Ubusambanyi ni kimwe mu byaha bifite ubukana ndenga kamere muri iyi minsi, cyane ko usanga cyugarije abantu b’ingeri zose, yaba abahuje ibitsina ,urubyiruko, abapfakazi ndetse n’ abubatse ingo, ikibabaje kandi kurushaho ni uko usanga mu gihe tugezemo ubu busambanyi butakirangwa gusa mu batizera Imana ahubwo bimaze kugaragara ko na bamwe mu bakora imirimo y’Imbere mu nzu y’Imana ( Ba pasitoro, padiri n’abandi ) nabo batangiye kwandura uyu muze w’icyaha, Nyamara twibuke ko ubwinshi bw’aba (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Bakiristo mudahagurutse ngo turwanye icyaha cy’ubusambanyi kitwugarije, ntaho twaba tugana.
17 February 2016, by Ernest Rutagungira -
Yesu aramutse aje mu itorero ryawe yagushima, cyangwa yakugaya?
12 March 2014, by Simeon NgezahayoYesu aramutse aje mu itorero ryawe uyu munsi, urumva yavuga iki? Mbese yagushima, cyangwa kukugaya? Mu by’ukuri, hari ibyo yagushima ariko hari n’ibyo yakugaya. Ibyo ni na byo yakoreye amatorero 7 yo mu Aziya. Yesu abonekera intumwa Yohana ku kirwa cy’i Patimo, yamuhaye amagambo yo kwigisha no guhugura amatorero 7 yo mu Aziya. Buri torero muri ayo 7 yo mu mijyi 7 yo mu Aziya nto (Asia Minor) yahawe urwandiko ruvuye kuri Kristo, kandi urwo rwandiko rwari rukubiyemo ibyo Kristo ashima n’ibyo (...)
-
Ijuru ni ukuri ririho si ukubeshya (Ubuhamya bwa Choo Thomas wagiriwe ubuntu bwo gutemeberezwa mu ijuru)..
17 September 2012, by UbwanditsiMu mwaka wa 1992 CHOO THOMAS, umunyamerika ukomoka muri KOREA yabaye umukristo avuka ubwa kabiri. Igitera ubuhamya bwe kuba igitangaza ni uko nyuma y’imyaka ibiri yakurikiye kwihana kwe, Choo yaje gusurwa n’Umwami YESU w’ i NAZARETI. Yaje gukurwa mu isi ajyanwa mu ijuru inshuro nyinshi ubundi asura umuriro utazima inshuro ebyiri.
Choo Thomas avuyeyo, yanditse igitabo kivuga kuri izo ngendo ze , icyo gitabo acyita :" Heaven is so Real ", icyo gitabo cyagiye ahagaragara mu mwaka wa 2003. Iki (...) -
Uburusiya: Pastor Berchimas arasobanura akarengane abakristo bakorerwa.
19 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaYasomye Yohana 16:33, avuga ko Yesu ubwe yavuze ko abamwizera bazarengana, ntabwo twahawe kwizera Yesu gusa ahubwo no kubabazwa kubwa Kristo.
Mu 1929 niho bashyizeho amategeko areba abasenga, ntibyemewe kwigisha abana,abagore,urubyiruko no gusenga. Byari bibujijwe gukora ibikorwa byo gufasha. Bashyizeho abantu 3 ba leta bagombaga gucira urubanza abakristo niyo yaba adahari mubihano batangaga harimo ni urupfu.
Musengero 77000 z’aba Orthodoxe zari zihari zarasenywe hasigara 350. Insengero (...) -
Gukora ikintu kidasanzwe mu gihe kidasanzwe!
11 November 2015, by Pastor Desire Habyarimana“ Aherako abwira Dawidi ati: “ Undushije gukiranuka kuko unyituye ineza ariko njye nkakwitura inabi” 1 Samuel 24:18
Ubusanzwe gukora ikintu cyiza kidasanzwe mu gihe kidasanzwe nibyo nakwita gukiranuka nyako.
Izi nkuru ni iza Sawuli na Dawidi. Bibiliya itubwira ukuntu Sawuli yashatse kwica Dawidi inshuro nyinshi cyane, Uwiteka akajya amurokora. Muri iki gice cya 24, batubwira ukuntu noneho Dawidi yibonye ari hafi ya Sawuli, ashobora kuba yakwihorera akamwica, ariko Dawidi ntiyamwica.
“Dawidi (...) -
Wowe warakebwe by’ukuri!
8 May 2016, by Innocent KubwimanaUwiteka abwira Mose na Aroni ati ‘’Iri ni ryo tegeko kuri pasika: ntihakagire umunyamahanga urya ku byayo. Ariko umugurano w’umuntu wese yaguze ifeza, nibamara kumukeba abone kuryaho. Umusuhuke w’umunyamahanga, n’umugurano ukorera ibihembo ntibakabiryeho.
Bye gukurwa munzungo bijyanwe mu yindi. Ntugasohokane n’intongo y’iyo nyama, kandi nyimukavuneho n’igufwa na rimwe. Iteraniro ry’abisirayeli ryose rijye riziririza pasika, kandi umunyamahanga nabasuhukiramo agashaka kuziririza Uwiteka pasika, (...) -
Itorero rya ADEPR ryimitse abashumba barimo Creophas Barore uzwi kuri Radio Rwanda!
28 March 2012, by UbwanditsiMu mpera z’icyumweru gishize kuwa 24/3/2012 nibwo itorero rya ADEPR Paroisse ya Remera ryimitse abashumba bane bari bamaze igihe kitari gito ari abavugabutumwa ,uyu muhango ukaba wabereye i Remera kuri Petit Stade kuva ku isaha ya saa tatu za mugitondo kugera i saa saba z’amanywa.
Muri aba bashumba bane harimo umunyamakuru uzwi cyane kuri Radio Rwanda by’umwihariko mu kiganiro "Makuru ki mu binyamakuru" .Mu kiganiro kigufi yagiranye n’abanyamakuru ,umuvugizi w’amatorero ya Pentecote mu (...) -
Twasenga Imana dute ?
15 July 2013, by UbwanditsiMwaturire Uwiteka yuko izina rye rifite icyubahiro, muze imbere ye muzanye amaturo musengane Uwiteka ubwiza bwo kwera ( 1 Ngoma16 :29)
Aya ni amagambo Dawidi yabwiye Asafu n’abe ari kubategeka uko bazajya basenga ndetse baramya Imana ya Isirayeli. Ati "Mumwaturire ko afite icyubahiro." Iyo usomye muri icyo gice, ubona abitwa ba Asafu na ba Obededomu bari bafite ibyuma by’amajwi arenga, birirwaga bacuranga bahimbaza Imana.
Mu masengesho yacu icya mbere hakwiye kubamo guhimbaza no kuramya (...) -
Umushumba adahari intama ntizagira icyerekezo. ( Igice cya 2) Ev THEOGENE TITO HAGUMA
3 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaNINDE UGOMBA KUYOBORA? NI UMUHANUZI CYANGWA UMUPASITORO?
Nuzagera murusengero ruyobowe n umuntu ufite umuhamagaro w ubuhanuzi cyangwa ubuvugabutumwa,akaba ari we pasitoro hari byinshi bizagutangaza: uzahasanga motivations nyinshi ( ibyokere byinshi cyane) arizo ayo matorero yubakiyeho.
Intumwa (Apostles) ;Abahanuzi (Prophets); n Abavugabutumwa ( Evangelists); barangwa na inspirations na motivations ( Ubukangurambaga,n ubushyushyarugamba ) byinshi cyane. Baba bafite ubutyoza mu (...) -
We kumvira umubi ujya agushuka!
2 May 2016, by Alice RugerindindaInzoka ibaza umugore iti”Mbese koko Imana yababujije kurya ku mbuto zose z’ibiti byo muri ubu busitani?” Itangiriro 3: 1b
Muri kamere ya satani, habamo ikintu cyo gushukana, ari nayo mpamvu Imana isezeranya abazamunesha ibihembo, birimo n’ubugingo buhoraho.
Hari indirimbo ivuga ngo “ We kumvira umubi ujya agushuka, umwumviye wese aba acumuye” Inyikirizo ikavuga ngo “ Saba Yesu agufashe, agukize mu moshya, azahora akurinda , akuneshereze” Ikibi cya satani nuko nta muntu atinya, ahubwo abagaragara (...)
0 | ... | 440 | 450 | 460 | 470 | 480 | 490 | 500 | 510 | 520 | ... | 1230