Ubusanzwe Abrahamu ashushanya Yesu 25%
Isaka ni 25% , Yakobo 70%, Yosefu 100%
1. Bombi bakundwa na ba Se
Itangiriro 37:3
Matayo 3:17
2. Bombi banzwe na bene se
Itangiriro 37:4
Yohana 15:24
3. Bene se ntibabemera
Itangiriro 37:8
Yohana 7:5
4. Banze ubutware bwabo
Itangiriro 37:20
Luka 19:14
5. Bose baragambaniwe
Itangiriro 37:18
Matayo 27:1
6. Barahinyuwe
Itangiriro 37:19
Matayo 27:31
7. Bombi babambuye (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Ibintu 30 Yosefu ahuriyeho na Yesu.
26 October 2011, by Ubwanditsi -
Mbasigiye amahoro, amahoro yanjye ndayabahaye.
14 February 2016, by Alice Rugerindinda“Mbasigiye amahoro, amahoro yanjye ndayabahaye”. Yohana 14: 27 Amen. Aya magambo yavuzwe na Yesu mu gihe yasezeraga abigishwa be. Kandi yongeraho ngo ntabahaye amahoro nkuko abisi bayatanga! Buriya amahoro arahenze, kandi nta muntu uyiha ngo bikunde.
Hari ibyo bita “Kwiha amahoro” ariko nyine icyemeza ko ari ukwiha amahoro, nuko ari amahoro y’umwanya muto . Abenshi ngo kugirango bihe amahoro, banywa inzoga nyinshi cyane, ibiyobyabwenge, bakarara bareba amafilime, bagasohokera ahantu kure ha (...) -
Ntibisanzwe: Ijoro ryo ku wa 31 Ukwakira (Halloween) ririmo amayobera menshi y’umwijima!
30 October 2013, by UbwanditsiIjoro ryo ku wa 31 Ukwakira rizwi ku izina rya Halloween Day ni ijoro ryitezwemo ibitangaza byinshi.
Muri iri joro, bivugwa ko abazimu baza ku isi n’abarozi abantu bakababonesha amaso. Kuri uwo munsi abana bambara nk’abazimu n’abarozi.
Muri Leta ZUnze Ubumwe z’Amerika no ku isi yose, uyu munsi wamaze kuhagera. Abawizihiza biyambika imyambaro iteye ubwoba ndetse na za masques zigaragaza urupfu, n’ibindi by’ikuzimu, bakajya muri buri muryango basaba impano zijyanye n’uwo munsi.
Dore inkomoko (...) -
Burya n’abasirikare bakuru nabo bakijijwe bakorera Imana. Colonel Nathan Ndayinginge.
24 July 2012, by UbwanditsiMu buhamya bwa Colonel Ndayinginge Nathan bw’ ubushize yasoje atubwira ko ari mwalimu w’ Itorero akabifatanya n’akazi gasanzwe ka Gisirikare. Twagize amatsiko bituma tumwegera tugira icyo tumubaza uko yahamagawe ari umusirikare mukuru? Adusubiza muri aya magambo:
1.Ikibazo: Umuhamagaro wo kuba umuvugabutumwa mwawiyumvisemo gute?
Igisubizo: Maze kwakira agakiza haciye igihe, hari ibimenyetso natanguye kubona mu nzozi. Hamwe nabona mpagaze imbere y’ishengero rinini ndiko ndavuga nsemerera (...) -
Kurenza amaso ibicantege bihesha umutima wizeye kunesha
24 July 2015, by Umumararungu ClaireIyo wacitse intege wihebye, biragoye ko imirimo y’Imana ikoreka muri wowe, Imana idusaba kudacika intege mu ngorane duhura nazo kubera ko yasezeranye kuzajya itabara mu bihe bikomeye.
Ndashaka kubahereza urugero rumwe rw’umuntu witangiye ubuhamya rw’ukuntu yagumanye imbaraga ze.
‘’Icyo gihe nari maze imyaka 40, twari tukiri i Kadeshi y’i Baruneyi, Mose umugaragu w’Uwiteka antuma kujya gutata igihugu. Bukeye muhamiriza ibyo nari nabonye n’umutima utabeshya Yosuwa 14:7
Aba bagabo bari babwiye uyu (...) -
Wari uzi ko ubwenge nibwo bwubaka urugo?
24 August 2015, by Isaro Marie AngeImigani 24: 3-4: “Ubwenge nibwo bwubaka urugo, kandi rukomezwa no kujijuka. Kumenya niko kwuzuza amazu yo muri rwo, mo ibintu byose by’igiciro cyinshi n’iby’igikundiro”
Nkuko ijambo ry’Imana ribivuga, birakwiriye ko turushaho gusobanukirwa, tugahugurana tukwongera ubumenyi, abajijwe bakaboneraho kujijuka, maze ingo zacu zigahembuka, zigakomera. Nta muntu nari numva usenga atizeye guhabwa ibyiza (matayo 7: 7-8); niyo mpamvu umu kristo wese iyo ageze igihe cyo gushaka asaba Imana ngo imutungire (...) -
Muri Repuburika iharanira Democratie ya Congo hatangijwe ibitaramo.
11 May 2012Kuri uyu wa kane ushize tariki 10 /05 muri Repubulika iharanira Democratie ya Congo hatangijwe ibitaramo byo kubohoka no kugirana ubusabane n’Imana. Ibi bitaramo bikaba bibimburira igiterane mbaturamugabo kizaba tariki 13 /05 cyiswe COMPAGNE D’EVANGELISATION NYIMBO ZA WOKOVU SAISON 2 cyateguwe n’umucuranzi uririmba indirimbo zihimbaza Imana FRERE Manu uzwi nk’umunyamakuru akaba kandi n’umuhanzi nyarwanda kizitabirwa n’abahanzi ndetse n’imwe mu makorari akunzwe mu ntara y’Iburengerazuba (...)
-
Wabasha kuba pasiteri mwiza utari umugabo mwiza? - Jarod Moore
16 May 2013, by Simeon NgezahayoWibuke ko umupasiteri ubwiriza ubutumwa bwiza atagomba kubushyiraho umugayo yanga gukunda umugore we nk’uko Kristo akunda itorero.
Aya magambo aranshishikaje. Ni amagambo abapasiteri bose n’abayobozi b’amatorero bagomba kumva. Mu murimo w’Imana habamo ikigeragezo (ku bwanjye), kubona umuntu afata igihe cyo kwigisha abandi ariko ntabashe kwigisha abo mu rugo rwe. Nidufata igihe cyacu cyose tukagishyira mu itorero twirengagije inshingano zacu mu ngo, bishobora kutubera icyaha. Wibuke ko kugira (...) -
Nta mwungeri mwiza nk’Uwiteka
30 September 2015, by Innocent KubwimanaWaba warigeze wumva umwana arimo asubiriramo abantu abatungira agatoki ati ‘’Uriya ni Papa, ni Dadi’’? Ikintu gikomeye uriya mwana aba ashaka kukumvisha ntutekereze ko ari izina Papa cyangwa Dadi nk’uko bamwe babivuga, oya, icyo ashaka ko wumva ni uko ari uwe bwite.
Arashaka kumukuratira ko ari mwiza, afite imbaraga, mbese nta muntu umeze nkawe, uyu mwana iyo ari kumwe nawe, uwo abonye wese amwiyenzaho, utwana tugenzi twe ntatinya kudukanga, yewe n’iyo bahuye n’igikoko ari kumwe na Se, ntatinya (...) -
Nakora nte iteraniro n’ Umwana wanjye? Edouard Kowalski
27 August 2015, by Kiyange Adda-DarleneUbuzima bw’umwuka bw’umwana wanjye bugomba gukura vuba bishoboka. Turemwa kuva tukiri mu nda, umubiri, umwuka n’ubugingo. Noneho niba umubiri ugaragaza ibyo ukeneye kuva umwana akivuka, Ibyanditswe bitwibutsa ibindi bikenewe mu buryo bw’umwuka. Biravuga ngo : « …Umuntu ntatungwa n’umutsima gusa, ahubwo atungwa n’amagambo yose ava mu kanwa k’Imana. » (Matayo 4 :4)
Mu gihe indangagaciro z’umuryango zigenda zibura, ni byiza kwibuka ko niba Imana yarahaye ababyeyi guha ubuzima bw’umubiri abana babo (...)
0 | ... | 910 | 920 | 930 | 940 | 950 | 960 | 970 | 980 | 990 | ... | 1230