Mu ijoro ryo kuwa Gatanu Ihuriro ry’Abakrisitu bakora cyangwa bafite ibigo by’imari bitandukanye (Christian Financial Forum) bahuriye hamwe bishimira ibyiza Imana yagejeje ku Rwanda mu gihe ibindi bihugu byo ku isi byagize ibibazo bikomeye mu nzego z’imari zabyo bakaba bsabwe kubera bagenzi babo n’isi muri rusange igisubizo nk’abantu bazi Imana.
Uyu muhango wari wiswe Thanksgiving Dinner wari witabiriwe n’abayobozi n’abandi banyacyubahiro batandukanye mu ijambo bagiye bavuga bibanze ku (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Abakrisitu bakora mu mari basabwe kuba urugero
9 January 2012, by Ubwanditsi -
Akamaro ko Gushima Imana (Thanks Giving)
13 August 2012, by UbwanditsiZaburi 50,14-15 : " Utambire Imana ishimwe, Uhigure umuhigo wawe. Unyambaze ku munsi w’amakuba n’uw’ibyago, nawe uzashima."
NI IYIHE MPAMVU ITUMA DUSHIMA ? ( Why Thanks giving ? )
Ubundi gushima biri mu nshingano z’Umwana w’umuntu. Ubusanzwe iyo umuntu akugiriye neza uramushima uti :" MURAKOZE - MERCI - THANKS,..." Abantu benshi bibeshya ko gushima biza nyuma yo kubona ibyo basezeranyajwe. Nyamara ibi sibyo kuko Ubusanzwe iyo umaze gusenga, ugahabwa isezerano, hakurikiraho gushima, ubundi (...) -
Umunyarwanda yirukanywe muri Zimbabwe kubera gushaka gushinga idini risenga Shitani
13 September 2012, by UbwanditsiLeta ya Zimbabwe yafashe icyemezo cyo kwirukana Umunyarwanda witwa Busy Mana Theoneste wari wayandikiye asaba uburenganzira bwo gutangiza idini ryemera kandi risenga Shitani.
Uyu Munyarwanda Busy Mana Theoneste na bagenzi be babiri b’Abanyekongo: George Rene Lungange na Ngendo Brangsto b’Abanyekongo bageze muri Zimbabwe ari impunzi, bajya gucumbikirwa mu nkambi yitwa Tongogara mu gace ka Chipinge.
Bageze muri iyo nkambi, basabye ko bakingura imiryango y’idini yabo bemera ya Shitani, ariko (...) -
Komeza ibyiringiro byawe mu Mana
24 July 2015, by Umumararungu ClaireImana iraguhamagarira kugirango ubashe gukomeza ndetse no kubasha gusobanura impamvu z’ibyiringiro byawe, ni iki kigutera kwizera, mbese ibyo uvuga ubihagazeho?
Kwizera ni ukumenya rwose ibyiringirwa udashidikanya ko bitazaba, kandi ni ko kuduhamiriza ibyo tutareba ko ari iby’ukuri. Abaheburayo 11.1
Niba nta byiringiro ugira kwizera kwawe kuba kurwaye. Umwanzi w’ubugingo bwawe arabizi, niyo mpamvu akoresha uko ashoboye kugira ngo agukamuremo na duke ufite.
Wimwemerera gutakaza ibyiringiro (...) -
Icyaha cyose kigira ingaruka. Evangeliste Kiyange Adda- Darlene
15 January 2014, by Kiyange Adda-Darlene2 Samweli 1:14-15: Dawidi aramubaza ati: ni iki cyatumye udatinya ugahangara kuramburira ukuboko kwica umuntu Uwiteka yimikishije amavuta?Dawidi ahamagara umwe wo mu basore ati : mwegere umusumire. Aramusogota arapfa.
Uyu ni umwana w’umwamaleki w’umunyamahanga yanyuze aho umwami Sawuli yari ari ku rugamba ku musozi witwa Gilibowa yarashwe asigajeho gato agapfa. Uyu mwamaleki yazanye inkuru y’uko yamusogose agapfa azi ko nta kibazo kuko ngo n’ubundi Sawuli atari bukire. Ubwo kandi yari azi (...) -
Pasitori Ndinda Onesphore yitabye Imana
26 January 2013, by Frere ManuMugitondo cy’uwa gatanu tariki 25 mutarama 2013 ni bwo umukuru w’itorero rya Gisenyi Pastor NDINDA Onesphore yitabye Imana! Nyakwigendera akaba yashyinguwe kuri uyu wa gatandatu 26/01/13.
NDINDA Onesphore yavutse mu mwaka 1950 avukira Kingogo Muri Ngororero Binana. Yashakanye n’umufasha we MUKANTABANA Anastasie mu mwaka 1980 babyaranye abana 7 batatu bitaba Imana. ubu asize abahungu 3 n’umukobwa 1 ndetse n’abuzukuru 2.
Yatangiye ivuga butumwa afite imyaka 20 aho yakoreraga umurimo w’Imana mu (...) -
Amabanga ahindura umuntu kuba uwo kwifuzwa(Igice cya nyuma) Pastor Kazura Jules
5 March 2014, by Pastor Kazura JulesAMABANGA AHINDURA UMUNTU KUBA UWO KWIFUZWA (Secrets that transform you to become a social man) Igice cya VI
Iyi ni inyigisho ya gatandatu aho turebera hamwe bimwe mu bidutera kubura inshuti cyangwa ubucuti bwacu bukaba buri gihe ubw’igihe gito kandi bidakwiye, kuko twaremewe kubana n’abandi mu mahoro. Mu nyigisho zishize twari twarebeye hamwe eshanu mu mpamvu zitera umuntu kuba atifuzwa, bigatuma abantu batamwiyegereza. Iya mbere yari Gushaka Iteka kuba uw’imbere “KWIBONEKEZA”, iya kabiri yari (...) -
Imirongo 5 yo muri Bibiliya yafasha abaruhijwe n’ubusore! - Tyler O’neil
12 September 2013, by Simeon NgezahayoMu matorero yibanda ku mumaro wo gushaka ndetse no mu muco wibanda ku byiza by’imibonano mpuzabitsina, Abakristo bakiri ingaragu bahura n’ibibazo byo kwisuzugura (kumva badashyitse) kandi bagahorana icyuho. Nyamara Bibiliya itanga ibisubizo byo kubakomeza. Kuri uyu wa kabiri, June Hunt uyobora umuryango w’ivugabutumwa Hope For The Heart ministries (Ibyiringiro by’umutima) yaravuze ati "Hari abantu benshi bashyingirwa kugira ngo bagire agaciro, kuko bumva kuba ingaragu nta gaciro bibahesha. (...)
-
Impamvu 4 abakristo baheraho bemeza ko iherezo ry’isi ryegereje
15 June 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUmuco wacu uragenda umenyera cyane ingingo ndetse n’inkuru zerekeranye n’iby’imperuka, uruhuri rw’ibiganiro byo kuri za televiziyo, na za filime z’impimbano zikinamo abazimu, ibyorezo ndetse n’ibindi bintu biteye ubwoba bigaragaza imperuka. Nyamara igitekerezo cy’Intambara iheruka ya Armageddon si bene izo filime n’udukino abantu bashyiraho bagamije kwikinira no kwinezeza, uko bikubiye muri tewolojiya ya gikristo, bigenda binagira ingaruko ku uko abakristo bagiye basoma, basobanura ndetse (...)
-
Koresha iyi Noheli, utyaze intego y’umugambi w’Imana kuri wowe!
24 December 2015, by Simeon NgezahayoUmutambyi mukuru arahaguruka ahagarara hagati, abaza Yesu ati “Mbese ntiwiregura na hato? Ntiwumvise ibyo aba bakureze?” Aricecekera ntiyagira icyo amusubiza.
Umutambyi mukuru yongera kumubaza ati “Mbese ni wowe Kristo koko, Umwana w’Imana idahinyuka?” Yesu aramusubiza ati “Ndi we, kandi muzabona Umwana w’umuntu yicaye iburyo bw’ubushobozi bw’Imana aje ku bicu byo mu ijuru.” —Marriko 14:60-62
Noheli iraje! Ibirugu byarubatswe, imirongo ni miremire, parking zuzuye amamodoka, amazu ararimbishijwe (...)
0 | ... | 1140 | 1150 | 1160 | 1170 | 1180 | 1190 | 1200 | 1210 | 1220 | 1230