“Yewe mwana w’ umuntu we, yakweretse icyiza icyo ari cyo. Icyo Uwiteka agushakaho ni iki? Ni ugukora ibyo gukiranuka no gukunda kubabarira, no kugendana n’ Imana yawe wicisha bugufi (Mika 6:8).
Kamere y’ Imana ni ukugira neza gusa nibyo tutasabye irabiduha nibyo twe tubona ko ari bibi agenda abihinduramo ibyiza. Ariko rero hamwe niyo neza y’ Imana yose itugirira hari icyo idusaba:
1.Gukora ibyo gukiranuka:
Gukiranuka nibyo bikwiye kuranga abana b’ Imana kuko n’ uwo twiringiye ari umukiranutsi (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Tugire umuco wo gukunda kubabarira. Pastor Desire
27 August 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
INZIRA 10 WAHAKANIRAMO UMUHUNGU - PASTOR CHRIS JORDAN
9 May 2013, by Simeon NgezahayoIkiganiro hagati ya Kyle Neufeld na Liza Jordan
Buri wese arabikora! Niba ari uko biri, ntibikomeye kubona undi mubikorana, birakomeye se?
Iyo uba unkunda uba undetse. Iyo uba unkunda ntuba unshyizeho imbaraga.
Urashaka kwicara inyuma? Oya, murakoze ndashaka ko tugumana hano imbere.
Ntugire ikibazo, ndakoresha agakingirizo. Niba utaretse kumpata, biragusaba gukoresha agakingirizo.
Urashaka kuryama? Oya, urakoze ndabyutse.
Gerageza urumva ari byiza. Nizeye ko hamwe n’uwo tuzarushinga (...) -
Uracyazirikana ko kubaha ababyeyi ari inshingano cyane mu miryango ya Gikristo?
3 August 2015, by Innocent KubwimanaUmenye yuko mu minsi y’imperuka hazaza ibihe birushya, kuko abantu bazaba bikunda, bakunda impiya, birarīra, bibona, batukana, batumvira ababyeyi babo, indashima, batari abera, 2 Timoteyo 3:1-2
Turi kubaho muri kimwe mu binjyejana bigaragaraza gusohora nta gushidikanya kw’ibyanditswe ko turi mu bihe bya nyuma by’isi. Kimwe mu byo twasomye ngo abantu bazaba indashima, batumvira ababyeyi babo. Mbese rimwe mu mategeko cyangwa ihame rizata agaciro ni iryo kubaha ntirigikurikizwa kandi ibi (...) -
Mu Kristo waba uzwi imbere y’ Imana kurihe zina?
22 February 2016, by Umugiraneza EdithIjambo ry’Imana mu gitabo cy’Abakorinto 2: 17 ryarambwiye ngo iyo umuntu ari umukristo aba ari icyaremwe gishya ibyakera biba byibagiranye. Ijambo ry’Imana rikongera rikavuga ngo kera nti mwari ubwoko ariko none muri ubwoko bw’Imana. Ubundi mu muco mpuzamahanga dusanga kenshi ababyeyi b’umwana aribo bamuha izina, kuko umwana aba ari uwabo abitirirwa afite DNA zabo.
Iyo twakiriye Yesu nk’umwami n’umukiza tuba twinjiye mu muryango w’abana b’Imana. Imana ikaduha izina rikwiranye n’icyo yaturemeye (...) -
“Imana yankijije Kanseri(cancer) yo mu maraso none ubu ndi muzima”: Munyantore Isaie
20 March 2014, by UbwanditsiMunyantore Isaie yavukiye I Kayonza muri Rukara mu mwaka wa 1979.Nubwo Isaie avuga ko yavukiye mu muryango w’abantu badakijijwe avuga ariko ko bari bafite ingeso nziza.Isaie avuga komu mwaka wa 1993 yaje kugira amahirwe yo kwakira Yesu nk’ umwami n’ umukiza w’ ubugingo bwe akaba yarakirijwe iwabo i Rukara.
Isaie avuga ko mu buzima bwe yagiye ahura n’ ibigeragezo byinshi ariko icy’uburwayi cyo kikaba cyaramukomereye cyane.Nyamara Isaie yagiye ahumurizwa n’ijambo ry’Imana rigira riti: “Nubwo (...) -
Huye: Abitabiriwe amahugurwa y’abubatse ingo batashye basobanukiwe urugo ruzima
12 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMu nyigisho z’ abubatse ingo zatangiwe mu karere ka Huye kuri uyu wa gatandatu taliki ya 12/03/2016 hagarutswe ku rugo umuntu yakwifuza kubamwo:
Umwigisha Rugerindinda Alice yasomye mu itangiriro 2:18 Nuko Uwiteka Imana iravuga iti : Si Byiza ko uyu muntu aba wenyine, reka muremere umufasha umukwiye.
Muri make Imana itangiza umushinga w’urugo, yari ifite gahunda nziza yo gutuma umuntu agubwa neza. Imana yifuzaga ko haba ahantu ho kuruhukira, ho kwishimira, kuburyo umuntu azajya arwana no (...) -
Imana ikwiye kongera kuguha kunezezwa n’agakiza kayo!
15 April 2012, by Ernest RutagungiraMu ijambo ry’Imana dusanga muri Zaburi 51:12- cg 10- muri Bibiliya zimwe niho Umwami Dawidi yanditse agira ati “Mana undememo umutima wera,unsubizemo umutima ukomeye.Ntunte kure yo mu maso yawe, ntunkureho umwuka wawe wera. Unsubizemo kunezerwa n’agakiza kawe, unkomereshe umutima wemera.
Iyi Zaburi Bibiliya isobanura ko Dawidi yayanditse nyuma yo gusambanya Batisheba akanicisha umugabo we Uriya (2 Samweli 12:1-15), Nyuma yaho ubwo yibwiraga ko bitazamenyekana maze Imana ikabihishurira (...) -
Aho uri hari impamvu! (Igice cya mbere) Past. Jules Kazura
17 May 2016, by Pastor Desire HabyarimanaHari inkuru y’umuntu numvise ngo yatumwe mu gihugu cya kure ari ngombwa ko ajyenda n’indege. aragenda agera muri ya mahanga ya kure ajya mu manama atandukanye biga ku bintu bitandukanye,igihe kiragera asubira mu ndege agaruka ku bari bamutumye,biba ngombwa ko abaha raporo y’ibyabaye.
Yatangiye agira ati” twabaye tukigera mu ndege baba baduhaye ibiryo turarya,tugeze mu kirere indege ikimara guhaguruka baba baduhaye ibindi biryo.
Abamubazaga bati” mugezeyo se byagenze bite?” arasubiza ati bahise (...) -
Bill Graham ati”Nta muyobozi w’umwana muntu ushobora gukemura ibibazo by’Amerika”!
13 November 2012, by UbwanditsiBenshi muba kristo bomuri Leta zunze ubumwe z’Amerika ntibigeze bishimira ibyavuye mumatora y’uyu mwaka wa 2012. kumuvugabutumwa Rev.Billy Graham we arasaba abakristo gusengera abayobozi b’igihugu.
Bamwe mubavugabutumwa babanyamerika bandikiye ibaruwa umuvugabutumwa Billy Graham babinyujije kurubuga rwe bagira bati”Bibiliya itwigisha kubaha no gushimira ”
Kubwa Billy Graham yemeza ko inzira yokugirango igihugu cyongere gisanwe bidashobora gukorwa n’ubuyobozi bw’umwana w’umuntu , uretse gusa (...) -
Wari uzi ko Bibiliya ibuza kwishyiraho tatouage ? Pastor Desire
20 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMuri iki gihe iyo urebye usanga abenshi mu rubyiruko barishyizeho tatouage kandi buri wese agerageza kwerekana ibitekerezo bye anyuriye mu kubishushanya kuko bamwe bishushanyaho inzoka, sikorupiyo, imitima yanditsemo urukundo, abandi bakandika ko bakora uburaya, amashusho y’ibyamamare bakunda n’ibindi. Ibi bimenyetso kandi babishushanya ku bice bitandukanye by’umubiri, aho usanga bamwe barabishushanije ku kuboko, intugu, ku kiganza, ndetse abakobwa bamwe bahitamo kubishyira no ku bice bimwe (...)
0 | ... | 1100 | 1110 | 1120 | 1130 | 1140 | 1150 | 1160 | 1170 | 1180 | ... | 1230