Irambwira iti " Wikwegera hano, kandi Kwetura Inkweto mu birenge byawe, kuko aho uhagaze ari ahera" Kuva 3:5 Uyu mwaka kuva watangira nagiye nkurikirana ivugabutumwa rikorwa mu buryo bunyuranye nsanga abavugabutumwa bahuriza ku kintu kimwe kivuga ko uyu mwaka Imana ije kugirira neza abantu bayo, hari promotion, restoration, inzugi zirafungutse, ibyakera tubyibagirwe kuko Imana ikoze ibishya. Imana ihabwe icyubahiro kub’umugambi wayo mwiza kuri twe. Ikintangaza rero ni gake tubwirwa ko (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Hari icyo Imana idusaba gukora muri 2013!
25 January 2013, by Umugiraneza Edith -
Choir Amahoro yataramiye abanya Rutsiro hakizwa abantu 120
24 October 2011, by UbwanditsiItorero ry’ ADEPR Rutsiro ryateguye igiterane gifite intego igira iti: … "Abahinduriye benshi ku gukiranuka,bazarabagirana nk’inyenyeri zo mu isanzure ry’ijuru Daniyeli 12:2-3 iryo torero rikaba ryaratumiye chorale Amahoro yo mw’ itorero ry’ ADEPR i Remera ku matariki ya 22 na 23-10-2011.
Chorale Amahoro yakiranywe ibyishimo bikomeye cyane ko indirimbo zayo zizwi cyane mu gihugu cyose. Bakaba kandi bazananye na Saimoni Kabera nawe uririmba muri iyi chorale akaba ari n’ umuhanzi ku giti cye. (...) -
Duhunge isi ironona! Pastor Desire Habyarimana
4 May 2014, by Pastor Desire Habyarimana«Niba kumenya neza Yesu Kristo kwarabateye guhunga iby’ isi byonona ntitukongere kubyizingitiramo. Kuko ibya nyuma byacu byarusha ububi ibya mbere» (2Petero 2:20).
Mu isi dufite abanzi batatu. Isi, Satani n’ umubiri. Abo banzi turwana nabo buri munsi kuko Yesu yanesheje akatuneshereza.
Kumenya Yesu kwacu gukwiye gutuma duhunga isi, iyo tuvuze isi tuba tuvuze ibyaha nko kubeshya, gusambana, kwiba, urugomo rwose no kutumvira Imana kose. Dukwiye kuba mu isi ariko turi abana b’ Imana. Twe (...) -
Gusuzugura ikigeragezo ukakimaramo imbaraga , niko kukinesha!
4 May 2016, by Alice Rugerindinda“Mbese uwo mufilisitiya utakebwe usuzugura ingabo z’Imana ihoraho ni muntu ki ? 1 Samuel 17:26. Who is this pagan Philistine anyway, that he is allowed to defy the armies of the living God?
Uyu mufilisitiya utakebwe uvugwa hano ni Goliyati . Igihe kimwe yazengereje abisirayeri, bariheba pe, bagera kure, bamurebaga igihagararo, bakamureba intambuko, ubwishongozi, iterabwoba rye n’ibitutsi bye, bakabona nta buhungiro buhari. Ariko gutabarwa kwacu kuva ku Uwiteka waremye ijuru nisi. Imana (...) -
Nyuma y’iminsi ine ndi gutemberezwa mu ijuru n’Umwami Yesu nongeye kugarurwa mu mubiri
12 December 2012, by UbwanditsiNitwa Domithila NABIBONE navukiye mu misozi y’i MULENGE mu Gihugu cya KONGO, mvukira mu muryango w’abakristu kuva igihe navukiye nabonaga iwacu tujya gusenga .Twasengeraga muri KIRIZIYA GATURIKA ndetse ababyeyi banjye bari abayobozi bakomeye muri Kiriziya yacu.Nakundaga cyane kujya gusenga. Nkiri umwana muto sinakundaga kuvuga naracecekaga cyane kandi kubera ibyo abantu bakankuda cyane.
Nakundaga cyane kujyana n’ababyeyi banjye gusenga, icya kabiri nakundaga idini ryanjye kuko ryari idini (...) -
Ibyo turebesha amaso sibyo kuri
16 March 2016, by Pastor Desire Habyarimana" Kuko tudakirana n’abafite amaraso n’umubiri, ahubwo dukirana n’abatware n’abafite ubushobozi n’abategeka iyi si y’umwijima n’imyuka mibi y’ahantu ho mu ijuru " (Abefeso 6,12).
Umwanditsi w’umuhanga w’Umugiriki witwa Plato yanditse inkuru yitwa " Imfungwa zo mu buvumo" (Le myithe de la Caverne). Muri iyo nkuru avuga mo abantu bari bafungiye mu buvumo, bateye umugongo umuryango w’ubuvumo kandi badashobora guhindukira.
Iyo izuba ryavaga, babonaga igicucu cy’ibintu byose byacaga imbere y’ubuvumo (...) -
Ingaruka yo mu mwuka iterwa no kwihuta no kwihugiraho mu buzima – Frank Powell
2 October 2015, by Simeon NgezahayoUmuvuduko wacu ntugira urugero, ndetse turamutse tuwugereranije n’uwa Yesu twasanga nta byisnhi duhuriyeho. Yesu ntiyigeze yihuta. Ntiyigeze yirukanswa n’ibya hano mu isi. Ntiyigeze aterwa ubwoba n’ubuzima, n’ubwo yari afite intego ngari cyane agomba kugeraho mu gihe gito cyane.
Yesu ntiyigeze yihuta kuko yagenderaga ku muvuduko w’Imana. Ubwo rero urabona yuko kwihuta atari umuvuduko uva ku Mana, ahubwo ni umuvuduko w’isi, ndetse ni umuvuduko wa Satani. Inzobere mu by’ubuzima bwo mu mutwe Carl (...) -
Ikitanyeganyeje umutima wawe n’uw’Imana ntikiwunyeganyeza
30 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaSinatamba igitambo cyoswa ntagitanzeho ibyanjye- 1 Ngoma 21:24
Abantu benshi bakorera Imana. Ibi ni byiza ariko iyo urebye hari ijambo dukwiye gusobanukirwa cyane, ni uko imigisha yose Imana yayikubiye mu gutanga kuko gutanga bizana umugisha kuruta guhabwa, abantu bakunda guhabwa ariko gutanga biragoye ariko Imana yaduhaye urugero aho yatanze umwana wayo imufite ari umwe(Yohana 3:16).
Mbere y’uko utanga ibyawe ngo ufashe abakene, utere inkunga umurimo w’ Imana, Imana irashaka ko ari wowe (...) -
Imana ntiyabura aho ihera ikugirira neza . Alice Rugerindinda
23 July 2015, by Alice Rugerindinda“ Mu murwa w’I Shushani hari Umuyuda witwaga Moridekayi mwene Yayiri mwene Shimeyi mwene Kishi Umubenyamini. Yayiri yajyanywe ari imbohe n’abandi banyaganywe I Yerusalemu na Yekoniya umwami w’Abayuda, ubwo yanyagwaga na Nebukadinezari umwami w’I Babuloni. Moridekayi uwo niwe wareze Hadasa ariwe Esiteri umukobwa wase wabo, kuko yari imfubyi adafite se na nyina, kandi uwo mukobwa yari umunyagikundiro afite uburanga. Se na nyina bamaze gupfa , Moridekayi aramujyana amurera nk’umwana we”. Esiteri (...)
-
Kuki Bibiliya Ntagatifu na Bibiliya Yera Bitanganya Umubare w’Ibitabo, Kandi Byose ari iby’ Abakristo?
7 September 2015, by Ange Victor UWIMANAMu gihe Abitwa Abakristo bose bahamya ko ukwemera kwabo cyangwa imyizerere bishingiye kuri Yesu Kristo, abantu benshi usanga bibaza impamvu Bibiliya Ntagatifu ( ikoreshwa cyane n’abayoboke b’idini Gatolika ) ndetse na Bibiliya Yera ( ikoreshwa cyane n’abayoboke b’abamadini y’Abaporotesitani ) bitanganya umubare w’ibitabo. Reka nibutse Abasomyi ko n’abayoboke b’idini ya Orutodogisi nabo bafite Bibiliya idahuje umubare w’ibitabo n’izi zindi zavuzwe haruguru.
Bibiliya bituruka ku ijambo (...)
0 | ... | 380 | 390 | 400 | 410 | 420 | 430 | 440 | 450 | 460 | ... | 1230