Tugarutse ku iyerekwa rya Ezekiyeli, amaze kuvuga ngo “Mwami ni wowe ubizi,” Imana yarabikoze, igufwa risanga rigenzi ryaryo, aratangara nk’uko nawe umunsi umwe azagutangaza kuko Yesaya yahanuye Yesu aravuga ngo “Umwana duhawe azitwa Igitangaza” (Yesaya 9:6).
Imana ibwira Ezekiyeli ngo ahanure uko ategetswe: Abwira amagufwa ngo “Mwa magufwa mwe, nimwumve ijambo ry’Uwiteka!” Mwari muzi ko amagufwa (Ibibazo, cyangwa ibigeragezo) yumva? Yesu yaravuze ngo mugize kwizera kungana n’akabuto ka sinapi, (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Imbere yawe urareba iki? (Igice cya 2) Pasteur Desire Habyarimana
14 April 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
Karongi: Abagera kuri 75 bihannye
29 November 2011, by UbwanditsiKu Cyumweru tariki ya 27 Ugushyingo 2011, mu kibuga cy’isoko rya Kibirizi i Rubengera mu Karere ka Karongi habereye igiterane cy’ivugabutumwa kiyobowe n’amakorari Ebenezer n’ Ihirwe, zikorera umurimo w’Imana mu matorero ya Kibirizi na Gacaca muri ADEPR Gacaca. N’ubwo iki giterane cyamaze umwanya muto, kuko cyamaze amasaha abiri n’igice gusa, abantu 75 bihannye bakira Yesu nk’Umwami n’Umukiza wabo.
Pasiteri Edouard Kanyamigezi wari waturutse i Gisenyi yigishije ku ijambo rivuga ngo "Bakundwa, ubu (...) -
Muri Yesu barahihisha iminsi mibi ikaba itambuka! Alice Rugerindinda
23 April 2014, by Alice Rugerindinda“Wa bwoko bwanjye we, ngwino winjire munzu yawe wikingirane , ube wihishe akanya gato kugezaho uburakari buzashirira. “ Yesaya 26:20 Imana ishimwe cyane. …... “Izina ry’Uwiteka n’umunara ukomeye, umukiranutsi awuhungiramo , agakomera” Imigani 18:10.
Nakiriye Umwami Yesu nk’Umwami n’Umukiza w’ubugingo bwanjye mfite imyaka 14 kandi iwacu dutuye I Nyamirambo. Bitewe n’ukuntu aho hantu hateye, ntabwo abantu biyumvishaga ko nzashobora kubigumamo. Bamwe barambwiraga ngo ngiye hakiri kare kuburyo (...) -
Abana be bishwe kuko bagwingiye! Alice
18 September 2015, by Alice Rugerindinda“Induru yumvikaniye I Rama yo kurira no kuboroga kwinshi,Rasheli aririra abana be , yanga guhozwa kuko batakiriho” Matayo 2: 18
Kubazi izi nkuru, iki cyari igihe umwami Herode yashakaga kwica Umwami Yesu akiri uruhinja. Yohereje abajya kwica abana bose bagejeje imyaka ibiri n’abatarayigeza kugirango na Yesu apfiremo. Bageze kwa Rasheli, nubwo abana be bari barengeje imyaka ibiri, ariko mu gihagararo, uko bameze ngo basaga n’abana b’imyaka ibiri cyangwa munsi yaho, mu yandi magambo (...) -
Pastor Desire yagize icyo avuga muri iki gihe cyo kwibuka!
7 April 2014, by Pastor Desire Habyarimana -
Imana ni Umwuka n’ abayisenga bakwiye kuyisenga bari mu Mwuka!
16 November 2012, by UbwanditsiIjambo ry’Imana muri Yohana 4: 24 Riratubwira ngo Imana ni umwuka, n’abayisenga bakwiye kuyisenga mu mwuka no mu kuri.
Imana idufashe cyane kandi itwambike imbaraga. Amatora yo muri America yatumye nibaza byinshi cyane. Mu ba candidats biyamamazaga Romey na Obama, habaye intambara nyinshi cyane, aho byagaragaraga ko abazungu bafite ubutunzi hafi ya bose bari inyuma ya Romey kugirango gusa barwanye umwirabura. Hakoreshejwe amadolari atangira ingano, ndetse hari ama etats amwe namwe (...) -
Ubuyobozi bwa ADEPR ngo nta mukirisito buzasaba imbabazi
5 April 2014, by Erick ShabaUmuvugizi w’Amatorero ya ADEPR mu Rwanda Pasiteri Jean Sibomana aratangaza ko nta mukirisito biteguye gusaba imbabazi kuko ntawe bafitanye ikibazo. Ibi ni ibyo yatangaje mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Mata ahari inyubako z’iri torero mu Kagarama mu Karere ka Kicukiro.
Pasiteri Sibomana abajijwe n’umunyamakuru ko nyuma y’impagarara ndetse n’amakuru atari meza yagiye avugwa ku bagize biro nyobozi baba biteguye gusaba abakirisitu b’itorero rya ADEPR (...) -
Ibintu bitandatu bigaragaza ko utababariye
2 May 2016, by Umugiraneza Edith"Rinda umutima wawe kuruta ibindi byose birindwa, kuko ari ho iby’ ubugingo bikomoka". Imigani 4:23
Imana yaduhaye inshingano zo kurinda umutima wacu no kwitondera tukagenzura (gerer) inzika zose zihishe muriwo. Izaduha imbaraga zo kubabarira, ariko ni ahacu ho gutera intambwe ya mbere. Kubw’ ibyo tugomba kubanza gusuzuma no kugenzura (sonder) imitima yacu.
Birashoboka ko tudaha agaciro inzika ziri mu mitima yacu , niba twaramenyereye kubaho gutyo byose tubabibika, birashoboka ko (...) -
Agakiza family mu gufasha Abanyarwanda birukanywe muri Tanzania
28 April 2014, by Pastor Desire Habyarimana“Ubabariye umukene aba agurije Uwiteka, nawe azamwishyurira ineza ye”, ni ijambo ry’Imana ryanditse mu gitabo cy’Imigani 19:17, akaba ari na yo ntego y’igiterane cyo gukusanya inkunga yo gufasha Abanyarwanda birukanywe muri Tanzania cyateguwe n’Umuryango Agakiza Family ukorera mu Rwanda mu Karere ka Kicukiro.
Nk’uko bitangazwa n’Umuyobozi wa Agakiza Family, Pasiteri Habyarimana Desire, ngo umuryango ayoboye ushinzwe gushaka no gukiza icyazimiye binyuze mu ivugabutumwa (ni nacyo izina ry’umuryango (...) -
Imana yangiriye neza jyewe n’umuryango wanjye - Felix
13 June 2013, by Simeon NgezahayoNdashima Imana ku byo inkorera mu buzima bwanjye bwa buri munsi. ikindi nyishimira ni ibitangaza yakoreye mushiki wanjye mukuru. Yaramubohoye by’ukuri.
Mu by’ukuri, kuba Imana yararinze ubugingo bwanjye kugeza uyu munsi, ikarinda n’umuryango wanjye ndabiyishimiye.
Imana ishimwe!
0 | ... | 1090 | 1100 | 1110 | 1120 | 1130 | 1140 | 1150 | 1160 | 1170 | ... | 1230