Ngo igihe kimwe, umuvandimwe yatewe n’inzovu, nuko ngo benese bayibonye bose bafata amacumu uwa mbere akayitera , uwa kabiri akayitera irindi, uwa gatatu akayitera irindi , mu gihe ikiyegeranya ngo yongere igaruke undi akayikubita irindi , gutyo gutyo ….muri make iyo uwo muvandimwe atagira bene se inzovu yari imwivuganye, cyangwa iyo aza kuba wenyine, byari birangiye, ariko bahagurukiye rimwe mu murunga w’urukundo barwanya inzovu .
“ Nuko Petero arindirwa munzu y”imbohe, ariko ab’Itorero (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Iyo atagira benese , inzovu yari imwirengeje!
23 March 2016, by Alice Rugerindinda -
Nahoze muri Islam nyuma nakira Kristo nk’Umwami n’Umukiza
22 March 2013, by UbwanditsiNavukiye i Paris mu muryango w’abana 6. Ababyeyi banjye bari Abayisilamu, bakatwigisha amahame ya Islam. Hamwe n’ibyo, iwacu hari umwuka w’intambara, umujinya n’ibyago. Sinigeraga ngira umutekano. Nararanaga ubwoba n’agahinda. Nta mutuzo nagiraga mu bandi, nahoraga nigunze. Nyogokuru yambwiraga ko ningira agahinda nzajya nsubiramo umurongo wo muri coran uvuga ngo: “Hariho Imana imwe, ntibyarwa kandi ntiyigeze ibyara ...” Nasubiragamo uyu murongo ariko nkarushaho kubura amahoro, ibintu bikantera, (...)
-
Ubuhamya:Uwitwaga umurozi bose bamwanga ubu ni umukozi w’ Imana (Igice cya 2). Pasteur Himbana Vianney
13 November 2013, by UbwanditsiIGICE CYA KABIRI: INTAMBARA MU RUGENDO
Uhereye umunsi nabatirijweho mu Mwuka nagize imbaraga nyinshi, mba umunyamasengesho bituma umugore ampinduka kubera gusenga cyane, ku manywa na ninjoro. Nasengaga ninjoro umugore akankubita ati:"Uransakuriza." Yavuga atyo, ankubise nk’ikibando nkajya mu mwuka nkuzuzwa nkavuga indimi ntazi aho ziturutse.
Ijoro rimwe, umugore yankubise anigira mu kiringiti arampurutura antura hasi ati:" Sanga abandi basazi bene wanyu". Ndasohoka ngeze hanze mbwira Yesu (...) -
Umushefu w’Umusilamu yarihannye, benshi baramukurikira
4 June 2012, by UbwanditsiUBUHAMYA BWA MZEE FAY
Fay ni umusaza wabagaho ubuzima bwiza ntacyo abuze. Mu mugi yavutsemo mu majyaruguru ya Centrafrika, yari umukuru w’umuryango ukunzwe muri ako karere kandi bubaha cyane. Muri iyi minsi Imana iherutse kumukorera igitangaza ku buzima bwe iramuhamagara ngo ayikorere.
Umunsi umwe, Muzehe Fay yahamagaye Pasteur w’Itorero ryari hafi y’aho batuye amusaba kuza kumusengera. Mbese yabishobojwe n’iki ko yari umusilamu w’ umwimerere ? Ibi byatewe n’uko yari amaze iminsi myinshi (...) -
Bibiliya irakugira inama uko warinda umubiri wawe ibibazo! Pastor Desire Habyarimana
2 March 2014, by UbwanditsiUmubiri umeze neza uhesha Imana icyubahiro n’ ikuzo, kandi ni wo ushobora gukoreshwa neza mu murimo wayo. Imana yasezeranije kudukiza indwara (Zaburi 103:3); ariko yaduhaye n’ ishyingano zo kwita ku buzima bwacu. Hano haratangwa amategeko yoroshye azagufasha kugira ubuzima bwiza.
Rya neza: Ibi ntabwo bisobanuye ko ukeneye kurya byinshi, ahubwo bivuze ko ukeneye kurya indyo yuzuye. Ibiryo bigira intungamubiri zitwa “vitamine”, za ngombwa ngo umuntu akomeze kugira ubuzima bwiza. Niwihata uburyo (...) -
Dutegetswe kuba imbere y’Imana iminsi yose kuko ari bwo buzima bw’ Umukristo.
23 December 2013, by Claudine KAGAMBIRWANk’uko idasiba kubiduhwiturira mu ijambo ryayo, iminsi yose, dutegetswe gusenga Imana ubudasiba (1Abatesalonike 5:17), kuko ariko kubasha kuduhesha kuganira nayo, kukanatuma duhishurirwa amabanga yayo, ikigeretse kuri ibyo kukanaduhesha ubushobozi bwo gusenya imitego satani adutega, kandi bikanaturinda imyambi y’umwanzi satani, nyamara si ibi gusa ahubwo nk’uko tugiye kubibona hari n’ibindi..
Mu ijambo ry’Imana ryanditswe na Luka 21:36-38, yagize ati “Nuko rero mujye muba maso, musenge iminsi (...) -
Gufungurirwa imiryango y’umugisha kuzanwa no kwitanga.
29 February 2016, by Umugiraneza EdithIyo dusomye ibyanditswe byera dusanga benshi bahawe umugisha kubwo kwitanga n’abandi kutitanga byabazaniye ibyago.
Muri iki gihe rero iyo nitegereje nsanga turi muri bya bihe by’ imperuka hamwe ijambo ry’ Imana ritubwira ngo mu bihe bya nyuma abantu bazaba bikunda bakunda impiya. Kuri ubu kwitangira umulimo w’Imana, imfubyi, abapfakazi, abatishoboye bisigaye ari ingume. Umuntu ashaka kubanza gukemura ibibazo bye byose mbere yo kwitangira abandi. Dore bamwe mubo Bibiliya itubwira bahawe (...) -
Intambwe 6 Imana inyuzamo Umukristo kugira ngo ikuze kwizera kwe ! – Rick Warren
6 September 2015, by Simeon NgezahayoIntambwe 6 Imana inyuzamo Umukristo kugira ngo ikuze kwizera kwe!
Wari uzi yuko Imana ikoresha uburyo bugaragara kugira ngo yubake umutima wawe? Jyewe nabyise intambwe 6 zo kwizera. Umukristo udasobanukiwe izi ntambwe bimutera gucika intege igihe ibibazo bimuhagurukiye akibaza ati “Kuki ibi bimbayeho?” Ariko iyo usobanukiwe izi ntambwe kandi ukamenya ibyo Imana irimo gukora—mu buzima bwawe no mu kwizera kwawe—ugwiza imbaraga nyinshi.
INTAMBWE YA # 1: INZOZI
Imana iguha inzozi: igitekerezo, (...) -
Abagore basengera muri ADEPR ururembo rw’ umujyi wa Kigali bakoze igiterane.
18 June 2012, by UbwanditsiKuri uyu wa gatandatu taliki ya 16/06/2012 abagore bo mu itorero rya ADEPR ururembo rw’ umujyi wa Kigali bakoze igiterane gifite intego igira iti: Nuko bene data, ndabinginga ku bw’ imbabazi z’ Imana mutange imibiri yanyu, ibe ibitambo bizima byera bishimwa n’ Imana, ari uko kuyikorera kwanyu gukwiriye. Kandi ntimwishushanye nab’ iki gihe, ahubwo muhinduke rwose mugize imitima mishya kugira ngo mumenye neza ibyo Imana ishaka, ari byo byiza bishimwa kandi bitunganye rwose.Aya magambo akaba (...)
-
Ninde wadutandukanya n’urukundo rwa Kristo?
4 July 2013, by UbwanditsiNinde wadutandukanya n’urukundo rwa kristo? Mbese ni amakuba, cyangwa ni ibyago,cyangwa ni ukurenganywa, cyangwa ni inzara, cyangwa ukwambara ubusa, cyangwa ni ukuba mu kaga, cyangwa ni inkota (Abaroma 8:35)
Nk’uko umutwe w’ijambo utangiye ubivuga mu butumwa bwiza bwanditswe n’intumwa Pawulo yarabazaga ati mbese ninde wadutandukanya n’URUKUNDO RW’IMANA? Ijambo ryose uzasanga muri bibiliya rirangizwa n’akabazo (?) uzamenye ko ari wowe urimo kubazwa kandi ugomba gutanga igisubizo,mbese koko niki (...)
0 | ... | 660 | 670 | 680 | 690 | 700 | 710 | 720 | 730 | 740 | ... | 1230