Uyu mujyi wa Chidambaram- Cuddalore (Bisobanuye umujyi w’ ibigirwamana) aha niho hari insengero zibigirwamana zikomeye n’ icyicaro gikuru cy’Abahindu izi nsengero z’ ibigirwamana zimaze imyaka ibihumbi bitatu (3000).
Aha kuri izi nsengero hari imyukamibi ikomeye kuko bahamagara imizimu mukavugana hari magie ikomeye bahatambira ibitambo by’abana b’abakobwa kuva ku myaka itanu bakahakurira hanyuma abaza muri izi nsengero bagasambana nabo bakizera ko bahawe umugisha.
Ikindi abantu batanga (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Igiterane cya Kabiri mu buhinde kigiye gukorerwa mu mujyi wa Chidambaram- Cuddalore
17 July 2013, by Ubwanditsi -
Ibihugu 10 Abakristo bakwiye kubamo bigengesereye
16 October 2012, by UbwanditsiUru rutonde rwakozwe mu mwaka wa 2011 mu kwa cumi nakumwe rukorwa nuwitwa Jay Karlson wandikira urubuga www.listeverse.com yashingiye cyane kuri zaraporo zitangwa buri mwaka zuburyo abakristo bicwa bazira imyizerere yabo: 10.Laos umubare wabanyagihugu:millioni 6.4 ; abakristo bagituye ni:200,000 Idini ryiganje: Buddhism Goverinoma:iyobowe naba Communiste
Ubutegetsi bwa Laos ndetse na societe ya laos ifata abakristo nkabaretwa babanyamerika ibyo bigatuma abakristo bahohoterwa birenze (...) -
Yesu ni MUZIMA, kandi muri we nabonye UBUGINGO!
8 May 2013, by Simeon NgezahayoNkiri muto narerewe mu wundi muryango. Bambwiraga inkuru za Yesu cyane kugira ngo ngirane ubucuti nawe. Namubwiraga byose, nawe akandinda. Maze kuba umwangavu, namuteye umugongo kuko nagize imyitwarire mibi. Icyakurikiyeho ni uko umubano nari mfitanye na Yesu wagiye uzima buhoro buhoro. Ariko ntiyandetse, ahubwo yaranyihanangirije cyane: umunsi umwe umuntu yampaye lifuti, maze ambwira ibyanjye.
Nicaye muri iyo modoka numvise amahoro adasanzwe yuzuye umutima wanjye, ambwira ibintu ku buzima (...) -
Ibintu 7 bigaragaza ko Imana ari umukoresha mwiza - Pst Uwambaje Emmanuel
23 June 2016, by Simeon Ngezahayo“Mwese abarushye n’abaremerewe nimuze munsange ndabaruhura. Mwemere kuba abagaragu banjye munyigireho, kuko ndi umugwaneza kandi noroheje mu mutima, namwe muzabona uburuhukiro mu mitima yanyu. Kuko kunkorera kutaruhije, n’umutwaro wanjye utaremereye.” MATAYO 11:28-30.
Reka turebere hamwe ibintu 7 bigaragaza ko Imana ari umukoresha mwiza:
Imana ikoresha umuntu wese yaba yoroheje cyangwa akomeye (Yakobo 5:17) “ Dore Eliya yari umuntu umeze nkatwe asba ko imvura itagwa.” Imana (...) -
Witinya, gira kwizera, kera amagambo yawe yarumviswe
14 June 2016, by Emmanuel NTAKIRUTIMANAAherako arambwira ati ‘’Witinya Daniyeli, kuko uhereye kumunsi watangiriyeho gushishikarira gusobanukirwa no kwicisha bugufi imbere y’Imana yawe, amagambo yawe yarumviswe kandi niyo anzanye. Ariko umutware w’ibwami bw’u Buperesi amara iminsi makumyabiri n’umwe ambuza , nyuma Mikayeli, umwe wo mu batware bakomeye aza kuntabara, ntinda mu bami b’u Buperesi (Daniyeli 10:12-13)
Mu bisanzwe aya magambo ashimangira ukuntu Imana iha agaciro ibyo tuyikorera kandi bikayikora ku mutima iyo umuntu (...) -
Umuntu utinya Imana ntabwo yatinyuka gusambana no kwicana – Pastor Rutayisire
9 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIbyaha by’ubwicanyi n’ubusambanyi ku bantu bigaragara nk’ibyaha biruta ibindi, nyamara Bibiliya yo ivuga ko nta cyaha kiruta ikindi, ibyo byatumye ikinyamakuru Izuba Rirashe kivugana na Rév Pasiteri Kanoni Antoine Rutayisire kugira ngo agaragarize abasomyi icyo abivugaho yifashishije ijambo ry’Imana.
Umukuru w’Itorero Angilikani muri Katedarare ya Remera Kanoni Antoine Rutayisire, yatangarije ikinyamakuru Izuba Rirashe yagize icyo abivugaho, avuga ko ubundi nta cyaha gikomeye kuruta ibindi ku (...) -
Kurambagizanya kw’abakijijwe (igice cya 2)
15 January 2013, by Pastor Rukundo Octave6. Ni gute abakundana babaho mbere yo kurushinga
Muri iki gihe abakundana bitegura kuzarushinga, bagomba gufata umwanya wo kumenyana, gusurana, ariko batinya Imana kugirango birinde badakora ibizira ku Mana.
Bagomba kumenyana bihagije bakanamenyerana. Abitegura kurushinga baba bameze nk’abubakanye, usibye ko baba bataryamana. Nukuvuga ko ibyo abashakanye bakora n’abitegura kubakana babikora usibye ibyabaganisha kukuryamana .Bashobora gusangira, gusengera hamwe, gusohokana, ni igihe kandi (...) -
Dore bimwe mu bisubizo Imana ikunda gutanga iyo wasenze!
1 August 2013, by UbwanditsiIbyahishuwe 8 :3-4 :Haza marayika wundi,ahagarara ku gicaniro,afite icyotero cyacuzwe mu izahabu,ahabwa imibavu myinshi,ngo ayongere ku masengesho y’abera bose,ayishyire ku gicaniro cy’izahabu kiri imbere ya ya ntebe.Umwotsi w’umubavu uva mu kuboko kwa marayika,uzamukana imbere y’Imana n’amashengesho y’abera.
Gusenga n’ibintu bikomeye kandi nibyo Imana idushakaho kuko n’intwaro inesha satani,ariko ushobora kuvuga ko usenga ariko nta gisubizo ubona . Ndagira ngo nkubwire ko amasengesho yose Imana (...) -
Gukanguka mu buryo bw’ Umwuka.( Igice cya 2). RUGAGAZA MUHIMA Osée
9 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIkimenyetso cya kabiri cyerekana ko umuntu ari mu bihe by’ububyutse ni :
2. Kwemera ko Imana igira icyo ikora mu mitima yacu (Nehemiya 8.7-12); Reka twongere dufatanye gusoma iri jambo ry’Imana : Kandi Yoshuwana Bani na Sherebiya,na Yaminina Akubuna Shabetayi,naHodiya na Māseya na Kelita,na Azariyana Yozabadina Hanāni,na Pelayan’Abalewi basobanurira abantu amategeko, abantu bahagaze aho.Basoma mu gitabo amategeko y’Imana gusoma kumvikana, barasobanura kugirango abantu bamenye ibyasomwaga. (...) -
Yakijijwe no gutaka
4 May 2016, by Kiyange Adda-DarleneAbantu benshi baramucyaha ngo ahore, ariko arushaho gutaka ati : « mwene Dawidi, mbabarira. » Yesu arahagarara arababwira ati : «nimumuhamagare ».Bahamagara impumyi barayibwira bati : « Humura haguruka araguhamagara . »…Yesu arayibwira ati : « igendere, kwizera kwawe kuragukijije. Uwo mwanya arahumuka amukurikira mu nzira. Mariko 10 : 48- 52.
Iyi ni inkuru y’umuntu witwaga Barutoromayo, wicaraga ku muhanda asabiriza kuko yari impumyi. Ku mubiri we koko hagaragaragaho ikibazo cy’amaso atabona, (...)
0 | ... | 270 | 280 | 290 | 300 | 310 | 320 | 330 | 340 | 350 | ... | 1230