Mose aramubwira ati “ Ubwawe nutajyana natwe ntudukure ino” Kuva 33: 15 “ Aramusubiza ati: “ Ubwanjye nzajyana nawe nkuruhure” Kuva 33:14
Aha ni igihe abisirayeri bavaga muri Egiputa bajya I Kanani mu gihugu cy’amasezerano, cyari igihe kitoroshye na buhoro ari nabwo Mose yingingaga Imana muri iyi mirongo, ngo imwemerere niba ayigiriyeho umugisha bajyane. Maze Imana nayo iramwemerera iti: Ubwanjye nzajyana nawe nkuruhure” Kuva 33:14. Imana ishimwe.
Ubusanzwe, urugendo ruva muri Egiputa rujya I (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Yinginze Imana cyane ngo imwemerere bajyane mu rugendo bari bagiyemo !
16 February 2013, by Alice Rugerindinda -
Ibikomeza umubano mwiza w’ abashakanye (igice 2).
9 October 2015, by Pastor Desire Habyarimana5. Gucungira hamwe umutungo w’ urugo n’ ikoreshwa ryawo.
Umutungo ubereyeho gutanga uburyo bwo gufasha umuryango gutera imbere no kugera ku cyo ugamije. Ibyo bishoboka iyo abashakanye bawucungira hamwe mu bwumvikane. Iyo uwo mutungo ubaye ukoreshwa mu kugaragaza ubushobozi bw’ umwe mu bashakanye, uhinduka nk’ igikoresho cyo gukandamiza mugenzi wawe, bityo umutungo ukaba wabasenyera.
Hari igihe ukorera amafaranga yumva ari aye, akayacunga uko abyumva. Icyo gihe udakorera amafaranga asa (...) -
Dukwiye guhinduka rwose!
9 May 2016, by Innocent KubwimanaNuko benedata, ndabinginga kubw’imbabazi z’Imana ngo mutange imibiri yanyu ibe ibitambo bizima byera bishimwa n’Imana, ari ko kuyikorera kwanyu gukwiriye. Kandi ntimwishushanye n’ab’iki gihe ahubwo muhinduke rwose mugize imitima mishya, kugira ngo mumenye neza ibyo Imana ishaka, ari byo byiza bishimwa kandi bitunganye rwose. Abaroma 12:1-2
Aya magambo ni Paulo wayandikiye abaroma kubera ko yashakaga ko bareka imigenzo yabo no kuyikomeraho ashaka kubereka inzira Imana ishaka ko banyuramo. Muri (...) -
Mu nyigisho z’ ijambo ry’ Imana zabereye ADEPR Nyarugenge abarenga 40 bahindukiriye Imana.
22 October 2012, by UbwanditsiKuri iki cyumweru taliki ya 21/10/12 mu itorero rya ADEPR Nyarugenge habereye inyigisho z’ ijambo ry’ Imana zatanzwe na Pastor Desire Habyarimana mu materaniro 2 Pastor yagarutse ku byiza byo kubana n’ Imana ko iyo uri kumwe n’ Imana ugenda wihanganira ibikugerageza kandi ibyo bigeragezo Imana irabikoresha mu guhindura kamere zacu kugira ngo duse n’ Imana.
Yakomeje avuga ko imikorere y’ Imana tutapfa kuyumva ariko ko dukwiye kugirira Imana icyizere twumva ko izajya idufasha ikatugeza aho (...) -
Nyarugenge: Abantu bagera 11o bakijijwe ku Muhima.
13 February 2012, by UbwanditsiKuri uyu wa mbere taliki ya 13/02/2012 mu itorero ry’ ADEPR Muhima habereye igiterane cy’amasengesho cyahuje abantu barenga 1200 bari baje bafite inyota yo gusenga no kumva ijambo ry’ Imana.
Iki giterane na none cyitabiriwe n’abavugabutumwa batandukanye harimo Pastor Ngamije viateur, umuvugabutumwa Bernard ndetse na Pastor Desire Habyarimana.
Pastor Desire yagejeje ku bari bateraniye aho ijambo ry’Imana, ababwira ko igikorwa cyo gusenga ari cyiza. Anavuga ko kandi byakabaye byiza abakristo (...) -
Uwizera n’utizera bafitanye mugabane ki?
21 June 2016, by Alice Rugerindinda“Ntimwifatanye n’abatizera mudahwanye. Mbese gukiranuka no gukiranirwa byafatanya bite? Cyangwa umucyo n’umwijima byabana bite? Kandi Kristo ahuriye he na baali: cyangwa uwizera n’utizera bafitanye mugabane ki? 2 Abakorinto 6:14
Hari itandukaniro hagati y’umuntu wakiriye Yesu nk’Umwami n’Umukiza we n’undi muntu utarakira Yesu. Ikigeretse kuri ibyo, uwakiriye Yesu bamwita umwana w’umucyo , mu gihe umuntu udafite Yesu bamwita umwana w’umwijima bitewe n’imirimo y’umwijima imuranga.
Bibiliya ijya (...) -
Imana ishoborabyose kandi ntawarogoya umugambi wayo/ Ev.Edith
21 July 2015, by Umugiraneza EdithNzi yuko ushobora byose, Kandi nta kibasha kurogoya imigambi yawe yose. Yobu 42:2
Uyu mukozi w’Imana Yobu yavuze aya magambo atarava no mu bibazo yari arimo. Gusa yari asobanukiwe Imana mu buryo bukomeye.
1. Imana ishobora byose 2. Imana idufitiye imigambi myiza 3. Imana itagira ikiyivangira, ikiyikerereza, ikiyirogoye,…
Hari ijambo mu Kinyarwanda rivuga ngo imknsi iba myinshi igahimwa n’umwe. Ari wo munsi wo gukora kw’Imana. Uko ibibazo (situation) Yobu yari arimo uko Bibibiliya ibitubwira (...) -
Waba uzi impamvu Imana itunyuza mw’ ishuri ryayo?
15 February 2016, by Kiyange Adda-DarleneNicyo gituma mwishima nubwo ahari mukwiye kumara igihe gito mubabazwa n’ibibagerageza byinshi. Ibyo bifite umumaro wo kugaragaza agaciro ko kwizera kwanyu. « 1 Pierre 1.6-7 »
Kugira ngo ubashe kwubaka kwizera kwawe, Imana ibanza kuguha inzozi cyangwa icyifuzo ( dream), noneho ikaguhatira gufata icyemezo kubw’icyo cyifuzo. Nyuma y’ aho hakabaho igihe cyo gutegereza. Muri icyo gihe, iragukuza ikagutegurira kuzakira ibizakurikiraho.
Mose yubahaga Imana, ariko ibyo ntibyamubujije guhura n’ibibazo. (...) -
Impamvu yo gushima Imana/EV.Adda
6 November 2015, by Innocent Kubwimana‘’Untambira ishimwe wese aba anyubahiriza’’. Zaburi 50:22a
Imana ni Data wa twese udukunda. Yatwemereye Yesu iramuduha. Nishimwe. Yesu ati ‘’nimuguma muri jye, amagambo yanjye akaba muri mwe, musabe icyo mushaka cyose, muzagihabwa.
Iyo umuntu akijijwe akakira Yesu nk’Umwami n’umukiza w’ubugingo bwe, ahabwa kwizera ko icyo asaba agihabwa. Ni ibintu utabonera ubundi busobanuro, ni ibintu bikorerwa mu kwizera uwo muntu aba yahawe. Imana irabikora, igasubiza amasengesho, ariko hari icyo iba (...) -
Yesu arakumva
18 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaYesu yemeye kubatirizwa muri Yorodani kugirango yisanishe natwe, iyo niyo mpamvu ikomeye y’ingenzi yabimuteye. We yari umunyakuri kandi yari umwere nta cyaha na kimwe yari yarigeze akora, ariko yemeye kwibira muri yorodani yari yarabatirijwemo abari abanyabyaha, abari abicanyi, abagome ndetse n’abajura n’abandi bari babi bikabije.
We wari igisubizo kimwe rukumbi cy’iyi si yemeye kwibira mu mazi yari yarinjiwemo n’abari barakoze ibyaha. Niyo mpamvu ingorane n’ibibazo byawe Yesu ashobora (...)
0 | ... | 700 | 710 | 720 | 730 | 740 | 750 | 760 | 770 | 780 | ... | 1230