UBUHAMYA BWA MZEE FAY
Fay ni umusaza wabagaho ubuzima bwiza ntacyo abuze. Mu mugi yavutsemo mu majyaruguru ya Centrafrika, yari umukuru w’umuryango ukunzwe muri ako karere kandi bubaha cyane. Muri iyi minsi Imana iherutse kumukorera igitangaza ku buzima bwe iramuhamagara ngo ayikorere.
Umunsi umwe, Muzehe Fay yahamagaye Pasteur w’Itorero ryari hafi y’aho batuye amusaba kuza kumusengera. Mbese yabishobojwe n’iki ko yari umusilamu w’ umwimerere ? Ibi byatewe n’uko yari amaze iminsi myinshi (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Umushefu w’Umusilamu yarihannye, benshi baramukurikira
4 June 2012, by Ubwanditsi -
Ubuhamya: Nyuma y’imyaka 10 tubana n’umugore wanjye namusabye ko dutandukana
19 October 2012, by Emmanuel KANAMUGIREIjoro rimwe ubwo nari ntashye, umugore wanjye ashyashyana anzanira ifunguro rya nimugoroba, namufashe akaboko ndamubwira nti: ” hari icyo nashakaga kukubwira. Aricara, afata ifunguro anteze amatwi atuje.
Mwitegereje, mbona andebana indoro yuzuyemo agahinda. Ubwo nabuze aho mpera ngo ngire icyo mubwira. Ariko byari ngombwa ko mubwira ibyo ntekereza. Nashakaga ko dutandukana. Nihagazeho, ndarikocora.
Ibyo namubwiye ntibyamurakaje, ahubwo yahise ambaza yitonze ati: kubera iki? Sinamwitaho, (...) -
Sobanukirwa n’amateka y’Abisirayeli (Igice cya 1). Pastor Desiré Habyarimana
25 February 2014, by Pastor Desire HabyarimanaNyuma y’uruzinduko yagiriye mu gihugu cya Isirayeli, Pastor Desiré Habyarimana aratugezaho hamwe mu hantu yasuye!
Tujya muri Israel, twanyuze mugihugu cya Misiri (cyangwa Egiputa nk’uko bamwe babivuga) kugira ngo tubashe gusura bimwe mu bibanza bivugwa muri Bibiliya, ndetse nk’abigisha b’ijambo ry’ Imana dukunda kwigishaho kenshi.
Twanyuze hejuru y’umujyi wa Alexandria uri hafi y’umurwa mukuru Cairo. Uyu mujyi uzwi muri Bibiliya nk’ahantu habitse amateka ya Bibiliya n’ubwo muri iki gihe utuwe (...) -
INZIRA 10 WAHAKANIRAMO UMUHUNGU - PASTOR CHRIS JORDAN
9 May 2013, by Simeon NgezahayoIkiganiro hagati ya Kyle Neufeld na Liza Jordan
Buri wese arabikora! Niba ari uko biri, ntibikomeye kubona undi mubikorana, birakomeye se?
Iyo uba unkunda uba undetse. Iyo uba unkunda ntuba unshyizeho imbaraga.
Urashaka kwicara inyuma? Oya, murakoze ndashaka ko tugumana hano imbere.
Ntugire ikibazo, ndakoresha agakingirizo. Niba utaretse kumpata, biragusaba gukoresha agakingirizo.
Urashaka kuryama? Oya, urakoze ndabyutse.
Gerageza urumva ari byiza. Nizeye ko hamwe n’uwo tuzarushinga (...) -
Burya buri wese agira umunsi we mubi!
7 June 2016, by Alice Rugerindinda“Nuko rero mutware intwaro zose z’Imana, kugirango mubashe gukomera ku munsi mubi, kandi murangije byose mubashe guhagarara mudatsinzwe”Abefeso6: 13 Bibiliya nayo yamenye ko habaho umunsi mubi ku muntu, ariko kandi ikanatanga inama y’icyakorwa kugirango kuruwo munsi mubi ubashe gukomera ndetse ubashe guhagarara udatsinzwe n’uburiganya bwa satani ! Imana iturengere
Icyampa Imana ikampa gukomera ku munsi mubi kandi namwe niko mbasabiye. Akenshi mfata urugero kuri ba sogokuruza batubanjirije , ku (...) -
Ese waba wibuka icyo Imana yakuvuzeho?
2 May 2014, by Ernest RutagungiraNtuzi icyo Uwiteka yakuvuzeho njyewe nawe ,akabibwira Mose umuntu w’Imana turi I Kadeshi y’I Baruneya? (Yosuwa 14:6b). Aya ni amagambo yavuzwe na Karebu mwene Yefune w’Umukeza, nyuma y’imyaka 45, uhereye aho yumviye icyo Uwiteka amuvuzeho, ubwo yabazaga Yosuwa wari warazunguye Mose, ngo ayobore ubwoko bw’Abisiraheli, akaba yaramwibutsaga aho Uwiteka yirahiye akabwira Mose ati: “Ni ukuri ntimuzajya mu gihugu narahirishije kumanika ukuboko y’uko nzabatuzamo, kereka Karebu mwene Yefune na Yosuwa (...)
-
Ese ujya wibaza impamvu ituma abapasiteri bata insengero zabo?
12 July 2012, by UbwanditsiDore icy’ubushakashatsi bwerekanye ku bapasiteri muri iyi minsi Ni byiza ko ibi nabyo mubimenya,mugasobanukirwa impamvu nyamukuru itera abakozi bImana cyane cyane abashumba b’amatorero kureka inshingano bahamagariwe.Ubushakashatsi bwakozwe muri iyi minsi bwerekana ibintu birimo gutuma insengero zimwe zibura abashumba bazo,izindi zigakingwa, birashoboka ko iwanyu bitarahagera ariko dusenge cyane kuko har’aho birimo kuba.
Amakuru dukesha Life line for pastors avuga ko abapasiteri benshi muri (...) -
TURWANYE UBUJIJI, TWIMAKAZA UMUCO W’AMAHORO.
8 September 2011, by UbwanditsiUmunsi mpuzamahanga wahariwe kwigisha gusoma, kwandika no kubara. Wabaye kuri iyi taliki ya 06/09/2011, wizihijwe ku ncuro ya 44
Itorero ADEPR, ku bufatanye na UNESCO na minisiteri y’uburezi, ryijihije uwo munsi ritanga impamyabumenyi z’abarangije kwiga iryo shuri ryo gusoma, kwandika no kubara bagera ku bihumbi 30721 muri uyu mwaka, mu gihugu cyose cy’urwanda.
Kubera ko ayo masomero ari mu tugari twose tw’ Urwanda aho iryo torero riba rifite insengero, Itorero ADEPR ryahisemo kwizihiriza (...) -
Muhanga: Abitabiriye inyigisho z’ abubatse ingo basobanukiwe urugo icyo ari cyo
10 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaKu cyumweru kw’itariki ya 08/11/2014, habaye igiterane cyateguwe n’umuryango w’AGAKIZA, mu karere ka Muhanga cyari kigizwe n’amateraniro 2 ndetse n’amahugurwa y’abubatse ingo muri Paroisse ya Gahogo.
Mu gitondo ivugabutumwa ryakorewe ku mudugudu wa Ruvumera aho Pasteur Desire na madame bari abigisha b’ijambo ry’Imana. Mw’iteraniro rya 1 n’irya 2,
Madame Pasteur Desire, Evangeliste Adda, yigishije ku magambo ari mw’itangiriro 32: 14-29 avuga ku migisha nk’ingaruka y’agakiza. Nubwo Yakobo yari afite (...) -
Waba uzi icyo Imana yakuremeye?
4 March 2016, by UbwanditsiKuko turi abo yaremye ituremeye imirimo myiza muri Kristo Yesu, iyo Imana yiteguriye kera kugira ngo tuyigenderemo. Abefeso 2:10
Imana ntiyaremeye umuntu kwiyangiza no kuba imbata y’ibyaha, ahubwo twaremewe imirimo myiza muri kristo yesu, iyo Imana yiteguriye kera kugira ngo tuyigenderemo.
Hano muri Matayo 5:16 Yesu yaravuze ati: " Nta bakongeza itabaza ngo baritwikirize intonga, ahubwo barishyira ku gitereko cyaryo rikamurikira abari mu nzu bose, abe ari ko umucyo wanyu ubonekera imbere (...)
0 | ... | 820 | 830 | 840 | 850 | 860 | 870 | 880 | 890 | 900 | ... | 1230