Ikimoteri cyo muri kamere : igice cya 3: ibyo mu maraso ( urwango, intonganya, ishari, uburakari, ….)
Ni iki gituma ubona agatotsi kari mu jisho rya mwene So, ariko ntiwite ku mugogo uri mu jisho ryawe? ( Matayo 7:3)
Umwanditsi Roy HESSION w’igitabo LE CHEMIN DU CALVAIRE aragira ati: “agatotsi kari mu jisho rya mugenzi wawe, ni ikosa uba umubonaho. Gashobora kuba ari imyifatire mibi cyangwa ikintu runaka aba yagukoreye kitagushimisha.»
Arakomeza ati : « agatotsi kari mu jisho rya mugenzi (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Ikimoteri cyo muri kamere : igice cya 3
14 March 2013, by Felicite Nzohabonayo -
Imana ni umuterankunga w’Ubuzima bwawe. Pastor Desire Habyarimana
16 March 2014, by Pastor Desire Habyarimana"Maze Ishobora byose izakubera umutunzi, n’ ifeza y’ igiciro cyinshi" -Yobu 22:25-30
Imana ni byose kuri twe byaba iby’ Umwuka cyangwa ibyo mu buzima busanzwe ariko kenshi tuyizerera ibisanzwe byo mu buzima busanzwe ariko ni Imana irimo byose.
Rimwe Yesu yatanze imigati abantu barahurura ariko uwo munsi ntiyayibaha ababwira ko ariwe mutsima w’ ubugingo birababaza bahera ubwo bamuva inyuma byumvikana ko bari bamuzi uruhande rumwe ariko badashaka kumenya ko ariwe mutsima w’ ubugingo.
Iyo (...) -
Abayobozi bafite inshingano zo kuba abanyakuri n’ inyangamugayo - Jeannette Kagame
17 June 2012, by UbwanditsiKuri uyu wa 17 Kamena , I Kigali habereye amasengesho yateguwe na Madame Jeannette Kagame. Amasengesho yari afite insanganyamatsiko igira iti “Indangagaciro z’ubuyobozi n’umuryango”, agamije gufasha abagore bari mu nzego z’ubuyobozi hirya no hino ku isi, no guharanira indangagaciro z’umuryango.
Muri aya masengesho, Madamu Jeannette Kagame yabasabye kuba ’Inyangamugayo’ mu kubaka ubuyobozi no guteza imbere indangagaciro z’ umuryango. Yavuze ko abayobozi bagomba kugira uruhare mu guhindura imyumvire (...) -
Inkuru y’ihumure: Ijuru riratabara…
21 August 2012, by Pastor Desire HabyarimanaInkuru y’ihumure: Ijuru riratabara…
…………..Abacamanza5:20
Iyo umuntu agize ikibazo, agerageza gushaka ubutabazi mu buryo butandukanye. Bamwe bajya mu bapfumu, abandi bakitabaza abakomeye ngo babafashe, abandi bakaba bazi ko imiryango yabo yabatabara ariko si byose bagutabaramo, hari ibikorwa n’ Imana gusa.
Iyi nyigisho igamije kugukangurira kwiringira ijuru n’ imbaraga zaryo kuko Biblia itubwiye ko ijuru ritabara. Niba hari ibyo abantu bagutabaramo si byose kuko nta waguha amahoro yo mu mutima, (...) -
Kugira neza no kugira ubuntu ntimukabyibagirwe!
18 March 2016, by Kiyange Adda-DarleneAbaheburayo 13:16, “Kugira neza no kugira ubuntu ntimukabyibagirwe, kuko ibitambo bisa bityo aribyo binezeza Imana.”
Imana yaduhaye isi ngo tuyibemo, iduha no gutegeka ibyaremwe byose, Imana ishimwe. Umuntu yemerewe gukora icyo ashatse, gusa Imana imaze kubona ko ashobora kugira umudendezo ukabije akaba yabasha no gukora ibintu byayibabaza, yashyizeho amategeko ishyiraho n’ibihano ku bantu bose bazica ayo mategeko. Kera umuntu yakoraga icyaha Imana ikamuhana ako kanya agapfa. Ubu siko bimeze, (...) -
Kwinegura kuzana impinduka (n’izindi ngeso nziza) - Rick Warren
17 July 2013, by Simeon NgezahayoImyaka 10 ishize yampinduye bingana iki? Ntekereza ko ngenda ndushaho kwisunga Yesu. Ikinejeje mu buzima bwa Gikristo ni uko nisunze Yesu. Nawe atura uwo wisunga.
Ubu sinshyigenga cyane nk’uko nari mbere mu buzima bwanjye. Iyo ukiri umusore, uba uri icyigenge. Wishyira hejuru, ugatekereza ko uzi byose. Nta muntu wishyira hejuru kurusha umunyeshuri wiga mu mwaka wa 3 wa tewolojiya, utekereza ko agiyte gushing itorero nyamara nta kintu na kimwe aba yakagira.
Gusenya imyumvire wubatse muri (...) -
We kuba umwe mu bakerensa amaraso ya Yesu!
8 February 2016, by Alice Rugerindinda“Niba dukora ibyaha nkana tumaze kumenya ukuri, ntihaba hagisigaye igitambo cy;ibyaha, keretse gutegerezanya ubwoba gucirwaho iteka no gutegereza umuriro w’inkazi uzarya abanzi b’Imana .Uwasuzuguye amategeko ya Mose ko atababarirwaga ahubwo bakamwica abagabo babiri cyangwa batatu bamushinje, nkanswe ukandagira Umwana w’Imana agakerensa amaraso y’isezerano yamwejesheje agahemura Umwuka utanga ubuntu!” Abaheburayo 10:26-29
Yesu aturengere! Aya magambo arababaje , koko kuba umuntu amaze kumenya (...) -
Tekeli, wapimwe mu bipimo !
2 March 2016, by Kiyange Adda-DarleneTekeri bisobanurwa ngo : « wapimwe mu bipimo, ugaragara ko udashyitse. » (Daniel 5 :27)
Umwami Belushazari yari umwami w’i Baburoni. Yakoresheje ibirori, atumiza ibikombe bakuye mu rusengero i Yerusalemu ngo abe aribyo banywesha inzoga, basenga ibishushanyo bariyanduza cyane. Bakibyina, umwami abona ikiganza kiri kwandika ku rusika ngo : « Mene mene tekeli ufarisini ».
Umwami yagize ubwoba bwinshi, abapfumu ntibabasha kumusobanurira ibyo ari byo, nyuma haza Daniyeli umukozi w’Imana wari yuzuye (...) -
Urufunguzo rw’ububasha satani atugiraho rubitswe mu guhitamo kwacu
2 September 2015, by Ernest RutagungiraBenshi imitima yarabakutse, ubwoba nibwo buranga ubuzima babayeho, abandi bahora mu gihirahiro ntibemeza cyangwa ngo bahakane niba ubwami bw’ijuru ari ubwabo ahubwo bati Imana niyo ibizi.
Benedata nshuti, n’ubwo benshi babayeho muri ubu buzima bw’ubwoba, uyu mwanya mbafitiye inkuru y’ibyiringiro, ko ntacyo uburyarya bwa satani bukibatwaye kuko ububasha satani atugiraho rubitswe mu guhitamo kwacu, mu yandi magambo nta bufasha satani azatugiraho tutabigizemo uruhare. Iyo dusomye ijambo (...) -
Waba wumva urushye cyane mu mutima ukaba ukeneye kuruhuka!
10 March 2014, by Alice RugerindindaByari byakubaho ko wumva urushye? Waba usuhuza umutima ku mpamvu zitandukanye? Waba urara udasinziriye kuko wabuze ibitotsi,kuburyo ijoro rigukeraho wananiwe no gufunga ijisho! Waba wibaza ibibazo byinshi ku buzima bwawe ukabiburira igisubizo! Waba ugeze igihe wumva wiyanze ndetse utekereza ko gupfa bikurutira kiubaho?
Hari ahantu namenye wasanga igisubizo.
“Mwese abarushye n’abaremerewe, nimuze munsange ndabaruhura. Mwemere kuba abagaragu banjye munyigireho, kuko ndi umugwaneza kandi (...)
0 | ... | 150 | 160 | 170 | 180 | 190 | 200 | 210 | 220 | 230 | ... | 1230