Yesu aramusubiza ati “Urahirwa Simoni wa Yona, kuko umubiri n’amaraso atari byo byabiguhishuriye, ahubwo ni Data wo mu ijuru. Nanjye ndakubwira nti ‘Uri Petero, kandi nzubaka Itorero ryanjye kuri urwo rutare, kandi amarembo y’ikuzimu ntazarishobora.’ Nzaguha imfunguzo z’ubwami bwo mu ijuru, kandi icyo uzahambira mu isi kizaba gihambiriwe mu ijuru, n’icyo uzahambura mu isi kizaba gihambuwe mu ijuru.” Matayo 16: 17-20.
Ku Bantu bizera Imana, Ijambo ryayo ribahesha ububasha budasanzwe bwo gusaba no (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Ubutware duhabwa n’Imana, si ubwo guhindura amabuye mo imigati.
12 May 2014, by Ernest Rutagungira -
Yavutse nta maboko, nta maguru ariko ntiyiganyira!
26 February 2013, by Isabelle GahongayireNitwa Nick Vujicic, ndashima Imana uburyo yakoresheje ubuhamya bwanjye igakora ku mitima ya benshi mw’isi! Navutse nta ngingo mfite nukuvuga nta maguru nta n’amaboko kandi abaganga ntabwo bamenye inkomoko y’ubwo bumuga. Byaje kumviramo guhura n’ibibazo n’inzitizi nyinshi.
« Bene data, mutekereze ko ari ibyo kwishimira, ni muhura n’ibibagerageza bitandukanye. » (Yakobo 1.2)
Birashoboka ko umuntu yafata ibikomere, imibabaro ndetse n’intambara bye nkaho ari ibintu byo kwishimira? Ababyeyi banjye bari (...) -
Imana ntidusaba gukora ibirenze ibyo twashobora!
3 September 2012, by Alice RugerindindaKuko ayo mategeko ngutegetse uyu munsi atari ayo kukunanira, kandi Atari aya kure ngo utayageraho. Ntari mu ijuru ngo ubaze uti “ ninde uributuzamukire mu ijuru ngo ayatuzanire ayatwumvishe tuyumvire? Kandi ntari hakurya y’inyanja ngo ubaze uti ninde uri butwambukire inyanja ngo ayatuzanire, ayatwumvishe tuyumvire? Ahubwo iryo jambo rikuri bugufi cyane, riri mu kanwa kawe no mu mutima wawe ngo uryumvire” Gutegekakwakabiri 30:11-14
“This command I am giving you today is not too difficult for (...) -
Mwami ni wowe uha intege abananiwe!
22 March 2016, by Alice Rugerindinda“Niyo iha intege abarambiwe; kandi utibashije imwongeramo imbaraga.” Yesaya 40: 29 He gives power to the weak and strength to the powerless. Imana ishimwe.
Ku mutwe w’iki gice cya 40 haranditse ngo “Comfort for God’s people “ Ibihumuriza ku bantu b’Imana. “Nimuhumurize abantu banjye, mubahumurize” Ni ko Uwiteka avuga. Muvuge ibyururutsa imitima y’ ab’ Iyerusalemu, mukomere, muhabwire ko intambara zaho zishize kandi yuko gukiranirwa kwaho hakubabariwe…. » Yesaya 40 : 1
Mu buzima bw’Umwuka, hari (...) -
Ntabwo ndi mu muryango wa Illuminati- Pastor Rick Warren
26 March 2012, by UbwanditsiPastor Rick Warren ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru, bamubajije ibibazo bitandukanye harimo icy’uko abantu bavuga ko yaba ari mu bagize Illuminati yasubije umunyamakuru icyo kibazo n’akababaro kenshi azunguza umutwe ati :"No, no, I’ m not a member of Illuminati. Ntabwo ndi mu bagize Illuminati".
Pastor Rick Warren yavuze ko usibye kuba ataba muri uwo muryango nk’uko bamwe babivuga bashaka kumusebya, yavuze ko adashyigikiye n’abaryamana bahuje ibitsina, kuko Imana yaremye umugabo (...) -
Imbaraga z’Umwuka Wera zamfashije kuzana ububyutse mu itorero - Avinash Diaram
10 June 2013, by Simeon NgezahayoUmwuka Wera amaze kumbatirisha umuriro, gusenga no kujya mu biterane byampindukiye ubuzima. Nari mfite imbaraga, nkagira n’umuhamagaro wo kubwiriza ubutumwa bwiza mu muhanda, nkasengera abarwayi n’abakene, kandi ku ngengabihe yanjye ntibyashoboraga kuburaho.
Buri gihe nabaga ndi mu biterane binini mvuga ubutumwa, nkoresha amanama, nigisha ijambo ry’Imana, nsengera abantu, nsengera n’abantu. Ibi byazanye ububyutse mu muryango wanjye, bituma bakunda gusenga.
Mwami Yesu, (...) -
Impamvu 4 zituma utagomba guhangayika – Pastor Rick Warren
7 July 2016, by Simeon NgezahayoGuhangayika biterwa ahanini no kutimenya. Biterwa no kugerageza kugenzura ibyo udashoboye. Nta bwo twashobora kugenzura ubukungu, ni cyo gituma duhangayikishwa n’ubukungu. Ntitwashobora kugenzura abana bacu, ni cyo gituma duhangayikishwa n’abana bacu. Ntitwashobora kugenzura iby’ejo, ni cyo gituma biduhangayikisha. Ariko gutinya nta na rimwe bikemura ikibazo! Ni uguhangayikishwa n’ikintu nta cyo uri bugikoreho.
Yesu yigisha ku musozi yatweretse impamvu 4 zituma tutagomba guhangayika:
Nta (...) -
Imana iratwegereye kurusha uko tubyibwira
23 May 2012, by Innocent KubwimanaNuko rero ntimute ubushizi bw’ubwoba bwanyu bufite ingororano ikomeye (Abaheburayo 10:35)
Amagambo aboneka hejuru agaragaza uburyo Imana iba hafi y’abantu bayo, kandi ihumuriza cyane abantu bayo gukomera kuko nyuma hari ingororano, ikindi yo ubwayo yarivugiye ngo izatura mu bwoko bwayo, ikorere muri bwo. Ese unyemereye nkakubaza wambwira niba warigeze usenga hanyuma Imana ikagusubiza ariko nyuma y’igihe watekerezaga, aha ndashaka kukubaza ukuntu waba warabifashe niba utaratekereje ko Imana (...) -
Inzira ya bugufi yo gusohoza amategeko y’Imana
27 July 2015, by Innocent KubwimanaUsanga abantu benshi barwana no kubahiriza amategeko y’Imana kandi ni byiza kuko Imana idusaba kuyibwira ku manywa na n’ijoro. Muri iyi nyigisho turareba ukuntu umuntu yaca iya bugufi akabasha kuyubahiriza. Iyo nzira nta yindi ari nayo amategeko yose asohoreramo ni ugukunda Imana ugakunda na mugenzi wawe, muri make ni Urukundo.
Urukundo ni ikintu gikomeye mu buzima kiboneka ibintu byose bikaba amahoro cyabura bikaba amahane. Bibiliya ivuga ko mu minsi ya nyuma urukundo rwa benshi ruzakonja. (...) -
GUSENGA IMANA UKO ISHAKA URI UWO ISHAKA
29 June 2016, by Ernest RutagungiraYohana 4:23: Ariko igihe kiraje ndetse kirasohoye ubwo abasenga by’ukuri basengera Data mu Mwuka no mu kuri, kuko Data ashaka ko bene aba aribo bamusenga.
Muri iyi minsi iyo abantu babonye umuntu usenga, akenshi bibwira ko ari umuntu w’umunyabibazo bikaba ikibazo gikomeye rero mu gihe abasenga nabo ariko babifata. Ariko nagira ngo twibukiranye ko impamvu nyamukuru yo gusenga kwacu igomba kuba iy’Umwuka kuruta umubiri. Yesu aragaragaza ko hari abantu Data ashaka ko bamusenga, ushobora kwibaza (...)
0 | ... | 410 | 420 | 430 | 440 | 450 | 460 | 470 | 480 | 490 | ... | 1230