Niba wizera Yesu Kristo, Satani nta cyo abasha kugukoresha. Ariko ashobora kukugerageza, kandi wakora ibyo akubwiye akagukorera amabi.
Mu gutangira, twibuke yuko Satani yahoze ari umwe mu bamarayika bakuru b’Imana. yaje kwishyira hejuru, Imana imumanurana na kimwe cya gatatu cy’abamarayika bigomekanye na we. Ariko ntiwibagirwe yuko Satani ari umumarayika umwe. Mbese afite imbaraga? Birumvikana. Ariko ntabera hose icyarimwe nk’Imana.
Aha ni ho haturuka indi myuka mibi (abadayimoni). Ni (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Abadayimoni bafata amaso, ubwenge n’umubiri!
13 February 2014, by Simeon Ngezahayo -
Nugamburura mu makuba gukomera kwawe kuba kubaye ubusa
28 March 2016, by Kiyange Adda-DarleneNugamburura mu makuba gukomera kwawe kuba kubaye ubusa.(imigani 24 :10)
Kenshi iyo umuntu adafite ibimugerageza aba yumva ari amahoro, aba yumva akomeye kandi akumva nta cyamunyeganyeza. Hari n’igihe rimwe na rimwe yumvise ibibazo byabaye ku bandi bitamworohera kwakira uko babyitwayemo, yumva ko bagize intege nke.
Kugamburura ni ukureka icyo wari ugambiriye gukora. Kenshi iyo umuntu ageze mu bikomeye ahita ashaka igisubizo. Akaga rero n’uko hari igihe cya gisubizo kiba aricyo kigaragaza ko (...) -
Kugumana na Yesu mu gihe uri mu bibazo-Pastor Desire
16 March 2016, by Pastor Desire Habyarimana1 Samweli 22:23 Gumana nanjye humura kuko uhiga ubugingo bwawe ariwe uhiga n’ ubwanjye kandi ni ugumana nanjye ntacyo uzaba. Intego y’ iri jambo ni ’’Kugumana na Yesu mugihe uri mu bibazo.’’ Nagira ngo tuganire ku bibazo duhura nabyo mu nzira ijya mw’ ijuru. Akenshi twumva turi twenyine tukagira ngo Yesu yadutereranye ariko ari kumwe natwe iteka ryose. Uretse ko natwe tugomba kuguma aho ari.
Iyo urebye akenshi mu ntambara zacu tuba turi twenyine.(INARIJYE cg ‘LE MOI’) iba ari nyinshi. Kuki? (...) -
Imana ishoborabyose kandi ntawarogoya umugambi wayo/ Ev.Edith
21 July 2015, by Umugiraneza EdithNzi yuko ushobora byose, Kandi nta kibasha kurogoya imigambi yawe yose. Yobu 42:2
Uyu mukozi w’Imana Yobu yavuze aya magambo atarava no mu bibazo yari arimo. Gusa yari asobanukiwe Imana mu buryo bukomeye.
1. Imana ishobora byose 2. Imana idufitiye imigambi myiza 3. Imana itagira ikiyivangira, ikiyikerereza, ikiyirogoye,…
Hari ijambo mu Kinyarwanda rivuga ngo imknsi iba myinshi igahimwa n’umwe. Ari wo munsi wo gukora kw’Imana. Uko ibibazo (situation) Yobu yari arimo uko Bibibiliya ibitubwira (...) -
Duhunge isi ironona! Pastor Desire Habyarimana
4 May 2014, by Pastor Desire Habyarimana«Niba kumenya neza Yesu Kristo kwarabateye guhunga iby’ isi byonona ntitukongere kubyizingitiramo. Kuko ibya nyuma byacu byarusha ububi ibya mbere» (2Petero 2:20).
Mu isi dufite abanzi batatu. Isi, Satani n’ umubiri. Abo banzi turwana nabo buri munsi kuko Yesu yanesheje akatuneshereza.
Kumenya Yesu kwacu gukwiye gutuma duhunga isi, iyo tuvuze isi tuba tuvuze ibyaha nko kubeshya, gusambana, kwiba, urugomo rwose no kutumvira Imana kose. Dukwiye kuba mu isi ariko turi abana b’ Imana. Twe (...) -
Yesu yazibye ibyuho mu buzima bwanjye
19 July 2015, by Innocent KubwimanaNitwa Sam navukiye mu muryango w’abakristo mu gihugu cy’Ubufaransa, ariko mu myaka yanjye ibanza sinabashije kumenya icyo nahitiramo ubuzima bwanjye. Ku myaka yanjye 16 numvaga hari ikintu mbura mu buzima bwanjye, nkumva mfite inyota yo kucyuzuza ariko sinari nzi uko nabikora.
Nakoze siporo, nagerageje gushaka umukobwa w’inshuti ariko nawe ntitwatindanye, nyuma numva nifuje kwiga mu mashuri meza mu Bufaransa cyane ko nifuzaga kuba umukire nkabaho neza, najyaga nitekereza nko mu myaka 50, (...) -
Ibintu 30 Yosefu ahuriyeho na Yesu.
26 October 2011, by UbwanditsiUbusanzwe Abrahamu ashushanya Yesu 25%
Isaka ni 25% , Yakobo 70%, Yosefu 100%
1. Bombi bakundwa na ba Se
Itangiriro 37:3
Matayo 3:17
2. Bombi banzwe na bene se
Itangiriro 37:4
Yohana 15:24
3. Bene se ntibabemera
Itangiriro 37:8
Yohana 7:5
4. Banze ubutware bwabo
Itangiriro 37:20
Luka 19:14
5. Bose baragambaniwe
Itangiriro 37:18
Matayo 27:1
6. Barahinyuwe
Itangiriro 37:19
Matayo 27:31
7. Bombi babambuye (...) -
Ntibisanzwe: Ijoro ryo ku wa 31 Ukwakira (Halloween) ririmo amayobera menshi y’umwijima!
30 October 2013, by UbwanditsiIjoro ryo ku wa 31 Ukwakira rizwi ku izina rya Halloween Day ni ijoro ryitezwemo ibitangaza byinshi.
Muri iri joro, bivugwa ko abazimu baza ku isi n’abarozi abantu bakababonesha amaso. Kuri uwo munsi abana bambara nk’abazimu n’abarozi.
Muri Leta ZUnze Ubumwe z’Amerika no ku isi yose, uyu munsi wamaze kuhagera. Abawizihiza biyambika imyambaro iteye ubwoba ndetse na za masques zigaragaza urupfu, n’ibindi by’ikuzimu, bakajya muri buri muryango basaba impano zijyanye n’uwo munsi.
Dore inkomoko (...) -
UBuhamya: Imana yankijije Diyabete nyimaranye imyaka myinshi. Thérèse Nahimana
10 September 2013, by UbwanditsiJewe ndi umurundikazi nitwa Thérèse Nahimana, ndubatse mfise abana. Ndakijijwe nkunda cane Yesu kuko yankunze, akankiza ntarabaho (mu myaka 2000 iheze niho yabikoze)
Narakize ingwara nyinshi zananiye abaganga. Murizo novuga nka diabète; nayigwaye kumara imyaka 12 nitera umuti witwa « insuline »; umuntu awitera mu rushinge.
Maze kwiga no gutahura ibanga ryo kwizera ivyo Yesu yadukoreye naciye menya ko ntarwaye; ko haheze imyaka 2000 narakize ingwara zose kubwo gushishagurwa kwa Yesu; nca (...) -
Ibanga ryo kunesha ubwoba (Igice cya 1) - Yvan Castanou
12 May 2016, by Isabelle Gahongayire“Ubwoba ni imwe mu ntwaro Satani akoresha kugira ngo abuze abana b’Imana kuba mu mugambi Imana yabashyiriyeho. Ubwoba ni imwe mu mpamvu ituma abantu badatera imbere: Ubwoba bwo kuneshwa, ubwoba bwo gutanga ikiguzi, ubwoba bwo gutanga, kurwara, kugwa mu cyaha, gutinya Satani, gutinya kunengwa, gutinya amakimbirane, gutinya ubukene cyangwa se ubukire...”
Amoko y’ubwoba:
Hariho ubwoko bubiri bw’ubwoba: ubwoba bwo guhānwa (soma guhaanwa) n’ubwoba bwo kuneshwa. Gutinya guhānwa bitera umuntu kutagira (...)
0 | ... | 840 | 850 | 860 | 870 | 880 | 890 | 900 | 910 | 920 | ... | 1230