Mu matorero yibanda ku mumaro wo gushaka ndetse no mu muco wibanda ku byiza by’imibonano mpuzabitsina, Abakristo bakiri ingaragu bahura n’ibibazo byo kwisuzugura (kumva badashyitse) kandi bagahorana icyuho. Nyamara Bibiliya itanga ibisubizo byo kubakomeza. Kuri uyu wa kabiri, June Hunt uyobora umuryango w’ivugabutumwa Hope For The Heart ministries (Ibyiringiro by’umutima) yaravuze ati "Hari abantu benshi bashyingirwa kugira ngo bagire agaciro, kuko bumva kuba ingaragu nta gaciro bibahesha. (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Imirongo 5 yo muri Bibiliya yafasha abaruhijwe n’ubusore! - Tyler O’neil
12 September 2013, by Simeon Ngezahayo -
Impamvu 4 abakristo baheraho bemeza ko iherezo ry’isi ryegereje
15 June 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUmuco wacu uragenda umenyera cyane ingingo ndetse n’inkuru zerekeranye n’iby’imperuka, uruhuri rw’ibiganiro byo kuri za televiziyo, na za filime z’impimbano zikinamo abazimu, ibyorezo ndetse n’ibindi bintu biteye ubwoba bigaragaza imperuka. Nyamara igitekerezo cy’Intambara iheruka ya Armageddon si bene izo filime n’udukino abantu bashyiraho bagamije kwikinira no kwinezeza, uko bikubiye muri tewolojiya ya gikristo, bigenda binagira ingaruko ku uko abakristo bagiye basoma, basobanura ndetse (...)
-
Koresha iyi Noheli, utyaze intego y’umugambi w’Imana kuri wowe!
24 December 2015, by Simeon NgezahayoUmutambyi mukuru arahaguruka ahagarara hagati, abaza Yesu ati “Mbese ntiwiregura na hato? Ntiwumvise ibyo aba bakureze?” Aricecekera ntiyagira icyo amusubiza.
Umutambyi mukuru yongera kumubaza ati “Mbese ni wowe Kristo koko, Umwana w’Imana idahinyuka?” Yesu aramusubiza ati “Ndi we, kandi muzabona Umwana w’umuntu yicaye iburyo bw’ubushobozi bw’Imana aje ku bicu byo mu ijuru.” —Marriko 14:60-62
Noheli iraje! Ibirugu byarubatswe, imirongo ni miremire, parking zuzuye amamodoka, amazu ararimbishijwe (...) -
KUKI IYO UMUNTU AKURA UBUZIMA BURUSHAHO KUMUGORA?
23 May 2013, by Simeon NgezahayoNarerewe mu muryango wa Gikristo. Ndashimira ababyeyi banjye bamfashije kumenya Kristo. Njya mbona yuko bitoroshye kumwizera. Amafaranga asa n’aho ari yo muzi w’ibibazo byanjye.
Ubu mfite abahungu batatu, abo ngerageza gufasha kumenya Kristo. Nize gutanga kimwe mu icumi no gusenga, nshimira Imana ibyo mfite aho kuyishimira ibyo nshaka.
Tammy Starnes. -
Uburyo bune umuntu yakoresha mu kugenzura ubuhanuzi. Ange Victor UWIMANA
16 January 2014, by Ange Victor UWIMANA”Ntimukazimye Umwuka w’Imana. Kandi ntimugahinyure ibihanurwa, ahubwo mugerageze byose mugundire ibyiza, mwirinde igisa n’ikibi cyose. “(1 Tes 5:19-22)
Yesu kristo yavuze ko mu bihe bya nyuma hazaduka abahanuzi benshi b’ibinyoma kandi bazayobya benshi (Mat.24:11), nibyo turi kubona muri iyi minsi. Reka turebe bimwe mu bintu byadufasha kuvangura ubuhanuzi bw’ukuri buvuye ku Mana n’ubuhanuzi bw’ibinyoma buvuye kuri Satani, dore ko bamwe impano z’Imana bazihinduye inzira yo gushaka indamu.
1. (...) -
Idini ritunganye kandi ritanduye imbere y’Imana! - Simeon Ngezahayo
10 June 2013, by Ubwanditsi“Idini ritunganye kandi ritanduye imbere y’Imana Data wa twese ni iri: ni ugusura imfubyi n’abapfakazi mu mibabaro yabo, no kwirinda kutanduzwa n’iby’isi” Yakobo 1:17.
Bene Data, Yesu asimwe!
Uyu munsi nifuje gusangira namwe iri jambo ry’Imana, kuko nasanze dukwiriye kumenya idini ritanduye kandi ritunganye imbere y’Imana. Ubwo ni bwo tuzakorera Imana mu kuri, tutishuka ngo turuhire ubusa.
Muri iyi si hari amadini menshi, na hano iwacu i Rwanda muri rusange. Umukozi w’Imana Yakobo amaze kubona (...) -
Muri benshi bamubyiganiraho, gerageza ukore kuri Yesu
29 September 2015, by Innocent Kubwimana“Ninde unkozeho?” Mariko 5.31
Inkuru iboneka muri ubu butumwa imeze nkaho yisobanuye yo ubwayo. Ni iy’umugore umwe wari ufite ikibazo cyo kuva yari amaranye imyaka 12. Kubera uburwayi bwe itegeko ryamubuzaga kugera ahantu hari abantu, yirengagije ibyo we ubwe yaje gufata icyemezo ajya guhura na Yesu anyuze hagati mu bantu benshi bari bamuzengurutse.
Muri iyi nkuru turi ku ijambo rigukangurira ngo nubwo hari abantu benshi baturutse imihanda yose barimo kubyiganira kuri Yesu, bamwitirirwa, (...) -
Mbese nakora iki ngo mbashishwe byose ?
9 November 2011, by UbwanditsiImana yabwiye Yosuwa iti: “Ibiri muri iki gitabo cy’amategeko ntukabure kubihamisha akanwa kawe, ahubwo ujye ubitekereza ku manywa na nijoro kugira ngo ubone uko ukurikiza ibyanditswemo byose. Ni bwo uzahirwa mu nzira zawe, ukabashishwa byose.” Yosuwa 1:8
Imana yabwiye Yosuwa aya magambo ubwo Mose yari amaze gupfa. Imana yashatse umuntu mu basigaye wagombaga gusimbura Mose, maze ibona ukwiriye ari Yosuwa.
Ni kenshi Imana idusezeranya kudukoresha iby’ubutwari, kandi ni mu gihe dufite imbaraga (...) -
Impamvu atari byiza ko abashakanye batandukana ( bakora divorce)
20 October 2012, by Alice RugerindindaUko iminsi y’imperuka igenda irushaho kutwegera, niko nitegereza nkabona hagenda habaho kuzirura ibyaziraga, cyangwa se mu yandi magambo, kwemererwa ibyo mu gihe cyatambutse, tutemererwaga nk’abakristo, ndetse nkabona n’abakozi b’Imana bakabidufashijemo, nabo bageraho bakagira intege nke ntibashobore guhagarara mu kuri kw’ijambo ry’Imana ahubwo bagakoresha amarangamutima ( sentiment)
Nagize ikibazo murino minsi ,aho abakristo nabo usigaye ubasanga mu nkiko bagiye gusaba ubutane ( divorce) (...) -
Kubakwa kuri Kristo nk’amabuye mazima MUKAMANA Verdiane
17 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaKUBAKWA KURI KRISTO NK’AMABUYE MAZIMA
1abami 6:7 Mu iyubaka ry’iyo nyumba bayubakishije amabuye yatunganirijwe mu nganzo nta nyundo cyangwa intorezo cyangwa ikindi kintu cyose cy’icyuma cyumvikanye muri iryo yubaka ryayo.
1 Petero2: 5 Namwe mwubakwe nk’amabuye mazima kugira ngo mube inzu y’umwuka, n’ubwoko bw’abatambyi bwera bwo gutamba ibitambo by’umwuka bishimwa n’Imana ku bwa Yesu Kristo.
Umwami Salomo Imana yaramuhagurukije ngo yubakire Uwiteka Inzu nk’uko yari yarabisezeranije se Dawidi. (...)
0 | ... | 1140 | 1150 | 1160 | 1170 | 1180 | 1190 | 1200 | 1210 | 1220 | 1230