Kuko uko atekereza ku mutima ariko ari (Imigani 23:7)
Burya ibyo dutekereza ni byo bivamo ibyo dukora n’uko twitwara. Ushoboye kugenzura no gutegeka ibyo utekereza, imikorere, imivugire n’imyitwarire yahinduka.
Ni ngombwa kurinda ibyinjira mu mitima yacu aha ni ukuvuga mu bitekerezo byacu, niyo mpamvu Salomoni yavuze ngo: “Rinda umutima wawe kuruta ibintu byose birindwa kuko muri wo ari ho iby’ubugingo bikomoka (Imigani 4:23).
Yakobo nawe yatwigishije ko ibyaha bitangirira mu bitekerezo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Ibikorwa bya muntu ni ingaruka z’imitekerereze ye. Pst Kazura Jules
6 May 2014, by Ubwanditsi -
Bakobwa mwirinde intoki zabahungu zibakorakora zitagira gahunda!
4 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaHari ubwo ujya ubona abana b’abahungu bafite udutoki duhora turyaryata, bashaka iteka gukora ku bakobwa, hari abazi kubikora bitonze, muri buri kiganiro n’umukobwa aba ashaka kumufata k’urutugu, mu mayunguyungu, iteka aba ashaka kubahanagura imyanda hari nabashaka no kubakandakanda mu mugongo, kubakandakanda ku ntugu, kubashimashima mu mutwe, gukanda kanda intoki, hari n’abakobwa njya mbona batagira isoni zo kwicara ku bibero by’abasore, mbega ubupfu bwo kutamenya imikorerey’umubiri ? N’ibindi (...)
-
Nta kintu kigora nko gushaka gukorera Imana na satani icyarimwe! Alice Rugerindinda
21 March 2014, by Alice Rugerindinda“Uwiyita Amen, umugabo wo guhamya kandi ukiranuka w’ukuri, inkomoko y’ibyo Imana yaremye aravuga aya magambo ati: “Nzi imirimo yawe, yuko udakonje kandi ntubire. Iyaba wari ukonje cyangwa wari ubize! Nuko rero kuko uri akazuyazi, udakonje , ntubire, ngiye kukuruka” Ibyahishuwe 3: 14-15
(I know all the things you do, that you are neither hot nor cold. I wish that you were one or the other! But since you are like lukewarm water, neither hot nor cold, I will spit you out of my mouth!) Revelation (...) -
Ikibazo Cyugarije Isi - Simeon Ngezahayo
25 April 2013, by Simeon NgezahayoHashize iminsi hariho impaka ku kibazo cyugarije isi: “Abagabo bashakana bahuje ibitsina!” byatangiriye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, biturutse ku cyifuzo cya bamwe mu baturage bo muri icyo gihugu. Iki cyifuzo cyaje kujyanwa muri Senat y’Amerika, kugira ngo amategeko yemeze niba bishoboka cyangwa bidashoboka. Mu minsi ishize ubwo Senat y’Amerika iherutse guterana, 53% bemeje ko iri tegeko rikwiriye gusinywa mu gihe 47% babyanze.
“Umwera uturutse ibukuru ukwira hose!” Ibindi bihugu byo ku isi (...) -
Namaze igihe kinini nshidikanya Imana, ariko narayibonye! – Chris
13 March 2014, by Simeon NgezahayoNarerewe mu muryango w’Abakristo, kuko iwacu basengeraga mu itorero ry’Ababatisita (Baptist). Nari narijanditse mu biyobyabwenge by’uburyo bwinshi, nkabikora buri munsi. kuva nkiri muto rero, najyaga ndyama nijoro nkabona imyuka mibi (abadayimoni), nkategereza ibitotsi ngo mbone amahoro.
Hashize imyaka myinshi maze kuba ingimbi, ntangira gusenga no kugarura benshi mu nzira y’Imana. Ariko maze kugira nk’imyaka 20, natangiye kwibaza ibibazo byinshi bituma nta kwizera Kristo. Numvaga Data na Yesu (...) -
Bikwiye kumenyekana ko Uwiteka ari we Mana
17 September 2015, by Pastor Desire Habyarimana…..Aravuga ati” Uwiteka Mana ya Aburahamu na Isaka na Yakobo uyu munsi bimenyekane ko ariwowe Mana.’’ 1Abami 18:36b
Mu isi habaho ibyo abantu bita imana bakabisenga ndetse bakabiramya, mu bihugu bimwe na bimwe hari naho buri kintu cyose kiba gifite imana yacyo, urugero : imana y’izuba, imana y’imvura, imana itanga urubyaro n’ibindi byinshi, nyamara nubwo izi mana ziriho ntibibuza bene zo guhura n’ibi bibazo.
Hari izigira amaguru zitava aho ziri, izifite amaso zitamenya ibipfa n’ibikira, bifite (...) -
Ni iki Imana idushakaho?
28 October 2015, by Innocent KubwimanaEse abantu bose basenga babitwerwa no gukunda Imana cyangwa babiterwa nuko hari ibyo bayifuzaho? Kugira ibyo bayifuzaho si bibi ariko kandi abantu bakwiye no gukorera Imana kubw’urukundo bayikunda.
Umuntu muri kamere ye ahorana ibyifuzo. Icyo yifuza none iyo akibonye ejo agarukana ikindi.
Gusa nubwo babihorana Imana nayo ifite ibyo iba ibifuzaho, wenda icyaba kibabaje ni igihe umuntu yumva ko Imana yamutaye kubera ibye bitagenze uko abyifuza kandi n’ibyo Imana imwifuzaho atarabikoze.
Ese (...) -
Ubwirize abantu ijambo ry’Imana, ugire umwete mu gihe kigukwiriye no mu kitagukwiriye
15 July 2012, by Alice Rugerindinda“Preach the word of God. Be prepared, whether the time is favorable or not” 2 Tim 4: 2-4 “ Preche la parole, insiste en toute occasion favorable ou non..” 2 Tim 4: 2-4
Aya mabwiriza Pawulo yayahaga umwana we mu kwizera Timoteyo, kandi natwe uyu munsi turayahabwa, ariko Mana ntabwo yoroshye! Hari impamvu Timoteyo yasabwaga kugira umwete mu gihe gikwiye n’ikidakwiye!!!! Nuko Paulo yerekwaga agasanga hari igihe cyari kuzaza , aho abantu bazaba badashobora kwihanganira inyigisho nzima, ahubwo ngo (...) -
Imyiteguro y’igitaramo cyo gufasha Abanyarwanda birukanywe muri Tanzania irarimbanije
2 May 2014, by UbwanditsiAgakiza Family bateguye igitaramo cyo gukusanya inkunga yo gufasha Abanyarwanda birukanywe muri Tanzania baherereye mu Murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro.
Iki gikorwa giteganijwe kuri iki Cyumweru tariki ya 4 Gicurasi 2014 kuri salle ya Women Foundation iherereye ku Kimihurura kikazatangira saa munani zuzuye,
Mu kiganiro twagiranye n’Umuyobozi w’uyu muryango Pasiteri Desire Habyarimana, yavuze ko imyiteguro igeze kure.
Mu nkuru twari twabagejejeho mu minsi ishize, hari amakuru avuga (...) -
Kujya muri Isirayeli byahinduye amateka y’ ubuzima bwanjye. Pastor Ntayomba Emmanuel
17 February 2014, by UbwanditsiUmushumba w’ Itorero Hilling Center Pasteur Ntayomba Emmanuel rikorera I Remera I nyuma ya “Gare” atanga ubuhamya ko kujya muri Isirayeli byahinduye amateka y’ ubuzima bwe. Kuri iki cyumweru ubwo twageraga ku itorero Miracle Pool Ikarabiro twahahuriye n’ uyu mushumba aho yari yaje gutanga ubuhamya bw’ ibyo Imana yamukoreye nyuma y’ uko avuye muri Isirayeli
Mu magambo ye yagize ati: Mu mwaka w’ 2008 nari umukene. Natangiye itorero rirananira kugeza ubwo bamfungiye imiryango kubera kutishyura (...)
0 | ... | 850 | 860 | 870 | 880 | 890 | 900 | 910 | 920 | 930 | ... | 1230