandi nkaba mfite n’ amasezerano ariko ntasohore?” Rimwe abigishwa (...) -
Ijambo Gukizwa ntirikwiye gutera urujijo
16 July 2016, by Alice RugerindindaUyu munsi ndifuza ko tuganira Ku ijambo rikunze gutera urujijo ryitwa "GUKIZWA" twifashishije ijambo ry’Imana Turifashisha ijambo
Dusome ijambo ry’Imana dusanga muri Mariko 5: 1-15 "Yomotse, uwo mwanya umuntu utewe na dayimoni ava mu mva aramusanganira. Yabaga mu mva ntawari ukibona icyo amubohesha, naho waba umunyururu. Kuko kenshi bamubohesheje ingoyi y;amaguru n’iminyururu y’amaboko, maze akayicagagura n’iminyururu akayivunagura, ntihagira umuntu ubasha kumuhosha. Iteka ryose Ku manywa na (...) -
Umwanzi wawe nyakuri
22 October 2015, by Pastor Desire Habyarimana“Kuko tudakirana n’abafite amaraso n’umubiri; ahubwo dukirana n’abatware, n’abafite ubushobozi n’abategeka iyi si y’umwijima, n’imyuka mibi y’ahantu ho mu ijuru”. (Abefeso 6:12).
Biramenyerewe mu minsi yacu kubona abakristu bamwe bamara umwanya munini w’igihe cyabo basengera abanzi babo b’abantu abo bitirira ibibazo byose bahura na byo mu buzima bwabo. Iri ni ikosa rituruka mu kutamenya ibyanditswe kwabo. Icyanditswe twafunguje kitwereka ko “tudakirana n’abafite amaraso n’umubiri”, bivuze ko uwo (...) -
Ariko jyeweho siko nabigenje kuko nubahaga Imana
8 December 2015, by Alice Rugerindinda“ Ariko ibisonga byambanjirije kera byabereye rubanda ibirushya, bibaka ibyo kurya na vino, udashyizeho shekeli z’ifeza mirongo ine ndetse n’abagaragu babo batwaza rubanda igitugu . ariko jyeweho siko nabigenje kuko nubahaga Imana. Ahubwo nagiraga umwete wo gukora nubaka inkike….” Nehemiya 5: 15
Imana ishimwe cyane. Ubu ni ubuhamya bw’umugabo witwa Nehemiya wubahaga Imana. Muri iki gihe Nehemiya yari yarahawe ubutware ngo abe igisonga cy’umwami mu gihugu cy’U buyuda, ahageze, ngo yasanze ibisonga (...)
0 | ... | 340 | 350 | 360 | 370 | 380 | 390 | 400 | 410 | 420 | ... | 1230