Bukeye umwami atumira Shimeyi aramubwira ati "Wiyubakire inzu i Yerusalemu uyigumemo, ntuzayivemo ngo ugire ahandi ujya. Umunsi wavuyeyo ukambuka akagezi Kidironi, uzamenye neza ko utazabura gupfa. Amaraso yawe azabe ari wowe abaho...Hanyuma Salomo abwirwa ko Shimeyi yavuye i Yerusalemu akajya i Gati akagaruka...Maze umwami ategeka Benaya mwene Yehoyada kumwica nawe arasohoka aramusumira, amutsinda aho. Nuko ubwami bukomezwa mu maboko ya Salomo. ( 1 Abami 2:36-46).
Shimeyi yari umwe mu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Yambutse i Gati bimuviramo kwicwa. Ev. Kiyange Adda- Darlene
13 December 2013, by Kiyange Adda-Darlene -
Ese ku bakristo Noheli isobanuye iki? Pastor Desire
25 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaMuri icyo gihugu harimo abungeri bararaga ku gikumba, bahindana kurinda umukumbi wabo.Nuko Marayika w’Umwami Imana abahagarara iruhande, ubwiza bw’ Umwami burarabagirana bubagota impande zose bagira ubwoba bwinshi… arababwira ati: “Mwitinya dore ndababwira ubutumwa bwiza bw’ umunezero mwinshi uzaba ku bantu bose. Kuko uyu munsi umukiza abavukiye mu murwa wa Dawidi, uzaba, Kristo Umwami (Luka 2:8).
Ntabwo kwizihiza Noheli bikwiye kuba ibyo kwambara no kurya gusa, dukwiye kubikora tunatekereza ko (...) -
Hari ubwo Umwami aba umwana !
10 July 2013, by Ubwanditsi« Wa gihugu we ! Iyo ufite umwami ari umwana muto kandi ibikomangoma byawe bikaba ibiryakare, uba ubonye ishyano. Wa gihugu we, uba uhiriwe iyo ufite umwana w’imfura ho umwami, kandi ibikomangoma byawe bikarya mu gihe gikwiriye, kugira ngo bigire amagara bitarimo isindwe » (Umubwiriza 10 : 16-17).
Muri iri jambo, tubonamo ibihugu bibiri kandi byose bifite abami. Icya mbere kivugwa ko gifite umwami w’umwana muto, noneho ibikomangoma bikaba ibiryakare (abatware birirwa mu birori : Bibiliya (...) -
Sinzananirwa ntarahabwa izo ngororano!
22 May 2013, by Alice RugerindindaNdaharanira kugera aho dutanguranwa ngo negukane igihembo Imana imfitiye mu ijuru!
“ Si uko maze guhabwa cyangwa ngo mbe maze gutunganwa rwose, ahubwo ndakurikira kugirango ahari mfate icyo Kristo yamfatiye. Bene Data sinibwira yuko maze kugifata, ariko kimwe cyo, nibagirwa ibiri inyuma, ngasingira ibiri imbere., ndamaranira kugera aho dutanguranwa, ngo mpabwe ingororano zo guhamagara kw’Imana muri Kristo yesu kwavuye mu ijuru” Abafilipi 3: 12-14
Iyo nsomye aya magambo Pawulo yanditse, (...)
0 | ... | 1140 | 1150 | 1160 | 1170 | 1180 | 1190 | 1200 | 1210 | 1220 | 1230