Kuri uyu wa gatanu tariki 14 Gashyantare 2014 ku rusengero rwa ASSEMBLIES OF GOD KIMIHURURA habereye umuhango wo guha abanyeshuri impamyabumenyi barangije amasomo mu ishuri rya Bibiliya BTC ( BIBLE TRAINING CENTER ) mu byiciro bitandukanye aribyo Diploma na Degree . Mukiganiro n’umuyobozi wiri shuli Bwana Rev. Pastor Vianney Mulinda yagiranye n’ itangazamakuru , yataje ko iri shuri rya BTC rikorana n’amatorero atandukanye kandi rikaba ryaratangijwe n’itorero Rwanda Pentecostal Assemblies of (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Kigali: 170 barangije ishure rya Bibiliya BTC bahawe impamyabumenyi
15 February 2014, by Ubwanditsi -
Mugihe haburaga amasaha make ngo yicwe, hategetswe ko azamurwa mu ntera
2 February 2016, by Ernest RutagungiraUyu ni Morodekayi uvugwa muri Bililiya. Nuko umugore we Zereshi n’incuti ze zose bamugira inama bati “ : Nibashinge igiti kirekire cya mikono mirongo itanu maze ejo uzavugane n’umwami umusabe Morodekayi ukimumanikeho, uhereko ubone kujyana n’umwami mu ntera unezerwe. Nuko Hamani ashima iyo nama aherako ashinga igiti. (Esiteri 5:16).
Nyuma yaho gato,uwo munsi Umwami Ahasuwerusi agabira Umwamikazi Esiteri ibya Hamani umwanzi w’Abayuda .Maze Morodekayi aza imbere y’umwami kuko Esiteri yari yavuze (...) -
Nari umunebwe uhinyura abandi, Yesu arankiza arampindura!
2 April 2013, by Simeon NgezahayoMuraho! Mbere ya byose ndizera ko nusoma ubu buhamya bugusubizamo imbaraga. Yesu Kristo ni Umwami nk’uko Bibiliya ibitubwira. Nta kintu na kimwe kibasha kuntandukanya n’urukundo rw’Imana, urwo yagaragarije muri Yesu kristo. Icyo tugomba gukora ni ukumusanga: "Kuko menye neza yuko n’aho rwaba urupfu cyangwa ubugingo, cyangwa abamarayika cyangwa abategeka, cyangwa ibiriho cyangwa ibizaba, cyangwa abafite ubushobozi, cyangwa uburebure bw’igihagararo, cyangwa uburebure bw’ikijyepfo, cyangwa ikindi (...)
-
Humura ibyawe Imana Yo ntiyabirambirwa!
5 February 2014, by Alice Rugerindinda“ Uwo mugore asama inda abyara umuhungu, maze abonye ko ari umwana mwiza, amuhisha amezi atatu. Ananiwe guhora amuhisha, amubohera akato gapfundikiye mu ntamyi, agasiga ibumba n’ubushishi, ashyiramo uwomwana, agashyira mu rufunzo rwo ku nkombe y’uruzi” Kuva 2: 2-3
Uyu mwana ni Mose wo muri Bibiliya. Habayeho igihe, abisiraheri baba mu kaga gakomeye. Icyo gihe umwami wa Egiputa atanga itegeko ryo guhotora abana b’abisirayeri b’abahungu bavuka. Uwo mwami Farawo abonye ibyo bidahagije, ashyiraho (...) -
Umunsi warenze ingabano z’agakiza, no gupfa ntuzabura gupfa !
14 October 2012, by Alice RugerindindaBukeye umwami atumira Shimeyi aramubwira ati “ Wiyubakire inzu i Yerusalemu, uyigumemo, ntuzayivemo ngo ugire ugire ahandi ujya. Umunsi wavuyeyo ukambuka akagezi Kidironi, uzamenye neza ko utazabura gupfa. Amaraso yawe azabe ari wowe abaho.” Shimeyi asubiza Umwami ati “ Ibyo umbwiye ni byiza. Uko uvuze mwami Nyagasani, niko umugaragu wawe nzabigenza”. 1 Abami 2 : 36 -38
Imana itugirire neza cyane. Uyu Shimeyi ngo yari mwene Gera w’Umubenyamini w’I Bahurimu. Igihe kimwe yavumye umwami Dawidi (...) -
Humura nawe wakira kuko Yesu arabishaka!
1 September 2015, by Ubwanditsi‘’Amanutse kuri uwo musozi, abantu benshi baramukurikira. Maze haza umubembe aramwegera, aramupfukamira aramubwira ati “Mwami, washaka wabasha kunkiza.” Arambura ukuboko amukoraho ati “Ndabishaka kira.” Uwo mwanya ibibembe bye birakira. Yesu aramubwira ati “Wirinde ntugire uwo ubwira, ahubwo genda wiyereke umutambyi, uture n’ituro Mose yategetse ribabere ikimenyetso cyo kubahamiriza.” Matayo 8:1-4
Ubundi iyo umuntu yabaga afite iyi ndwara y’ibibembe yahitaga ashyirwa mu kato, ntabwo yabaga (...) -
Imana nawe yaguhaye ubwenge Matthieu
15 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUbwenge, ubumenyi cyangwa se ubuhanga ntabwo abantu babunganya, habaho abanyabwenge hakabaho n’abandi tuvuga tuti ntabwo ari abanyabwenge, ariko uburyo bwo kubimenya, kubugenzura cyangwa se kubupima nibyo bikunze gutera ikibazo ndetse n’urujijo harimo no kwibeshya bigashobora no gutuma umuntu abwirwa cyangwa se yibwirako nta bwenge agira nawe akabaho gutyo.
Muri iyi nkuru ntabwo turi butandukanye ubwenge, ubuhanga, n’ubumenyi n’ubwo bigiye bifite aho bitandukaniyeho gato.
Urugero rw’ubwenge (...) -
Imana yankijije SIDA, impa n’ubugingo – Christ
8 July 2013, by Simeon NgezahayoMuraho?
Izina ryanjye risobanura "Gukiranuka kw’Imana". Navukiye mu gisagara cya Tabase, Umujyi wa Mthatha ho mu burasirazuba bwa Cape, Afurika y’Epfo. Nakuriye mu muryango wa Gikristo, ariko sinigeze menya ibyo kuvuka ubwa kabiri cyangwa ibyo gukurikira Yesu n’umutimwa wanjye wose, gutanga kimwe mu icumi n’ibindi. Narakuze rero, icyo nari nzi gusa ni uko ku cyumweru ari ugusenga, naho indi minsi umuntu agakora imirimo isanzwe.
Maze kugira imyaka 14, navutse ubwa kabiri ariko Satani araza (...) -
Imana yankijije asima - Douglas Atuti
27 May 2013, by Simeon NgezahayoMu mwaka w’1997 nari i Mombasa muri Kenya, aho Imana yankirije indwara ya asima (asthma) yari yarambayeho akarande. Ababyeyi banjye bari barakoze muko bashoboye ngo bamvuze, ariko biba iby’ubusa. Ariko aho mpuriye na Yesu, yarankijije ubu ndi muzima.
Maze gukira asima, natangiye kwiga mu mashuri makuru ariko ngezeyo nsubira inyuma Imana nyitera umugongo. Ariko nk’uko ijambo ry’Imana rivuga ngo umukiranutsi nagwa ntazarambarara, igihe kimwe hari ku mugoroba nicaye mu cyumba cyanjye numva ijwi (...) -
Kicukiro: Abagera 162 bafashe umwanzuro wo kubatizwa.
6 October 2012, by UbwanditsiKuri uruyu wagatandatu taliki ya 05/10/2012 ku itorero ry’ ADEPR habereye umubatizo w’abantu bahisemo gukurikira Yesu bagera 160. Ubwo twageraga ku rusengero rwa Kicukiro twasanze abasore, abakobwa, abagabo n’abagore babukereye bifuza kubatizwa mu mazi menshi nkuko ari itegeko ry’ Imana. Umushumba wa Kicukiro yigisha abagiye kubatizwa
Mu ijambo Umushumba w’ Itorero rya Kicukiro Pst Rurangwa Louis Second yagejeje ku bari bagiye kubatizwa, yavuze ko abantu benshi na mbere y’uko abazungu baza (...)
0 | ... | 350 | 360 | 370 | 380 | 390 | 400 | 410 | 420 | 430 | ... | 1230