‘’Kandi ndababwira yuko gukiranuka kwanyu nikutaruta ukw’abanditsi n’ukw’Abafarisayo, mutazinjira mu bwami bwo mu ijuru.’’ Matayo 5:20
Dukunze kwita abafarisayo ngo indyarya n’ibindi byinshi. Abafarisayo mu by’ukuri bari abayuda biyemeje kwitandukanya n’abandi batumviraga Imana. Bo biyemeza kubahiriza amategeko ya Mose. (Matayo23:2)
Unoboyemo ijisho ry umwana wawe nawe uzanoboremo iry’uwe rimwe. Ntugasambane. Abayuda bandi bicaga amategeko ariko Umufarisayo yarayubahirizaga. Nibo twakwita abarokore (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Gukiranuka Imana idushakaho
29 July 2015, by Ubwanditsi -
Imana yanyigishije kuvuga indimi nyinshi ntarabyize mu ishuri
3 March 2012, by UbwanditsiNitwa Iyakabumbye Stefano nabaye ipfumbyi maze ukwezi kumwe mvutse, icyo gihe nibwo Mama yapfuye apfana na bakuru banjye batatu, nyuma gato Papa nawe yaje gupfa nyogokuru yagize icyifuzo kitari cyiza kuko atari akijijwe aravuga ati: “Uru ruhinja rw’ ukwezi kumwe ntiruzakura turuhambane na nyina ariko Imana ntiyabikunze kuko yari izi ko nzayikorera”.
Hari muka Data wacu we yaravuze ati: “Turere uru ruhinja”. Yandeze igihe gito kuko atumvikanaga na nyogokuru. Iyo yazaga kwa Nyogokuru (...) -
Menya imbaraga z’umuzuko wa mbere!
11 November 2013, by Simeon NgezahayoUmuntu wese agizwe n’ibice 3: umubiri, umwuka n’ubugingo. Ahangaha turibanda ku muzuko w’umubiri, by’umwihariko ku muzuko wa mbere nk’uko uvugwa muri Bibiliya. Uyu muzuko ureba gusa Itorero, ni ukuvuga abapfiriye muri Yesu Kristo. Kuzuka kw’imibiri ni ukuvuga ko abapfuye bose bazazurwa n’imbaraga z’Imana, bakambara imibiri mishya.
Kuki tugomba kuzuka? Mbere ya byose, ni ngommbwa cyane ko dusobanukirwa iby’imibiri yacu. Umuntu amaze gucumura mu busitani bwa Eden, urupfu rwinjiye mu isi kubera (...) -
Mbese gusenga umuntu ahagurutse mu rugo cyangwa ahageze ni ngombwa?
21 March 2016, by Kiyange Adda-DarleneDusome mu gitabo cyo Kubara 10: 35-36. Uko iyo sanduka yahagurukaga Mose yaravugaga ati:“ Uwiteka haguruka ababisha bawe batatane, abanzi bawe baguhunge“. Yahagarara akavuga ati: „Uwiteka garukira inzovu z’ibihumbi by’abisiraheri.“
Muri iki gihe mu rugendo, abisiraheri bari bafite umuyobozi witwaga Mose.Uwo niwe Imana yari yarahaye ubushobozi bwo kuyobora, ikajya ivugana nawe uko urugendo rumeze nicyo bagomba gukora. Imana imaze gushima kubana nabo yategetse Mose kwubaka ihema ry’ibonaniro (...) -
Intahe :"Nararirimbiye Imana igihe kirekire muri Korare ariko ntakijijwe nyuma ndakizwa!
30 January 2013, by UbwanditsiHar’ intahe nyinshi ariko iyi niyo natoye ngo ibe urufatiro rw’ inyigisho yacu muri kino gice ca mbere.
Umuntu umwe yashinze intahe avuga ati: » Navukiye m’ umuryango w’ abantu bubaha Imana, nkura numva inkuru z’ ivya Yesu kuva nkiri muto. Narigishijwe gusega, kuja mu ngoro y’ Imana, gutanga imperezwa, n’ ibigira cumi. Bibiliya narayisoma neza, kandi ngakora ibikorwa vy’ Imana nkukw’ abandi babikora.
Nararirimbiye Imana igihe kirekire, ndiga ndaheza amashure, ndakorera Leta, ndarongorera mw’ (...) -
LIVE: Igiterane cya Jehovayireh cyaberaga kuri stade ya ULK gisojwe hakijijwe abarenga 60
23 February 2014, by UbwanditsiNk’uko mwabitangarijwe ko uyu munsi taliki ya 23/02/2014, Chorale Jehova Jireh izwi ku ndirimbo “Gumamo” iri bumurike umuzingo wabo w’amashusho na audio ya kabiri iki giterane kiratangiye Chorale Hoziana ikaba iri kuririmba.
Hoziana Choir
Iki giterane cyitabiriwe n’abantu benshi baturutse impande zose. Ubu hamaze kuririmba Chorale Hoziana, hakurikiyeho Worship Team ya Kacyiru bati "Tuzimana na Yesu!"
Worship Team ya Kacyiru
Abayobozi bakuru b’itorero ADEPR bamaze kuhagera, bamaze kwakirwa (...) -
Igihe cy’Imana n’igihe cy’abantu
26 August 2015, by UbwanditsiAbami 4:1-7, amagambo ari hano ni ay’umugore w’umupfakazi. Inkuru y’uyu mupfakazi igaragaza ko yari ageze mu bihe bigoye by’umubabaro n’agahinda, gupfakara, gukena, kumunyaga abana be.
Kugira ngo bafate icyemezo cyo kumunyaga abana be 2 b’abahungu, inkuru yari yarasakaye muri rubanda, amagambo y’abantu, gusekwa ari byinshi. Ariko, yikomeje k’Uwiteka!!
Yumvise gusenga kwe, ndetse n’uk’umugaragu wayo Elisa, aramutabara, amurinda agahinda gasaze no gukorwa n’isoni. Rubanda rwari rutegereje guseka. (...) -
Waba warigeze wibaza impamvu ibyo ushaka gukora ataribyo ukora!
23 February 2014, by Alice RugerindindaNdavuga nti ” Muyoborwe n’Umwuka” , kuko aribwo mutazakora ibyo kamere irarikira kuko kamere irarikira ibyo Umwuka yanga, kandi Umwuka yifuza ibyo kamere yanga kuko ibyo bihabanye, nicyo gituma ibyo mushaka gukora ataribyo mukora. Abagalatiya 5:16-17
(So I say, let the Holy Spirit guide your lives. Then you won’t be doing what your sinful nature craves. The sinful nature wants to do evil, which is just the opposite of what the Spirit wants. And the Spirit gives us the desires that are the (...) -
Kugira uruhare mu kubohoka bishyingiye ku kwizera Yesu
22 April 2016, by Isabelle GahongayireMariko 10 : 46-52 Nuko bagera i Yeriko. Akivana i Yeriko n’abigishwa be n’abantu benshi, asanga umwana wa Timayo witwaga Barutimayo, umusezi w’impumyi yicaye i ruhande rw’inzira. Yumvise ko Yesu w’i Nazareti ari we uje, aherako arataka cyane ati “Yesu mwene Dawidi, mbabarira !Soma ibikurikira.
Umuhungu wa Timayo yari yaratawe i ruhande rw’inzira igana i Yeriko ntabwo yari afite icyizere cyo kuzatabarwa n’abaturanyi cyangwa se abo babanaga. Ntabwo tuzi neza umubare w’abamuherezaga amafaranga ubwo (...) -
Chorale Itabaza yataramiye abanya Kigali kuri cyumweru taliki ya 25//09/2011
26 September 2011, by UbwanditsiNkuko twari twabibatangarije ko kuri iki cyumweru taliki ya 25/09/2011 Chorale Itabaza ikorera umurimo w’ Imana muri ADEPR BIbare izataramira abanya Kigali; Sambiri za mu gitondo Chorale Itabaza yari imaze kugera mu murenge wa Gahanga aho itorero rya ADEPR Gatare rikorera biteguye gutarama nkuko babitojwe.
Abaturage bo muri uwo murenge by’ umwihariko abakristo b’ ADEPR Gatare nabo bari bazindutse kureba Chorale yaririmbye indirimbo ivuga ngo ifoto y’ Urwibutso barayidusigiye.
Igitaramo (...)
0 | ... | 930 | 940 | 950 | 960 | 970 | 980 | 990 | 1000 | 1010 | ... | 1230