Ibyo kwitandukanya n’abakristo gito
“Nabandikiye muri rwa rwandiko ko mutifatanya n’abasambanyi. Ariko sinavuze yuko mudaterana rwose n’abasambanyi bo mu b’iy’isi, cyangwa abifuza ibibi cyangwa abanyazi cyangwa abasenga ibishushanyo, kuko iyo biba bityo mwari mukwiriye kuva mu isi. Ahubwo none nabandikiye ko mutifatanya n’uwitwa mwene Data, niba ari umusambanyi cyangwa uwifuza ibibi,cyangwa usenga ibishushanyo cyangwa utukana cyangwa umusinzi cyangwa umunyazi, umeze atyo ntimugasangire nawe” 1 (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Abantu Bibiliya yita “Abakristo gito” ni bantu ki?
17 November 2013, by Ubwanditsi -
Ubuhamya bwa OUMAR MOULAYE (igice 1)
31 May 2012, by UbwanditsiIslam ni idini ry’ imbaraga ?
Nitwa Moulaye, navukiye mu muryango w’aba islam i, Niamey mu gihugu cya Niger. Data Moulaye Abdou ndetse na sogokuru ni aba Islam cyane (Fervent). Kubigaragararira amaso ya benshi, mu ba Islam, inkomoko yacu irubashywe kuko duturuka mu miryango ya bugufi y’ intumwa ya Islam. Sogokuru yari azwiho kuba ari umuhadji(soma umuhaji) ufite izindi mbaraga zitangaje. Islam kuri njye yari idini yaba sogokuru. Umuryango wose wabonaga ishema ku bwiryo zina, kubw’ izo mbaraga (...) -
Dukwiye kumenya abo turibo! Musoni Désiré
26 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaTuri bande?
Esiteri 3:8 / 1 Petero 2:9-11 Hanyuma Hamani abwira Umwami Ahasuwerusi ati “Hariho ubwoko bwatatanye bunyanyagira mu mahanga yo mu bihugu utegeka byose. Amategeko yabwo ntahura n’ay’ayandi mahanga kandi ntibumvira amategeko y’umwami, ni cyo gituma nta cyo byunguye umwami kubihanganira.
Nkuko tubisanga muri aya majambo dusomye Hamani yabwiye umwami Ahasuwerusi, hari ibintu bishika kuri bitanu yavuzemwo vyaranga ubwoko bw’Imana bwaba muri kino gihugu:
1. Un peuple unique (ubwoko (...) -
Twige Kumenya Imana k’uburyo bw’umwihariko
14 June 2016, by Umugiraneza EdithNimureke kwishingikiriza ku bantu bafite umwuka mu mazuru . Mbese mubaca iki?
Nari umugore utigirira ikizere, wumva mpabwa agaciro nibyo nkora. Nabaga mu murimo w’Imana igihe cyose! Nabaga muri Ministere y’ ivugabutumwa y’ urusengero rwateraga imbere cyane, nakoreshaga inama kenshi zitabirwaga n’aba mama bagera kuri 400. Nari mfite parking yanditse kw’izina ryanjye ntawundi wahashyira imodoka ye, n’ icyapa cyanditseho izina ryanjye kuri Bureau. Numvaga ndi umuntu w’igiciro, abantu bazaga (...) -
Imana ikomeje gukoresha umukozi w’ Imana Kazura Jules n’ umuryango we muri Senegal
3 February 2014, by Pastor Kazura JulesNkuko Ijambo ry’Imana ribidusaba aho rigira riti ” Muzirikane abanyururu nkaho mufunganywe nabo. Mwibuke n’abagirirwa nabi, muzirikane ko namwe mufite umubiri” Abah 13:3, natwe Imana yadukinguriye amarembo muri gereza iri hafi yaho dutuye (Thies), buri wa kabiri wa buri cyumweru tujya gusura abagororwa bahafungiwe, tukagenda mu byiciro bitatu, aho ab’igitsina gore bajya mu ruhande rufungiyemo abagore n’abakobwa, naho abagabo n’abasore tukicamo ibice bibiri, bamwe bakajya kuganiza abagabo bakuru (...)
-
Ubuhamya: Imana yanyongereye iminsi yo kubaho napfuye. Uwingabire Ladislas
8 October 2013, by UbwanditsiNitwa Uwingabire Ladislas, ndi umusore w’imyaka 29. Navukiye mu karere ka Gakenke, umurenge wa Gashenyi, intara y’amajyaruguru. Ubu ndi Umukristo wavutse ubwa kabiri, nakiriye Kristo nk’Umwami n’Umukiza. Nkora umurimo w’ivugabutumwa bwiza nyobowe n’Umwuka Wera.
Imana yankoreye ibikomeye, inkuru ibuzimu inshyira ibuntu ku bw’ imbabazi zayo. Reka mbahe ubuhamya bw’ubuzima nanyuzemo:
Navutse mu w’1984. Mama akintwite, Satani yashatse kumburizamo ariko Imana ikinga ukuboko. Mama yatwaye inda yanjye (...) -
"Imana yambohoye mu mbaraga z’imyuka mibi, impindurira amateka" - Purcherie Mukankima
27 November 2013, by Simeon NgezahayoNitwa Purcherie Mukankima, navukiye i Gitarama mu karere ka Kamonyi, mu murenge wa Rukoma. Navukiye mu muryango w’abapagani, aho baterekeraga bakanabandwa. Data yari afite abagore babiri, twari dufite umuryango munini ariko udafite amahoro. Mu nda ya mama ngo nta muhungu wavutsemo wagombaga kubaho, ku buryo bafpuye tugasigarana kamwe, abakobwa natwe tugomba kubaho nabi, ubu nkubwira jyewe na bakuru banjye twese turi abafpakazi.
Koko nta mahoro y’umunyabyaha, ni ko Uwiteka avuga. Nari umwana (...) -
“Nabyaye maze imyaka 17 narabuze urubyaro ".
6 October 2011, by UbwanditsiUbu ni ubuhamya bw’umudamu witwa Kayitesi Immacule usengera mu itorero rya ADEPR Bibare akaba atuye I ndera. Muri ubu buhamya Kayitesi atangira avuga ko yashakanye n’ umugabo witwa Kaberanya Paulo mu mwaka wa 1991 i Bujumbura mu Burundi. Kayitesi avuga ko icyo gihe atari yakakiriye Yesu nk’ Umwami n’ umukiza w’ ubugingo bwe..
Kayitesi akomeza avuga ko we n’umugabo bategereje umwana bagaheba ndetse ngo bagatangira a kwivuza mu bitaro byose bikomeye byo mu Burundi, nyamara ngo ibi byabaye ubusa. (...) -
Umupasitori w’umukirisitu wari warakatiwe urubanza rwo gupfa muri Irani, nyuma aza kurekurwa.
17 September 2012, by UbwanditsiUmupastori w’umukirisitu wari warakatiwe urwo gupfa kubera kuvuga ubutumwa bwiza yasubijwe mu muryango we ari kuwa gatandatu nyuma y’iburanishwa; ibi byavugwaga n’umuryango udaharanira inyungu wakurikiranaga urwo rubanza.
Pasitori Youcef Nadarkhani wavukiye mu muryango w’abasilamu nyuma akaba umukirisitu afite imyaka 19, yarekuwe amaze imyaka 3 mu buroko aho yari yarakatiwe urubanza rwo gupfa, nkuko Tiffany Barrans, umuryango mpuzamahanga wa Amerika ushinzwe amategeko n’ubutabera, ubitangaza. (...) -
Haranira ubuhamya bwiza imbere y’Imana n’abantu!
2 February 2016, by Innocent KubwimanaMuhagarare mushikamye mukenyeye ukuri mwambaye gukiranuka nk’icyuma gikingira igituza. (Abefeso 6:14)
Mu bintu byose Paulo yahuguriye abakristo, yongeyeho ngo mukenyere ukuri. Ukuri ni ikintu gikomeye ndetse kitoroshye kurindwa kuko akenshi ushobora gusanga hari aho wakureka ukabyungukiramo mu buzima busanzwe ukaba urirengeye, ariko nubwo bimeze bityo niyo ntwaro wakwitwaza umwanzi ntabone icyo akakurega, ikindi gukomera kukuri bihindura umuntu inyangamugayo cyangwa se uwo kwizerwa bitari (...)
0 | ... | 880 | 890 | 900 | 910 | 920 | 930 | 940 | 950 | 960 | ... | 1230