Umuntu umwe yigeze kumbwira ati “Sinigeze mpitamo gukundana na we”. Ibi yabivuze nyuma y’aho ananiraniwe n’uwo. Ese ibi ni ukuri? Ese koko urukundo ruratugwirira? Ese umuntu ashobora kwirinda kwinjira mu rukundo rutari urw’ukuri cyangwa ruhabanye n’imyizerere ye?
Dore uko amarangamutima aza: Amarangamutima atuma udafata umwanya wo gutekereza igihe ufashe icyemezo cyo gukunda umuntu Ushobora gutungurwa n’amarangamutima ugakora ibyo utashakaga bigatuma wumva ko gukunda byakugwiririye (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
URUBYIRUKO: WARI UZI KO AMARANGAMUTIMA MU RUKUNDO ASENYA UBUZIMA?
21 June 2016, by Simeon Ngezahayo -
Ese mbasha gukunda Imana n’isi bikemera?
20 October 2015, by Innocent Kubwimana“Muri umunyu w’isi. Mbese umunyu nukayuka uzaryoshywa n’iki? Nta cyo uba ukimaze keretse kujugunywa hanze, abantu bakawukandagira.’’ Matayo 5:13
Ubusanzwe hari ibintu ubona bigora abakristo nubwo ari byo Imana idusaba iteka. Nk’abakristo dusabwa kwitandukanye n’isi kuko ari bwo tubasha gukunda Imana urukundo rushyitse n’imbaraga zacu zose, n’ubwenge bwacu, na buri kimwe cyose mu bitugize. Iyo tunaniwe ibi nibwo dutangira kwisanisha n’isi, tukibagirwa ko Bibiliya itubwira ngo twigane Imana nk’abana (...) -
Gasabo: Itorero rya ADEPR yimitse umushumba mushya!
17 March 2012, by UbwanditsiKuri uyu wa gatandatu taliki ya 17/03/2012 mu itorero rya ADEPR Bibare habareye umunsi mukuru wo kwimika umushumba mushya wiryo torero Pastor Rugema Vedaste. Uyu muhango ukaba witabiriwe n’abantu benshi barimo inshuti z’ itorero rya Bibare. Hari kandi abashumba batandukanye b’ itorero ry’ADEPR hamwe n’ abayobozi bakuru baryo . Umushyitsi mukuru yari umuvugizi w’ Itorero rya ADEPR Pastor Usabwimana Samuel.
Umwigisha yari umunyamabanga mukuru w’ Itorero ry’ADEPR Pastor Kamanzi Callixte. Mu nyigisho (...) -
Mbese hari aho wumva wahisha Imana?
27 August 2015, by Innocent KubwimanaMu buzima bw’abantu akenshi bakunda guhisah intege nke zabo mu maso y’abantu, rimwe na rimwe bikavamo kwiyemera kuko ntawe uba ushaka ko bamenya aho agwa cyangwa ananirirwa. Ibi rero iyo umuntu abimenyereye gutya hari ubwo ashaka no guhisha Imana. Bibiliya iravuga ngo umuntu uhisha ibicumuro bye ntazagubwa neza, ariko ubyatura akabireka azababarirwa. Imigani 28:13
Iyi nteruro irimo amagambo agera kuri atatu, hari umuntu uhisha ibicumuro bye ngo utazagubwa neza, ni ukuvuga ubika ibyaha bye mu (...) -
Imana niyo yo kwiringirwa Rev Muntu Benjamin
15 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaAbiringiye Uwiteka Bameze nk’umusozi wa Siyoni, Utabasha kunyeganyezwa, Ahubwo uhora uhamye iteka ryose. Nk’uko imisozi igose i Yerusalemu, Ni ko Uwiteka agota abantu be, Uhereye none ukageza iteka ryose.(Zaburi 125:1-2)
Iyi Zaburi itugaragariza ko abiringiye Uwiteka badashobora guhungabanywa n’ikintu icyo aricyo cyose kandi iteka ryose. Ubusanzwe ibyiringiro bikugeza kucyintu gifatika bikamara ubwoba ndetse no gushidikanya.
Umuhanuzi Yeremiya Yavuze ko uwiringiye Uwiteka ameze nk’igiti (...) -
Aho ntukiba mu mwijima kandi umucyo waraje?
22 July 2015, by Innocent KubwimanaUbusanzwe tumenyereye ko isi imurikirwa n’ibintu bibiri aribyo izuba ndetse n’ukwezi, ibi iyo bidahari haba hari icyo twita umwijima, kuko bisimburana buri munsi.
Gusa nubwo ibi ari ibinyarumuri tubona bitugirira akamaro ka buri munsi, dukenera mu mibereho yacu kandi koko bikaba bigafite bigera aho bikazima. Hari igihe utaba ubona na kimwe bigasaba gushaka ikindi wifashisha, nibwo usanga abantu bari kugenda bamurika imuri abandi bakagenda bitonze ngo badasitara kuko aho baba bagenda haba (...) -
Kicukiro: Igiterane cyo kuramya cyageraga kuri ADEPR gisize ububyutse butazibagirana
1 December 2013, by UbwanditsiNkuko mwagiye mubibona mu bitangazamakuru bitandukanye kuri iki cyumweru taliki ya 01/12/2013 kuri ADEPR Kicukiro hari hateguwe igiterane cyo kuramya Imana no guhimbaza gifite intego igira iti ibihumeka byose bihimbaze Uwiteka Zaburi 150;1 Ubwo twahageraga twasanze igiterane cyatangiriye igihe nkuko byari biteganyijwe kuko saa munani amatsinda ayobora kuramya no guhimbaza yari yatangiye. Hari kandi n’ itsinda ry’abaramyi ryavuye muri ADEPR Nyarugenge, Theo bakunda kwita bosebabireba hari (...)
-
Menya neza Ibice by’ingenzi birindwi bigize umuryango nk’uko bitangazwa na Pasteur Antoine RUTAYISIRE
21 March 2016, by UbwanditsiIyi ni inyigisho yatanzwe na Pasteur Antoine RUTAYISIRE kuri Phases zirindwi zigize Umuryango.
Pasteur atangira avuga ko mu mibereho y’umuryango habamo ibihe birindwi bitandukanye, bikaba bikomerera umuryango kuko urukundo rwa buri kiciro ruba rutandukanye n’urwo mu kindi:
PHASE YA MBERE : MBERE YO GUSHAKANA
Iki ni igihe abantu baba bakiri FIANCES. Umwe aba ari CHERIE -CHOU-CHOU. Iki gihe biba bishyushye, Umwe asaba ikintu undi akakimuha nubwo yaba atagifite akagishakisha kugera akibonye. (...) -
Gusenga nk’ ikimenyetso cyo guca bugufi Alice
5 February 2016, by Alice Rugerindinda“Dore nk’uko amaso y’abagaragu bayahanga ukuboko kwa shebuja. Nk’uko amaso y’umuja ayahanga ukuboko kwa nyirabuja , niko amaso yacu tuyahanga Uwiteka Imana yacu, kugeza aho azatubabarira”. Zaburi 123:2
Maze iminsi nibaza igisobanuro cyo gusenga, ariko nasanze gusenga ari ikimenyetso cyo guca bugufi imbere y’Imana, uyereka ko ariyo ishoboye, ko uyikeneye mu buzima bwawe, ko kubaho utayifite biguteye ubwoba, ko ariyo yakurengera ku kibazo ufite……
“ Guhungira ku Uwiteka kugira umumaro kuruta (...) -
Wari uzi ko Yesu yavutse hashize imyaka 400 Abisirayeli baraguye? Pastor Desire Habyarimana
23 December 2013, by Pastor Desire Habyarimana“Muzi ko n’ubwo abantu benshi bari bazi ko Mesiya azavuka, atari benshi babashije kumenya ko yavutse? Icyakora hari bamwe babimenye” (Luka 2:25-35)
Icyo gihe hari hashize imyaka 400 nta jwi ry’ Imana ryumvikana. Ijambo ry’ Imana ryari ryarabaye ingume, nta n’ubuhanuzi. Abisirayeli bari basinziriye cyane, bari mu byaha bitandukanye, ariko n’ubwo byari bimeze bityo hari hakiri abantu bakiranuka. N’ubwo abatambyi b’icyo gihe nabo bari barasubiye inyuma Imana ihamiriza Simeyoni ko:
1. Yari (...)
0 | ... | 250 | 260 | 270 | 280 | 290 | 300 | 310 | 320 | 330 | ... | 1230