Kuri iki cyumweru taliki ya 18/12/11 mu murenge wa Gahanga aho itorero rya ADEPR rikorera hasojwe igiterane cy’ urubyiruko cyari kimaze iminsi 2 kikaba cyarahuje amatorero 9 akorera mu Karere ka Kicukiro.
Iki giterane cyitabiriwe n’abantu benshi cyane kandi hari n’abashyitsi batandukanye barimo abavugabutumwa, abahanzi ku giti cyabo. Iki giterane kandi cyasusurukijwe na Chorale Agape yo mw’ itorero rya Nyarugenge, umushyitsi mukuru akaba yari Pastor Rurangwa Louis- Second.
Pastor Louis-Second (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Urubyiruko rw’ ADEPR Kicukiro basoje igiterane cyaberaga i Gahanga.
18 December 2011, by Ubwanditsi -
Tumenye kubera abandi umugisha! - Kenneth et Gloria Copeland
11 July 2013, by Isabelle Gahongayire“Aho mwaba muri hose nuwo waba uri wese, Imana irifuza kutubona tumerewe neza, tunesha ibitugwanya.”
Abakunda ko ntsinda nk’uko bikwiriye ni bavuze impundu bishime, iteka bavuge bati “Uwiteka ahimbazwe, wishimire amahoro y’umugaragu we! Zaburi 35 : 27
Niba umuco cyangwa idini byaradutoje ko Imana ikunda ko dukena tukababara, uyu munsi hari inkuru nziza; Bibiliya iravuga iti: Imana yishimira gutunganirwa kwacu, irashaka ko dukira!
Ntabwo ari ubukire bw’amafaranga gusa, ahubwo ni ubukire mu (...) -
Uhagaze ute imbere y’amategeko Yesu yaje gusohoza ?
25 November 2015, by Ernest RutagungiraMatayo 5:17–20 “Mwitekereza ko naje gukuraho amategeko cyangwa ibyahanuwe, Sinaje kubikuraho, ahubwo naje kubisohoza. Kandi ndababwira ukuri yuko ijuru n’isi kugeza aho bizashirira, amategeko atazavaho inyuguti imwe cyangwa agace kayo gato, kugeza aho byose bizarangirira.
Mu gitabo cyo Kuva 19-23 Bibiliya itwereka ko Imana yahaye Mose amategeko menshi, Bibiriya Yerekana ko yari amategeko arimo ay’imihango, ayigishaga abantu umubano mwiza, Yatozaga kandi Abayahudi kubaha Imana no kwitandukanya (...) -
Nta mahirwe y’abanyabwoba muri uru rugendo rujya mu ijuru Ernest RUTAGUNGIRA
19 March 2014, by Ernest RutagungiraUbwoba ni kimwe mu bisanzwe mu mibereho y’abantu, ariko hakomeje kwibazwa niba byashoboka ngo bushire mu bantu ndetse n’icyakorwa ngo abantu baburwanye, bitabaye ibyo, kubwa Bibiliya Imigisha benshi bari bategereje izahinduka ibyifuzo, muri yo harimo n’ubugingo buhoraho benshi bari bategereje.
Iyo dusomye ijambo ry’Imana “Ibyahishuwe 12: 8” tuhasanga amagambo agira ati: “Ariko abanyabwoba n’abatizera, n’abakora ibizira n’abicanyi, n’abasambanyi n’abarozi n’abasenga ibishushanyo n’abanyabinyoma (...) -
Imitima y’abenshi yararuhutse ubwo Jehovahjireh choir CEP-ULK yari kuri stade ya Muremera-Ngozi-Burundi.
1 August 2012, by UbwanditsiKuvakuwa 27-29/07/2012 Jehovahjireh choir CEP-ULK yari mu rugendorw’ivugabutumwa mu gihugu cy’abaturanyi cy’Uburundi.
Hakaba hari hateguwe igikorane (igiterane) cy’iminsi ine kuva kuwa 26-29/07/2012 cyateguwena GEPU(Groupe Evangélique pentecotiste univesitaire de Ngozi) kubufatanye n’ishengero rya Gashikanwa ubusanzwe ribarizwa muri Province yaNgozi, kikaba rero kiba inshuro imwe mu myaka itatu kikaba cyari gifite intego yo guhamagarira abantu guhindukira bakakira ubutumwa bwiza bwa Yesu kristo (...) -
Ndimurwango Isaac ahamya ko yabonye ibyo mu ijuru
14 August 2012, by UbwanditsiUbushije twabagejejeho ubuhamya bw’uyu mukozi w’ Imana, aho yavugaga ko yavukanye umutima iburyo ariko akaba atarapfuye nyuma yo kumara imyaka myinshi arwaye umwijima, umutima, impyiko, ibihaha, yarabaye palalise uruhande rwose kuko kenshi yabaga mu rupfu akamara muri koma icyumweru cyangwa kirenga, Yesu yaje kumukiza burundu.
Akaba noneho yadutangarije ko muri ubwo burwayi bwe Imana yigeze kumutembereza ikamwereka ibyo mu ijuru. Mu magambo ye yagize ati: Nabonye abamalaika baje barantwara (...) -
Abantu Bibiliya yita “Abakristo gito” ni bantu ki?
17 November 2013, by UbwanditsiIbyo kwitandukanya n’abakristo gito
“Nabandikiye muri rwa rwandiko ko mutifatanya n’abasambanyi. Ariko sinavuze yuko mudaterana rwose n’abasambanyi bo mu b’iy’isi, cyangwa abifuza ibibi cyangwa abanyazi cyangwa abasenga ibishushanyo, kuko iyo biba bityo mwari mukwiriye kuva mu isi. Ahubwo none nabandikiye ko mutifatanya n’uwitwa mwene Data, niba ari umusambanyi cyangwa uwifuza ibibi,cyangwa usenga ibishushanyo cyangwa utukana cyangwa umusinzi cyangwa umunyazi, umeze atyo ntimugasangire nawe” 1 (...) -
Ubuhamya bwa OUMAR MOULAYE (igice 1)
31 May 2012, by UbwanditsiIslam ni idini ry’ imbaraga ?
Nitwa Moulaye, navukiye mu muryango w’aba islam i, Niamey mu gihugu cya Niger. Data Moulaye Abdou ndetse na sogokuru ni aba Islam cyane (Fervent). Kubigaragararira amaso ya benshi, mu ba Islam, inkomoko yacu irubashywe kuko duturuka mu miryango ya bugufi y’ intumwa ya Islam. Sogokuru yari azwiho kuba ari umuhadji(soma umuhaji) ufite izindi mbaraga zitangaje. Islam kuri njye yari idini yaba sogokuru. Umuryango wose wabonaga ishema ku bwiryo zina, kubw’ izo mbaraga (...) -
Dukwiye kumenya abo turibo! Musoni Désiré
26 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaTuri bande?
Esiteri 3:8 / 1 Petero 2:9-11 Hanyuma Hamani abwira Umwami Ahasuwerusi ati “Hariho ubwoko bwatatanye bunyanyagira mu mahanga yo mu bihugu utegeka byose. Amategeko yabwo ntahura n’ay’ayandi mahanga kandi ntibumvira amategeko y’umwami, ni cyo gituma nta cyo byunguye umwami kubihanganira.
Nkuko tubisanga muri aya majambo dusomye Hamani yabwiye umwami Ahasuwerusi, hari ibintu bishika kuri bitanu yavuzemwo vyaranga ubwoko bw’Imana bwaba muri kino gihugu:
1. Un peuple unique (ubwoko (...) -
Twige Kumenya Imana k’uburyo bw’umwihariko
14 June 2016, by Umugiraneza EdithNimureke kwishingikiriza ku bantu bafite umwuka mu mazuru . Mbese mubaca iki?
Nari umugore utigirira ikizere, wumva mpabwa agaciro nibyo nkora. Nabaga mu murimo w’Imana igihe cyose! Nabaga muri Ministere y’ ivugabutumwa y’ urusengero rwateraga imbere cyane, nakoreshaga inama kenshi zitabirwaga n’aba mama bagera kuri 400. Nari mfite parking yanditse kw’izina ryanjye ntawundi wahashyira imodoka ye, n’ icyapa cyanditseho izina ryanjye kuri Bureau. Numvaga ndi umuntu w’igiciro, abantu bazaga (...)
0 | ... | 860 | 870 | 880 | 890 | 900 | 910 | 920 | 930 | 940 | ... | 1230