“Amaraso bubikira ni ayabo, ubwabo bugingo ni bwo bacira ibico” Imigani 1 : 18.
“Ucukura urwobo azarurwamo, kandi uhirika ibuye rizamubirindukana.” (Imigani.26 :27).
Uburyo bune bwo kugwa mu cyaha ni ubu: gukingurira icyaha (kugiha urwaho), kugishyira mu bikorwa, kuganzwa n’icyaha no kubatwa na cyo.
Gukingurira icyaha ni igihe dukingura umutima tukawerekeza mu irari no kwifuza, umutima ukabyakira.
Gushyira icyaha mu bikorwa ni uburyo bwa kabiri, ariko bisa nk’aho bikiri mu bitekerezo. Icyo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Uburyo bune umuntu agwa mu cyaha - Jeremy Sourdril
11 June 2013, by Isabelle Gahongayire -
Wowe ubwawe Uwiteka ni wowe Data!
21 October 2015, by Innocent KubwimanaErega ni wowe Data wa twese, nubwo Aburahamu atatuzi, Isirayeli ntatwemere! Wowe ubwawe Uwiteka, ni wowe Data wa twese, uri Umucunguzi wacu, uhereye kera kose ni ryo zina ryawe. (Yesaya 63:16)
Mubuzima bw’umuryango tumenyereye ko kugira ngo ube witwa umuryango wuzuye hagomba kuba harimo (Papa+Mama+Abana).
Nubwo biba bimeze gutya ariko usanga akenshi ubuzima bwose bushingiye kuri uyu mugabo, kuko aba agaragara nk’aho ari we mutwe, iyo adahari usanga bitameze neza, haba n’ikibazo ugasanga (...) -
Ko iwacu ari mu ijuru ugeze he witegura gutaha. Ernest Rutagungira
5 February 2014, by Ernest RutagungiraNtimuhagarike imitima yanyu, mwizere Imana nanjye munyizere. Mu rugo rwa Data harimo amazu menshi: iyaba adahari mba mbabwiye, kuko ngiye kubategurira ahanyu. Kandi ubwo ngiye kubategurira ahanyu, nzagaruka mbajyane iwanjye, ngo aho ndi namwe muzabeyo. Kandi aho njya, inzira murayizi. “Yohana 14: 1-4”
Ndabasuhuje mu izina rya Yesu kristo, amahoro y’Imana abe muri mwe. Uyu munsi turaganira ijambo ry’Imana twahaye umutwe ugira uti “Ko iwacu ari mu ijuru ugeze he witegura gutaha" .
Akaba ari (...) -
Gasabo: ADEPR Kibagagabaga batashe urusengero rujyanye n’ icyerekezo 2020
5 August 2012, by UbwanditsiKuri iki cyumweru taliki ya 05/08/2012 ADEPR Remera ishami rya Kibagabaga yatashye urusengero rujyanye n’ icyerekezo 2020. UYu muhango wari witabiriwe n’abashumba bayoboye ama Paroisse 18 akorera mu mujyi wa Kigali ndetse na Korare Amahoro muri ADEPR Remera ikundwa n’abantu benshi cyane. Hari kandi na Bureau ya ADEPR ; umushyitsi mukuru akaba yari Umuvugizi w’ Itorero ry’ ADEPR ry’ Urwanda ADEPR Rev. Pst Usabwimana Samuel. Mbere yuko afungura uru rusengero ku mugaragaro yabanje kuvuga amateka y’ (...)
-
Ha Imana ibibazo byawe na yo iraguha ibyiza
23 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaWaruzi ko Imana yifuza kugurana nawe? Imana igufitiye ibyiza buri munota buri munsi ariko igitangaje nuko bake muri twe nibo babisingira. Imana yifuza ko tuyikoreza imitwaro yacu yose, ibibazo no kunanirwa kwacu. Na yo izakuvunjiramo amahoro yayo n’umunezero. Ikigeretseho, Imana igusezeranya kukurinda no kukwitaho.
Imana yifuza mu by’ukuri ku twitaho, ariko kugirango biyikundire nuko twe twarekeraho kugerageza kwiyitaho no guhangayikishwa ni bintu bito tudafiteho ububasha. Abantu bifuza ko (...) -
Uwiteka niwe wenyine wabasha kukurengera
6 February 2014, by Ernest RutagungiraBukeye umwami w’Abisirayeli anyuze hejuru y’inkike z’amabuye, umugore aramutakambira ati “Ndengera, nyagasani mwami.” Aramusubiza ati “Uwiteka natakurengera ibyo kukurengera ndabikura he? Ndabikura ku mbuga cyangwa mu rwengero?” Umwami aramubaza ati “Ubaye ute?” Aramusubiza ati “Uyu mugore yarambwiye ati ‘Zana umwana wawe w’umuhungu tumurye none, ejo tuzarya uwanjye.’ Nuko duteka umwana wanjye turamurya, bukeye bwaho ndamubwira nti ‘Zana umwana wawe tumurye’, none yamuhishe.” (2Abami 6:26-29). (...)
-
Wari uzi ko Yuda yihannye nubwo bitamuhiriye?
14 June 2016, by Kiyange Adda-DarleneMaze Yuda wamugambaniye abonye ko urubanza rutsinze Yesu, aricuza asubiza abatambyi bakuru n’abakuru bya bice by’ifeza mirongo itatu ati : « Nakoze icyaha,kuko nagambaniye amaraso atariho urubanza. Ariko bo baramusubiza bati : biramaze, ni ibyawe.Ifeza azijugunya mu rusengero arasohoka, aragenda arimanika.( Matayo 27 : 3-5)
Usomye mu mirongo yanyuma y’igice cya 26 aho muri Matayo uhasanga undi mwigishwa witwaga Petero nawe yari afite ikibazo, yihakanye Yesu inshuro eshatu avuga ko atamuzi. (...) -
Ni gute wahoraha inzara yo gushaka Imana? - Rick Warren
22 June 2016, by Simeon NgezahayoEse ufite inzara yo gushaka Imana? Birashoboka guhorana inzara yo gushaka Imana mu buzima bwawe bwose. Dore uburyo butane bwagufasha guhorana inzara yo gushaka Imana.
1. Ibuka uburyo Imana igukunda.
Uko urushaho kumenya uburyo Imana igukunda ni ko nawe urushaho kuyikunda. Bibiliya iravuga mu Befeso 3:18-19 ngo, “18. Muhabwe imbaraga zo kumenyera hamwe n’abera bose ubugari n’uburebure bw’umurambararo, n’uburebure bw’igihagararo, n’uburebure bw’ikijyepfo bwarwo [urukundo] ubwo ari bwo, 19. mumenye (...) -
Mbese wibuka ko Kujya mu ijuru ari ugusiganwa?
16 January 2016, by Innocent Kubwimana‘Kandi iyo umuntu ashatse kurushanwa mu bikino ntahabwa ikamba, keretse arushanijwe nk’uko bitegetswe’ ( 3Timoteyo2:5)
Narwanye intambara nziza, narangije urugendo, narinze ibyo kwizera. Ibisigaye mbikiwe ikamba ryo gukiranuka, iryo umwami wacu, umucamanza utabera azampa kuri urya munsi, nyamara si jye jyenyine, ahubwo ni abakunze kuzaboneka kwe bose. (2 Timoteyo 4:7-8)
Paulo yandikira Abagalatiya yagize ati ‘’ mbese ko mwagendaga neza, ni nde wababujije kumvira ukuri? (Abagalatiya5:7) (...) -
Bamuteye amabuye abasabira Imana imbabazi Ev Adda
9 February 2016, by Kiyange Adda-DarleneIbyakozwe n’intumwa 7:60. Arapfukama avuga ijwi rirenga ati Mwami ntubabareho iki cyaha. Amaze kuvuga atyo arasinzira.
Uyu ni Stefano uvugwa muri Bibiriya. Yabaye intwari cyane ahamya Kristo mu gihe gikomeye. Abantu bari bacyibuka ibyabaye kuri Yesu w’i Nazareti. Cyari igihe byari bikomeye kuvuga Kristo.Intumwa zarashakishwaga cyane. Barabicaga, bakababoha bakabica nabi.
Stefano intwari ya Yesu, ashira ubwoba, arahagarara abibutsa guhera mw’itangiriro ukuntu bahoze bagomera Imana, arababwira (...)
0 | ... | 140 | 150 | 160 | 170 | 180 | 190 | 200 | 210 | 220 | ... | 1230