Kwatura ibyaha nyakuri k’umukiranutsi ni ukuhe? Ni ukwatura ko akora ibyaha buri munsi, ariko akizera ko hashize imyaka ikabakaba 2,000 Yesu abikuyeho.
Yesu yikoreye ibyaha byacu, abikorewe na Yohana umubatiza ubwo yamubatirizaga mu ruzi rwa Yorodani.
1 Yohana 1:9 haravuga ngo “Ariko nitwatura ibyaha byacu, ni yo yo kwizerwa kandi ikiranukira kutubabarira ibyaha byacu no kutwezaho gukiranirwa kose.” Ibi bisobanura ko umuntu wiyemeje kwizera ijambo ry’amazi n’Umwuka agomba kwatura ibyaha bye, (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Kwatura Ibyaha k’Umukiranutsi – Rev. Paul Yonngi Cho
31 July 2013, by Simeon Ngezahayo -
Kuba ukiriyo n’icyo kintu gikomeye ufite
29 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIBAZE NAWE!
Luka 13:1-5 Muri icyo gihe hari abantu bari bahari bamutekerereza iby’Abanyagalilaya, abo Pilato yavangiye amaraso yabo n’ibitambo byabo. Yesu arabasubiza ati"Mbese mugira ngo abo Banyagalilaya bari abanyabyaha kuruta abandi Banyagalilaya, ubwo bababajwe batyo?
Abantu begereye Yesu bamubwira amakuru y’abanyagalilaya biciwe mu rusengero na Pilato. Babibvuga bumvaga abapfuye barazize ibyaha bakoze. Muri icyo gihe hari na none n’andi makuru y’abantu 18 bari bagwiriwe n’umunara w’i (...) -
Wicika intege ibyakubayeho bibi Imana igiye kubihindura byiza. Pastor Desire
28 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIbyakubayeho bibi Imana igiye kubihindura byiza
Kandi tuzi yuko ku bakunda Imana byose bifataniriza hamwe kubazanira ibyiza, ari bo bahamagawe nk’uko yabigambiriye, (Abaroma 8:28)
Bitewe n’ ibyo umaze igihe unyuramo ugeze aho ushidikanya urukundo rw’ Imana uribaza uti: Imana iramutse inkunda kuki yemeye ko ibi byose bimbaho? Ko mvukira aha hantu, ko mbana n’ uyu muntu, ko mpomba, ko nshomera, ko nkena, ko banyanga, ko mbura ababyeyi, ko ndwara, ko mpora mu gutsindwa n’ ibi byaha,...bimwe (...) -
Kuki Yesu yabatijwe muri Yorodani? – Rev. Dr. Paul Yonggi Cho
20 August 2013, by Simeon NgezahayoIjambo ry’Imana riduhishurira iki? Riduhishurira gukiranuka kw’Imana.
Noneho reka twibaze ubwo Umutambyi Mukuru uva mu ijuru (Yesu) yahuraga n’umutambyi mukuru wa nyuma w’abantu (Yohana Umubatiza). Aha tubasha kubona gukiranuka kw’Imana ku bw’umubatizo, wahongereye ibyaha byose by’abari mu isi.
Yohana Umubatiza wabatije Yesu yari mukuru kuruta ababyawe n’abagore bose. Muri Matayo 11:11, Yesu yari yarahamije ati “Mu babyawe n’abagore bose ntihigeze kubaho umuntu uruta Yohana Umubatiza.” Nk’uko ku (...) -
Babyeyi, ntimucogore!
11 October 2013, by Kiyange Adda-DarleneHashize iminsi, hari kuwa gatandatu mu gitondo ubwo nari mfitanye gahunda na mugenzi wanjye ijyanye n’akazi, hanyuma tujya ahantu turicara tubanza gufata amafunguro ya mugitondo. Nkuko byari bisanzwe, jye na mugenzi wanjye twahuriye ahantu abantu bafatira amafunguro (restaurant). Mu gihe twari twatangiye ikiganiro cyacu, nabonye ibintu byantangaje cyane, bituma nshaka kubikurikirana kugira ngo menye ibyaribyo.. Mu nguni ya ha hantu twari twicaye, hari hicaye umugabo ari kumwe n’umuhungu we (...)
-
Ingeso tutareka zigira ingaruka kuri benshi - Pastor Désiré
29 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaYosuwa 11:22 Nta muntu n’umwe wo mu banaki wasigaye mu gihugu cy’ Abisirayeri keretse i Gaza, i Gati, na Ashidodi niho hasigaye bamwe.
Ubundi gukizwa ni ukumaramaza, ugakizwa ugamije kutagira icyo usiga kuko ingeso yose ya kamere yaba iyo wita nto utayihanye yazakugiraho ingaruka mbi utayiretse.
Kandi ingeso zirabyarana, irari riratwita rikabyara icyaha, icyaha kikazabyara urupfu. Twige gukizwa ari ntacyo dusize kuko dukwiye kuba abakristo mu bintu byose kuzageza gupfa.
Mu gitabo cya 1 cya (...) -
Ubuhamya: Yatandukanije inyanja mbyirebera!!
7 April 2016, by Alice Rugerindinda“ Yesu Kristo uko yari ari ejo, n’uyu munsi niko ari kandi niko azahora iteka ryose” Abaheburayo 13:8
Hari igihe dusoma amagambo yo muri bibiliya , umuntu akayafata nk’inkuru ariko ni ukuri gusa. Najyaga nibaza ukuntu inyanja yatandukanye abisirayeri bakayambuka nkabambuka kubutaka , nkumva simbishyikira , ariko nanjye nabonye Imana itandukanya inyanja ndatambuka nkuwambuka ku butaka .
Hari umuntu twabanye igihe kirekire akajya iteka atubwira ngo buri muntu navuge ikintu Imana yigeze (...) -
Yesu ntakiri mu mva, ni muzima ibihe byose
19 August 2015, by Innocent Kubwimana‘Ntari hano kuko yazutse nk’uko yavuze, nimuze murebe aho Umwami yari aryamye.’’ Matayo 28.6
Ubwo Yesu yari amaze kuzuka, abasirikare bari barinze imva ye baguye igihumure, bikubita hasi ariko bamaze kuzanzamuka bamenya ko Yesu yazutse, babibwiye abatware barabihanangiriza yemwe babaha n’ibiguzi kugira ngo iyo nkuru rwose bayiceceke hatagira n’umwe ubimenya.
Ahubwo bababwira ko bagomba kugenda bavuga ko abigishwa be baje nijoro bakamwiba, ariko burya inkuru nziza ntijya yihishira, (...) -
Ubukwe butangaje!
16 January 2012, by UbwanditsiKuri iki cyumweru taliki 15 Mutarama 2012, Mu itorero rya ADEPR NYAKABANDA ( ryubatswe munsi ya Hotel Alpha Palace) Mu giterane cyabo bise icyububyutse ni ho twasanzwe umuryango ufite ubuhamya buteye kwibaza byinshi,nta bandi rero ni Bwana NTIRUGIRISONi Theoneste n’Umufasha we Saverina NYIRAHABABAKWITONDA bakomoka mu cyahoze ari intara ya Kibuye i Ruberengera ho mu karere ka Karongi, bakaba bamaze imyaka umunani bakoze ubukwe bwitabiriwe kdi bugatangaza abantu benshi, kubera ikinyuranyo (...)
-
Umushumba adahari intama ntizagira icyerekezo. ( Igice cya 1) Ev THEOGENE TITO HAGUMA
23 August 2015, by Pastor Desire HabyarimanaUMUSHUMBA (PASITORO) ADAHARI ; INTAMA NTIZAGIRA IKEREKEZO (DIRECTION)
Ubwo Yesu yavugaga ngo ninjye mwungeri (mushumba) mwiza yashakaga gusobanura iki? Ijambo umwungeri cg umushumba muri YOHANA 10:11 ni ijambo riva mu rurimi rw’Ikigiriki POIMEN( soma POY-MANE) risobanura umwungeri cg umushumba.
Nuko aha bamwe kuba intumwa ze, n’abandi kuba abahanuzi, n’ abandi kuba ababwiriza butumwa bwiza, n abandi kuba abungeri n abigisha -ABEFESO4:11. Aha ushobora kubona wowe ubwawe ko ijambo umwungeri cg (...)
0 | ... | 1140 | 1150 | 1160 | 1170 | 1180 | 1190 | 1200 | 1210 | 1220 | ... | 1230