Ivuka rya Yesu Kristo rifite umumaro munini ku mamiliyoni y’abantu ku isi yose, cyane cyane ku bijyanye n’ubuzima bw’mwuka. Ivuka rya Yesu kandi rifite umumaro munini, kuko ari ryo ibihugu by’uburengerazuba byahereye bibara igihe.
Iteka iyo umuntu avuze intambara yo mu w’1812, incubi y’umuyaga yo mu w’1882 cyangwa amatora ya President yo mu w’2008, biba bivuze imyaka ishize Yesu avutse.
Noneho se iri bara ry’igihe ryatangiye ryari, cyangwa se ni gute abahanga mu by’igihe bamenya niba koko (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Amateka ya Noheli: Yesu yavutse mu wuhe mwaka? - Michael-Gryboski, CP
27 December 2013, by Simeon Ngezahayo -
Abantu Bibiliya yita “Abakristo gito” ni bantu ki?
17 November 2013, by UbwanditsiIbyo kwitandukanya n’abakristo gito
“Nabandikiye muri rwa rwandiko ko mutifatanya n’abasambanyi. Ariko sinavuze yuko mudaterana rwose n’abasambanyi bo mu b’iy’isi, cyangwa abifuza ibibi cyangwa abanyazi cyangwa abasenga ibishushanyo, kuko iyo biba bityo mwari mukwiriye kuva mu isi. Ahubwo none nabandikiye ko mutifatanya n’uwitwa mwene Data, niba ari umusambanyi cyangwa uwifuza ibibi,cyangwa usenga ibishushanyo cyangwa utukana cyangwa umusinzi cyangwa umunyazi, umeze atyo ntimugasangire nawe” 1 (...) -
Dukwiye kumenya abo turibo! Musoni Désiré
26 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaTuri bande?
Esiteri 3:8 / 1 Petero 2:9-11 Hanyuma Hamani abwira Umwami Ahasuwerusi ati “Hariho ubwoko bwatatanye bunyanyagira mu mahanga yo mu bihugu utegeka byose. Amategeko yabwo ntahura n’ay’ayandi mahanga kandi ntibumvira amategeko y’umwami, ni cyo gituma nta cyo byunguye umwami kubihanganira.
Nkuko tubisanga muri aya majambo dusomye Hamani yabwiye umwami Ahasuwerusi, hari ibintu bishika kuri bitanu yavuzemwo vyaranga ubwoko bw’Imana bwaba muri kino gihugu:
1. Un peuple unique (ubwoko (...) -
Twige Kumenya Imana k’uburyo bw’umwihariko
14 June 2016, by Umugiraneza EdithNimureke kwishingikiriza ku bantu bafite umwuka mu mazuru . Mbese mubaca iki?
Nari umugore utigirira ikizere, wumva mpabwa agaciro nibyo nkora. Nabaga mu murimo w’Imana igihe cyose! Nabaga muri Ministere y’ ivugabutumwa y’ urusengero rwateraga imbere cyane, nakoreshaga inama kenshi zitabirwaga n’aba mama bagera kuri 400. Nari mfite parking yanditse kw’izina ryanjye ntawundi wahashyira imodoka ye, n’ icyapa cyanditseho izina ryanjye kuri Bureau. Numvaga ndi umuntu w’igiciro, abantu bazaga (...) -
Haranira ubuhamya bwiza imbere y’Imana n’abantu!
2 February 2016, by Innocent KubwimanaMuhagarare mushikamye mukenyeye ukuri mwambaye gukiranuka nk’icyuma gikingira igituza. (Abefeso 6:14)
Mu bintu byose Paulo yahuguriye abakristo, yongeyeho ngo mukenyere ukuri. Ukuri ni ikintu gikomeye ndetse kitoroshye kurindwa kuko akenshi ushobora gusanga hari aho wakureka ukabyungukiramo mu buzima busanzwe ukaba urirengeye, ariko nubwo bimeze bityo niyo ntwaro wakwitwaza umwanzi ntabone icyo akakurega, ikindi gukomera kukuri bihindura umuntu inyangamugayo cyangwa se uwo kwizerwa bitari (...) -
Butaro-Ruhengeri hakorewe igiterane cyo kubohoka
3 October 2011, by UbwanditsiNk’uko twari twabibatangarije, ku itariki ya 01/10/2011 twakoreye igiterane mu karere ka Butaro ahahoze hitwa mu Ndorwa. Aho hakaba hafite amateka yihariye kubirebana no gusenga ibigirwamana. Aha twavuga nka nyabingi yasengwaga muri aka gace. Kuva mu kwezi kwa 8 tariki ya 1 ku munsi w’ umuganura, abasenga nyabingi bagiraga ukwezi ko kwakira amaturo yavaga imihanda yose agizwe n’ amaturo y’abantu harimo abakobwa n’abagabo bo gukorera nyabingi, kimwe n’amaturo y’ ibihingwa n’amaturo y’ inka (...)
-
Nabonye Umukunzi mwiza, byose arabishobora!
5 November 2013, by Alice Rugerindinda“ Umukunzi wanjye ni uwanjye ubwanjye nanjye ndi uwe.” Indirimbo ya Salomo 2:16
Nabonye Uumukunzi mwiza, yarankunze ntamuzi, yamfatishije umugozi arirwo rukundo rwe. Izo ngoyi ze zanteye kuba imbata ye rwose. Njye nduwe nawe n’uwanjye, kugeza iteka ryose.
Iyi ni indirimbo irimo ubuhamya bw’umuntu wanyuzwe n’urukundo. Kandi nabonye kubona inshuti, umukunzi ari ikintu gikomeye cyane. Njya nibuka nkiri umukobwa, namaze iminsi itari mike ,abantu bandambagiza ariko nkajya numva ntarabona uwo (...) -
No mu mibabaro yacu, Imana ikeneye ko tuyigirira ikizere
28 August 2015, by Innocent KubwimanaNari nizeye ubwo navugaga nti “Narababajwe cyane.” Zaburi 116:10 Aha hameze nk’aharimo urujijo ukuntu umuntu ababazwa yarangiza akanagira kwizera. Ubundi mu bintu bikamura kwizera k’umuntu rimwe na rimwe akanatakariza Imana ikizere harimo n’imibabaro.
Kubera ko muri kamere muntu habamo kwibagirwa ikimubayeho kigakabya cyose kimwibagiza ibyabanje, ni ukuvuga iyo umuntu ababaye yibagrwa iminsi yishimye, kimwe nuko iyo yishimye yibagirwa iminsi yababaye. Dawidi yanyuze muri byinshi ariko ashimira (...) -
Ukoresha gute ugutwi kwawe?
10 June 2016, by Pastor Desire HabyarimanaYesu akunda kubwira abantu ngo ufite ugutwi niyumve ibyo umwuka abwira amatorero cyangwa ibyo umwuka abwira abantu , ibyahishuwe 3:6) .
Biradukwiriye ko twumva ibyo Yesu atubwira, muri iyi minsi abantu benshi barabwirwa ariko ntibumva Yesu aravuga ariko kumva byabaye ikibazo , birashoboka ko uterana kenshi ariko ukaba utumva ibyo Yesu akubwira , birababaje cyane ko Yesu yakubwiye kureka ibyaha ariko uyu munsi ukaba ukibikora, iyo amatwi adakora ntiwumva, iyo utumva ukora ibyo wishakiye (...) -
Waba uzi ubwoko bw’intambara urwana?
2 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIyo ubajije abantu ubwoko bw’intambara barwana akenshi bagaruka ku ntambara zigaragara inyuma cyangwa ibibazo bya buri munsi. Ibi twavuga indwara zitandukanye z’umubiri, intambara hagati y’ibihugu, inzara n’ibindi bitandukanye. Ibi byose nibyo abantu bibandaho nk’inkomoko y’imibabaro yabo ya buri munsi ariko bakirengagiza intambara zikomeye abantu barwana; intambara zo mu bitekerezo.
Joyce Meyer yavuze ko umunsi ku munsi umuntu wacu w’imbere aba ahanganye n’intambara zitandukanye zitagaragarira (...)
0 | ... | 850 | 860 | 870 | 880 | 890 | 900 | 910 | 920 | 930 | ... | 1230