Aya ni amagambo yavuzwe n’ umunyamerika w’ umuvugabutumwa mpuzamahanga "Billy Graham" , yemeza adashikanya ko ijuru ririho kandi ritatswe ubwiza budafite icyo bwagereranwa na cyo mu byo tubona muri iyi si byose. Ni mu gihe abantu benshi bakomeza kuba mu rujijo bibaza niba ijuru ririho koko cyangwa uko ryaba risa?
Billy Graham yandikira igitangarazamakuru The Kansas City Star yagize ati "Bibiliya itwereka neza ko ijuru ririho kandi ko ririmo ibintu bigaragara, bifatika kandi byumvikana. Nta (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
"Ijuru ririho kandi rifite ubwiza busumba ibyiza byose tubona ku isi"- Billy Graham
4 August 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Gukiranuka ntabwo ari ubwishingizi butuma dusimbuka ibigeragezo
31 January 2016, by Ernest RutagungiraInyigisho zihumuriza abantu ni zimwe muzo Imana yashyize mu nyandiko z’ijambo ryayo dusanga muri Bibiliya, kugirango zijye ziduhumuriza ndetse zinadusubizemo ibyiringiro mu gihe tugeze mu bikomeye bihagarika Imitimana yacu, gusa na none ni na byiza ko ibyo bihumuriza tubikoresha tutagendera gusa ku marangamutima ya kimuntu ahubwo tunagendeye ku kuri kw’ijjambo ,kuko bigira Umumaro mwinshi mu gufasha uwahumurijwe ndetse akanarushaho gusobanukirwa Imana iyo ariyo n’umugambi imufiteho.
Ijambo (...) -
Niyo gusa ibasha guhindura umubabaro wawe mo ishimwe. Ernest RUTAGUNGIRA
9 April 2014, by Ernest RutagungiraUmunsi Elukana yatambaga ibitambo, yendaga imigabane akayiha umugore we Penina, n’abahungu be n’abakobwa be, ariko Hana yamuhaga ibiri kuko yamukundaga, ariko rero Uwiteka yari yamuzibye inda ibyara. Kandi mukeba we yajyaga amubabaza cyane akamutera agahinda, kuko Uwiteka yari yamuzibye inda ibyara.. Bukeye bazinduka kare mu gitondo bajya imbere y’Uwiteka barasenga, barangije basubira iwabo basohora mu rugo rwabo i Rama. Maze Elukana aryamana n’umugore we Hana, Uwiteka aramwibuka. Igihe (...)
-
Uwahoze ari umushumba muri ADEPR-Paruwasi ya Rukiri II Rev Kinihira Silas yatabarutse
5 October 2015, by Innocent KubwimanaUwahoze ari umushumba muri ADEPR-Paruwasi ya Rukiri II yitabye Imana kuri uyu wa gatandatu tari ya 03/10/2015, azize indwara ya kanseri, tukaba tugiye kubagezaho amwe mu mateka yaranze ubuzima bwe. Nyakwigendera Rev.Past.Kinihira Silas yavutse kuya 16/6/1956 avukira ahitwa Gitasha mu Repubukija iharanira Demokarasi ya Kongo.
1. UBUZIMA BWA GIKRISTO
Pasiteri KINIHIRA Silas yabatijwe mu mazi menshi mu mwaka w’1968, ahitwa i Remera muri Congo/CEPEZA. Yakoze imirimo itandukanye mu rusengero (...) -
Ba Marabu ni bantu ki?
16 December 2012, by Pastor Kazura JulesMu buryo bwo kudufasha gusenga ndetse no gusengera abaturage ba Senegali muri rusange tugenda tubagezaho ubuzima babayeho kugirango tumenye n’uburyo bwo kubasenger
Iyi foto iyo utembeye muri Senegal urayibon, ari ku modoka ari ku mazu ari mu mazu y’ubucuruzi, ari mu mazu atuwemo, ikaba ari iyumwe mu ba Marabu bubahwa cyane muri Senegal tuzabagezaho amakuru ye.
Abarenga 90% muri Senegal babarwa nk’abayisiramu, nubwo uwo ari umubare uvugwa abenshi mu baturage ba Senegal bavanga ibya islamu (...) -
IMWE MU NTAMBWE ZO GUKIRA INTIMBA - Pastor Kazura B. Jules
8 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaHariho igihe umuntu ashobora kubwira undi ati «Ibyakubabaje ndabyumva, kandi rwose birakomeye.» Ibyo ni byiza, ariko se koko birashoboka neza kumva umuntu umubabaro afite mu mutima, nk’uko we abyumva ? icyakora ni byiza kumutega amatwi, no kumwegera ufite umugambi wo kumufasha, ariko burya Imana niyo ifite ubushobozi bwo kumenya neza imitima, kuko ariyo yaremye umuntu.
Hari ubwo wagerageza kumva umuntu kuko waciye mu mibabaro isa niyo yaciyemo,ukaba wamwumva kandi ukaba wamufasha nabyo ni (...) -
Mfasha dusengere Abadonge bo mu Bushinwa
7 October 2015, by Ange Victor UWIMANA“Ibisarurwa ni byinshi, ariko abasaruzi ni bake. Nuko rero mwinginge nyir’ibisarurwa, yohereze abasaruzi mu bisarurwa bye.” (Mat.9:37-38) Mu rwego rwo kwifatanya n’abantu benshi hirya no hino ku isi mu gusengera amoko ataragerwaho n’Ubutumwa Bwiza, Kuri uyu wa kabiri tariki ya 6 Ukwakira 2015 turasengera Abadonge.
Abadonge babarizwa mu gihugu cy’Ubushinwa ku mugabane w’Aziya, ahabarurwa abagera kuri 1.226.000. Mu w’1910, nibwo abamisiyoneri ba mbere bajyanye ubutumwa mu (...) -
Imana yambohoye umugozi w’amateka mabi!
28 November 2013, by Pastor Desire HabyarimanaNitwa Martha Nzacahinyeretse, navutse mu w’1993, mvukira mu karere ka Nyamagabe. Maze umwaka umwe mvutse ni bwo Jenocide yakorewe Abatutsi yabaye, ubwo iwacu baba barahunze. Bagarutse mu Rwanda mu w’1996, mfite imyaka itatu dusanga ibintu byose byarangiritse, dushikira mu masambu y’iwacu.
Nyuma byaje kugera mu w’2009 nakira Yesu nk’Umwami n’Umukiza, arambohora mba umwana w’Imana ariko na none nababwira ko mvuka mu muryango udakundana, ugira inzangano cyane. Nakuze mbona hahora induru zidashira. (...) -
Haracyari ibyiringiro byo kubabarirwa kuri wowe wasubiye inyuma.
9 May 2012, by Ernest RutagungiraNi muze tujye inama niko Uwiteka avuga naho ibyaha byanyu byatukura nk’umuhemba birahinduka umweru bise na shelegi naho byatukura tukutuku birahinduka nk’ubwoya bw’intama bwera (yesaya 1:18)
Imana ni umutunzi w’imbabazi, izi intege nke zacu uko zingana kandi yiteguye kutugirira ibambe n’imbabazi kuko ibizi neza ko tuzikeneye. Biragorana cyane kugirango umuntu abone agakiza, ave mu byaha, nyamara nyuma yo kukabona iyo arangaye gato nta kabuza asubira inyuma ndetse akaba yanagwa akava mu (...) -
UBUHAMYA: IMANA YANKIJIJE UBUMUGA BWO KUTABONA – Colette NIYONSABA
15 January 2014, by UbwanditsiNitwa NIYONSABA Colette, navutse mu mwaka 1970 mvukira mu kagari ka Kawangire, umurenge wa Rukara, akarere ka Kayonza mu ntara y’Uburasirazuba, ni naho nashakiye umugabo witwa HAKIZIMANA Francois ubu dufitanye abana 9. Dukora umurimo w’ubuhinzi. Ubusanzwe navukiye mu muryango w’Abakristo, mbaho nk’abandi bose ariko igihe kigeze numva nshaka gukorera Imana. Nakiriye Kristo mu mwaka w’2005, nsenga Imana cyane kuko numvaga nshaka kuba umukozi wayo w’ukuri. Imana yarabikoze, inyakira nk’umukozi (...)
0 | ... | 960 | 970 | 980 | 990 | 1000 | 1010 | 1020 | 1030 | 1040 | ... | 1230