Birankwiriye gukora umurimo w’uwantumye hakiri ku manywa (Yohana 9:4-5)
Ncuti yacu dukunda cyane, ndakuramutsa mu izina rya Yesu Kristo Umwami wacu. Nifuje ko tuganira iri jambo, kugira ngo tumenye ko gukora umurimo w’Imana bidukwiriye. Kandi ndasaba Imana ngo iduhe ihishurirwa n’imvugo nk’iya Yesu. Muri iri jambo harimo amagambo y’ingenzi akurikira:
1. Inshinga “Gukora” 2. Umukozi : Yesu 3. Igikorwa : Guhumura 4. Ukorerwa (Nyir’umurimo): Imana 5. Uwo igikorwa gikorerwaho: Impumyi 6. Igihe cyo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Birankwiriye gukora umurimo w’uwantumye hakiri ku manywa
20 November 2013, by Rudasingwa Jean Claude -
Igihe cyo kwitegura Joyce Meyer
27 May 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIgihe cy’ubukonje ni igihe ibintu byose bisa n’ibyahagaze. Ni igihe ibiti bisigara byambaye ubusa, uburabyo bwinshi ku bimera bitandukanye buraraba bugahunguka. Gusa nanone igihe cy’ubukonje ni igihecyo kwitegura ku ko imizi y’ibiti n’ibitunga igiti n’ubushyuhe byitegura gukura mu gihe cy’ubushyuhe.
Ibyo rwose bisa n’uko njye na we tujya duca mu gihe ubugingo busa n’ubusinziriye. Habaho ibihe wagirango Imana iracecetse…igihe inzozi n’intego zose wari warihaye by’ejo hazaza bigasa n’ibipfuye rwose. (...) -
ADEPR yatsindiye igihembo cya UNESCO cyo kwigisha gusoma, kwandika no kubara
24 August 2012, by UbwanditsiItorero rya Pentekote ry’ u Rwanda ryatsindiye igihembo cya Unesco cyo kwigisha gusoma, kwandika no kubara kitiriwe umwami SENJONG. Iki gihembo tugikesha ubufatanye hagati y’ADEPR, abagenerwabikorwa ndetse n’abafatanyabikorwa batandukanye. Uyu mushinga wo kwigisha gusoma, kwandika no kubara watangiye mu mwaka w’1999 ukaba ukorera mu matorero yose y’ADEPR.
Intego nyamukuru yawo ni ukugira uruhare rufatika mu guteza imbere amajyambere yuzuye kandi arambye ku banyarwanda bose binyunze mu nzira (...) -
Ni mpamvu ki ziduhesha guhamya ubutware bwa Yesu Kirisitu?.
3 August 2012, by Ernest RutagungiraYesu uvugwa muri iyi nyandiko ni nawe uvugwa mu ijambo ry’Imana,wavutse kuri Mariya wari warasabwe na Yosefu mwene Yakobo,akavuka hatabayeho guhura kw’umugabo n’umugore, ahubwo yavutse kunda Nyina Mariya yasamye ku bw’umwuka wera, ni nawe kandi marayika yahamirije Yosefu ko ariwe uzakiza abantu ibyaha byabo nk’uko tubisanga mu butumwa bwiza bwanditswe na Matayo 1: 18-23.
Uyu Yesu kandi, Imana ubwayo yamuhamirije imbere y’imbaga y’abantu bari baje kubatizwa na Yohana, maze avuye mu mazi abona (...) -
Ntabwo tuzaruhuka tutarabona ingororano mu ijuru. Athanase NTEZIYAREMYE
20 January 2014, by UbwanditsiAbafiripi 3:12-14" Si uko maze guhabwa cyangwa ngo mbe maze gutunganywa rwose,ahubwo ndakurikira kugira ngo ahari mfate icyo Kristo yamfatiye.Bene Data,sinibwira yuko maze kugifata,ariko kimwe cyo,nibagirwa ibiri inyuma,ngasingira ibiri imbere,ndamaranira kugera aho dutanguranwa,ngo mpabwe ingororano zo guhamagara kw’Imana muri Kristo Yesu kwavuye mu ijuru."
Bene data hano Pawulo yakoresheje ijambo ryo gusiganwa,yashakaga kuvuga ko turi mu rugendo rugana mu ijuru kandi uzanesha agatsinda (...) -
Nubwo ari byiza kuvukira mu muryango ukijijwe, ariko agakiza ntikazungurwa
23 July 2015, by Innocent KubwimanaBiba byiza iyo umuntu avukiye mu muryango ukijijwe! Ni bimwe mu bishobora kugira umumaro ukomeye ku muntu kuko byamuha umurongo w’amahitamo meza mu buzima bwe cyane ko aba afite abo areberaho nk’urugero rwiza. Ariko kandi kuvukira mu muryango ukijijwe byonyine ntibitanga ubwishingizi bw’agakiza.
Mu by’ukuri hari inyungu kandi nyinshi zo kuvukira mu muryango ukijijwe, harimo gusengerwa n’ababyeyi, kubona hafi abo kureberaho nk’urugero rwiza ariko ibi bishobora kuguhindura uwo abenshi bakunda (...) -
Menya inzitizi duhura nazo mu gusenga kwacu kwa buri munsi
18 August 2015, by Ernest RutagungiraGusenga kuri benshi ni igikorwa gitagatifu cyangwa cyera gihesha nyir’ukugikora ubusabane n’Imana ye, biturutse ku kwemera kwe, bamwe bakaba basenga basubiramo urutonde amagambo amwe ahoraho, abandi nabo bagakoresha amagambo mashya ndetse ahindagurika, ariko buri wese akaba afite intego imwe yo kuvugana n’Imana, iki gikorwa rero cyo gusenga kikaba kigomba gusobanuka neza kugirango umuntu arusheho kwirinda zimwe mu nzitizi ashobora guhura nazo mu gihe asenga.
Mu byanditswe byera bitandukanye (...) -
Gukizwa ni ugutera intambwe! Pastor Desire Habyarimana
16 December 2013, by Pastor Desire Habyarimana« Sigara aha » 2 Abami 2:1-11
Gukizwa ni ugutera intambwe kuko tuva mu bwiza tujya mu bundi. Iyo ukijijwe ntutere intambwe buri gihe ugana imbere, biba ari ikibazo kuko ni nko kubyara umwana ntakure. Uri umubyeyi wababara cyane ari nta cyo utakoze ngo akure, ariko bikanga. Nkeka ko ariko Imana ibireba iyo ibona umwana wayo amara umwaka yumva ijambo ry’Imana ariko ntakure ngo atere intambwe, areke ibyaha byamuneshaga kera atarakizwa.
Mu buzima bwa Gikristo duhura na byinshi bitubwira ngo (...) -
Ibuka ushimwe Dr Masengo
31 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIBUKA USHIME
1 Abatesaloniki 5:18 - mu bibaho byose muhore mushima, kuko ari byo Imana ibashakaho muri Kristo Yesu. Uno ni umunsi udasanzwe. Ni wo munsi wonyine wo muri 2015 utwinjiza muri 2016.
Hari ibintu 6 nibutsa buri wese bijyanye no gushima Imana:
1) Imana yaguhaye impano y’iminsi 365 yo kubaho muri 2015, waba warakoresheje nibura umunsi 1 uyishima? Ibuka ushime!
2) Iyo ushimye Imana uba ukoze umwihariko Imana. Mwibuke inkuru y’ababembe 10 bakize hagashima 1 gusa! Nzi neza ko benshi (...) -
Ibyiza bizanwa no kunyuzwa mu mibabaro (igice cya 2)
3 August 2013, by UbwanditsiImibabaro ya Yobu.
Yobu yari umuntu mwiza kandi w’umunyakuri. Yatinyaga Imana kandi akanga ibibi (Jobu 1 :1) , ariko ibyo ntibyabujije ko anyuzwa mu mibabaro mu buryo butagereranywa. Yobu kandi yari umuntu w’umutunzi ( abahungu 7, abakobwa 3, intama, ingamiya, inka,indogobe z’ingore, amapfizi n’abagaragu.(Job 1 :3) Umubabaro mwinshi Yobu yagize wari uturutse ku mushinjacyaha mukuru satani , satani amaze kujyana ibirego bye ati mumpe jye nze mbikugaragarize. Imana ibyemera igira ngo (...)
0 | ... | 310 | 320 | 330 | 340 | 350 | 360 | 370 | 380 | 390 | ... | 1230