Ese abantu bose basenga babitwerwa no gukunda Imana cyangwa babiterwa nuko hari ibyo bayifuzaho? Kugira ibyo bayifuzaho si bibi ariko kandi abantu bakwiye no gukorera Imana kubw’urukundo bayikunda.
Umuntu muri kamere ye ahorana ibyifuzo. Icyo yifuza none iyo akibonye ejo agarukana ikindi.
Gusa nubwo babihorana Imana nayo ifite ibyo iba ibifuzaho, wenda icyaba kibabaje ni igihe umuntu yumva ko Imana yamutaye kubera ibye bitagenze uko abyifuza kandi n’ibyo Imana imwifuzaho atarabikoze.
Ese (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Ni iki Imana idushakaho?
28 October 2015, by Innocent Kubwimana -
Ubwirize abantu ijambo ry’Imana, ugire umwete mu gihe kigukwiriye no mu kitagukwiriye
15 July 2012, by Alice Rugerindinda“Preach the word of God. Be prepared, whether the time is favorable or not” 2 Tim 4: 2-4 “ Preche la parole, insiste en toute occasion favorable ou non..” 2 Tim 4: 2-4
Aya mabwiriza Pawulo yayahaga umwana we mu kwizera Timoteyo, kandi natwe uyu munsi turayahabwa, ariko Mana ntabwo yoroshye! Hari impamvu Timoteyo yasabwaga kugira umwete mu gihe gikwiye n’ikidakwiye!!!! Nuko Paulo yerekwaga agasanga hari igihe cyari kuzaza , aho abantu bazaba badashobora kwihanganira inyigisho nzima, ahubwo ngo (...) -
Ubuhamya: Nubwo nari umukobwa, nangaga igitsina-gore urunuka
28 November 2012, by UbwanditsiNavukiye mu Budage, ababyeyi banjye bimukira i Montreux mu Busuwisi ubwo nari mfite imyaka 13. Imyaka ibiri yakurikiyeho, twese nta n’umwe ubyiteze, Mama wacu yahise asezera ku muryango wacu atandukana na Papa, araduta arigendera.
Mbere yo kugenda ariko babanje kuduhitishamo, niba tujyana nawe kuko yari agiye muri Pension cyangwa se niba twihitiramo kwigumira mu Busuwisi tugasigarana na Papa wacu.
Ariko kuko ariyo twari tukiza mu Busuwisi, twihitiyemo kwigumanira na Papa. Nyamara (...) -
Imana ibasha gukora ibiruta cyane ibyo usaba ! Alice Rugerindinda
10 July 2015, by Alice Rugerindinda“ Akira ishimwe Mana yanjye , kuko wakoze ibyo ntakekaga, ibyo kwizera kwanjye kutashyikiraga, n’umutima wanjye ntubitekereze”
“ Nuko ibasha gukora ibiruta cyane ibyo dusaba ndetse n’ibyo twibwira byose nk’uko imbaraga zayo ziri zidukoreramo, icyubahiro kibe icyayo mu itorero no muri Kristo Yesu kugeza iteka ryose n’ibihe bidashira. Amen” Abefeso 3:20
Iri jambo riramfashije cyane murino minsi. Ndimo kwibaza ku Mana ibasha gukora ibirenze cyane ibyo nibwira ndetse n’ibyo nsengera , nkumva n’Imana (...) -
Tumenye kubera abandi umugisha! - Kenneth et Gloria Copeland
11 July 2013, by Isabelle Gahongayire“Aho mwaba muri hose nuwo waba uri wese, Imana irifuza kutubona tumerewe neza, tunesha ibitugwanya.”
Abakunda ko ntsinda nk’uko bikwiriye ni bavuze impundu bishime, iteka bavuge bati “Uwiteka ahimbazwe, wishimire amahoro y’umugaragu we! Zaburi 35 : 27
Niba umuco cyangwa idini byaradutoje ko Imana ikunda ko dukena tukababara, uyu munsi hari inkuru nziza; Bibiliya iravuga iti: Imana yishimira gutunganirwa kwacu, irashaka ko dukira!
Ntabwo ari ubukire bw’amafaranga gusa, ahubwo ni ubukire mu (...) -
Uhagaze ute imbere y’amategeko Yesu yaje gusohoza ?
25 November 2015, by Ernest RutagungiraMatayo 5:17–20 “Mwitekereza ko naje gukuraho amategeko cyangwa ibyahanuwe, Sinaje kubikuraho, ahubwo naje kubisohoza. Kandi ndababwira ukuri yuko ijuru n’isi kugeza aho bizashirira, amategeko atazavaho inyuguti imwe cyangwa agace kayo gato, kugeza aho byose bizarangirira.
Mu gitabo cyo Kuva 19-23 Bibiliya itwereka ko Imana yahaye Mose amategeko menshi, Bibiriya Yerekana ko yari amategeko arimo ay’imihango, ayigishaga abantu umubano mwiza, Yatozaga kandi Abayahudi kubaha Imana no kwitandukanya (...) -
Nta mahirwe y’abanyabwoba muri uru rugendo rujya mu ijuru Ernest RUTAGUNGIRA
19 March 2014, by Ernest RutagungiraUbwoba ni kimwe mu bisanzwe mu mibereho y’abantu, ariko hakomeje kwibazwa niba byashoboka ngo bushire mu bantu ndetse n’icyakorwa ngo abantu baburwanye, bitabaye ibyo, kubwa Bibiliya Imigisha benshi bari bategereje izahinduka ibyifuzo, muri yo harimo n’ubugingo buhoraho benshi bari bategereje.
Iyo dusomye ijambo ry’Imana “Ibyahishuwe 12: 8” tuhasanga amagambo agira ati: “Ariko abanyabwoba n’abatizera, n’abakora ibizira n’abicanyi, n’abasambanyi n’abarozi n’abasenga ibishushanyo n’abanyabinyoma (...) -
Amahugurwa y’ ijambo ry’ Imana muri EWSA
10 September 2011, by UbwanditsiNk’uko bisanzwe mu nshingano zacu gusanga abakozi ku kazi kabo mu gihe cy’ ikiruhuko tugasangira ijambo ry’ Imana, kuri iki Cyumweru kuva tariki 5-9 Nzeri 11 mu Kigo cya EWSA habereye amahugurwa y’ ijambo ry’ Imana.
Insanganyamitsiko y’ iki Cyumweru yanditse muri Yesaya 11:2 hagira hati: “Umwuka w’ Uwiteka azaba kuri we, umwuka w’ ubwenge n’ uw’ ubuhanga, umwuka wo kujya inama n’ uw’ imbaraga , umwuka wo kumenya Uwiteka n’ uwo kumwubaha (Yesaya 11:2).
Pastor Desire wari uyoboye ayo mahugurwa (...) -
Ntukwiye gusigara mu nzira kandi wari ugiye gusingira isezerano ryawe.
10 May 2016, by Ernest RutagungiraYesu ashimwe nitwa Ernest RUTAGUNGIRA, mbifurije amahoro ava ku mana. Dusome ijambo ry’Imana dusanga mu gitabo cyo kubara 32: 5-14 Bati "Niba tukugiriyeho umugisha, abagaragu bawe duhabwe icyo gihugu ho gakondo, ntutwambutse Yorodani."..........7 Ni iki gitumye mukura umutima w’Abisirayeli mugatuma badashaka kwambuka ngo bajye mu gihugu Uwiteka yabahaye? ..... 14Namwe none musubiye mu kigwi cya ba so, muri urubyaro rw’abanyabyaha ngo mugwize umujinya w’Uwiteka mutume urushaho kugurumanira (...)
-
Amateka ya Noheli: Yesu yavutse mu wuhe mwaka? - Michael-Gryboski, CP
27 December 2013, by Simeon NgezahayoIvuka rya Yesu Kristo rifite umumaro munini ku mamiliyoni y’abantu ku isi yose, cyane cyane ku bijyanye n’ubuzima bw’mwuka. Ivuka rya Yesu kandi rifite umumaro munini, kuko ari ryo ibihugu by’uburengerazuba byahereye bibara igihe.
Iteka iyo umuntu avuze intambara yo mu w’1812, incubi y’umuyaga yo mu w’1882 cyangwa amatora ya President yo mu w’2008, biba bivuze imyaka ishize Yesu avutse.
Noneho se iri bara ry’igihe ryatangiye ryari, cyangwa se ni gute abahanga mu by’igihe bamenya niba koko (...)
0 | ... | 840 | 850 | 860 | 870 | 880 | 890 | 900 | 910 | 920 | ... | 1230