1.Kuganira no gusabana.
Kuganira kw’ abashakanye ni ikintu cy’ ingenzi.Bigomba kuranga ubuzima bwabo bw’ igihe cyose. Kuganira kw’abashakanye gushingiye ku mucyo wo kubwizanya ukuri, bituma bamenyana kurushaho, bakuzuzanya mu miterere yabo itanndukanye.
Kuganira bibashisha abashakanye kubona ahabasha guturuka inzitizi mu mumibanire yabo bakazikumira kandi hanavutse ikibazo bagafatanyiriza hamwe kugishakira igisubizo.
Ingingo zifasha abashakanye kuganira gusabana:
Kwitoza kuganira kuri (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Ibikomeza umubano mwiza w’ abashakanye (igice cya mbere).
6 October 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Uko uri kose, icyo uricyo cyose, aho uri hose wakagiriye abandi umumaro. Kagambirwa Claudine
3 April 2014, by Claudine KAGAMBIRWAIyo umuntu avuze kugirira abandi umumaro abenshi bumva ibintu cg amafaranga, ariko nawe ubwawe uri uw’agaciro ku buryo hari icyo wamarira abandi hatagendewe ku bintu n’ubwo nabyo ari ingenzi. Bibiliya ibivuga neza ngo ariko mwebweho muri ubwoko bwatoranijwe, abatambyi b’ubwami kugira ishyanga ryera n’abantu Imana yaronse, kugira ngo mwamamaze ishimwe ry’Iyabahamagaye, ikabakura mu mwijima ikabageza mu mucyo wayo w’itangaza (1Petero 2:9).
Mwene data Imana yagushyize aho uri kugira ngo uhabyaze (...) -
Kubakwa n’Imana. Pasteur Desire Habyarimana
4 July 2013, by Pastor Desire Habyarimana“Namwe mwubakwe nk’ amabuye mazima kugira ngo mube inzu y’ Umwuka n’ ubwoko bw’ abatambyi bwera bwo gutamba ibitambo by’ Umwuka bishimwa kubwa Yesu Kristo-1Petero 2:4-5
1.Imana ifite umugambi mwiza wo kutwubaka mu mwuka no mu buzima busanzwe.
Murabizi ko iyo bubaka babanza gutegura aho bazubaka bagasiza ikibanza, natwe hari ibyo Satani yari yarubatse bigomba kubanza gusenywa; ibyo ni ingeso za kamere(Abagalatiya 5:19-21). Kugira umuntu akire kamere y’ umubiri agire imbaraga z’ Umwuka n’ imbuto (...) -
Kuko umurezi wanyu satani azerera nk’intare yivuga ashaka uwo yaconcomera!
4 July 2012, by Alice Rugerindinda“Mwirinde ibisindisha mube maso, kuko umurezi wanyu satani azerera nk’intare yivuga ashaka uwo yaconcomera” 1 Petero 5:8 Abantu bazi intare bavuga ko ari inyamaswa y’inkazi , iteye ubwoba, kandi abigeze kuyumva yivuga , bavuga ko umutontomo wayo uba uteye ubwoba kandi uhuye nayo mu ishyamba, ni ugusezera ku isi kuko ntiyagusiga keretse ari ijuru rigutabaye!
Bibiliya rero irimo kugereranya satani n’iyo ntare y’inkazi y’ingome irimo kuzerera ishaka uwo yamira bunguri ( guconcomera). Mana yanjye, (...) -
Wowe wumva ukwiye iki ? Dore igikwiye umuntu wese!
22 February 2016, by Innocent KubwimanaNimumwegere ni we Buye rizima ryanzwe n’abantu, ariko ku Mana ryaratoranijwe riba iry’igiciro cyinshi, namwe mwubakwe nk’amabuye mazima kugira duhinduke inzu y’Umwuka, n’ubwoko bw’abatambyi bwera bwo gutamba ibitambo by’Umwuka bishimwa n’Imana ku bwa Yesu Kristo.2 Petero 2:4-5
Mu iyubaka ry’iyo nyumba bayubakishije amabuye yatunganirijwe mu nganzo, nta nyundo cyangwa intorezo cyangwa ikindi kintu cyose cy’icyuma cyumvikanye muri iryo yubaka. 1 Abami6:7
Aya magambo yose yaba ayo Petero yanditse (...) -
Ijuru ni ukuri ririho si ukubeshya... (Ubuhamya bwa Choo Thomas)
8 September 2013, by UbwanditsiMu mwaka wa 1992 CHOO THOMAS, umunyamerika ukomoka muri KOREA yabaye umukristo avuka ubwa kabiri. Igitera ubuhamya bwe kuba igitangaza ni uko nyuma y’imyaka ibiri yakurikiye kwihana kwe, Choo yaje gusurwa n’Umwami YESU w’ i NAZARETI. Yaje gukurwa mu isi ajyanwa mu ijuru inshuro nyinshi ubundi asura umuriro utazima inshuro ebyiri.
Choo Thomas avuyeyo, yanditse igitabo kivuga kuri izo ngendo ze , icyo gitabo acyita :" Heaven is so Real ", icyo gitabo cyagiye ahagaragara mu mwaka wa 2003. Iki (...) -
Wari uzi ko ingeso nziza z’ umugore zireshya umugabo agakizwa?
31 January 2013, by Isaro Marie Ange1Petero3: 1-2: Namwe bagore n’uko mugandukire abagabo banyu, kugira ngo nubwo abagabo bamwe batumvira ijambo ry’Imana bareshywe n’ingeso nziza z’abagore babo, nubwo baba ari nta jambo bavuze babonye ingeso zanyu zitunganye zifatanije no kwubaha.
Bibiliya itubwira ko umugore abasha gutsinda umugabo we atavuze ijambo narimwe amutsindishije imirimo myiza n’ingeso nziza amubonamo. Uko byagenda kwose, nubwo waba uzi kwiha amahoro ute, iyo ufite urugo washatse, hari inshingano ebyiri zizahora imbere (...) -
Muri Repuburika iharanira Democratie ya Congo hatangijwe ibitaramo.
11 May 2012Kuri uyu wa kane ushize tariki 10 /05 muri Repubulika iharanira Democratie ya Congo hatangijwe ibitaramo byo kubohoka no kugirana ubusabane n’Imana. Ibi bitaramo bikaba bibimburira igiterane mbaturamugabo kizaba tariki 13 /05 cyiswe COMPAGNE D’EVANGELISATION NYIMBO ZA WOKOVU SAISON 2 cyateguwe n’umucuranzi uririmba indirimbo zihimbaza Imana FRERE Manu uzwi nk’umunyamakuru akaba kandi n’umuhanzi nyarwanda kizitabirwa n’abahanzi ndetse n’imwe mu makorari akunzwe mu ntara y’Iburengerazuba (...)
-
Imana yankuye mu rupfu nawe yagukiza - Dr Bishop Richardson
22 April 2013, by UbwanditsiUhereye ku wa 18-21 Mata 2013 mu Itorero rya ‘‘Christ Gospel Fellowship Church’’ riherereye Kimironko; hari umuvugabutumwa mpuzamahanga uturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika witwa Dr Bishop Michael Richardson; mu buhamya bwe avuga ko yari yarakebanye umubiri wose (Paralysé) incuro enye arwaye n’impyiko ndetse zaraboze; ariko Imana iramukiza; ati “Imana yankuye mu rupfu.”
Dr Bishop Michael Richardson mu buhamya bwe; avuga ko yari asanzwe afite umuganga we wari usanzwe umukurikirana amuvura; (...) -
Uracyazirikana ko kubaha ababyeyi ari inshingano cyane mu miryango ya Gikristo?
3 August 2015, by Innocent KubwimanaUmenye yuko mu minsi y’imperuka hazaza ibihe birushya, kuko abantu bazaba bikunda, bakunda impiya, birarīra, bibona, batukana, batumvira ababyeyi babo, indashima, batari abera, 2 Timoteyo 3:1-2
Turi kubaho muri kimwe mu binjyejana bigaragaraza gusohora nta gushidikanya kw’ibyanditswe ko turi mu bihe bya nyuma by’isi. Kimwe mu byo twasomye ngo abantu bazaba indashima, batumvira ababyeyi babo. Mbese rimwe mu mategeko cyangwa ihame rizata agaciro ni iryo kubaha ntirigikurikizwa kandi ibi (...)
0 | ... | 930 | 940 | 950 | 960 | 970 | 980 | 990 | 1000 | 1010 | ... | 1230