Umushumba agomba kugira ubwenge bwo kwigisha 1Timoteyo 3:2
Nk’ uko byavuzwe mu ijambo ry’ ibanze, kubwiriza no kwigisha n’ ibice bibiri by’ umurimo w’ Imana umwe. Umubwiriza ni umwigisha. Tubasha kwigisha gusa ibyo twize. Kubw’ ibyo, umubwiriza agomba guhora ari umunyeshuri w’ Ijambo ry’ Imana. Mu buryo bumwe, twavuga ko ababwiriza batajya barangiza kwiga.
Ibuka: Kwigisha bisaba byinshi birenze kuba ufite ubwenge. Kugirango ube umwigisha mwiza, ugomba kuba uri umuntu mwiza. 1 Timoteyo 2:24-25 (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Ibintu bitandatu umushumba agomba kuba byo! (Igice cya 4)
16 December 2012, by Pastor Desire Habyarimana -
Imwe mu mikorere ya Anti-Kristo mu gihe cya none
24 September 2015, by Innocent KubwimanaAnti-kristo cyangwa se anti-christ mu cyongereza, ni amagambo abiri afatanye; Anti: bisobanura kurwanya, na Christ: bisobanura Kristo; muri make antikristo bisobanura: urwanya Kristo.
Urwanya Kristo rero nta wundi ni satani. Nk’uko Imana ari Umwuka, antikristo nawe ni umwuka ntushobora kumurebesha amaso y’umubiri. Nk’uko n’Imana udashobora kuyirebesha amaso y’umubiri, kandi nk’uko udashobora kubona ingabo z’Imana arizo bamarayika n’amaso y’umubiri, ni na ko n’ingabo za satani (antikristo) ari zo (...) -
Sohora Ijambo, Maze Uzanishe Impinduka! Pasitori Anita
22 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaArababwira ati “Nimujugunye urushundura iburyo bw’ubwato, murafata.” Nuko barajugunya ntibaba bakibasha kurukurura, kuko ifi zari nyinshi (Yohana 21:6).
Igihe kimwe, nyuma yo kuzuka kwe Umwami Yesu yabonekeye abigishwa be bavuye kuroba, ariko bacyuye ubusa. Abigishwa bari bakoze ijoro ryose mu nyanja ariko ntibagira icyo bafata. Yesu ababonekeye mu gitondo, ababaza niba bagize icyo bafata, bamusubiza ko ntacyo. Nuko Yesu arababwira ati “Nimujugunye urushundura iburyo bw’ubwato, murafata.” (...) -
Icyo Imana inshakaho ni iki? - Michel Roux
12 June 2013, by Simeon NgezahayoIki ni ikibazo gikomeye. Gushakashaka uko wamenya ibyo Imana ishaka kugira ngo ube ari byo ukora, ni uguhora witondera ubuziama Imana iguha kubaho.
Duhora twibeshya ku mpamvu Imana yivanga mu buzima bwa muntu ikoresheje ijambo ryayo, mu buzima busanzwe.
kwibaza ku Mana cyane, no ku byanditswe byera, n’ibitekerezo bishingiye kuri tewolojiya nta cyo bimarira umuntu kuko bitabasha guhindura imyitwarire y’umwizera n’imiterere ye. Ijambo ry’Imana ritabayeho, tewolojiya yahinduka inyuguti zipfuye. (...) -
Ibitangaza bibaho pe amagufa ya Elisa yazuye intumbi!
3 April 2014, by Kiyange Adda-Darlene2 Abami 13: 21 : “ Bukeye,hariho abajyaga guhamba umuntu, barabukwa igitero kimwe, bajugunya uwo mupfu mu gituro cya Elisa.Nuko intumbi igwiriye amagufa ya Elisa ako kanya uwo muntu arazuka, arabaduka arahagarara.”Elisa yari umuntu w’Imana afite imbaraga z’Imana igihe yari akiriho ariko no mu gituro cye hasigaye amagufa gusa ibitangaza byarakoretse intumbi ijugunywe ku magufa ye irazuka kuko Imbaraga zizura abapfuye zari zikiri muri we nubwo yari yarapfuye.
Umuntu ashobora kugeragezwa kugeza (...) -
Uwo tutabana ni umwanzi wanjye, kandi uwo tudateraniriza hamwe arasandaza! - Dan Delzell
4 March 2014, by Simeon NgezahayoHariho abantu batizera Kristo, kandi bakaba batanamwanga. Abo wabavugaho iki? Ntibashaka kwitirirwa Yesu. Ariko se ibyo birashoboka? Ntibishosoka, ahubwo niba udakunda Kristo uramwanga! Yesu yaravuze ati “Uwo tutabana ni umwanzi wanjye, kandi uwo tudateraniriza hamwe arasandaza” Matayo 12:30.
Hariho abavuga bati "Ariko sinanga Yesu. Gusa simbwizera nk’Umwami wanjye n’Umukiza!" Ubwo rero icyo ni icyemezo ntakuka uba wafashe, kandi benshi bafata bene ibi byemezo. Ariko kwanga kwitirirwa Yesu (...) -
Kwibuka 22: Umudugudu wa ADEPR Nyakabanda waremeye umukiristo wacitse ku icumu utishoboye
13 June 2016, by Ernest RutagungiraKuri uyu wa Gatandatu tariki ya 11 kamena 2016, barangajwe imbere n’umunyamabanga mukuru wa ADEPR mu u Rwanda,abakirisito ba ADEPR umudugudu wa Nyakabanda bakoze umuhango wo kwibuka Genocide yakorewe abatutsi, igikorwa cyaranzwe n’urugendo rwo kwibuka ndetse no kuremera umwe mu bakirisito b’uyu mudugudu wacitse ku icumu utishoboye.
Uretse umunyamabanga mukuru wa ADEPR, uyu muhango witabiriwe n’Umuyobozi wa IBUKA mu umurenge wa Niboyi, aba kirisito n’abandi bayobozi batandukanye bo muri iri (...) -
Ku bw’amategeko hapfuye 3000 umunsi 1; ku bw’ubuntu hakizwa 3000 umunsi 1 (Amateka ya Pantekote)
20 May 2016, by Innocent KubwimanaPantekote biva ku ijambo ryo mu rurimi rw’Ikigereki pentekostos, risobanura uwa 50. Ni umunsi mukuru w’Abayuda, Shavuoth, rimwe na rimwe mu Isezerano rya Kera witwaga Umunsi mukuru ukurikira amasabato arindwi (Kuva 34:22; Abalewi 23:15; Kubara 28:26; Guteg. 16:9-12). Andi mazina uyu munsi witwaga ni aya ngo: Umunsi mukuru w’isarura n’umunsi mukuru w’umuganura (Kuva 23:16; Kubara 28:26). Mu Isezerano rya Kera, Pantekote yaziririzwaga ku munsi wa 50 nyuma y’aho umutambyi atambiye umuganda w’ituro (...)
-
Yageragejwe kubera inzozi ze !. (Igice cya 1) Evangeliste Kiyange Adda Darlene
31 May 2016, by Kiyange Adda-Darlene"Yosefu arota inzozi azirotorera bene se, barushaho kumwanga." Itangiriro 37 : 5
Abenshi muri twe, twibwira ko iyo umuntu agira umutima mwiza, akagira umutima utamucira urubanza imbere y’Imana, ko ibintu bye byose bigenda neza, bikajya imbere nta nzitizi.
Kubera iki ? Ni ukubera ko nubwo twaba tutabizi, ariko tuberewe no guhabwa umugisha N’Imana. Noneho umuntu akumva ko nakora icyiza ijuru rihita rikinguka agahita abona ibyo Imana yamusezeranije ; ariko ikibazo siko bimera.
Si byiza ko (...) -
Nyuma y’ ibyabaye muri ADEPR abayobozi bashya bajyanye aba Pasitori mu ngando
28 November 2012, by UbwanditsiNyuma byavuzwe mu itorero rya ADEPR hari impande zisa n’izihanganye, ubu abayobozi bashya bashyizweho ngo bayobore iryo torero berekeje mu Ngando i Nkumba mu Karere ka Burera Intara y’Amajyaruguru.
Ubwo yatangizaga ingando y’iminsi irindwi y’aba bakozi b’Imana, Minisitiri muri Perezidansi ya Repubulika Tugireyezu Venantie, yasabye aba bashumba kugira indangagaciro z’umuyobozi mwiza, baharanira inyungu z’abo bayobora bakirinda amacakubiri n’ingengabitekerezo ya Jenoside.
Amakuru dukesha Imvaho (...)
0 | ... | 180 | 190 | 200 | 210 | 220 | 230 | 240 | 250 | 260 | ... | 1230