“Kuko Imana yakunze abari mu isi cyane, byatumye itanga Umwana wayo w’ikinege kugira ngo umwizera wese atarimbuka, ahubwo ahabwe ubugingo buhoraho.” (Yohana 3:16).
Amaraso y’igiciro ya Yesu Kristo ni cyo kiguzi Imana yatanze kubw’agakiza kacu: “kuko muzi yuko ibyo mwacungujwe ngo muve mu ngeso zanyu zitagira umumaro mwatojwe na ba Sokuruza banyu, atari ibyangirika nk’ifeza cyangwa izahabu…ahubwo mwacungujwe amaraso y’igiciro cyinshi, nk’ay’umwana w’intama utagira inenge cyangwa ibara, ari yo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Uri uw’Agaciro Ku Mana. Pastor Desire
20 April 2014, by Pastor Desire Habyarimana -
Mbese twibuka ko Kristo yaduhamagariye ku umwe?
18 August 2015Buri gice cyo ku mubiri w’umuntu kirihariye kandi gifitiye umumaro munini cyane umubiri w’umuntu. Kimwe muri ibi bice nticyavaho ngo umubiri wongere kuvuga ko wuzuye, kimwe nuko byose bifitanye icyo bimariranye.
Uku niko Pawulo agereranya abakristo mu itorero, kuko avuga ko itorero ari umubiri wa Kristo, hanyuma abakristo bakaba ingingo zitandukanye. Ibi bishatse kuvuga ko buri wese iyo Imana imuhamagaye, iba ifite umumaro agomba gukora.
Nk’uko nta rugingo ku mubiri rwatuza cyangwa ngo (...) -
OLAVA LOGDE yeretswe kuzamurwa kw’’Itorero rya Kristo n’impanda y’imperuka
7 November 2013, by UbwanditsiBibliya ivuga neza ko ntacyo Imana izajya gukora itabanje kugihishurira intore zayo ziyitakira ku manywa na ninjoro. Iyi nkuru mugiye gusoma rero ni iy’ibyo Umwami Imana yeretse umukozi wayo OLAVA LODGE wo mu gihugu cya NORVEGE.
Uyu mugabo nyuma y’ibyo yabonye akaba yarahise yandika agatabo kazwi cyane ku izina ry’ " IMPANDA Y’IMPERUKA " aka gatabo kakaba kaboneka no mu rurimi rw’Ikinyarwanda. Ibyo ugiye gusoma muri iyi nkuru rero akaba ari iyerekwa usanga muri ako gatabo ". Naho nimukomeze (...) -
Iyo wiyemeje kurongora cyangwa kurongorwa, ukwizera kwawe gushobora guhinduka
14 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaAbasoma Bibiliya bazi umuntu umwe witwaga Umwami Salomo (uzi impamvu yanditse igitabo cy’Umubwiriza agira ati: ibintu byose munsi y’izuba ni ubusa). Bibiliya itubwira neza uburyo Imana yamuhaye icyubahiro gihambaye, abakobwa bakajya baturuka imihanda yose ku isi baje kureba ibivugwa kuri Salomo, bahagera ntibatahe bakigumira aho.
Ikosa Salomo yakoze, ni uko yemeye kwakira abo bakobwa kandi buri wese yarazanaga imana ye, akanabaha aho bubakira izo mana. Bibiliya itubwira neza ko byageze aho (...) -
Umuhanzi Simon Kabera yaraye ashimishije abakunzi be
19 August 2013, by UbwanditsiKuri iki cy’umweru dushoje n’ibwo umuhanzi Simon Kabera yataramiye abakunzi be ubwo yamurikaga alubumu ye y’amashusho yise “ MUNSI YAWO “ . muri kino gitaramo kitabiriwe kurugero rushimishije , hagaragayemo umuryango we , abakunzi n’inshuti z’umuhanzi Simon Kabera . Umuhanzi Simon Kabera ubwo yageraga kugatuti , yasusurukuje abitabiriye iki gitaramo ari nako abaha kubuhamya bw’ibyo Imana yagiye imukorera bitandukanye mu bihe bitandukanye . Uyu mugabo wari wazanye umufasha we n’abana 2 , (...)
-
Twiga ishuri ridasaba kwishyura.
13 February 2013, by Felicite NzohabonayoMuri iki gihe ; ntabwo ari ahantu henshi wabona ishuri wiga utazishyura amafaranga y’ishuri. Iyo usomye bibiriya mw’isezerano rishya, usanga twebwe abakristo twitwa abigishwa « Yohana 8 ; 31 ». Umwarimu wacu ni Yesu « Yesaya 48, 17 ».
Uwo Mwalimu niwe udutegurira inyigisho ya buri munsi . Inyigisho yose iba iteguye neza, ifite : umutwe (chapitre), ingingo, ibyiciro (section), n’uduce (paragraphe) . Afite n’ibikoresho yigishirizaho (matériel didactique) bituma umunyeshuri yumva neza amasomo. (...) -
IBINTU 4 UMUKRISTO AKWIYE KUBAKA MU MIBEREHO YE. (Igice cya 3). Rev. Mugiraneza
20 July 2015, by Pastor Desire HabyarimanaUmuntu ntabwo yihagije
Ubushize twabonye inkingi ya mbere ivuga ko umukristo agomba kubaka inkingi yo gukunda ijambo ry’Imana . (Ibyakozwe n’ntumwa 2:42). Ubu tugiye kwibanda ku nkingi ya kabiri ariyo Bibliya yise “gusangira ibyabo“(fellowship) mu iyindi mvungo ni ukubaka ubusabane hagati y’abizera.
Ijambo ubusabane mururimi rw’ikigereki ni “koinonia” bivuga ubusabane cg gusangira ni abandi. Iri jambo rikoreshwa mugusangira igikombe no gusangira umutsima (1 Abakorinto 10:16), aha bisobanuye (...) -
Umushita wo mu butayu (acacia du desert).
16 May 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMu Butayu nzahatera imyerezi n’IMISHITA, n’’imihadasi, n’ibiti by’amavuta ; kandi mu kidaturwa nzahatera ibiti by’imiberoshi n’imitidari n’ imiteyashuri bikurane.( Yesaya 41 : 19)
Turaganira ku giti cyitwa UMUSHITA cyangwa « acacia » mu rurimi rw’urunyamahanga.. Hari ubwoko bwinshi bw’icyo giti, ariko twebwe turareba kuri acacia yo mu butayu. Icyo giti gikurira ahantu humye, hatagira imvura, mu musenyi, hirya no hino nta bindi biti bikiba hafi. Igiti gikuru kigera kuri metero 12 ujya hejuru.
1. (...) -
Perezida Kagame asanga utavuga ko wemera Imana udaha abandi agaciro
3 December 2012, by UbwanditsiUbwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasozaga umwiherero w’abagize Inteko rusange y’Itorero rya ADEPR yari imaze icyumweru i NKumba mu karere ka Burera mu mwiherero, yasabye Abanyarwanda bose gutahiriza umugozi umwe bakarenga ibishobora kubatandukanya kugira ngo batere imbere ntihagire ubameneramo.
Ku makimbirane ashingiye ku moko yavuzwe muri ADEPR yanabaye imbarutso yo kujya mu mwiherero i Nkumba, Perezida Kagame ari kuri Petit Stade ku Cyumweru tariki ya kabiri Ugushyingo (...) -
Kuki Imana yemera ko tugeragezwa? Pastor Desire Habyarimana
29 April 2014, by Pastor Desire HabyarimanaItangiriro 29:21-27 Mu gitondo Yakobo abona ari Leya abaza labani ati wangize ibiki? Rasheli si we natendeye? Niki gitumye undiganya utyo? Labani ati iwacu ntibagenza batyo gushyingira umuto basize umukuru.
Iyi nkuru irimo abantu 4 Yakobo twagereranya n’ umukristo, Labani twagereranya ko ahagarariye Imana, Rasheli twakwita imigisha yo mu gakiza na leya twakwita ikigeragezo kuko yari afite amaso mabi areba imirari.
Yakobo yakoreye Labani imyaka 7 atekereza ko azamushyingira Rasheli (...)
0 | ... | 780 | 790 | 800 | 810 | 820 | 830 | 840 | 850 | 860 | ... | 1230