Nitwa Njut Tabi Godlove, mfite imyaka 27. Nakuriye mu mujyi uciriritse wo mu majyepfo ya Kameruni. Sinigeze ngira ubuzima nk’ubw’abandi bana. Ubwo ababyeyi basezeranya abana babo ubuzima bwiza, jyewe sinigeze ngira ayo mahirwe. Sinigeze ngira amahirwe yo kubona data.
Data amaze gupfa, mama yahise arwara. Nabayeho nta babyeyi ngira. Icyongeyeho, abadayimoni baranteraga nijoro bigatuma ntinya ijoro. Mu ishuli sinabashaga kwiga nnk’uko bikwiriye, bityo simbashe gutsinda ibizame. Ngize imyaka 10 (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Nanyuze mu bikomeye, ariko Imana imara umubabaro – Godlove
8 April 2016, by Simeon Ngezahayo -
Uburyo bwa mbere bwo gushima Imana : kugaragaza amarangamutima unejejwe n’icyo wakorewe n’Imana. Pasitori GATANAZI Justin
12 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaINTEGO : UBURYO BWA MBERE BWO GUSHIMA IMANA : KUGARAGAZA AMARANGAMUTIMA UNEJEJWE N’ICYO WAKOREWE N’IMANA
1 Abatesalonike 5:18
Mu bibaho byose muhore mushima kuko aribyo Imana ibashakaho muri Yesu Kristo. Gushima Imana ni ubushake bw’Imana, kandi iyo umuntu adakoze icyo Imana ishaka bimuhindukira icyaha.
Icyaha kandi ni ugukora ikinyuranye n’ibyo Imana ishaka. Gushima Imana mu iteraniro bigira umumaro kandi ni ivugabutumwa kuko byongera kurema ibyiringiro muri benedata.
Hari abanga gushima (...) -
Igicumuro cy’Adamu na Eva
29 September 2012, by UbwanditsiImana yaremye Adamu na Eva ibatuza mu busitani bwa Edeni bafite ubuzima bwiza. Babayeho mu munezero kuko muri ubwo busitani Imana yari yarabahaye byose bakeneye. Uwo munezero ntiwarambye kuko Satani yajye kwanduza umubano wabo akanabatandukanya n’Umuremyi wabo akoreshejye uburiganya n’ubushukanyi.
Satani yajye mu ishusho y’inzoka, yazaniye umuntu amabwiriza anyuranye nayo Imana yari yaramuhaye yo kutarya ku giti yamejejye hagati mu busitani kimenyesha icyiza n’ikibi. Itegeko ry’Imana ryari uko (...) -
Bibwire Yesu, niwe nshuti ihebuje, nta nindi wabona imeze nkawe, byose ubimuganyire!
14 October 2012, by Alice Rugerindinda« Mwese abarushye n’abaremerewe nimuze munsange ndabaruhura. Mwemere kuba abagaragu banjye munyigireho kuko ndi umugwaneza kandi noroheje mu mutima, namwe muzabona uburuhukiro mu mitima yanyu » Matayo 11 : 28
Iyo witegereje muri iki gihe usanga abantu bananiwe, bafite ibibazo byinshi byabarenze. Ikizabikubwira ni uko uzasanga abantu bagenda bivugisha mu mihanda, mu modoka, abandi babuze ibitotsi ntibagisinzira kubera guhangayika cyane. Biba bibi cyane iyo uwo muntu umeze gutyo atagira (...) -
Watsinda ute ikinyoma gifite ikimenyetso ? Ev. Kiyange Adda-Darlene
12 September 2013, by Kiyange Adda-DarleneBukeye yinjira mu nzu gukora umurimo we, ari nta bandi bagabo bo mu nzu barimo. Uwo mugore afata umwenda we aramubwira ati : “turyamane”. Amusigira umwenda we arahunga, arasohoka,ahamagara abagabo bo mu nzu ye arababwira ati Dore yatuzaniye Umuheburayo wo kudusekana agasuzuguro, yanyegereye ngo aryamane nanjye ntabarisha ijwi rirenga, maze yumvise nteye hejuru ntabaje, asiga umwenda we iruhande rwanjye arahunga, arasohoka. Agumisha uwo mwenda iruhande rwe ageza aho shebuja wa Yosefu (...)
-
Uwiteka azaguhindura umutwe ntazaguhindura umurizo
28 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaUwiteka azaguhindura umutwe ntazaguhindura umurizo ; uzaba hejuru gusa ntuzaba hasi…” (Gutegeka Kwa Kabiri 28:13).
Abantu bamwe birabababaza iyo bumva badakunzwe cyangwa badashimwa n’abandi. Ibi ni ukubera ko kunezerwa kwabo baba bagushingira ku bandi, maze bahura n’abantu basa n’abatabitayeho bakumva barashwanyaguritse. Izo si zo nzozi z’Imana ku bizera. Aho gutegereza abantu ngo bakwiteho, Ishaka ko aba ari wowe wita ku bandi. Ubwo nibwo buryo bwo gutekereza ; ntugategereze abantu ngo (...) -
Waba uzi urukundo Imana igukunda? Pastor Desire
27 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaHauteur: Abefeso 2:4-6
Largeur: Yohana 3:16
Longeur: Abefeso 3:14, Yeremiya 31:3
Profondeur: Abafiripi 2:6-8, 1 Timoteyo 3:16
Paulo yaradusengeye ngo tumenye urukundo rw’ Imana mu mpande enye: Abefeso3 :14-18 “Muhabwe imbaraga zo kumenyera hamwe n’ abera bose ubagari n’ uburebure bw’ umurambararo, n’ uburebure bw’ igihagarararo n’ uburebure bw’ ikijyepfo bwarwo ubwo ari bwo, mumenye n’ urukundo rwa Kristo ruruta uko rumenywa, ngo mwuzuzwe kugeza ku kuzura kw’ Imana”.
Hari imirimo irindwi Yesu (...) -
Imana ni Se w’imfubyi!
22 July 2013, by Simeon NgezahayoNitwa Mbonabucya Emmanuel, navutse mu mwaka w’1985. Navutse ntazi data, bigeze mu w’1995, mama yitaba Imana nsigarana na nyogokuru wari ushaje cyane. Bigeze mu w’1997, nyogokuru na we yitaba Imana, nsigara jyenyine. Kuva ubwo nahuye n’ubuzima bubi burangora cyane.
Nyogokuru amaze gupfa, nasigaye mu nzu jyenyine iza kunsenyukiraho. Icyo gihe nari mfite imyaka nka 12. Sinabashaga gusana iyo nzu, cyangwa ngo ngire icyo nimarira. N’ubwo imiryango yose yari ihari, nta cyo yabashije kumfasha. (...) -
Garagaza Umunezero!
20 December 2015, by Pastor Desire Habyarimana“Kuko ubwami bw’Imana atari ukurya no kunywa, ahubwo ari ubwo gukiranuka n’amahoro no kwishimira mu Mwuka Wera” (Abaroma 14:17).
Ese birashoboka kuzura umunezero igihe uri imbere y’ibigeragezo cyangwa ibihe bikomeye? Cyane rwose! Na ndetse, nta gihe cyiza cyo kugaragaza umunezero w’Umwuka uri mu mutima wawe kurusha iyo uri imbere y’ibikurwanya. Waremwe n’Imana kugira ngo unezererwe ibihe byose. None rero, n’aho wahura n’ibigeragezo cyangwa ingorane zikomeye gute, garagaza umunezero mu Mwuka Wera; (...) -
Burya kuvuka nabi mu buryo bw’Umwuka bigira ingaruka ku mikurire!
24 May 2016, by Alice RugerindindaMuzumva abantu bavuga ngo “ uriya mwana afite imikurire mibi”. Baba bashatse kuvuga iki?
1. Ko indeshyo ye itangana n’imyaka ye ( Ari mugufi cyane ugereranije n’imyaka amaze avutse) 2. Ko ibiro bye bitangana n’imyaka ye ( Ko afite ibiro bike ugereranije n’imyaka amaze avutse) 3. Ibimenyetso biri ku mubiri we biba bigaragaza ubuzima bubi ( imisatsi icuramye, inda ibyimbye, uruhu ruyagirana ukuntu….)
Burya kugirango umuntu agire imikurire mibi cyangwa se akure nabi akenshi biba byaraturutse ku (...)
0 | ... | 1040 | 1050 | 1060 | 1070 | 1080 | 1090 | 1100 | 1110 | 1120 | ... | 1230