“Ni ukuri Imperuka iri bugufi,” Harold Camping
Hari mu w’2011, aho umuvugabutumwa w’imyaka 90 Harold Camping yisubiyeho asaba n’imbabazi abayoboke be nyuma y’aho ahanuriye imperuka incuro ebyiri ariko ntibe.
Kuri California Radio ndetse na Family Radio (ari na ho yasabiye imbabazi), yahanuye ko isi izarangira kuwa 21 Gicurasi 2011. Isi imaze kwanga kurangira ku munsi yahanuye, yavuze ko yagiye mu mwuka akibeshya ariko noneho avuga ko nta gisibya izarangira kuwa 21 Ukwakira 2011. (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Umuhanuzi Harold Camping yahanuye imperuka abantu barayitegereza baraheba
7 March 2013, by Ubwanditsi -
ADEPR yagejeje mu Rwanda igihembo yahawe na UNESCO
10 September 2012, by UbwanditsiItorero ADEPR ryagejeje mu Rwanda igihembo ryahawe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe guteza imbere uburezi n’umuco (UNESCO) ryaherewe i Paris mu Bufaransa kubera uruhare rwayo mu kwigisha abakuze n’urubyiruko gusoma, kwandika no kubara.
Baririmba bati : “Amasezerano y’Imana iyo wamaze kuyahabwa ujye usenga ugire kwizera ntazahera azaza”, Abapasiteri, Abaririmbyi, abayoboke b’iri torero n’abandi baturutse hirya no hino, mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki ya 8 Nzeri, ni bwo bari baje (...) -
Addis abeba : Umuvugabutumwa Reinhard Bonnke yatangije igiterane yise “Gospel Festival”
9 November 2012, by UbwanditsiMugihugu cya Ethiopia mumurwa mukuru wa Addis Abeba ,umuvagabutumwa ufite ubwenegihugu cy’ubudage uzwi hano muri Afrika kuva mumwaka w’1967 Reinhard Bonnke yatangije igiterane kinini kizwi kw’izina rya (Crusade)kikaba cyaratangijwe kuri uno wagatatu taliki ya7/11/2012 kikazasozwa taliki ya 11/11/2012 mwitangizwa ryicyo giterane hakaba hari abantu basaga 75.000 uwo mugabo wamenyekanye cyane mubijyanye n’ivugabutumwa hirya nohino kw’Isi, hari hashize imyaka 20 adaheruka muri icyo gihugu, (...)
-
Intambwe 7 zo kunesha ikigeregezo cyangwa ikibazo kikuri imbere (Igice cya mbere) Ange Victor Uwimana
23 April 2014, by Ange Victor UWIMANABibiliya ivuga ko umuntu akiri mu isi aba afashe igihe mu ntambara (Yobu7:1). Nubwo bimeze gutyo, Yesu Kristo yahumurije abigishwa be, asa nubacira amarenga kubera ko bari kuzahura n’urusobe rw’ibigeragezo n’intambara zitari zimwe agira ati, “Mu isi mugira umubabaro, ariko nimuhumure nanesheje isi.” (Yoh.16:33).
Birashoboka ko umuntu yaba afite ikigeragezo imbere ye, kimeze nk’umusozi utabasha gushyigurwa, cyangwa nk’uko Goliyati yari amereye nabi Abisirayeli ku ngoma ya Sawuli. Muri iyi nyigisho (...) -
Menya neza Ibice by’ingenzi birindwi bigize umuryango. Pasteur Antoine RUTAYISIRE
3 October 2013, by UbwanditsiIyi ni inyigisho yatanzwe na Pasteur Antoine RUTAYISIRE kuri Phases zirindwi zigize Umuryango.
Pasteur atangira avuga ko mu mibereho y’umuryango habamo ibihe birindwi bitandukanye, bikaba bikomerera umuryango kuko urukundo rwa buri kiciro ruba rutandukanye n’urwo mu kindi:
PHASE YA MBERE : MBERE YO GUSHAKANA
Iki ni igihe abantu baba bakiri FIANCES. Umwe aba ari CHERIE -CHOU-CHOU. Iki gihe biba bishyushye, Umwe asaba ikintu undi akakimuha nubwo yaba atagifite akagishakisha kugera akibonye. (...) -
Wirinde kuva mu Mana ngo usubire mw’ isi! Pastor Desire Habyarimana
23 August 2015, by Pastor Desire Habyarimana“Uwamanutse ava i Yerusalemu amanuka i Yeriko akagwa mu gico cy’abambuzi bakamukubita bakamwambura bagasiga asigaje hato agapfa. Umutambyi, Umurewi bamunyuzeho bamanuka muri iyo nzira baramwihorera ariko haza Umusamaliya w’ imbabazi amwomoza amavuta ya elayo amujyana mu icumbi ry’ abashyitsi amwishyurira denariyo 2 ngo bamurwaze” (Luka 10 :30-35)
Abantu bi Yerusalemu bafite uko babaho iyo uhuye n’ umuntu waho uramumenya kuko Yerusalemu ni umurwa w’ amahoro. Ikiranga umuntu uri mu gakiza neza aba (...) -
Igihe kirageze ngo najye nkore cyane- Cubaka
7 September 2011, by UbwanditsiMu bihe bishize twaganiriye n’Umuhanzi Cubaka, atubwira byinshi bihereranye n’ubuzima bwe:
Nitwa Justin CUBAKA Irenge. Natangiye gucuranga mfite imyaka 12 mba aho bita Bagira ni i Bukavu mu gihugu cya Congo. Naje mu Rwanda mu mwaka wa 2005 Imana inkoresha mu kwagura muzika mu nsengero zitandukanye.
Natangiriye muri Victory Church, njya muri Goshen Church ubu ndi muri Restauration Church ndirimba muri Rehoboth Ministry nkacuranga muri Sheikinah Worship Team
Ndi umucuranzi wa guitar Acoustic (...) -
Mu giterane kiri kubera Kiramuruzi abarenga 155 bakiriye Yesu
12 January 2014, by UbwanditsiKuri uyu wa gatandatu taliki ya11/01/2014 Kiramuruzi mu ntara y’ uburasirazuba ahahoze hitwa Umutara hatangiye igiterane cy’ iminsi 2 cyateguwe n’ itorero rya ADEPR Murambi akarere ka Gatsibo Muri iki giterane hari amakorare arega atandatu n’abakristo benshi.
Hari kandi abatumirwa batandukanye aha twavuga nka Chorale Yerusalemu y’ abanyekongo bari mu nkambi ya Nyabiheke hamwe n’abayobozi babo. Hari kandi na Pasteur Desire Habyarimana n’ umugore we Kiyange Adda Darlene.
Igiterane cyatangiye (...) -
Icya bigusaba ngo witwe intwari mu bwami bw’Imana
12 October 2015, by Innocent KubwimanaMuri rusange abantu bakunda kuba intwari, gushimwa no kugira ishema muri rusange, cyane ko muri kamere muntu habamo kuba hejuru y’abandi no kuvugwa neza. Mu isi hari ibyo usabwa ngo witwe intwari, ariko akenshi ntabwo aba ibigufitiye inyungu ku giti cyawe, ahanini bigusaba guharanira inyungu z’abandi, rimwe na rimwe bikagusaba kumena amaraso yawe ku nyungu rusange z’abandi bantu.
Mu bwami bw’Imana bijya gusa, kuko umuntu udashobora kwihanganira ibyo acamo, ngo abashe kwitanga ubwe ku nyungu (...) -
Ubuhamya: Yesu yankijije indwara idakira
20 February 2013, by Isabelle GahongayireNavukiye mu muryango utari uw’abakristu, nta nubwo nigeze ntozwa ibintu by’idini. Usibye agatabo gato masenge yari yarampaye, karimo amasengesho menshi yo kubwira Mariya. Mu buto bwanje ubwo ubuzima butari bunyoroheye, nabumbuye ka gatabo ndagasoma, ariko mu by’ukuri ntabonamo icyo numvaga nipfuza muri icyo gihe. Ariko hasi muri ako gatabo hari handitse izina rya Yesu, numva umutima wanjye uripfuza kuhatinda.
Imyaka yarashize, mu rugo hakomeza kuba icuka kitari cyiza. Mfite imyaka 17, (...)
0 | ... | 1010 | 1020 | 1030 | 1040 | 1050 | 1060 | 1070 | 1080 | 1090 | ... | 1230