KUBAHO MU MIGISHA Y’IMANA ( TO LIVE IN FAVOR OF GOD)
Zaburi 15, 1-5 : Uwiteka ni nde uzahagarara mu ihema ryawe ? .... Zaburi 1, 1 : Hahirwa umuntu udakurikiza imigambi y’ababi, ntahagarare mu nzira y’abanyabyaha kandi ntiyicarane n’abakobanyi...
Imirongo myinshi muri Bibliya ikunda kugaragaza imigisha Imana igenera umwana w’ umuntu. Mu gitabo cyo Gutegeka kwa 2 hatubwira Imigisha yose Imana igenera abantu bayo ariko ikabaha condition ngo :" Nugira umwete wo kumvira Amategeko nguhaye". Ibi (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Menya kubaho mu migisha y’ Imana
7 November 2013, by Ubwanditsi -
Ese ku bakristo Noheli ikwiye kuba iyo kurya no kunywa no kwambara? Pastor Desire Habyarimana
17 December 2013, by Pastor Desire HabyarimanaMuri icyo gihugu harimo abungeri bararaga ku gikumba, bahindana kurinda umukumbi wabo.Nuko Marayika w’ Umwami Imana abahagarara iruhande, ubwiza bw’ Umwami burarabagirana bubagota impande zose bagira ubwoba bwinshi… arababwira ati: “Mwitinya dore ndababwira ubutumwa bwiza bw’ umunezero mwinshi uzaba ku bantu bose. Kuko uyu munsi umukiza abavukiye mu murwa wa Dawidi, uzaba, Kristo Umwami (Luka 2:8).
Ntabwo kwizihiza Noheli bikwiye kuba ibyo kwambara no kurya gusa, dukwiye kubikora tunatekereza (...) -
Uburyo bwiza bwo gukemura amakimbirane mu bubatse ingo. (igice cya 2)
25 March 2014, by Pastor Desire Habyarimanauburyo bwiza bwo gukemura amakimbirane.
Ni uburyo bwiza bwo gukemura amakimbirane binyujijwe mu mishyikirano.
Intambwe z’ ingenzi mu gukemura amakimbirane hakoreshejwe ugushyikirana :
Kugaragaza ikibazo (impamvu y’amakimbirane) ; Gusesengurira hamwe ikibazo ; Kurebera hamwe impamvu z’ ikibazo ( nyirabayazana) ; Gushaka ibisubizo bishoboka ; Guhitamo igisubizo kirusha ibindi kuba cyiza ; Kwigira hamwe uko umwanzurowashyirwa mu bikorwa ; Guhora musuzuma niba umwanzuro mwafashe ubateze (...) -
Umubano w’umwihariko w’umukirisito n’Imana
9 July 2013, by UbwanditsiMu gice cya mbere cy’izi nyigisho, twavuze muri rusange ibintu bitandukanye byatumye hari abatubanjirije babaye intwari, tubasezeranya ko tuzakomeza dufata ingingo imwe imwe kugira ngo tuyisesengure neza.
Izi nyigisho muzigezwaho n’umuvugabutumwa Hakizimana Justin ubarizwa mu itorero rya ADEPR/ Muhima.
Uyu munsi turahera ku ngingo imwe mu byaranze abatubanjirije byatumye baba intwari ariyo “kugirana umubano wihariye n’Imana”.
Nunyura mu mazi nzaba ndi kumwe nawe, nuca mu migezi ntizagutembana (...) -
Korali Galeedi ya ADEPR Nyakabanda ( Kicukiro) mu giterane cy’iminsi ibiri mukarere ka Nyaruguru.
13 June 2012, by Ernest RutagungiraMu mpera z’iki cyumweru korali Galeedi yo mu itorero rya ADEPR kicukiro umudugudu wa Nyakabanda yakoreye igiterane cy’ ivugabutumwa mu ntara y’amajyepho akarere ka Nyaruguru ahahoze ari komini Kivu ihana imbibi n’ishyamba rya Nyungwe hafi y’umupaka w’u Rwanda n’u Burundi, bakaba baramazeyo iminsi ibiri guhera kuwa gatandatu tariki ya 9 kugeza ku cyumweru tariki ya 10 kamena 2012 baririmba, .
Nk’uko twabitangarijwe na Bwana BASEKA Isaac umuyobozi w’iyi korali, ngo bajyiye muri uru rugendo ku (...) -
Ese umurimo Imana yagushyizemo ikawukurindisha uwuhagazemo ute ?
19 May 2012, by Ernest RutagungiraUwiteka abwira Mose ati “bwira Aroni n’abana be bitandukanye n’ibyera Abisilayeli banyereza be gusuzugura izina ryanjye ryera. Ndi Uwiteka. Ubabwire uti : Umuntu wese wo mu rubyaro mu bihe byanyu byose, uzegera ibyera Abisilayeli bereza Uwiteka agihumanye, uwo muntu azakurweho ave imbere yanjye .Ndi Uwiteka.,,,,,,,9: Nicyo gituma bakwiriye kwitondera umurimo nabarindishije kugirango utabazanira icyaha, ukabicisha kuko bawononnye. Ndi Uwiteka ubeza. Kuva mu isezerano rya cyera Imana yagiye (...)
-
Aho Imana yagushize hari impamvu.
23 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaHari inkuru y’umuntu numvise ngo yatumwe mu gihugu cya kure ari ngombwa ko ajyenda n’indege. Aragenda agera muri ya mahanga ya kure ajya mu manama atandukanye biga ku bintu bitandukanye,igihe kiragera asubira mu ndege agaruka ku bari bamutumye,biba ngombwa ko abaha raporo y’ibyabaye.
Yatangiye agira ati “twabaye tukigera mu ndege baba baduhaye ibiryo turarya,tugeze mu kirere indege ikimara guhaguruka baba baduhaye ibindi biryo.” Abamubazaga bati « mugezeyo se byagenze bite?” Arasubiza ati « (...) -
Amasezerano y’ubuhanuzi burindwi
1 February 2013, by Isabelle GahongayireNizera ko mwasenze mugasaba Imana ngo ibumvishe icyo yipfuza kubahishurira mu minota mike iri imbere.
Waba wumva warahawe umugisha mwinshi n’Imana, cyangwa se byaba bigaragara ko wowe n’abawe murimo kunyura mu bihe bitoroshe by’ubukene n’ibibazo, kandi mukaba mudasobanukiwe impamvu yabyo?
Niba ari uko nguko bimeze, ndagutera intege ngo ukomeze usome kuko nizera ko inyigisho iri mur’ubu buhanuzi irimo ibyanditswe n’amahame akomeye bishobora kukubohora kandi bigahindura ubuzima bwawe iteka (...) -
Umumaro wo guhagarara kigabo mu bigerageza – Joyce Meyer
7 January 2014, by Simeon NgezahayoImana ifite imigambi minini ku buzima bwacu, kandi ishaka kudukoresha iby’ubutwari. Ariko mbere y’uko idushyira aho tugomba gukoresha impano zacu n’imbaraga zacu zose, tugomba kwiga guhagarara kigabo, kudahindurwa n’ibihe no kugenzura amarangamutima yacu.
Tugomba kubaho ubuzima bukwiriye Abakristo, kugira ngo Imana idukoreshe icyo yaduhamagariye, aho gukora ibitwungura ubwacu, ahubwo tugakorera abandi. Ibi bisobanura yuko imyitwarire yacu imbere ya Kristo igomab kuba myiza, n’umuhati wacu mu (...) -
URUBYIRUKO: WARI UZI KO AMARANGAMUTIMA MU RUKUNDO ASENYA UBUZIMA?
21 June 2016, by Simeon NgezahayoUmuntu umwe yigeze kumbwira ati “Sinigeze mpitamo gukundana na we”. Ibi yabivuze nyuma y’aho ananiraniwe n’uwo. Ese ibi ni ukuri? Ese koko urukundo ruratugwirira? Ese umuntu ashobora kwirinda kwinjira mu rukundo rutari urw’ukuri cyangwa ruhabanye n’imyizerere ye?
Dore uko amarangamutima aza: Amarangamutima atuma udafata umwanya wo gutekereza igihe ufashe icyemezo cyo gukunda umuntu Ushobora gutungurwa n’amarangamutima ugakora ibyo utashakaga bigatuma wumva ko gukunda byakugwiririye (...)
0 | ... | 240 | 250 | 260 | 270 | 280 | 290 | 300 | 310 | 320 | ... | 1230