…Kuko upfa kurya akanywa atitaye ku mubiri w’Umwami aba aririye kandi anywereye kwishyiraho gucirwaho iteka. Ndetse nicyo gituma benshi muri mwe bagira intege nke,abandi bakarwaragurika, abandi benshi bakaba basinziriye.(1 Abakorinto 11:29-30).
Kurya ifunguro ryera, guhazwa cyangwa se guhabwa ukarisitiya ni umwe mu mihango Mitagatifu/ Yera abakirisitu bahora bakora, buri gihe bibuka urupfu n’izuka bya Yezu/Yesu, bikaba bikorwa buri gihe nk’uko nyirubwite yabibasabye mbere y’uko abapfira (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Ukarisitiya cyangwa ifunguro ryera bishobora gutera kurwaragurika ?
17 November 2011, by Ubwanditsi -
Uhamagarirwa gufasha mugenzi wawe
13 March 2016, by Emmanuel KANAMUGIREAhari waba wibaza uti « Mbese Mugenzi wanjye ni nde ? » nk’uko Yesu na we mu gihe yari akiri ku isi hari abajyaga bamubaza iki kibazo.
Ushobora kubona igisubizo mu ijambo dusanga mu buhanuzi bwa Yesaya (Ibice 58) :
« Shyira ejuru uvuge cyane we kugerura, rangurura ijwi ryawe nk’ikondera, ubwire ubwoko bwanjye ibicumuro byabwo, ubwire inzu ya Yakobo ibyaha byabo.
Icyakora banshaka uko bukeye bishimira kumenya inzira zanjye, nk’ishyanga ryakoraga ibyo gukiranuka ntirireke amategeko y’Imana (...) -
Kurambagizanya kw’abakijijwe. Pasteur Rukundo
17 November 2013, by Ubwanditsi1. Kumara igihe abitegura kurushinga bakundana cyangwa se ‘’fiançailles’’, n’iki ?
Urebye mu nkoranyamagambo, fiancaille ni igihe kiba hagati yo kwemeranwa kuzashakana no gushakana nyirizina. Fiancé : Bivugwa kumuntu wemeye kuzubakana urugo n’undi, bombi bakabyemeranwaho.
Ubwo busobanuro bubiri burumvikana neza, ni nabwo bwemewe muri Bibiriya(Mariya Yosefu bari abafiance mbere yuko Mariya atwita Yesu kubwo imbaraga z’umwuka Wera. Luka 2:5)
2. Ni kuki hagomba kubaho igihe hagati yo guhana (...) -
IBINTU 4 UMUKRISTO AKWIYE KUBAKA MU MIBEREHO YE. (Igice cya 4) Rev Mugiraneza
23 July 2015, by Pastor Desire HabyarimanaHari imbaraga zituruka mu kwibuka urupfu rwa Yesu
Ubushize twabonye inkingi ya kabiri ivuga ko umuntu atihagije agomba gusabana n’abandi (fellowship) nayo ya kurikiraga inkingi yo gukunda ijambo ry’Imana. Ubu tugiye kurebera hamwe inkingi ya gatatu ivuga ku kwibuka urupfu rw’Umwami Yesu binyuze mukumanyagura imitsima (Ibyakozwe n’ntumwa 2:42).
Mbere yuko Yesu asubira mu ijuru yasize ashyizeho imihango ibiri igomba kubahirizwa ni uwari we wese umwizera. Ikaba ari iyi ikurikira : Umubatizo (...) -
Amabanga ahindura umuntu kuba uwo kwifuzwa
2 August 2013, by UbwanditsiAMABANGA AHINDURA UMUNTU KUBA UWO KWIFUZWA (Secrets that transform you to become a social man)
Ijambo ry’Imana rivuga cyane ku birebana n’imibereho y’abantu n’imibanire yabo. Iyo ugerageza buri gihe kugenzura ibirebana n’ubushake bw’Imana, ubirebera mu gitabo cy’Itangiriro mu gice cyaho cya 2:7-22), aho herekana igihe Imana yaremaga umuntu, Bibiliya itubwirako Imana yitegereje umugabo ibona atari byiza ko yaba wenyine nuko iherako imuremera umufasha umukwiriye, nyuma yaho babona urubyaro nuko (...) -
IBYISHIMO BYANJYE BIRUTA IBINDI "YERUSALEMU YO MU IJURU" Zab.137:5-6
27 September 2013, by UbwanditsiUmudugudu utabamo intambara, imfubyi ntizihakubitirwa, inzugi zaho nta ngufuri zibaho kuko nta bajura , nta bitaro bibayo kuko nta barwayi, nta manywa nta joro, nta rusengero rubayo kuko Imana n’Umwana wayo ari bo rusengero…
Ntitwabisobanuza ubwenge nk’uko Bibiliya yavuze ngo: ”Iby’ijisho ritigeze kureba, n’ibyo ugutwi kutigeze kumva, ibitigeze kwinjira mu mutima w’umuntu…” (1Abak.2:9)
Ni ururembo Aburahamu n’abizera basezeranijwe bakarutegereza, umudugudu Imana yubatse ikawurema.
“Kuko (...) -
Intambwe zo gukura mu buryo bw’Umwuka
16 July 2015, by Innocent KubwimanaUwo muntu agana iburasirazuba, afite umugozi mu ntoki wo kugeresha agera mikono igihumbi, anyuza muri ayo mazi, amazi angera mu bugombambari. Arongera agera mikono igihumbi, anyuza muri ayo mazi, amazi angera mu mavi. Arongera agera mikono igihumbi, anyuza muri ayo mazi, amazi angera mu rukenyerero. Arongera agera indi mikono igihumbi, aba abaye umugezi ntabasha kwambuka, kuko yari abaye amazi menshi yakwambukwa n’uzi koga, ari umugezi utambukishwa amaguru. Ezekiyeli 47:3-5
Mu buzima (...) -
Yesu akwiye kutwiyereke ukundi gushya. Pastor Desire
30 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaYohana 21 :1-9 Yesu yiyereka abigishwa ku Nyanja yitwa Tiberiya.
Theme: Yesu atwiyereke ukundi gushya.
Igihe Yesu yaratoranyaga abigisha yaraye asenga ijoro ryose, ntakwibeshya na kumwe kwabayeho mubo yahamagaye bose kuko na Yuda burya yari afite impamvu nawe agiye mu bandi:kwari ukuzamugurisha akaba ikiraro tugacungurwa. Ku bakunda Imana, byose bifataniriza hamwe kutuzanira ibyiza. Abaroma 8:28 niyo mpamvu dushima umusalaba kandi wari uwo kubambaho ibivume : kuri twe ni ibyirato byacu (...) -
Dore umugore mwiza Bibiliya igushimira!
5 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaAbantu mu gutoranya abazababera abagore bahera ku bintu bitandukanye.Hari abibanda ku buranga, nyamara Bibiliya ivuga ko umugore mwiza ari ufite umutima. None se umugore ufite umutima wamubwirwa n’iki ?
Mu gitabo cy’Imigani 31 urahasanga ibimuranga :
10: Umugore w’imico myiza ni nde wamubona ? Arusha cyane rwose marijani(perles) igiciro
11: Umutima w’umugabo we uhora umwiringira kandi ntazabura kunguka
12: Ahora amugirira neza ntabwo amugirira nabi, igihe cyose akiriho
13: Ashaka ubwoya (...) -
Yazutse nyuma yo kujugumywa ku magufa y’uwapfuye mbere ye umwaka wose.
25 January 2016, by Ernest RutagungiraBukeye Elisa arapfa baramuhamba. Undi mwaka utashye ,ibitero by’abamowabu bitera icyo gihugu , bucyeye hariho abajya guhamba umuntu, barabukwa igitero kimwe ,bajugunya uwo mupfu mu gituro cya Elisa. Nuko intumbi igwiriye amagufwa ya Elisa, ako kanya uwo muntu arazuka , arabaduka arahagarara ( 2 abami 13:20-21) Umuntu w’Imana Elisa bibiliya imuvugaho kuba yaritanze cyane mu murimo w’Imana, ndetse Imana nayo ikabimukundira ndetse ikamuha n’impano zirimo gukora ibitangaza byinshi cyane, nko (...)
0 | ... | 170 | 180 | 190 | 200 | 210 | 220 | 230 | 240 | 250 | ... | 1230