Gushima Imana ni igikorwa cyo kuzirikana ibyo yagukoreye, bivuye ku mutima ukabyatuza akanwa cyangwa ukabyerekanisha ibikorwa. Imana yaradukunze,yatugiriye ubuntu kandi nanubu iracyabutugirira.Itegereje ko natwe tugaragaza ko tunyuzwe n’ubwo buntu tukabyerekana dushima, kandi itwigisha ko uko gushima kwera imbuto z’igikundiro.
Yesu urugero rwo gushima
Mu ijoro rya Pasika, Yesu hamwe n’abigishwa be babiri, bazamuka bagana Emaus.Bamutumira gusangira na we arabemerera. « Yicaye ngo asangire na (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Gushima Imana birakwiye kandi harimo imbaraga zidasanzwe
16 March 2016, by Emmanuel KANAMUGIRE -
Mbese ujya wumvira Umwuka?
4 May 2012, by Innocent Kubwimana’Aransubiza ati ijambo ry’Uwiteka atumye kuri Zerubabeli ngiri ati si ku bw’amaboko kandi si kubw’imbaraga. Ahubwo ni kubw’Umwuka wanjye. Niko Uwiteka Nyiringabo avuga.(Zakariya4:6) Aya magambo Imana yavuze hejuru agaragaza neza ko muby’Umwuka atari mbaraga z’umubiri zibikoresha umuntu.
Ubaye waragize nk’amahirwe umunsi umwe ukamera nka Elisa agendera mu gicucu cya Eliya, cyangwa se nka Yosuwa agendera mu gicucu cya Mose, ushobora kugera aho utekereza wa muntu nkaho ariwe cyitegererezo, aha (...) -
Dukundane Ev Kiyange Adda
22 December 2015, by Pastor Desire Habyarimana1Yohana 3: 11. Ubwo nibwo butumwa mwumvise uhereye mbere na mbere, ngo dukundane. Urukundo ni ijambo rikubiyemo ibintu byose bivugwa muri Bibiriya. Mose yazamutse umusozi Sinayi, azana amategeko 10, ariko Yesu aje akora resume yayo, 5 abanza yose ayashyira mw’itegeko 1. Ati ukundishe Uwiteka umutima wawe wose, n’ubugingo bwawe bwose, n’ubwenge bwawe bwose.
Andi 5 asoza ayakubira muri 1 ati ukunde mugenzi wawe nkuko wikunda. Aba ararangije.
Ayo mategeko ni aya: 5 abanza:
1.Ntukagire izindi (...) -
Koreya y’amajaruguru : Imfashanyo igera ku bakristu nubwo bitemewe
20 February 2013, by Isabelle GahongayireMuri Koreya y’amajaruguru, ni impinduka ki yabayeho ku Bakristu nyuma y’urupfu rwa Kim Jong ?
Kim Jong yari yaravuze ko muri 2012 Koreya y’amajaruguru iziteza imbere ku bijyanye n’ubukungu, ariko tubona ko icyo gihugu kitarimo kugana muri iyo nzira ubu ngubu ubwo kiyobowe n’umuhungu we Kim Jong-Un. Nubwo hari ibyatewe no kuba harabayeho icyo cyemezo cy’iterambere, ntabwo ibintu byigeze bihinduka haba kubijyanye n’ubukungu, haba no mu madini.
Itotezwa ry’abakristo ryo rirasa niryiyongereye. Uyo (...) -
Aho Imana yagushize hari impamvu.
30 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaHari inkuru y’umuntu numvise ngo yatumwe mu gihugu cya kure ari ngombwa ko ajyenda n’indege. Aragenda agera muri ya mahanga ya kure ajya mu manama atandukanye biga ku bintu bitandukanye,igihe kiragera asubira mu ndege agaruka ku bari bamutumye,biba ngombwa ko abaha raporo y’ibyabaye.
Yatangiye agira ati “twabaye tukigera mu ndege baba baduhaye ibiryo turarya,tugeze mu kirere indege ikimara guhaguruka baba baduhaye ibindi biryo.” Abamunazaga bati « mugezeyo se byagenze bite?” Arasubiza ati « (...) -
Sudani yamajyepfo:abantu basaga 6000 bakiriye agakiza nyuma yokumva inyigisho ya Rev.Franklin Graham
9 November 2012, by UbwanditsiAbanya sudani yamajyepfo basaga 100.000 bahuriye mumujyi wa juba bafite inyota yo kumva umukozi w’Imana Rev. Franklin Graham mukubabwira ubutumwa bw’Imana.
Ibyo byabaye kuma taliki ya 26 na 27 z’ukwakira,ayo majoro abiri kwari ugusengera igihugu icyo gikorwa kikaba cyari gifite intego igira iti“Icyizere kugihugu gishya”kikaba cyarabereya mumurwa w’icyo gihugu I juba, muricyo gikorwa hakaba hari Chorale imwe yarigizwe nabantu basaga 500 bakaba barararirimbye mugihe kirenga i saha imwe.
Abateguye (...) -
Muri Fina Bank hatangiye amahugurwa y’ ijambo ry’ Imana.
15 February 2012, by UbwanditsiNKuko bisanzwe mu nshingano zacu, dusanga abantu ku kazi kabo mu gihe cy’ akaruhuko tugasangira ijambo ry’ Imana. Ni muri urwo rwego kuri uyu wa kabiri taliki ya 14/02/2012 hatangiye inyigisho z’ ijambo ry’ Imana zizamara icyumweru.
Pastor Desire Habyarimana niwe mwigisha icyumweru cyose. Mu gihe yari arimo kwigisha aho muri FINA Banque, yatangaje ko intego y’inyigisho z’ iki cyumweru ari ugusabana n’ Imana. Yakomeje aganiriza abari bateraniye aho ko ubusabane butazanwa gusa n’uko habayeho (...) -
Ubushake bw’Imana bwuzuye - Dag Heward-Mills
30 April 2013, by Isabelle GahongayireKuba mu bushake bwuzuye bw’Imana ni ingenzi cyane. Ikintu gitandukanya abakozi b’Imana ni uburyo bumva ijwi ry’Imana. Ni ngombwa kumvira Umwuka Wera kugira ngo tubashe gushyikira ubushake bwuzuye bw’Imana! Nituba mu bushake bwuzuye bw’Imana, tuzaguka hanyuma dusobanukirwe Imana.
Ubushake bw’Imana bwuzuye n’ubutuzuye ubwo ari bwo
“Kandi ntimwishushanye n’ab’iki gihe, ahubwo muhinduke rwose mugize imitima mishya, kugira ngo mumenye neza ibyo Imana ishaka, ari byo byiza bishimwa kandi bitunganye (...) -
Ikimoteri cyo muri kamere (igice cya mbere)
4 March 2013, by Felicite NzohabonayoARIKW’ IYO TWIMENYE UKO TURI, NTIDUTSINDWA N’URUBANZA ( Bibiriya y’ikirundi.) 1 ab’Ikorinto 11: 31 ARIKO TWAKWISUZUMA NTITWAGIBWAHO N’URUBANZA. ( Bibiriya y’ikinyarwanda.) 1 ab’Ikorinto 11: 31
Mu mutima w’umuntu habamwo imyanda myinshi kandi y’ubwoko bwinshi twagereranya n’ikimoteri cyangwa na “immondices”. Turasoma Abagalatiya 5: 19 - 21 Dore imirimo ya kamere iragaragara ni iyi: gusambana no gukora ibiteye isoni n’iby’isoni nke, no gusenga ibishushanyo no kuroga no (...) -
Urugo rutubakiye kuri Kristo ntirushobora gukomera Dr Antoine Rutayisire
27 May 2016, by Ernest RutagungiraAgakiza Family: Nkunda kuba mu rugo rumeze gute? Mbyanga bimeze gute?
Mu giterane cy’abubatse ingo cyabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 21 Gicurasi 2016 muri Salle ya Economat St Famille, cyateguwe n’abakunzi b’ urubuga rw’ivugabutumwa www.agakiza.org abakitabiriye baganiriye byinshi mu byatuma bubaka urugo rwiza bifuza, ariko bagaruka ku bibazo bibiri aribyo Nkunda kuba mu rugo rumeze gute ? Mbyanga bimeze gute?
Mbere y’uko abubatse ingo bungurana inama kuri ibyo bibazo, Pastor Dr. Antoine (...)