Umuhanuzi Yesaya aduha urugero rw’ uko twavura ururimi rwacu
1. Yesaya yegereye Imana arasenga asengera kwezwa yabonye Imana yicaye ku ntebe y’ ubwami ahirengeye ndende ishyizwe hejuru ”(Yesaya 6:1)
Buri muntu wese ushaka gushimisha Imana agomba kwegera ubwiza bwayo, kugeza igihe aboneye intumbero yo kwezwa.Gukira kose,imigisha yose,ubutsinzi bwose butangirira ku birenge by’ intebe yayo, aha niho dushobora kubonera kwera kw’ Imana. !
2. Mu kubaho kwera kw’Imana Yesaya yamenye neza ko iminwa (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Uko umukirisitu yakoresha ururimi rwe neza
16 November 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Yesu akwiye kutwiyereka bundi bushya ! Pastor Desire
24 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIgihe Yesu yaratoranyaga abigisha yaraye asenga ijoro ryose, ntakwibeshya na kumwe kwabayeho mubo yahamagaye bose kuko na Yuda burya yari afite impamvu nawe agiye mu bandi, kwari ukuzamugurisha akaba ikiraro tugacungurwa. Ku bakunda Imana, byose bifataniriza hamwe kutuzanira ibyiza. Abaroma 8:28 niyo mpamvu dushima umusaraba kandi wari uwo kubambaho ibivume : kuri twe ni ibyirato byacu kuko twawucunguriweho. Gukizwa biroroha ariko kugira ngo uzagere ku rwego rwiza wishimirwa n’ Imana, (...)
-
Ukunda Imana niwe umenywa nayo Pasitori Bimenyimana Claude
23 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMu gihe cyo gusenga amasengesho agera kure. Indirimo 62 mu gakiza
UKUNDA IMANA NIWE UMENYWA NAYO
Ibyahishuwe 2:4 Ariko rero mfite icyo nkugaya, ni uko waretse urukundo rwawe rwa mbere.
1 Abakorinto 8:3 Ariko ukunda Imana ni we umenywa na yo.
Urukundo rw’Imana ni ntagereranwa, umuntu amaze gucumura ntiyamwishe nubwo yari yaramuburiye ko nacumura izamwica ; ariko ku bw’umutima w’imbabazi w’Imana yemera kohereza umwana wayo ngo aze amushakishe amucungure.
Urukundo rw’Imana rwagaragariye muri (...) -
Yinginze Imana cyane ngo imwemerere bajyane mu rugendo bari bagiyemo !
16 February 2013, by Alice RugerindindaMose aramubwira ati “ Ubwawe nutajyana natwe ntudukure ino” Kuva 33: 15 “ Aramusubiza ati: “ Ubwanjye nzajyana nawe nkuruhure” Kuva 33:14
Aha ni igihe abisirayeri bavaga muri Egiputa bajya I Kanani mu gihugu cy’amasezerano, cyari igihe kitoroshye na buhoro ari nabwo Mose yingingaga Imana muri iyi mirongo, ngo imwemerere niba ayigiriyeho umugisha bajyane. Maze Imana nayo iramwemerera iti: Ubwanjye nzajyana nawe nkuruhure” Kuva 33:14. Imana ishimwe.
Ubusanzwe, urugendo ruva muri Egiputa rujya I (...) -
Nahoze muri Islam nyuma nakira Kristo nk’Umwami n’Umukiza
22 March 2013, by UbwanditsiNavukiye i Paris mu muryango w’abana 6. Ababyeyi banjye bari Abayisilamu, bakatwigisha amahame ya Islam. Hamwe n’ibyo, iwacu hari umwuka w’intambara, umujinya n’ibyago. Sinigeraga ngira umutekano. Nararanaga ubwoba n’agahinda. Nta mutuzo nagiraga mu bandi, nahoraga nigunze. Nyogokuru yambwiraga ko ningira agahinda nzajya nsubiramo umurongo wo muri coran uvuga ngo: “Hariho Imana imwe, ntibyarwa kandi ntiyigeze ibyara ...” Nasubiragamo uyu murongo ariko nkarushaho kubura amahoro, ibintu bikantera, (...)
-
Abana be bishwe kuko bagwingiye! Alice Rugerindinda
12 January 2014, by Alice Rugerindinda, Ubwanditsi“Induru yumvikaniye I Rama yo kurira no kuboroga kwinshi,Rasheli aririra abana be , yanga guhozwa kuko batakiriho” Matayo 2: 18 Kubazi izi nkuru, iki cyari igihe umwami Herode yashakaga kwica Umwami Yesu akiri uruhinja. Yohereje abajya kwica abana bose bagejeje imyaka ibiri n’abatarayigeza kugirango na Yesu apfiremo. Bageze kwa Rasheli, nubwo abana be bari barengeje imyaka ibiri, ariko mu gihagararo, uko bameze ngo basaga n’abana b’imyaka ibiri cyangwa munsi yaho, mu yandi magambo (...)
-
Ntimuzi yuko ubucuti bw’iby’isi butera kwangwa n’Imana
4 March 2013, by Alice Rugerindinda“Yemwe basambanyi, namwe basambanyikazi, ntimuzi yuko ubucuti bw’ibyisi butera kwangwa n’Imana? Nuko rero umuntu wese ushaka kuba incuti y’iby’isi, aba yihinduye umwanzi w’Imana.” Yakobo 4:4 “Ntimugakunde iby’isi cyangwa ibiri mu isi. Umuntu nakunda iby’isi, gukunda Data wa twese ntikuba kuri muri we” I Yohana 2: 15
Paulo yigeze kwirata avuga ngo kuri we, iby’isi ,abibona nk’ ibibambwe, na byo bikamubona nk’ubambwe . Bisobanuye ko atari byo bifite umwanya wa mbere mu buzima bwe, bitamutegeka, (...) -
Ukwizera kubeshaho Pastor Uwambaje Emmanuel
27 January 2016, by Pastor Desire Habyarimana.
INTEGO: UKWIZERA KUBESHAHO
Ibituma amasengesho atumvwa ni ibyaha, gusaba nabi ndetse no kutizera. Ubwo kwizera gufite umumaro, tukuvugeho.
Hari ibintu umuntu abona kuko yakoze, kubw’imbaraga ze, ariko hari n’ibyo umuntu aheshwa no kwizera.
Heb.10:38 Ariko umukiranutsi wanjye azabeshwaho no kwizera. Nyamara nasubira inyuma, umutima wanjye ntuzamwishimira."
* Hari ukwizera mu buryo rusange, ni karemano. Niko umuhinzi akoresha akabiba imbuto ze mu gitaka ategereje imvura. N’ibindi (...) -
UBUHAMYA: IMANA YANKIJIJE UBUMUGA BWO KUTABONA – Colette NIYONSABA
15 January 2014, by UbwanditsiNitwa NIYONSABA Colette, navutse mu mwaka 1970 mvukira mu kagari ka Kawangire, umurenge wa Rukara, akarere ka Kayonza mu ntara y’Uburasirazuba, ni naho nashakiye umugabo witwa HAKIZIMANA Francois ubu dufitanye abana 9. Dukora umurimo w’ubuhinzi. Ubusanzwe navukiye mu muryango w’Abakristo, mbaho nk’abandi bose ariko igihe kigeze numva nshaka gukorera Imana. Nakiriye Kristo mu mwaka w’2005, nsenga Imana cyane kuko numvaga nshaka kuba umukozi wayo w’ukuri. Imana yarabikoze, inyakira nk’umukozi (...)
-
Twirinde akamenyero! igice cya 2. Pasteur Desire Habyarimana
8 September 2013, by Pastor Desire Habyarimana1 Samweli 4:10-11 Abisilayeri baraneshwa bikomeye n’isanduku y’ Imana iranyagwa.
Amagambo dusomye, Abisirayeli bagiye ku rugamba bazi ko Imana ari iyabo kandi bahorana intsinzi, kuko ngo bagiye basize n’isanduku y’isezerano. Bari bazi ko bazahora batsinda, nyamara batazi ko Imana igiye kubamara akamenyero. Bagezeyo baratsindwa bikomeye, baravugana ngo tujye kuzana isanduku kuko dutsinzwe kubwo kutagira isanduku, bayizanye na bwo baratsindwa cyane, barapfa n’isanduku barayinyaga.
Hari igihe (...)
0 | ... | 750 | 760 | 770 | 780 | 790 | 800 | 810 | 820 | 830 | ... | 1230