Kuri iki Cyumweru muri Paroisse ya KIBUNGO, Ururembo rwa KIBUNGO mu Itorero rya ADEPR, wari umunsi udasanzwe kuko wahuriweho n’ibikorwa bitandukanye byari byarateguwe n’Ubuyobozi bw’Itorero rya Kibungo
Uwo munsi waranzwe n’amateraniro asanzwe ya mu gitondo ndetse n’igikorwa cyo gutanga no kwakira impano za Bibilia zaturutse ku muterankunda w’Itorero uri mu gihugu cy’U Busuwisi.
Amateraniro asanzwe yaranzwe n’Umugisha w’Imana ugaragara kuko Abakristu bari banezerewe nk’uko byagaragaraga mu maso ya (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Kibungo: Abakirisitu bahawe impano za Bibilia zaturutse mu Busuwisi
8 November 2011, by Ubwanditsi -
Gukundisha Imana umutima, ubwenge n’imbaraga bisobanura iki? Gukunda mugenzi wawe nk’uko wikunda se byo? Past. Desire
23 July 2015, by UbwanditsiAramusubiza ati “Ukundishe Uwiteka Imana yawe umutima wawe wose, n’ubugingo bwawe bwose, n’imbaraga zawe zose, n’ubwenge bwawe bwose, kandi ukunde na mugenzi wawe nk’uko wikunda.” Luka 10:27-37
Sinavuga cyane ku rukundo Imana idukunda duhishurirwa agace (indirimbo ya 149 ivuga ngo mbese urukundo rw’Imana yacu, ubonye akanya watekereza kui iuo ndirimbo.
Nyuma yo gukizwa Bibiliya idutegeka gukundisha Imana umutima wacu wose, ubwenge bwacu bwose ndetse n’imbaraga zacu zose.
Dufate akanya gato (...) -
Ubutunzi bwawe uri kububitsa he?
5 March 2014, by Alice RugerindindaNuko abacira umugani ati: Hariho umukungu wari ufite imirima irumbuka cyane, nuko aribaza mu mutima we ati: Ndagira nte ko ntafite aho mpunika imyaka yanjye?. Aribwira ati: ndabigenza ntya: Ndasenya urugarama rwanjye nubake urundi runini, abe arimo mpunika imyaka yanjye yose n’ibintu byanjye. Nibwo nzabwira umutima wanjye nti: Mutima, ufite ibintu byinshi bibikiwe imyaka myinshi, ngaho ruhuka, urye , unywe, unezerwe. Ariko Imana iramubwira iti “ Wa mupfu we, muri iri joro uranyagwa ubugingo (...)
-
Ubusaza bwo mu mwuka! Pastor Desire
4 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMurabizi ko umuntu avuka, agakura, akazagera igihe agasaza. Niko bimeze no ku bintu byose kandi no mu mwuka naho utarebye neza wasaza n’ ubwo bitari byiza kuko mu mwuka ntabwo twemerewe gusaza. Bibiliya iravuga iti: ”Abasore b’ imigenda bazacogora baruhe ariko abategereza Uwiteka bazasubizwamo intege shya, bazatumbagira mu kirere baziruka be kunanirwa, bazagenda be gucogora(Yesaya 40:29-31) Muri iyi si, ibituma dusaza ni byinshi. Harimo ubukene, ubukire, gusuzugurwa, kubahwa, gusonza no (...)
-
Ibikorwa bya muntu ni ingaruka z’imitekerereze ye. Pst Kazura Jules
6 May 2014, by UbwanditsiKuko uko atekereza ku mutima ariko ari (Imigani 23:7)
Burya ibyo dutekereza ni byo bivamo ibyo dukora n’uko twitwara. Ushoboye kugenzura no gutegeka ibyo utekereza, imikorere, imivugire n’imyitwarire yahinduka.
Ni ngombwa kurinda ibyinjira mu mitima yacu aha ni ukuvuga mu bitekerezo byacu, niyo mpamvu Salomoni yavuze ngo: “Rinda umutima wawe kuruta ibintu byose birindwa kuko muri wo ari ho iby’ubugingo bikomoka (Imigani 4:23).
Yakobo nawe yatwigishije ko ibyaha bitangirira mu bitekerezo (...) -
Ubuzima bwawe bukwiye gutera abandi guhimbaza Imana
2 October 2015, by Innocent KubwimanaAbantu akenshi twita abo hanze cyangwa se abadakijijwe bahora bitegereza umuntu ukijijwe uko abayeho, uko yitwara mu bikomeye, imyitwarire yawe n’ibindi. Ni byiza kuzirikana ko ibikorwa byawe niba ukijijwe, amagambo yawe bisobanura uwo uri we. Iyi niyo mpamvu Imana idusaba niba twarayimenya kwitwararika cyane kuko byo ubwabyo bifitemo ivugabutumwa. Imana ihamagarira uwakijijwe wese kuba itabaza mu isi, aho uba, ukorera, mbese dukwiye guhora twibaza ikibazo ngo mbese imyitwarire yacu hari (...)
-
Bakobwa mwirinde intoki zabahungu zibakorakora zitagira gahunda!
4 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaHari ubwo ujya ubona abana b’abahungu bafite udutoki duhora turyaryata, bashaka iteka gukora ku bakobwa, hari abazi kubikora bitonze, muri buri kiganiro n’umukobwa aba ashaka kumufata k’urutugu, mu mayunguyungu, iteka aba ashaka kubahanagura imyanda hari nabashaka no kubakandakanda mu mugongo, kubakandakanda ku ntugu, kubashimashima mu mutwe, gukanda kanda intoki, hari n’abakobwa njya mbona batagira isoni zo kwicara ku bibero by’abasore, mbega ubupfu bwo kutamenya imikorerey’umubiri ? N’ibindi (...)
-
Nta kintu kigora nko gushaka gukorera Imana na satani icyarimwe! Alice Rugerindinda
21 March 2014, by Alice Rugerindinda“Uwiyita Amen, umugabo wo guhamya kandi ukiranuka w’ukuri, inkomoko y’ibyo Imana yaremye aravuga aya magambo ati: “Nzi imirimo yawe, yuko udakonje kandi ntubire. Iyaba wari ukonje cyangwa wari ubize! Nuko rero kuko uri akazuyazi, udakonje , ntubire, ngiye kukuruka” Ibyahishuwe 3: 14-15
(I know all the things you do, that you are neither hot nor cold. I wish that you were one or the other! But since you are like lukewarm water, neither hot nor cold, I will spit you out of my mouth!) Revelation (...) -
Nyuma yo kurokoka jenoside, Diane Uwase yiciwe abana batatu bahawe uburozi (Igice cya 1)
17 April 2014, by Pastor Desire HabyarimanaMuri iyi nkuru turabagezah ubuhamya bwa Diane Uwase yivugira mu magambo ye bwiye uko yarokotse jenoside muri Mata 1994, hanyuma y’aho nabwo akicirwa abana batatu, ariko Imana iza kumushumbusha urubyaro ndetse imukiza ihungabana ryari ryaramubayeho akarande.
Nitwa Diane Uwase mwene Sebukayire Jean Marie Vianney, navukiye mu Karere ka Bugesera I Butagata yahoze ari segiteri Nyagihunika navukiye mu muryango ubana neza nta kibazo. Mu mwaka w’1991 naje kuva I Bugesera njya kuba kwa nyogokuru mu (...) -
Ikibazo Cyugarije Isi - Simeon Ngezahayo
25 April 2013, by Simeon NgezahayoHashize iminsi hariho impaka ku kibazo cyugarije isi: “Abagabo bashakana bahuje ibitsina!” byatangiriye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, biturutse ku cyifuzo cya bamwe mu baturage bo muri icyo gihugu. Iki cyifuzo cyaje kujyanwa muri Senat y’Amerika, kugira ngo amategeko yemeze niba bishoboka cyangwa bidashoboka. Mu minsi ishize ubwo Senat y’Amerika iherutse guterana, 53% bemeje ko iri tegeko rikwiriye gusinywa mu gihe 47% babyanze.
“Umwera uturutse ibukuru ukwira hose!” Ibindi bihugu byo ku isi (...)
0 | ... | 790 | 800 | 810 | 820 | 830 | 840 | 850 | 860 | 870 | ... | 1230