« Umugabo we amenyekana mu marembo y’umudugudu, yicaranye n’abakuru b’igihugu » - Imigano 31 : 23 -
Ku bashakanye, imyitwarire ni iy’umumaro munini. Ntishyize hejuru, ndemeza yuko nagiye nirinda mu byo mvuga, mu byo nambara, mu myitwarire yanjye, kugira ngo mpeshe ishema umugabo wanjye.
Umugabo wanjye arubahwa cyane, umwuga we w’ubwarimu umuhesha ubundi butware n’icyubahiro. Nakomeje kugambirira mu mutima wanjye kumuhesha icyubahiro binyuze mu myitwarire yanjye.
Ntibiba byoroshye buri gihe, kuko (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Umugabo we amenyekana mu marembo y’umudugudu, yicaranye n’abakuru b’igihugu ...
10 February 2014, by Simeon Ngezahayo -
Imana iratwegereye kurusha uko tubyibwira
23 May 2012, by Innocent KubwimanaNuko rero ntimute ubushizi bw’ubwoba bwanyu bufite ingororano ikomeye (Abaheburayo 10:35)
Amagambo aboneka hejuru agaragaza uburyo Imana iba hafi y’abantu bayo, kandi ihumuriza cyane abantu bayo gukomera kuko nyuma hari ingororano, ikindi yo ubwayo yarivugiye ngo izatura mu bwoko bwayo, ikorere muri bwo. Ese unyemereye nkakubaza wambwira niba warigeze usenga hanyuma Imana ikagusubiza ariko nyuma y’igihe watekerezaga, aha ndashaka kukubaza ukuntu waba warabifashe niba utaratekereje ko Imana (...) -
Yesu arakumva
18 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaYesu yemeye kubatirizwa muri Yorodani kugirango yisanishe natwe, iyo niyo mpamvu ikomeye y’ingenzi yabimuteye. We yari umunyakuri kandi yari umwere nta cyaha na kimwe yari yarigeze akora, ariko yemeye kwibira muri yorodani yari yarabatirijwemo abari abanyabyaha, abari abicanyi, abagome ndetse n’abajura n’abandi bari babi bikabije.
We wari igisubizo kimwe rukumbi cy’iyi si yemeye kwibira mu mazi yari yarinjiwemo n’abari barakoze ibyaha. Niyo mpamvu ingorane n’ibibazo byawe Yesu ashobora (...) -
Akira imbabazi z’Imana mu izina rya Yesu Kristo.
24 January 2016, by Alice Rugerindinda“Garuka wa musubiranyuma we, Isirayeli” Niko Uwiteka avuga. Sinzakurebana igitsure kuko ndi umunyambabazi. Niko Uwiteka avuga. Sinzakomeza kurakara iteka. Yeremiya 3:12
Aha, ni nk’igihe umwana mu rugo aba yakoze ikosa, yarangiza agatorongera , yabona umubyeyi we aje, akiruka akajya kwihisha. Hari nigihe aba atakoze ikosa rimwicisha, wenda ari n’akantu gato, ariko umutima we ukamwemeza ko iwabo baribumwice, cyangwa bakamukubita cyane. Noneho igihumuriza wa mwana, ni ukumva umubyeyi we (...) -
Urubyiruko rukijijwe rukwiye kugaragaza itandukaniro
11 June 2016, by Pastor Rukundo OctaveUrubyiruko rukijijwe rukwiye kugaragaza itandukaniro (Tito2/6-8) Uko urubyiruko rukijijwe rwitwara
“Nabasore nuko ubahugure kudashayisha, wiyerekane muri byose nk’icyitegererezo cy’imirimo myiza, kandi mw’iyigisha ryawe ugaragaze uko uboneye udapfa gutera waraza, n’ijambo ryawe ribe rizima ritariho umugayo kugira ngo umuntu ari mu ruhande rw’ababisha amware atabonye ikibi yakuvuga” Tito 2:6-8
Icyitonderwa: Nk’uko abakecuru bagomba gutoza abagore bato ingeso nziza, ni nako Tito yagombaga gufasha (...) -
Uri incuti y’Imana, cyangwa uri umufana wayo? - Jeremy Sourdril
15 June 2013, by Isabelle Gahongayire“Niba wizera Yesu ariko ukaba utabasha kuvuga ko uri incuti y’Imana, bishoboka ko waba uri umufana wa Yesu. Kuba inshuti no kuba umufana ni ibintu bibiri bitandukanye.
“Uwiteka akavugana na Mose barebana nk’uko umuntu avugana n’incuti ye. Mose agasubira mu ngando, ariko umufasha we w’umusore, Yosuwa mwene Nuni ntave muri iryo hema” Kuva 33 : 11.
Abakristo benshi usanga ari abafana Yesu gusa!
Uyu munsi ndifuza kuganira n’imitima yanyu, atari ubwenge bwanyu. Mu nkoranyamagambo (dictionaire) (...) -
Urugendo rw’Umukristo: Eliya na Elisa(Igice cya 1) Pasteur Desire Habyarimana
31 October 2013, by Pastor Desire HabyarimanaTugiye kurebera hamwe urugendo rw’ Umukristo twifashishije inkuru y’ urugendo rwa Eliya na Elisa
(2 Abami 2 :1-9) Rambura Bibiliya yawe usome aya magambo.
1. Eliya na Elisa bahagurukanye i Gilugari: Bibiliya ivuga ko Abisirayeri bageze i Gilugari Imana yategetse ko abantu bongera gukebwa ubwa 2, kuko hari abantu bari baravukiye mu nzira batazi ibyo gukebwa. Muzi yuko gukebwa ari UGUKIZWA. Paulo yavuze ngo gukebwa kugira icyo kumara iyo umuntu akebwe mu mutima. Na n’ubu mu itorero dufite (...) -
Impamvu 5 zidutera gusengera Igihugu Fidèle Masengo
19 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNi kenshi mu Rwanda abantu bafata umwanya bagasenga biherereye basengera Igihugu cyabo . Aya masengesho ashobora gukorwa n’umuntu umwe ku giti cye ,itsinda cyangwa Itorero runaka bitewe nicyo umwuka w’Imana yavuze ndetse n’icyifuzo basengera.
Impamvu ari ngobwa ko buri mukristo asengera igihugu cye :
Bishop Fidèle Masengo yatanze ingingo zifatika zishobora gutuma abantu basengera Igihugu cyabo ndetse n’imirongo yo muri Bibiliya ibihamya ati :
1. Igihugu n’abayobozi bacyo nibo Imana idusaba (...) -
Yesu ni nde ?
30 August 2012, by Emmanuel KANAMUGIRE1.Yesu ni umwana w’Imana n’umwami yatoranije.
Yabanje kubaho kandi ni we Imana yifashishije mu iremwa ry’ibiriho byose. « mbere ne mbere hariho Jambo,Jambo uwo yahoranye n’Imana kandi Jambo yari Imana. Uwo yahoranye n’Imana mbere na mbere .Ibintu byose ni we wabiremye, ndetse mu byaremwe byose nta na kimwe kitaremwe na we. » Yohana 1,1 +3.
« Yari mu isi ndetse ni we wayiremye nyamara ab’isi ntibamumenya.Yaje mu bye, ariko abe ntibamwemera.Icyakora abamwemeye bose bakizera izina rye yabahaye (...) -
Ibanga ryo gutumbirira Yesu mu muraba Ev.Maombe Theogene
13 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMatayo14:30 : “Ariko abonye umuyaga ko ari mwinshi aratinya, atangiye kurengerwa arataka ati: Databuja nkiza.”
Bene data, ncuti z’umusaraba dufatanije urugendo rugana I Siyoni, nifuje kubasangiza iri jambo Imana ishyize ku mutima wanjye rivuga “Ibanga cyangwa imbaraga zituruka mu gutumbira Yesu uri mu kaga,mu muraba ariko ntiwite ku ngano yawo n’aho uturuka ahubwo ugatumbira Yesu wenyine.
Bakristo ni kenshi, Bibiliya idusaba gukomerera mu makuba yacu duhura na yo umunsi ku wundi; Pawulo (...)
0 | ... | 710 | 720 | 730 | 740 | 750 | 760 | 770 | 780 | 790 | ... | 1230