Umukambwe w’umuvugabutumwa mpuzamahanga Billy Graham aritegura ko muri uku kwezi azashyira hanze igitabo cye cya nyuma kizaba kibumbatiye inyigisho zose muri Bibiliya zivuga kuri Gehinomu ( umuriro).
Billy Graham w’imyaka 96 y’amavuko ntagishobora gutanga ibiganiro no kubwiriza kuko ubu hashize imyaka 10 akoze igiterane cye cya nyuma.
Urubuga rutangaza amakuru ya Gikristo Christian today kivuga ko nyuma y’aho amariye kwandika igitabo yise ‘’The reason for my Hope’’ ugenekereje ni impamvu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
‘’Abakorera ijuru bazarijyamo n’abakorera umuriro bazwujyamo’’ Billy Graham
1 October 2015, by Innocent Kubwimana -
Ukwiye kwiga gutegereza Imana kugeza igihe izagusubiriza
14 March 2016, by Kiyange Adda-Darlene1Sam13 :8-11, Sawuli amarayo iminsi irindwi ategereje Samweli nk’uko yamutegetse. Ariko Samweli ataraza i Gilugali, abantu baratatana bamushiraho. Nuko Sawuli aravuga ati :Nimunzanire hano igitambo cyoswa, n’ibitambo by’ishimwe yuko turi amahoro.Aherako atamba igitambo cyoswa. Akimara gutamba Samweli aba araje, maze Sawuli arasohoka ajya kumusanganira ngo amuramutse. Samweli aramubaza ati : ibyo wakoze ni ibiki ?
Umwami Sawuli yakoze umurimo w’ubutambyi atabyemerewe kubera kurambirwa no kureba (...) -
Umuhanzi Simon Kabera yaraye ashimishije abakunzi be
19 August 2013, by UbwanditsiKuri iki cy’umweru dushoje n’ibwo umuhanzi Simon Kabera yataramiye abakunzi be ubwo yamurikaga alubumu ye y’amashusho yise “ MUNSI YAWO “ . muri kino gitaramo kitabiriwe kurugero rushimishije , hagaragayemo umuryango we , abakunzi n’inshuti z’umuhanzi Simon Kabera . Umuhanzi Simon Kabera ubwo yageraga kugatuti , yasusurukuje abitabiriye iki gitaramo ari nako abaha kubuhamya bw’ibyo Imana yagiye imukorera bitandukanye mu bihe bitandukanye . Uyu mugabo wari wazanye umufasha we n’abana 2 , (...)
-
Ntukinubire ikigeragezo cyawe nicyo Imana izakoresha ikuzamura. Pst Desire
25 June 2013, by Pastor Desire Habyarimana“Penina yababaza Hana akamutera agahinda kuko atabyara” –(1 Samweli1:1-8)
Iyi nkuru tuyizimo Elukana n’ abagore babiri Penina yari yarabyaye na Hana utarigeze ubyara n’ umutambyi Eli hamwe n’ umwana w’ igitangaza Anna yaje kubyara akamutura Uwiteka.
Elukana yajyaga gusenga akajyana abagore be bose ariko Penina yahoraga atuka Hana kuko atabyara akamutukira no mu rusengero akamubwira ati: “N’ubwo umugabo aguha imigabane ikubye kabiri iyanjye ariko ntiwigeze ubyara, nta gaciro ufite muri uru rugo. (...) -
Twiga ishuri ridasaba kwishyura.
13 February 2013, by Felicite NzohabonayoMuri iki gihe ; ntabwo ari ahantu henshi wabona ishuri wiga utazishyura amafaranga y’ishuri. Iyo usomye bibiriya mw’isezerano rishya, usanga twebwe abakristo twitwa abigishwa « Yohana 8 ; 31 ». Umwarimu wacu ni Yesu « Yesaya 48, 17 ».
Uwo Mwalimu niwe udutegurira inyigisho ya buri munsi . Inyigisho yose iba iteguye neza, ifite : umutwe (chapitre), ingingo, ibyiciro (section), n’uduce (paragraphe) . Afite n’ibikoresho yigishirizaho (matériel didactique) bituma umunyeshuri yumva neza amasomo. (...) -
Kubakwa kuri Kristo nk’amabuye mazima MUKAMANA Verdiane
17 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaKUBAKWA KURI KRISTO NK’AMABUYE MAZIMA
1abami 6:7 Mu iyubaka ry’iyo nyumba bayubakishije amabuye yatunganirijwe mu nganzo nta nyundo cyangwa intorezo cyangwa ikindi kintu cyose cy’icyuma cyumvikanye muri iryo yubaka ryayo.
1 Petero2: 5 Namwe mwubakwe nk’amabuye mazima kugira ngo mube inzu y’umwuka, n’ubwoko bw’abatambyi bwera bwo gutamba ibitambo by’umwuka bishimwa n’Imana ku bwa Yesu Kristo.
Umwami Salomo Imana yaramuhagurukije ngo yubakire Uwiteka Inzu nk’uko yari yarabisezeranije se Dawidi. (...) -
IBINTU 4 UMUKRISTO AKWIYE KUBAKA MU MIBEREHO YE. (Igice cya 3). Rev. Mugiraneza
20 July 2015, by Pastor Desire HabyarimanaUmuntu ntabwo yihagije
Ubushize twabonye inkingi ya mbere ivuga ko umukristo agomba kubaka inkingi yo gukunda ijambo ry’Imana . (Ibyakozwe n’ntumwa 2:42). Ubu tugiye kwibanda ku nkingi ya kabiri ariyo Bibliya yise “gusangira ibyabo“(fellowship) mu iyindi mvungo ni ukubaka ubusabane hagati y’abizera.
Ijambo ubusabane mururimi rw’ikigereki ni “koinonia” bivuga ubusabane cg gusangira ni abandi. Iri jambo rikoreshwa mugusangira igikombe no gusangira umutsima (1 Abakorinto 10:16), aha bisobanuye (...) -
Ibyiringiro by’ abizera. Pastor Desire Habyarimana
10 April 2014, by Pastor Desire HabyarimanaZaburi 125:1 Abiringiye Uwiteka bameze nk’ umusozi wa Siyoni utabashika kunyeganyezwa, Ahubwo uhora uhamye iteka ryose. Intego: Ibyiringiro by’ abizera.
Dufite ibyiringo bitadukoza isoni Tito 2:13 havuga ngo: Dutegereje ibyiringiro by’ umugisha ari byo kuzaboneka k’ ubwiza bwa Yesu. Ari nta byiringiro dufite ntabwo twabaho ubuzima nk’ubwo tubaho; twakora nk’ibyo abandi bose bakora ariko impamvu tudakora ibyaha ni uko twiringiye Imana kandi tuzajya no mw’ ijuru.
1Timoteyo 4:9-10 Havuga ngo: (...) -
ADEPR yagejeje mu Rwanda igihembo yahawe na UNESCO
10 September 2012, by UbwanditsiItorero ADEPR ryagejeje mu Rwanda igihembo ryahawe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe guteza imbere uburezi n’umuco (UNESCO) ryaherewe i Paris mu Bufaransa kubera uruhare rwayo mu kwigisha abakuze n’urubyiruko gusoma, kwandika no kubara.
Baririmba bati : “Amasezerano y’Imana iyo wamaze kuyahabwa ujye usenga ugire kwizera ntazahera azaza”, Abapasiteri, Abaririmbyi, abayoboke b’iri torero n’abandi baturutse hirya no hino, mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki ya 8 Nzeri, ni bwo bari baje (...) -
Ubuhamya: Nakiriye Yesu ndi intagondwa y’ Umuyisilamu nari maze kwica abantu 223
15 January 2013, by UbwanditsiUmusore w’ umusirikare wumu Isiramu yahuye na Yesu uwo munsi atahana agakiza
Ubuzima bwe bwahindutse neza neza ubwo umunsi umwe, yumvaga umumisiyoneri mu muhanda, arimo kuvuga ko Yesu ashobora gukuraho umutima uducira urubanza, ubundi agahanagura amaraso yose yuzuye ku biganza by’abantu bamwe. Iryo jambo ryaragiye rimucumita mu mutima cyane, riramushenjagura, ari nabyo byaje gutuma ahita ashyira intwaro hasi.
Uyu musore akaba yaragize ati :” Ubuzima bwanjye ndetse n’ubw’abandi nta gaciro na (...)
0 | ... | 800 | 810 | 820 | 830 | 840 | 850 | 860 | 870 | 880 | ... | 1230